{"id":13772,"date":"2019-02-03T08:18:42","date_gmt":"2019-02-03T08:18:42","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/02\/03\/bushenge-ababyeyi-barasabwa-guhora-batoza-abana-umuco-w-039-ubutwari\/"},"modified":"2025-02-12T13:12:45","modified_gmt":"2025-02-12T11:12:45","slug":"bushenge-ababyeyi-barasabwa-guhora-batoza-abana-umuco-w-039-ubutwari","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13772","title":{"rendered":"Bushenge: Ababyeyi barasabwa guhora batoza abana umuco w&#039;ubutwari"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ubuyobozi bw\u2019umurenge wa Bushenge, mu karere ka Nyamasheke busanga\u00a0 kugira ngo\u00a0 abanyarwanda bose biyumve mo umuco w\u2019ubutwari ari uko ababyeyi batera intambwe yo kuwutoza abana babo bakiri bato, bagakura bakunda igihugu cyabo,bumva neza aho cyavuye kugira ngo kibe kigeze ku rwego rwo kubahwa n\u2019amahanga yose, birinda ko iyi ndangagaciro yasubira inyuma.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ni bimwe mu byo umunyambanga nshingwabikorwa w\u2019umurenge wa Bushenge Uwimana Damas\u00a0 yabwiye abaturage b\u2019umudugudu wa Gashirabwoba,akagari ka Kagatamu muri uyu murenge kuri uyu wa mbere\u00a0 Gashyantare,2019,ubwo hizihizwaga umunsi w\u2019intwari, aho buri muturage yasabwe guhora aharanira ubutwari ,haba iwe mu muryango,mu baturanyi be ndetse n\u2019ahandi hose abasha kugera.<\/p>\n<p>Uyu murenge wa Bushenge usanzwe ufite amahirwe menshi y\u2019iterambere ari mo ubutaka bwera neza, isoko rihagije ry\u2019ibyo beza kubera abanyekongo benshi baza kubihaha, imihanda myiza iri mo n\u2019uwa kaburimbo bahawe na Nyakubahwa perezida Kagame ugana ku bitaro bya Bushenge na byo yabahaye nyuma y\u2019uko ibyo bari bafite mbere bishenywe n\u2019umutingito wa 2008, abaturage bavuga ko hari byinshi bagikeneye gukora ngo barusheho kwiteza imbere,bahereye \u00a0ku bakiri bato.<\/p>\n<p>Bavuga ko utavuga ko uri intwari igihe ubyara abo udashoboye kwita ho,bazahazwa n\u2019imirire mibi,badashobora kubona uburyo bwo kwivuza cyangwa\u00a0 bitwara nabi mu baturanyi babateza mo imidugararo,agasanga uburere bwiza ari bwo butwari bwa mbere ku mubyeyi wese.<\/p>\n<p>Mukagasana Francine w\u2019imyaka 45 utuye mu mudugudu wa Gashirabwoba mu kagari ka Kagatamu muri uyu murenge, avuga ko\u00a0 nubwo atagize amahirwe yo kugera kure mu mashuri kubera kuvukira kuri Leta mbi z\u2019ibigwari zitabahaga amahirwe yo kwiga ngo biteze imbere,\u00a0 yafashe ingamba zo kwigisha abana be umuco w\u2019ubutwari bahereye ku gukunda ishuri n\u2019umurimo.<\/p>\n<p>Yagize ati\u2019\u2019 ubutwari si ukurwana uharanira uburenganzira bwawe gusa kuko no kubanira abandi neza, kutishimira ibyago byabo, gufasha mugenzi wawe wagize ikibazo,ugaharanira ko abaturanyi bawe bose babaho neza na bwo ari ubutwari. Ni byo nigisha abana banjye mbabwira ko nibiga neza bakagera kure, bagakunda umurimo n\u2019igihugu cyabo,bagaharanira kurinda ibyo igihugu cyageze ho bazaba ari intwari kandi numva bazabigera ho kuko bafite amahirwe yo gukurira mu gihugu cyiza.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Ngiruwonsanga Th\u00e9og\u00e8ne ,umukuru w\u2019umudugudu wa Gashirabwoba muri uyu murenge, avuga ko icya mbere biyemeje mu muco w\u2019ubutwari no guharanira kwigira ari uko nta mwana wo mu mudugudu wabo n\u2019umwe uzigera arwara indwara zijyanye n\u2019imirire mibi, guharanira ko umwana wese yiga, guca ikijyanye n\u2019amakimbirane cyose mu mudugudu wabo no gutoza abana umurimo.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 turashaka ko nitunava ku isi tuzasiga intwari mu bo twabyaye ni yo mpamvu tugomba kubatoza umurimo no kwirinda ikibi cyose baturebeye ho kuko ntawatanga icyo adafite. Ubutwari buraharanirwa ni yo mpamvu natwe\u00a0 tubuharanira no mu bo tubyaye.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Uyu murenge ugizwe n\u2019abaturage\u00a0 24630 abenshi bakaba urubyiruko, nyuma yo gusobanurirwa\u00a0 ko hari abana b\u2019u Rwanda bitanze ngo barukure mu icuraburindi rwari mo bakaruha icyerekezo kizima rugendera ho ubu,Gitifu wawo Uwimana Damas avuga ko badakwiye gutatira iyi ndangagaciro \u00a0ko ahubwo buri mwana wese akwiye kuyigishwa akayikurana,cyane cyane ko nta mwaka n\u2019umwe w\u2019ubuzima ubutwari buhagarara,buri wese mu kigero cye akitangira abandi uko ashoboye.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuyobozi bw\u2019umurenge wa Bushenge, mu karere ka Nyamasheke busanga\u00a0 kugira ngo\u00a0 abanyarwanda bose biyumve mo umuco w\u2019ubutwari ari uko ababyeyi batera intambwe yo kuwutoza abana babo bakiri bato, bagakura bakunda igihugu cyabo,bumva neza aho cyavuye kugira ngo kibe kigeze ku rwego rwo kubahwa n\u2019amahanga yose, birinda ko iyi ndangagaciro yasubira inyuma. Ni bimwe mu byo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-13772","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Bushenge: Ababyeyi barasabwa guhora batoza abana umuco w&#039;ubutwari - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13772\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Bushenge: Ababyeyi barasabwa guhora batoza abana umuco w&#039;ubutwari - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuyobozi bw\u2019umurenge wa Bushenge, mu karere ka Nyamasheke busanga\u00a0 kugira ngo\u00a0 abanyarwanda bose biyumve mo umuco w\u2019ubutwari ari uko ababyeyi batera intambwe yo kuwutoza abana babo bakiri bato, bagakura bakunda igihugu cyabo,bumva neza aho cyavuye kugira ngo kibe kigeze ku rwego rwo kubahwa n\u2019amahanga yose, birinda ko iyi ndangagaciro yasubira inyuma. Ni bimwe mu byo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13772\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-02-03T08:18:42+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:12:45+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13772#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13772\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Bushenge: Ababyeyi barasabwa guhora batoza abana umuco w&#039;ubutwari\",\"datePublished\":\"2019-02-03T08:18:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:12:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13772\"},\"wordCount\":518,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13772#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13772\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13772\",\"name\":\"Bushenge: Ababyeyi barasabwa guhora batoza abana umuco w&#039;ubutwari - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-02-03T08:18:42+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:12:45+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13772#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13772\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13772#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Bushenge: Ababyeyi barasabwa guhora batoza abana umuco w&#039;ubutwari\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Bushenge: Ababyeyi barasabwa guhora batoza abana umuco w&#039;ubutwari - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13772","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Bushenge: Ababyeyi barasabwa guhora batoza abana umuco w&#039;ubutwari - BWIZA","og_description":"Ubuyobozi bw\u2019umurenge wa Bushenge, mu karere ka Nyamasheke busanga\u00a0 kugira ngo\u00a0 abanyarwanda bose biyumve mo umuco w\u2019ubutwari ari uko ababyeyi batera intambwe yo kuwutoza abana babo bakiri bato, bagakura bakunda igihugu cyabo,bumva neza aho cyavuye kugira ngo kibe kigeze ku rwego rwo kubahwa n\u2019amahanga yose, birinda ko iyi ndangagaciro yasubira inyuma. Ni bimwe mu byo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13772","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-02-03T08:18:42+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:12:45+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13772#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13772"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Bushenge: Ababyeyi barasabwa guhora batoza abana umuco w&#039;ubutwari","datePublished":"2019-02-03T08:18:42+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:12:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13772"},"wordCount":518,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13772#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13772","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13772","name":"Bushenge: Ababyeyi barasabwa guhora batoza abana umuco w&#039;ubutwari - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-02-03T08:18:42+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:12:45+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13772#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13772"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13772#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Bushenge: Ababyeyi barasabwa guhora batoza abana umuco w&#039;ubutwari"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13772","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13772"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13772\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13772"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13772"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13772"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}