{"id":13521,"date":"2019-01-16T14:02:14","date_gmt":"2019-01-16T14:02:14","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/01\/16\/nkumbuye-igitaramo-mu-rw-039-imisozi-1000\/"},"modified":"2019-01-16T14:02:14","modified_gmt":"2019-01-16T14:02:14","slug":"nkumbuye-igitaramo-mu-rw-039-imisozi-1000","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13521","title":{"rendered":"Nkumbuye igitaramo mu rw&#039;imisozi 1000"},"content":{"rendered":"<p>Ku isabato ishize nagize ntya nanjye numva nkeneye gusohoka kugira ngo nimare stress z\u2019icyumweru cyose nari mazemo nkubita hirya no hino ngo mbone icyo ngaburira cyangwa iby\u2019ubwenge mpa abakunzi ba bwiza.com, Bene wacu b\u2019abahirika ntimunyumve nabi kuko mvuze isabato mutagira ngo narayikandagiye, Oya pe ahubwo hari ku mugoroba isabato ikuze.<\/p>\n<p>Nuko ndakuzamukira nihuta ngo mfate umwanya mwiza w\u2019imbere dore ko ungusha neza cyane ngakurikira nta na kimwe kincitse. Ni nako byangendekeye kuko iyo ngiye ahantu nkaho ndataha uko nagiyeyo ahubwo hanyungura ubwenge.<\/p>\n<p>Muraje rero ngo ngira amatiku ariko ukuri guca mu ziko ntigushye, muzageraho mu menyere, Ndakuzamukiye rero meze nk\u2019uwuzuye umwuka kuko nagiye mu gitaramo ngikumbuye.<\/p>\n<p>Nzamuka mvugiriza, bamwe twahuraga bibaza aho uwo mushumba aturutse uvugiriza mu muhanda Nyamara nari mu bihe byiza kuko niririmbiraga akaririmbo ka kera kagira gati: kibonge ca nini vijana waliingia musituni mama! Nuko ngeze imbere gato abashinzwe umutekano barampagarika bati urava he uragana he? Uri nde? Nti ndi umuhungu ndi umuzira guhunga nishe Rwabidede mu nka za Bidereri ibitugu ndabitigisa imyambi ndayisukiranya! Ngiye mu gitaramo imbere aha kurara inkera hamwe n\u2019abandi bagabo, imfura z\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Mbone abasore baranyitegereje bagira ngo ndi ikizongwe hafi kunjomba rungo cyangwa mukongoto. Mbona barandembuje nko kumbwira ngo komeza.<\/p>\n<p>Aho mu gitaramo rero twarataramye turabyina turivuga karahava. Gusa nubwo nari natwawe nkaho nari mu gisirimba nakurikiraga akantu kukandi mvuga nti sinjye urota ntashye ngo ibaba ryanjye ndikirigite nivugire iby\u2019ubwenge.<\/p>\n<p>Ngiye kumva numva bashyizemo indirimbo &#8221; njye ndagukunda ni impamo, ndakurikiiira numva bageze ahantu basa\u00a0 n&#8217;abaririmba ibishegu, birancanga mba mvuye muri mood nubwo nabonaga abenshi batwawe bishimye&#8221;\u00a0 bakurikizaho indi ntibuka neza ariko bavugagamo rwagihuta cyangwa cyagihuta, kubera amateka y\u2019ubuhunzi ikinyarwanda cyanjye ari gike mbaza umusaza twari kumbwe ambwiye icyo kintu icyaricyo mpita ngwa mu kantu ndumirwa.<\/p>\n<p>Ndavuga nti ese iyi koko&#8230;? Binyibutsa umukobwa uherutse kwamburwa ubutore azira ibimeze nkibyo hanyuma ndavuga nti Bamporiki aracyafite akazi ariko nanone ndavuga nti harya iki cyemezo gikwiriye abahanzi bose bakikira umuco nyarwanda bakaririmba ibishegu cyangwa ibishitani nk\u2019uko bamwe babyita?<\/p>\n<p>Nkomeza kwibaza nti ese minisiteri ifite umuco mu nshingano zayo yaba yo ibibona cyangwa ibibona kuri bamwe? Nigeze kugira igitekerezo ntanga ku buhanzi n\u2019umuco ariko uwari kunsubiza yarinze avaho ntacyo ambwiye. Yabaye uriho ubu yanyumvaga namubwira byinshi ntiriwe mbyandika nk\u2019uku.<\/p>\n<p>Nuko mbihirizwa gutyo ntaha nakomererse nibaza niba abashinzwe gusuzuma ibihangano mu rw\u2019imisozi 1000 baba babikora bashishoje batabogamye. Bamwe bakaba bafatirwa ibyemezo bikakaye abandi shwi da! Natashye igitaramo kitarangiye nubwo nifuzaga kurara inkera nsiga abakomeye barimo bikatira umuziki ngo &#8221; Rwanda itajengwa na nani wa Vijana&#8230;&#8221;<\/p>\n<p>Nubwo yo ntacyo yarintwaye nuko ntambika ibirenge nerekeza iya Karuruma iwacu nicuza icyari cyahanjyanye. Ndavuga nti sha nzabibwira Nyirasafari tu!!!!!<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ku isabato ishize nagize ntya nanjye numva nkeneye gusohoka kugira ngo nimare stress z\u2019icyumweru cyose nari mazemo nkubita hirya no hino ngo mbone icyo ngaburira cyangwa iby\u2019ubwenge mpa abakunzi ba bwiza.com, Bene wacu b\u2019abahirika ntimunyumve nabi kuko mvuze isabato mutagira ngo narayikandagiye, Oya pe ahubwo hari ku mugoroba isabato ikuze. Nuko ndakuzamukira nihuta ngo mfate [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-13521","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amateka-numuco"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nkumbuye igitaramo mu rw&#039;imisozi 1000 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13521\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nkumbuye igitaramo mu rw&#039;imisozi 1000 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ku isabato ishize nagize ntya nanjye numva nkeneye gusohoka kugira ngo nimare stress z\u2019icyumweru cyose nari mazemo nkubita hirya no hino ngo mbone icyo ngaburira cyangwa iby\u2019ubwenge mpa abakunzi ba bwiza.com, Bene wacu b\u2019abahirika ntimunyumve nabi kuko mvuze isabato mutagira ngo narayikandagiye, Oya pe ahubwo hari ku mugoroba isabato ikuze. Nuko ndakuzamukira nihuta ngo mfate [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13521\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-01-16T14:02:14+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13521#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13521\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nkumbuye igitaramo mu rw&#039;imisozi 1000\",\"datePublished\":\"2019-01-16T14:02:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13521\"},\"wordCount\":445,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amateka-numuco\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13521#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13521\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13521\",\"name\":\"Nkumbuye igitaramo mu rw&#039;imisozi 1000 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-01-16T14:02:14+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13521#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13521\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13521#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nkumbuye igitaramo mu rw&#039;imisozi 1000\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nkumbuye igitaramo mu rw&#039;imisozi 1000 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13521","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nkumbuye igitaramo mu rw&#039;imisozi 1000 - BWIZA","og_description":"Ku isabato ishize nagize ntya nanjye numva nkeneye gusohoka kugira ngo nimare stress z\u2019icyumweru cyose nari mazemo nkubita hirya no hino ngo mbone icyo ngaburira cyangwa iby\u2019ubwenge mpa abakunzi ba bwiza.com, Bene wacu b\u2019abahirika ntimunyumve nabi kuko mvuze isabato mutagira ngo narayikandagiye, Oya pe ahubwo hari ku mugoroba isabato ikuze. Nuko ndakuzamukira nihuta ngo mfate [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13521","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-01-16T14:02:14+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13521#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13521"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nkumbuye igitaramo mu rw&#039;imisozi 1000","datePublished":"2019-01-16T14:02:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13521"},"wordCount":445,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amateka-numuco"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13521#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13521","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13521","name":"Nkumbuye igitaramo mu rw&#039;imisozi 1000 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-01-16T14:02:14+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13521#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13521"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13521#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nkumbuye igitaramo mu rw&#039;imisozi 1000"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13521","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13521"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13521\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13521"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13521"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13521"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}