{"id":13710,"date":"2019-01-30T09:18:34","date_gmt":"2019-01-30T09:18:34","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/01\/30\/kaminuza-ya-gitwe-baravuga-ko-inteko-nitabakemurira-ikibazo-perezida-kagame\/"},"modified":"2019-01-30T09:18:34","modified_gmt":"2019-01-30T09:18:34","slug":"kaminuza-ya-gitwe-baravuga-ko-inteko-nitabakemurira-ikibazo-perezida-kagame","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13710","title":{"rendered":"Kaminuza ya Gitwe baravuga ko Inteko nitabakemurira ikibazo, Perezida Kagame azabarenganura"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Mutarama 2019, nyuma y\u2019uko hatangajwe ifungwa ry&#8217;amashami abiri ya Kaminuza ya Gitwe ariyo Laboratwari n&#8217;iry\u2019ubuvuzi, iyi Kaminuza yatangaje ko Inteko Nshingamategeko nitabarenganura baziyambaza Perezida Kagame.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ibi bije nyuma yaho ku wa Kabiri tariki ya 29 Mutarama 2019,\u00a0 inama yahuzaga Minisiteri y\u2019Uburezi, Inama Nkuru Igenga Amashuri Makuru na za Kaminuza (HEC), ubuyobozi bwa Kaminuza ya Gitwe, inama kandi yari yatumiwemo n\u2019itangazamakuru yaberaga ku cyicaro cy&#8217;iyi Minisiteri ku Kacyiru ahanini yagarutse ku gufunga amashami abiri y\u2019ubuvuzi na Labo muri kaminuza ya Gitwe.<\/p>\n<p>Minisitiri w\u2019uburezi Dr. Mutimura Eugene yatangaje ko amashami abiri afunzwe burundu kugeza igihe ibyo iyi kaminuza isabwa ibyujuje ikongera gusaba uburenganzira bwo kuyigisha. Yasobanuye ko ibyo umuyobozi w\u2019iyi kaminuza yababwiye nabyo ubwabyo bidatanga icyizere ko ibyo basabwa bizakosoka.<\/p>\n<p>Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y\u2019Uburezi, Dr. Munyakazi Isaac agaragaza ko laboratwari z\u2019iyi kaminuza zitujuje ibisabwa birimo n\u2019ibikoresho nkenerwa mu kwiga ubumenyingiro (practice). Uyu muyobozi yakomeje avuga ko iyi kaminuza ifite ikibazo cy\u2019abarimu bake kandi abanyeshuri ari benshi.<\/p>\n<p>Yagaragaje ko ibipimo mpuzamahanga Minisiteri y\u2019uburezi igenderaho biteganywa ko umwarimu umwe agomba kwigisha abanyeshuri basaga 20. Nyamara igenzura ryakozwe n\u2019inama nkuru y\u2019amashuri makuru na kaminuza(HEC) ngo rigaragaza ko muri iyi kaminuza umwarimu umwe yigisha abasaga 86.<\/p>\n<p>Agira ati\u201dIbi bikomeza kudindiza ireme ry\u2019uburezi kandi ntitwakomeza kubirebera&#8221;. Yongeraho ko bakira abanyeshuri batujuje ibisabwa mu rwego rwo gucuruza kandi ko ubuganga butitaweho byagira ingaruka mbi ku rwego rw\u2019ubuzima.<\/p>\n<p>Ku ruhande rwa Kaminuza ya Gitwe, umuyobozi uyihagarariye mu mategeko akaba anahagarariye abayishinze, Urayeneza Gerard atangaza ko ibyemezo bya Minisiteri y\u2019uburezi batabyemera kandi ko bidatinze bazajyeza ikibazo cyabo mu nteko ishingamategeko batagikemura hakaziyambazwa Perezida wa Repubulika.<\/p>\n<p>Agira ati &#8220;Umukuru wa kaminuza yasobanuye uko ibihugu biri mu nzira y\u2019amajyambere bituzuza ibisabwa bimeze nk\u2019ibyateye imbere muri za kaminuza, aho yavuze ko u Rwanda rukennye rutakagombye gusaba ibintu byinshi nka Leta zunze ubumwe za Amerika cyangwa Uburayi kuko u Rwanda ni igihugu gikennye\u201d.<\/p>\n<p>Urayeneza yakomeje avuga ko kuba Minisiteri ivuga ko Laboratwari yabo itujuje ibisabwa, ko atari byo ngo kuko nayo ubwayo ibizi ko Laboratwari ziri muri Kaminuza ya Gitwe ari zo za mbere mu Rwanda mu bwiza kuko ntahandi ziri, ati\u00a0 \u201cAbanyamakuru namwe muri abantu muzaze i Gitwe muzisure murebe.\u201d<\/p>\n<p>Ubwo abanyamakuru barimo babaza ibibazo bitandukanye, Urayeneza yasabye kugira icyo avuga\u00a0 Minisitiri amwima ijambo, avuga ko ibyo uyobora kaminuza atanze nk\u2019ibisobanuro bihagije kandi bidatanga icyizere mu gukemura ikibazo ku buryo burambye.Agaruka ku gihombo byateje iyi kaminuza gisaga miliyali imwe n\u2019igice kandi bagikomeje guhomba.<\/p>\n<p>Urayeneza avuga ko abarimu b\u2019abanyamahanga bari bahaye akazi Minisiteri y\u2019uburezi ku bufatanye na HEC bategetse kaminuza kubagumana bagakomeza kubahemba no mu gihe batari mu kazi.<\/p>\n<figure id=\"attachment_125136\" aria-describedby=\"caption-attachment-125136\" style=\"width: 720px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-125136 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/IMG_6431.jpg\" alt=\"\" width=\"720\" height=\"480\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-125136\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Urayeneza Gerard<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p> <strong>Ukwivuguruza kuri Minisiteri y\u2019Uburezi<\/strong> <\/p>\n<p>Uwahoze ayobora Minisiteri y&#8217;Uburezi, Dr. Musafiri Papias Malimba ubwo yasuraga kaminuza ya Gitwe mu 2018 yatangaje ko yujuje ibisabwa . Mu magambo ye yagize ati &#8220;uru rugendo twakoze twari rugamije kureba aho iyi kaminuza igeze ikosora ibyo yasabwe. Ibyo twabonye bihuye n&#8217;iby&#8217;itsinda ry&#8217;abatekenisiye ryagaragaje muri raporo&#8221;. Uyu muyobozi yakomeje avuga ko itsinda ryari rigizwe na HEC ndetse n&#8217;impuguke zakoze raporo igaragaza ko iyi kaminuza yujuje ibisabwa bityo yahise ikomorerwa.<\/p>\n<p>N&#8217;ubwo iyi kaminuza inengwa kutagira laboratwari zujuje ibisabwa Dr. Papias yari yivugiye ko hari laboratwari nziza kandi abanyeshuri bishimye kuko biga neza kandi bakaba bafite abarimu b&#8217;abahanga.<\/p>\n<p>Minisitiri Dr. Mutimura Eugene nawe ubwo yamaraga guhabwa inshingano zo kuyobora Minisiteri y\u2019uburezi nawe yasuye iyi kaminuza aho we ubwe yatangaje ko ibyo basabwaga byari bigeze ku kigero cya 85% kandi ko mu kwezi kumwe bizaba byagiye mu buryo. Ibi ntibitandukanye cyane n&#8217;ibyo uwo yasimbuye muri iyi Minisiteri yari yatangaje.<\/p>\n<p>Gufungwa kw&#8217;amashami abiri y&#8217;iyi kaminuza bishobora kugira ingaruka ku banyeshuri no ku gihugu muri rusange cyane ko byagiye bivugwa ko abenshi mu baganga bakorera mu Rwanda 30% bakuye ubumenyi muri Kaminuza ya Gitwe . Uhagarariye iyi kaminuza mu by&#8217;mategeko avuga ko aziyambaza Inteko Nshingamategeko byakwanga akiyambaza Perezida wa Repulika y&#8217;u Rwanda.<\/p>\n<p> <strong>Mbarubukeye Etienne<\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Mutarama 2019, nyuma y\u2019uko hatangajwe ifungwa ry&#8217;amashami abiri ya Kaminuza ya Gitwe ariyo Laboratwari n&#8217;iry\u2019ubuvuzi, iyi Kaminuza yatangaje ko Inteko Nshingamategeko nitabarenganura baziyambaza Perezida Kagame. Ibi bije nyuma yaho ku wa Kabiri tariki ya 29 Mutarama 2019,\u00a0 inama yahuzaga Minisiteri y\u2019Uburezi, Inama Nkuru Igenga Amashuri Makuru na za [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[14],"tags":[],"class_list":["post-13710","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mashuli"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kaminuza ya Gitwe baravuga ko Inteko nitabakemurira ikibazo, Perezida Kagame azabarenganura - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13710\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kaminuza ya Gitwe baravuga ko Inteko nitabakemurira ikibazo, Perezida Kagame azabarenganura - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Mutarama 2019, nyuma y\u2019uko hatangajwe ifungwa ry&#8217;amashami abiri ya Kaminuza ya Gitwe ariyo Laboratwari n&#8217;iry\u2019ubuvuzi, iyi Kaminuza yatangaje ko Inteko Nshingamategeko nitabarenganura baziyambaza Perezida Kagame. Ibi bije nyuma yaho ku wa Kabiri tariki ya 29 Mutarama 2019,\u00a0 inama yahuzaga Minisiteri y\u2019Uburezi, Inama Nkuru Igenga Amashuri Makuru na za [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13710\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-01-30T09:18:34+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/IMG_6431.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13710#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13710\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kaminuza ya Gitwe baravuga ko Inteko nitabakemurira ikibazo, Perezida Kagame azabarenganura\",\"datePublished\":\"2019-01-30T09:18:34+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13710\"},\"wordCount\":678,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13710#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/01\\\/IMG_6431.jpg\",\"articleSection\":[\"mu-mashuli\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13710#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13710\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13710\",\"name\":\"Kaminuza ya Gitwe baravuga ko Inteko nitabakemurira ikibazo, Perezida Kagame azabarenganura - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13710#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13710#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/01\\\/IMG_6431.jpg\",\"datePublished\":\"2019-01-30T09:18:34+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13710#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13710\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13710#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13710#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kaminuza ya Gitwe baravuga ko Inteko nitabakemurira ikibazo, Perezida Kagame azabarenganura\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kaminuza ya Gitwe baravuga ko Inteko nitabakemurira ikibazo, Perezida Kagame azabarenganura - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13710","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kaminuza ya Gitwe baravuga ko Inteko nitabakemurira ikibazo, Perezida Kagame azabarenganura - BWIZA","og_description":"Kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Mutarama 2019, nyuma y\u2019uko hatangajwe ifungwa ry&#8217;amashami abiri ya Kaminuza ya Gitwe ariyo Laboratwari n&#8217;iry\u2019ubuvuzi, iyi Kaminuza yatangaje ko Inteko Nshingamategeko nitabarenganura baziyambaza Perezida Kagame. Ibi bije nyuma yaho ku wa Kabiri tariki ya 29 Mutarama 2019,\u00a0 inama yahuzaga Minisiteri y\u2019Uburezi, Inama Nkuru Igenga Amashuri Makuru na za [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13710","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-01-30T09:18:34+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/IMG_6431.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13710#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13710"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kaminuza ya Gitwe baravuga ko Inteko nitabakemurira ikibazo, Perezida Kagame azabarenganura","datePublished":"2019-01-30T09:18:34+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13710"},"wordCount":678,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13710#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/IMG_6431.jpg","articleSection":["mu-mashuli"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13710#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13710","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13710","name":"Kaminuza ya Gitwe baravuga ko Inteko nitabakemurira ikibazo, Perezida Kagame azabarenganura - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13710#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13710#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/01\/IMG_6431.jpg","datePublished":"2019-01-30T09:18:34+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13710#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13710"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13710#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13710#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kaminuza ya Gitwe baravuga ko Inteko nitabakemurira ikibazo, Perezida Kagame azabarenganura"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13710","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13710"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13710\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13710"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13710"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13710"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}