{"id":13617,"date":"2019-01-23T08:58:26","date_gmt":"2019-01-23T08:58:26","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/01\/23\/rusizi-bashimye-imana-ku-bw-ibyo-yabagejejeho-umwaka-ushize-amafoto\/"},"modified":"2025-02-25T14:11:41","modified_gmt":"2025-02-25T12:11:41","slug":"rusizi-bashimye-imana-ku-bw-ibyo-yabagejejeho-umwaka-ushize-amafoto","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13617","title":{"rendered":"Rusizi: Bashimye Imana ku bw\u2019ibyo yabagejejeho umwaka ushize- AMAFOTO"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ubuyobozi bw\u2019umurenge wa Rwimbogo mu karere ka Rusizi buvuga ko ubufatanye hagati yabwo, abaturage n\u2019abafatanyabikorwa bose barimo n\u2019amadini n\u2019amatorero ahakorerwa bwatanze umusaruro ukomeye umwaka ushize, aho bavuye ku mwanya wa Karindwi mu mihigo y\u2019imirenge bakegukana igikombe cy\u2019imihigo, bakaba babishimira Imana n\u2019ubuyobozi bwiza bw\u2019igihugu bubafasha kubigeraho.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Babigaragaje mu giterane cy\u2019iminsi ibiri cya Rwanda shima Imana, aho amadini n\u2019amatorero yose ahakorera\u00a0 bafatanirije hamwe gushima Imana ibyo \u00a0bagezeho \u00a0byose babikesha umutekano usesuye bafite, babonera ho gusengera inzego zose ziyobora igihugu,abaturage n\u2019abandi bose bifuriza igihugu ibyiza,kugira ngo \u00a0muri uyu mwaka wa 2019 uRwanda ruzakomeze kugira umutekano usesuye,iterambere rirambye,ubumwe n\u2019ubwiyunge,n\u2019ibindi bituma buri munyarwanda aho ari hose arusha ho kumva atekanye.<\/p>\n<p>Ngabonziza Jean Bosco uhagarariye abafashamyumvire mu bumwe n\u2019ubwiyunge muri paruwasi gatulika ya Mushaka iri muri uyu murenge,yasabye abawutuye guharanira amahoro hagati yabo na bagenzi babo bahereye mu ngo zabo,bakima amatwi uwashaka kubajyana mu bitabafitiye umumaro byoreka igihugu birimo ibiyobyabwenge, uburaya n\u2019ubwomanzi, ibikorwa bihungabanya umutekano w\u2019igihugu n\u2019ibindi,bagasenga banakora kugira ngo umurenge wabo urusheho gutera imbere.<\/p>\n<p>Yagize ati\u2019\u2019 ntitwatera imbere tukirangwa n\u2019ubucuruzi bwa magendu, ibiyobyabwenge mu rubyiruko,inda zitateguwe no kubyara abo tudashobora kwitaho, cyangwa hari bamwe muri twe badafite aho bakinga umusaya cyangwa aho biherera, ngo tujyeho tuvuge ko dusenga dufite abaturanyi \u00a0babana nabi,hari abagize uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi bataratera intambwe yo gusaba imbabazi abo bahemukiye n\u2019ibindi bibi nk\u2019ibyo.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Yongeye ho ati\u2019\u2019 duhindure imyumvire dushyire mu bikorwa ibyo abakozi b\u2019Imana na Leta y\u2019ubumwe batwigisha, ahasigaye duharanire ko buri wese atekana, nta kabuza Imana izakomeza kubana natwe kandi izadukorera ibirenze ibi tubona ubu.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Iwacusino Sifa utuye mu kagari ka Mushaka muri uyu murenge,yabwiye Bwiza.com ko nta cyamubuza gushima Imana atekereje ko we yari afite ubwenge ariko kubera kuvukira\u00a0 muri Leta itarafashaga abantu kwiga akagarukira mu mwaka wa 3 w\u2019amashuri abanza gusa,ariko ubu kuri Leta y\u2019ubumwe akaba afite abize kaminuza n\u2019ayisumbuye,agahinga akeza neza kubera umutekano usesuye afite.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 mfite umwana urangije kaminuza, ugiye kuyirangiza, urangije ayisumbuye n\u2019abandi 2 bagiye kuyarangiza kubera imiyoborere myiza, ni yo mpamvu ntabura gushima Imana. Tunishimira ko mu giterane nk\u2019iki dufasha bagenzi bacu batishoboye,aho hari abo twubakira amazu n\u2019ubwiherero,abo turihira mituweli n\u2019ibindi bituma twese turushaho kuzamurana,tukifuza ko ibiterane nk\u2019ibi byaba kenshi mu mwaka kugira ngo turusheho gusengana no kuzamurana.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Umunyamabanga nshibgwabikorwa w\u2019uyu murenge, Nyirangendahimana Mathilide,avuga ko mu mirenge 3 amaze kuyobora muri aka karere iyi ari inshuro ya 8 akoresheje ibiterane nk\u2019ibi, bikaba byaratanze umusaruro ufatika,aho hari igihe abaturage bigeze gutanga agera kuri 1.500.000 akubakira imiryango 34 itaragiraga aho irambika umusaya ikaba ituye neza mu kagari ka Murya mu murenge wa Nzahaha yayoboraga icyo gihe, no mu mirenge ya Nyakarenzo na Rwimbogo hakaba hari umusaruro ukomeye watanzwe n\u2019amasengesho nk\u2019aya,ayatanzwe muri iki giterane\u00a0 akazafasha mu bikorwa nk\u2019ibi ku cyerekezo kizatangwa n\u2019ubuyobozi.<\/p>\n<p>Uyu murenge ufite amahirwe menshi y\u2019iterambere akeneye kubyazwa umusaruro\u00a0 kuruta uko bimeze ubu, ubuyobozi bugasaba abaturage kurushaho gukora cyane kugira ngo barusheho kwiteza imbere.<\/p>\n<figure id=\"attachment_124603\" aria-describedby=\"caption-attachment-124603\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-124603 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wumurenge-wa-Rwimbogo-Nyirangendahimana-Mathilde-uwa-1-uturutse-i-buryo-yishimira-umusaruro-uva-muri-Rwanda-shima-Imana..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-124603\" class=\"wp-caption-text\">Umunyamabanga nshingwabikorwa w&#8217;umurenge wa Rwimbogo, Nyirangendahimana Mathilde( uwa 1 uturutse i buryo) yishimira umusaruro uva muri Rwanda shima Imana<\/figcaption><\/figure>\n<figure id=\"attachment_124604\" aria-describedby=\"caption-attachment-124604\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-124604 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/Batanze-amaturo-yo-gufasha-bagenzi-babo-batishoboye..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-124604\" class=\"wp-caption-text\">Batanze amaturo yo gufasha bagenzi babo batishoboye<\/figcaption><\/figure>\n<figure id=\"attachment_124605\" aria-describedby=\"caption-attachment-124605\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-124605 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/Abaturage-bavuga-ko-bishimira-kugira-icyo-batanga-mu-biterane-nkibi-ngo-bafashe-bagenzi-babo-batishoboye..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-124605\" class=\"wp-caption-text\">Abaturage bavuga ko bishimira kugira icyo batanga mu biterane nk&#8217;ibi ngo bafashe bagenzi babo batishoboye<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuyobozi bw\u2019umurenge wa Rwimbogo mu karere ka Rusizi buvuga ko ubufatanye hagati yabwo, abaturage n\u2019abafatanyabikorwa bose barimo n\u2019amadini n\u2019amatorero ahakorerwa bwatanze umusaruro ukomeye umwaka ushize, aho bavuye ku mwanya wa Karindwi mu mihigo y\u2019imirenge bakegukana igikombe cy\u2019imihigo, bakaba babishimira Imana n\u2019ubuyobozi bwiza bw\u2019igihugu bubafasha kubigeraho. Babigaragaje mu giterane cy\u2019iminsi ibiri cya Rwanda shima Imana, aho [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-13617","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Bashimye Imana ku bw\u2019ibyo yabagejejeho umwaka ushize- AMAFOTO - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13617\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Bashimye Imana ku bw\u2019ibyo yabagejejeho umwaka ushize- AMAFOTO - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuyobozi bw\u2019umurenge wa Rwimbogo mu karere ka Rusizi buvuga ko ubufatanye hagati yabwo, abaturage n\u2019abafatanyabikorwa bose barimo n\u2019amadini n\u2019amatorero ahakorerwa bwatanze umusaruro ukomeye umwaka ushize, aho bavuye ku mwanya wa Karindwi mu mihigo y\u2019imirenge bakegukana igikombe cy\u2019imihigo, bakaba babishimira Imana n\u2019ubuyobozi bwiza bw\u2019igihugu bubafasha kubigeraho. Babigaragaje mu giterane cy\u2019iminsi ibiri cya Rwanda shima Imana, aho [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13617\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-01-23T08:58:26+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:11:41+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wumurenge-wa-Rwimbogo-Nyirangendahimana-Mathilde-uwa-1-uturutse-i-buryo-yishimira-umusaruro-uva-muri-Rwanda-shima-Imana..jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13617#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13617\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Bashimye Imana ku bw\u2019ibyo yabagejejeho umwaka ushize- AMAFOTO\",\"datePublished\":\"2019-01-23T08:58:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:11:41+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13617\"},\"wordCount\":583,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13617#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/01\\\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wumurenge-wa-Rwimbogo-Nyirangendahimana-Mathilde-uwa-1-uturutse-i-buryo-yishimira-umusaruro-uva-muri-Rwanda-shima-Imana..jpg\",\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13617#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13617\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13617\",\"name\":\"Rusizi: Bashimye Imana ku bw\u2019ibyo yabagejejeho umwaka ushize- AMAFOTO - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13617#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13617#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/01\\\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wumurenge-wa-Rwimbogo-Nyirangendahimana-Mathilde-uwa-1-uturutse-i-buryo-yishimira-umusaruro-uva-muri-Rwanda-shima-Imana..jpg\",\"datePublished\":\"2019-01-23T08:58:26+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:11:41+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13617#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13617\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13617#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13617#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Bashimye Imana ku bw\u2019ibyo yabagejejeho umwaka ushize- AMAFOTO\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Bashimye Imana ku bw\u2019ibyo yabagejejeho umwaka ushize- AMAFOTO - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13617","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Bashimye Imana ku bw\u2019ibyo yabagejejeho umwaka ushize- AMAFOTO - BWIZA","og_description":"Ubuyobozi bw\u2019umurenge wa Rwimbogo mu karere ka Rusizi buvuga ko ubufatanye hagati yabwo, abaturage n\u2019abafatanyabikorwa bose barimo n\u2019amadini n\u2019amatorero ahakorerwa bwatanze umusaruro ukomeye umwaka ushize, aho bavuye ku mwanya wa Karindwi mu mihigo y\u2019imirenge bakegukana igikombe cy\u2019imihigo, bakaba babishimira Imana n\u2019ubuyobozi bwiza bw\u2019igihugu bubafasha kubigeraho. Babigaragaje mu giterane cy\u2019iminsi ibiri cya Rwanda shima Imana, aho [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13617","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-01-23T08:58:26+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:11:41+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wumurenge-wa-Rwimbogo-Nyirangendahimana-Mathilde-uwa-1-uturutse-i-buryo-yishimira-umusaruro-uva-muri-Rwanda-shima-Imana..jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13617#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13617"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Bashimye Imana ku bw\u2019ibyo yabagejejeho umwaka ushize- AMAFOTO","datePublished":"2019-01-23T08:58:26+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:11:41+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13617"},"wordCount":583,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13617#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wumurenge-wa-Rwimbogo-Nyirangendahimana-Mathilde-uwa-1-uturutse-i-buryo-yishimira-umusaruro-uva-muri-Rwanda-shima-Imana..jpg","articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13617#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13617","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13617","name":"Rusizi: Bashimye Imana ku bw\u2019ibyo yabagejejeho umwaka ushize- AMAFOTO - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13617#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13617#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/Umunyamabanga-nshingwabikorwa-wumurenge-wa-Rwimbogo-Nyirangendahimana-Mathilde-uwa-1-uturutse-i-buryo-yishimira-umusaruro-uva-muri-Rwanda-shima-Imana..jpg","datePublished":"2019-01-23T08:58:26+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:11:41+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13617#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13617"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13617#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13617#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Bashimye Imana ku bw\u2019ibyo yabagejejeho umwaka ushize- AMAFOTO"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13617","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13617"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13617\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13617"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13617"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13617"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}