{"id":13831,"date":"2019-02-07T11:08:49","date_gmt":"2019-02-07T11:08:49","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/02\/07\/hon-makuza-yakumbuje-u-rwanda-abanyarwanda-baba-muri-congo\/"},"modified":"2019-02-07T11:08:49","modified_gmt":"2019-02-07T11:08:49","slug":"hon-makuza-yakumbuje-u-rwanda-abanyarwanda-baba-muri-congo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13831","title":{"rendered":"Hon. Makuza yakumbuje u Rwanda Abanyarwanda baba muri Congo"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu ruzinduko arimo, Perezida wa Sena, Makuza Bernard yahuye n&#8217;Abanyarwanda batuye muri ya Congo Brazzaville, aho yabasobanuriye amahitamo Abanyarwanda bakoze nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n&#8217;impinduka zayo mu mibanire, imibereho n&#8217;iterambere ryabo.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Mu ruzinduko rw\u2019iminsi ibiri, kuva ku wa 6-8 Gashyantare 2019, Perezida wa Sena y\u2019u Rwanda, Makuza Bernard yahuye n\u2019uw\u2019iya Congo, Pierre Ngolo. Mu biganiro bagiranye akaba yamutangarije ko intego ye nyamukuru y\u2019uruziko rwe muri Congo ari ukurushaho gukomeza umubano uri hagati y\u2019ibihugu byombi na za Sena.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cMurabizi ko hari inzego nyinshi z\u2019ubufatanye hagati y\u2019ibihugu byacu, hari ukwegerana hagati y\u2019abaturage bacu ndetse n\u2019ibindi bikorwa by\u2019ubucuruzi n\u2019ububanyi n\u2019amahanga, dufite Ambasade hano, mufite Ambasade I Kigali,\u2026\u201d.<\/p>\n<figure id=\"attachment_125767\" aria-describedby=\"caption-attachment-125767\" style=\"width: 696px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-125767 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/berna.jpg\" alt=\"\" width=\"696\" height=\"332\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-125767\" class=\"wp-caption-text\">Hon Makuza na mugenzi we, Pierre Ngolo<\/figcaption><\/figure>\n<p>Ny\u2019uma y\u2019iki kiganiro aba bayobozi bambi bagiranye nk\u2019uko ikinyamakuru Topafricanews kibitangaza, Makuza yanabonanye n\u2019Abanyarwanda baba muri Congo, abatangariza aho u Rwanda rugeze nyuma y\u2019imyaka 25 ishize ruvuye muri jenoside yakorewe Abatutsi.<\/p>\n<p>Inteko Nshingamategeko y\u2019u Rwanda ibicishije ku rukuta rwayo rwa Twitter, itangaza ko Hon. Makuza yahaye ubutumwa Abanyarwanda batuye muri Repubulika ya Congo bari muri ibyo biganiro byari bifite insanganyamatsiko igira iti \u201cImibereho myiza y\u2019umuturage n\u2019iterambere ry\u2019igihugu byubakiye ku bumwe bw\u2019Abanyarwanda n\u2019imiyoborere myiza.\u201d<\/p>\n<p>Aho ngo yagize ati \u201cNk\u2019uko Nyakubahwa Perezida wa Repubulika aherutse kubivuga, \u201cU Rwanda rugeze kure, mu ntambwe yo kwigeza ku mibereho Abanyarwanda bifuza. Ariko haracyari urugendo, niyo mpamvu tugomba guhora tuzirikana akazi dufite kakiri imbere.\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje abatangariza ati \u201cNyuma y\u2019imyaka hafi 25, iyo tugize umwanya wo guhura nk\u2019Abanyarwanda gutya, ni ngombwa ko hagira ibyo tuzirikana by\u2019ingenzi, kuko hari benshi badafite amakuru nyayo cyangwa yuzuye ku Rwanda. Nta gushidikanya ko hari n\u2019abatazi ubushishozi n\u2019ubwitange budasanzwe byasabye, ngo u Rwanda rube ruriho, n\u2019Abanyarwanda tube tubanye ku rwego turiho.<\/p>\n<p>Hari ndetse n\u2019abumva amateka yacu nk\u2019umugani, ntibumve neza aho u Rwanda rwavuye mu myaka 25 ishize, ndetse na mbere yaho, cyangwa bakumva ko u Rwanda babona uyu munsi, bidashoboka ko ari rwo bumva cyangwa babonye muri 1994\u201d.<\/p>\n<p>Hon. Makuza avuga ko nyuma yo guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Abanyarwanda bakoze amahitamo yo kubakira ku bumwe, bakiyumva bose nk\u2019Abanyarwanda basangiye igihugu, kandi bafite uburenganzira n\u2019amahirwe bingana.<\/p>\n<p>Yongeyeho ko nta washidikanya ko amahitamo y\u2019Abanyarwanda yabaye umusemburo w\u2019impinduka mu miyoborere y\u2019Igihugu, no mu mibereho myiza y\u2019abaturage. Ati \u201cMu myaka 25 ishize, umusaruro wo gushyira imbere ubumwe no guha Abanyarwanda amahirwe angana urivugira\u201d.<\/p>\n<p>Agaruka ku bushakashatsi bwakozwe na Komisiyo y\u2019Ubumwe n\u2019Ubwiyunge, yabwiye aba Banyarwanda baba muri Congo ko \u201cHafi 83% by&#8217;abagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi bemeye uruhare rwabo, basaba imbabazi. Abarenga 85% by\u2019abarokotse, bagaragaje ubushake n\u2019ubutwari bwo kwiyunga n\u2019ababiciye\u201d.<\/p>\n<p>Anabasobanurira ko kugera mu mpera za 2018, abari abarwanyi ba ex-FAR na FDLR barenga 12,000 bari bamaze gutahuka mu Rwanda, ngo utabaze imiryango yabo, bafashijwe gusubira mu buzima busanzwe, ndetse bamwe babyifuje bujuje ibisabwa ngo bashyizwe mu gisirikare.<\/p>\n<p>Akomeza ababwira u Rwanda rw\u2019ubu, Hon. Makuza yavuze ko hagati ya 2006 na 2015, miliyoni imwe n\u2019ibihumbi 600 bafashijwe kwivana mu bukene babikesha gahunda zishingira ku byiciro by\u2019ubudehe: Inkunga y\u2019ingoboka, Girinka na VUP. Mu 1994, Umunyarwanda yinjizaga $146 ku mwaka, mu 2017 yinjizaga &#038;720.<\/p>\n<p>Akomeza ababwira ku mibereho y\u2019abanyarwanda, yavuze ko mu 2018, abana bagejeje imyaka y\u2019ishuri bajya ku ishuri bakiga mu mashuri abanza ari 97.6%. Icyizere cyo kubaho ngo cyarazamutse ku buryo bugaragara; ku myaka 66 (2015-2020), kubera imbaraga zashyizwe mu kuzamura ubuzima n\u2019imibereho myiza.<\/p>\n<p>Ku bijyanye n\u2019uburinganire bw\u2019abagabo n\u2019abagore mu nzego zifata ibyemezo; yagize ati \u201c Kuva mu 2018, u Rwanda ruri ku mwanya wa mbere ku Isi na 61.2% by\u2019abagore mu Nteko Ishinga Amategeko\/Umutwe w\u2019Abadepite\u201d.<\/p>\n<p>Muri ibi biganiro kandi bagiranye, yababwiye ko mu Rwanda hari gahunda zo kuvana Abanyarwanda mu bukene, kuzamura ubukungu, korohereza ishoramari, kongera ingengo y&#8217;imari ituruka imbere mu gihugu, kubaka ibikorwaremezo, guteza imbere itangwa rya serivisi no kwishakamo ibisubizo,\u2026<\/p>\n<figure id=\"attachment_125764\" aria-describedby=\"caption-attachment-125764\" style=\"width: 1080px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-125764 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/MAKUZA2.jpg\" alt=\"\" width=\"1080\" height=\"607\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-125764\" class=\"wp-caption-text\">Hon. Makuza Bernard n&#8217;Abanyarwanda baba muri Congo<\/figcaption><\/figure>\n<figure id=\"attachment_125765\" aria-describedby=\"caption-attachment-125765\" style=\"width: 1080px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-125765 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/abany.jpg\" alt=\"\" width=\"1080\" height=\"607\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-125765\" class=\"wp-caption-text\">Abanyarwanda baba muri Congo Brazzaville babwirwa aho u Rwanda rugeze mu myaka 25 ishize<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu ruzinduko arimo, Perezida wa Sena, Makuza Bernard yahuye n&#8217;Abanyarwanda batuye muri ya Congo Brazzaville, aho yabasobanuriye amahitamo Abanyarwanda bakoze nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n&#8217;impinduka zayo mu mibanire, imibereho n&#8217;iterambere ryabo. Mu ruzinduko rw\u2019iminsi ibiri, kuva ku wa 6-8 Gashyantare 2019, Perezida wa Sena y\u2019u Rwanda, Makuza Bernard yahuye n\u2019uw\u2019iya Congo, Pierre [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-13831","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Hon. Makuza yakumbuje u Rwanda Abanyarwanda baba muri Congo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13831\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Hon. Makuza yakumbuje u Rwanda Abanyarwanda baba muri Congo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu ruzinduko arimo, Perezida wa Sena, Makuza Bernard yahuye n&#8217;Abanyarwanda batuye muri ya Congo Brazzaville, aho yabasobanuriye amahitamo Abanyarwanda bakoze nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n&#8217;impinduka zayo mu mibanire, imibereho n&#8217;iterambere ryabo. Mu ruzinduko rw\u2019iminsi ibiri, kuva ku wa 6-8 Gashyantare 2019, Perezida wa Sena y\u2019u Rwanda, Makuza Bernard yahuye n\u2019uw\u2019iya Congo, Pierre [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13831\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-02-07T11:08:49+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/berna.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13831#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13831\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Hon. Makuza yakumbuje u Rwanda Abanyarwanda baba muri Congo\",\"datePublished\":\"2019-02-07T11:08:49+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13831\"},\"wordCount\":693,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13831#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/02\\\/berna.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13831#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13831\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13831\",\"name\":\"Hon. Makuza yakumbuje u Rwanda Abanyarwanda baba muri Congo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13831#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13831#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/02\\\/berna.jpg\",\"datePublished\":\"2019-02-07T11:08:49+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13831#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13831\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13831#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13831#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Hon. Makuza yakumbuje u Rwanda Abanyarwanda baba muri Congo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Hon. Makuza yakumbuje u Rwanda Abanyarwanda baba muri Congo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13831","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Hon. Makuza yakumbuje u Rwanda Abanyarwanda baba muri Congo - BWIZA","og_description":"Mu ruzinduko arimo, Perezida wa Sena, Makuza Bernard yahuye n&#8217;Abanyarwanda batuye muri ya Congo Brazzaville, aho yabasobanuriye amahitamo Abanyarwanda bakoze nyuma ya jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 n&#8217;impinduka zayo mu mibanire, imibereho n&#8217;iterambere ryabo. Mu ruzinduko rw\u2019iminsi ibiri, kuva ku wa 6-8 Gashyantare 2019, Perezida wa Sena y\u2019u Rwanda, Makuza Bernard yahuye n\u2019uw\u2019iya Congo, Pierre [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13831","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-02-07T11:08:49+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/berna.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13831#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13831"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Hon. Makuza yakumbuje u Rwanda Abanyarwanda baba muri Congo","datePublished":"2019-02-07T11:08:49+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13831"},"wordCount":693,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13831#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/berna.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13831#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13831","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13831","name":"Hon. Makuza yakumbuje u Rwanda Abanyarwanda baba muri Congo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13831#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13831#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/berna.jpg","datePublished":"2019-02-07T11:08:49+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13831#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13831"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13831#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13831#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Hon. Makuza yakumbuje u Rwanda Abanyarwanda baba muri Congo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13831","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13831"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13831\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13831"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13831"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13831"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}