{"id":13481,"date":"2019-01-13T16:11:45","date_gmt":"2019-01-13T16:11:45","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/01\/13\/rusizi-abageze-mu-zabukuru-ntibishimira-ibyiciro-by-039-ubudehe-bashyizwemo\/"},"modified":"2025-02-12T13:17:39","modified_gmt":"2025-02-12T11:17:39","slug":"rusizi-abageze-mu-zabukuru-ntibishimira-ibyiciro-by-039-ubudehe-bashyizwemo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13481","title":{"rendered":"Rusizi: Abageze mu zabukuru ntibishimira ibyiciro by&#039;Ubudehe bashyizwemo"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Nyakabuye mu Karere ka Rusizi bavuga ko\u00a0 gushyirwa mu cyiciro cya Gatatu cy\u2019Ubudehe kandi ari abakene cyane batagira icyo bakora,bamwe banakuze cyane byabagizeho ingaruka zikomeye zo guhera mu bukene ntibanagerweho na gahunda Leta igenera abatishoboye.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Baganira na Bwiza.com, bamwe muri bo bavuze ko bakuze cyane ku buryo nta cyo bacyishoborera gukora abandi batagira n\u2019aho barambika umusaya, hakaba n\u2019abavuga ko bahorana indwara zidakira banaba bonyine ku buryo bagombye kwitabwaho by\u2019umwihariko ariko bagatungurwa no kumva\u00a0 ngo bari mu cyiciro cya Gatatu cy\u2019Ubudehe.<\/p>\n<p>Nteranya Faustin w\u2019imyaka 89 y\u2019amavuko utuye mu kagari ka Kiziho,avuga ko abana n\u2019umugore we w\u2019imyaka 85 y\u2019amavuko, abana be b\u2019abakobwa bakaba barashatse abagabo kure ye n\u2019umuhungu yari asigaranye atazi aho yagiye gushakira ubuzima, ubwo ibi byiciro ngo byakorwaga yari ahari ndetse anashyirwa mu cya mbere cy\u2019ubudehe n\u2019abaturage.<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko\u00a0 nyuma yagiye mu bitaro kubera imvune yava mo akumva bamubwira ngo ari mu cya 3, yabaza umwe mu bayobozi akamubwira ko barebeye mu cyuma bagasanga cyaramushyize mu cya 3 akibaza uko byagenze.<\/p>\n<p>Yagize ati &#8221; Ku myaka yanjye sinshobora kugira icyo nikorera kigaragara nta n\u2019urwara rwo kwishima ngira,ariko nababajwe cyane no kubwirwa ngo barebeye mu cyuma basanga ndi mu cyiciro cya 3 cy\u2019ubudehe kandi abaturage bari bashyize mu cya mbere none ngiye kwicwa n\u2019ubukene kandi hari ibyo abasaza nkatwe tugenerwa n\u2019umukuru w\u2019igihugu bikaba bitarangeze ho kubera kundenganya gutya.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Yakomeje \u00a0agira ati\u2019\u2019 Byangizeho ingaruka zikomeye cyane kuko\u00a0 nta nka ya girinka nshobora guhabwa nk\u2019abandi, nta saza neza ingera ho, inzu mba mo igiye kungwa ho kandi n\u2019uduti 50 twa kawa mfite nta musaruro tugitanga kubera\u00a0 kudafumbirwa no kutitabwa ho neza. Ndasaba ko umunsi byasubiwe mo akarengane twagiriwe katazongera rwose kuko twahazahariye cyane ku buryo no kubona mituweli ari abagira neza bayimpa.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Bagenzi be na bo bavuga ko bamwe muri bo inzu zenda kubagwaho , n\u2019abana babo\u00a0 barangije ayisumbuye badashobora gukomeza kaminuza \u00a0bavuga ngo bazirihire barishoboye,nyamara ugasanga hari abafite inzu zikomeye n\u2019amamodoka bari kumwe mu cyiciro cya 3,bakavuga ko\u00a0 byagiye bibasubiza inyuma kuko n\u2019uturimo abagifite imbaraga bagombaga guhabwa muri za VUP bataduhabwaga ngo barishoboye.<\/p>\n<p>Visi perezida wa njyanama y\u2019aka karere, Rutagarama Eug\u00e8ne avuga ko koko hari aho bitagiye bikorwa neza bamwe bakaharenganira nk\u2019uko babibonye ubwo njyanama y\u2019akarere yasuraga abaturage mu mirenge yose ikagize, ariko ko hari n\u2019abafite imyumvire yo kumva bashaka kwigumira mu byiciro bifashwa, akizeza abaturage ko mu bigiye gukorwa mu minsi iri imbere amakosa yakozwe azakosorwa,ariko n\u2019abaturage bagifite imbaraga zo gukora bagahindura imyumvire.<\/p>\n<figure id=\"attachment_123870\" aria-describedby=\"caption-attachment-123870\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-123870 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/Aba-baturage-uko-bangana-gutya-bose-bavuga-ko-bashyizwe-mu-cya-3-cyubudehe-batagira-nurwara-rwo-kwishima..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-123870\" class=\"wp-caption-text\">Aba baturage bose bavuga ko bashyizwe mu kiciro cya Gatatu cy&#8217;ubudehe batagira n&#8217;urwara rwo kwishima<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Nyakabuye mu Karere ka Rusizi bavuga ko\u00a0 gushyirwa mu cyiciro cya Gatatu cy\u2019Ubudehe kandi ari abakene cyane batagira icyo bakora,bamwe banakuze cyane byabagizeho ingaruka zikomeye zo guhera mu bukene ntibanagerweho na gahunda Leta igenera abatishoboye. Baganira na Bwiza.com, bamwe muri bo bavuze ko bakuze cyane ku buryo nta [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-13481","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Abageze mu zabukuru ntibishimira ibyiciro by&#039;Ubudehe bashyizwemo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13481\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Abageze mu zabukuru ntibishimira ibyiciro by&#039;Ubudehe bashyizwemo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Nyakabuye mu Karere ka Rusizi bavuga ko\u00a0 gushyirwa mu cyiciro cya Gatatu cy\u2019Ubudehe kandi ari abakene cyane batagira icyo bakora,bamwe banakuze cyane byabagizeho ingaruka zikomeye zo guhera mu bukene ntibanagerweho na gahunda Leta igenera abatishoboye. Baganira na Bwiza.com, bamwe muri bo bavuze ko bakuze cyane ku buryo nta [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13481\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-01-13T16:11:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:17:39+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/Aba-baturage-uko-bangana-gutya-bose-bavuga-ko-bashyizwe-mu-cya-3-cyubudehe-batagira-nurwara-rwo-kwishima..jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13481#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13481\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Abageze mu zabukuru ntibishimira ibyiciro by&#039;Ubudehe bashyizwemo\",\"datePublished\":\"2019-01-13T16:11:45+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:17:39+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13481\"},\"wordCount\":461,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13481#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/01\\\/Aba-baturage-uko-bangana-gutya-bose-bavuga-ko-bashyizwe-mu-cya-3-cyubudehe-batagira-nurwara-rwo-kwishima..jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13481#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13481\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13481\",\"name\":\"Rusizi: Abageze mu zabukuru ntibishimira ibyiciro by&#039;Ubudehe bashyizwemo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13481#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13481#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/01\\\/Aba-baturage-uko-bangana-gutya-bose-bavuga-ko-bashyizwe-mu-cya-3-cyubudehe-batagira-nurwara-rwo-kwishima..jpg\",\"datePublished\":\"2019-01-13T16:11:45+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:17:39+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13481#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13481\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13481#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13481#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Abageze mu zabukuru ntibishimira ibyiciro by&#039;Ubudehe bashyizwemo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Abageze mu zabukuru ntibishimira ibyiciro by&#039;Ubudehe bashyizwemo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13481","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Abageze mu zabukuru ntibishimira ibyiciro by&#039;Ubudehe bashyizwemo - BWIZA","og_description":"Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Nyakabuye mu Karere ka Rusizi bavuga ko\u00a0 gushyirwa mu cyiciro cya Gatatu cy\u2019Ubudehe kandi ari abakene cyane batagira icyo bakora,bamwe banakuze cyane byabagizeho ingaruka zikomeye zo guhera mu bukene ntibanagerweho na gahunda Leta igenera abatishoboye. Baganira na Bwiza.com, bamwe muri bo bavuze ko bakuze cyane ku buryo nta [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13481","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-01-13T16:11:45+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:17:39+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/Aba-baturage-uko-bangana-gutya-bose-bavuga-ko-bashyizwe-mu-cya-3-cyubudehe-batagira-nurwara-rwo-kwishima..jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13481#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13481"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Abageze mu zabukuru ntibishimira ibyiciro by&#039;Ubudehe bashyizwemo","datePublished":"2019-01-13T16:11:45+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:17:39+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13481"},"wordCount":461,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13481#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/Aba-baturage-uko-bangana-gutya-bose-bavuga-ko-bashyizwe-mu-cya-3-cyubudehe-batagira-nurwara-rwo-kwishima..jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13481#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13481","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13481","name":"Rusizi: Abageze mu zabukuru ntibishimira ibyiciro by&#039;Ubudehe bashyizwemo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13481#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13481#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/Aba-baturage-uko-bangana-gutya-bose-bavuga-ko-bashyizwe-mu-cya-3-cyubudehe-batagira-nurwara-rwo-kwishima..jpg","datePublished":"2019-01-13T16:11:45+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:17:39+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13481#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13481"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13481#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13481#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Abageze mu zabukuru ntibishimira ibyiciro by&#039;Ubudehe bashyizwemo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13481","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13481"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13481\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13481"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13481"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13481"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}