{"id":13840,"date":"2019-02-08T09:00:56","date_gmt":"2019-02-08T09:00:56","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/02\/08\/nyanza-abunzi-bahuguwe-basanga-bajyaga-bakora-n-ibitari-mu-nshingano-zabo\/"},"modified":"2019-02-08T09:00:56","modified_gmt":"2019-02-08T09:00:56","slug":"nyanza-abunzi-bahuguwe-basanga-bajyaga-bakora-n-ibitari-mu-nshingano-zabo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13840","title":{"rendered":"Nyanza: Abunzi bahuguwe basanga bajyaga bakora n\u2019ibitari mu nshingano zabo"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abunzi bo mu mirenge itandukanye yo mu Karere ka Nyanza, ubwo bahabwaga amahugurwa, basanze hari ibyo bakoraga bitari mu nshingano zabo ndetse ntibanamenye aho bayobora abo bafashaga kubona ubutabera.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ku itariki\u00a0 19 Ukuboza 2018, nibwo\u00a0 Abunzi\u00a0 bo muri aka karere bari bahawe ibikoresho n\u2019umushinga\u00a0 wa RCN Justice et Democratie bagaragaza ko n\u2019ubwo\u00a0 bahawe ibikoresho ariko bifuzaga guhabwa amahugurwa cyane cyane ku mategeko yagiye ahinduka ngo kuko hari abo wasangaga bacyemura ikibazo\u00a0 nyamara kitari mu nshingano zabo bitewe no kudasobanukirwa amategeko abagenga ndetse n\u2019amategeko amwe n\u2019amwe aba yarahindutse, kuri ubu Minisiteri\u00a0 y\u2019ubutabera\u00a0 na RCN batangiye kubahugura basanga hari byinshi bakoraga bimwe bitari no mu nshingano zabo.<\/p>\n<p>Uwamahoro\u00a0 Esperance umwe mu bunzi bo mu kagari ka Kavumu mu murenge wa Busasamana avuga ko amahugurwa barimo guhabwa\u00a0 azabafasha mu kazi kabo kuko batari basobanukiwe n\u2019inshingano zabo.<\/p>\n<p>Agira ati \u201cHari igihe twibeshyaga ko turi abacamanza, twasobanukiwe ko turi Abunzi, agiye gutuma dukora inshingano zacu dusobanukiwe n\u2019ibyo dukora, kuri twe ni igisubizo ku mbogamizi twahuraga nazo\u201d<\/p>\n<p>Musabyimana\u00a0 Vincent wo mu murenge wa Nyagisozi\u00a0 avuga ko kubera ubumenyi\u00a0 bucye hari ubwo bajyaga gutoranya ibibazo\u00a0 bakira bagashyiramo n\u2019iby\u2019inshinjabyaha kandi bitari mu nshingano zabo ndetse ntibanamenye uburyo bwo kuyobora abo bakiriye ku rwego rubishinzwe.<\/p>\n<p>Umunyamabanga Uhoraho muri\u00a0 Minisiteri y\u2019ubutabera, Mukamana\u00a0 Beatha,\u00a0 avuga ko\u00a0 amategeko y\u2019u Rwanda ahinduka cyane kubera ko igihugu iyo kihuta mu iterambere n\u2019amategeko ahinduka bitewe n\u2019aho kigeze.<\/p>\n<p>Agira ati \u00ab Kuba bahugurwa si ukuvuga ko badakora neza ahubwo ni ukugira ngo bakomeze kugira ubumenyi mu byo bakora hagendewe ku mategeko cyane cyane ayahindutse, bamenye ayo mashyashya ndetse banamenye ayabo abagenga n\u2019aho ububasha bwabo bugarukira ndetse bazanahugurwa ku burenganzira bw\u2019umuntu kuko ibyo bahura nabyo mu kazi kabo bifite aho bihurira n\u2019uburenganzira bwa muntu\u201d.<\/p>\n<p>Umuyobozi\u00a0 wa RCN\u00a0 mu Rwanda, Hugo Moudki Jombwe avuga ko nyuma yo kubaha ibikoresho bakoresha mu kazi kabo\u00a0 bahisemo no kubaha amahugurwa kuko bazi neza ko uru rwego rufitiye abaturage akamaro kuko ruri hafi yabo rubegereye<\/p>\n<p>Ati \u00abNdizera ko aya mahugurwa azarangira\u00a0 Abunzi bose bafite ubumenyi buhagije mu mategeko no mu byo bakora ndetse n\u2019ibyemezo bafashe igihe bakemura ikibazo\u00a0 bikanyura abo babikemuriye si n\u2019ibyo gusa kandi twizeye ko\u00a0 bazanigiramo uburyo bw\u2019imikoranire myiza hagati yabo ndetse n\u2019inzego z\u2019ibanze.\u00bb<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019akarere ka Nyanza, Ntazinda Erasme yemeza ko ari ubwa mbere bagiye guhabwa amahugurwa ameze nk\u2019ayo bagiye guhabwa mu minsi ine , kandi ngo yizeye ko bizatuma imikorere yabo igenda neza kuko bazava aho bari bari mu gucyemura ibibazo\u00a0 bakabikemura neza ,kandi mu buryo bwihuse\u00a0 kuko ibyo batanozaga bazabisobanukirwa neza nabo ubwabo bakamenya ko bagomba gukora nk\u2019ikipe kuko inteko yose iba igomba gukorera hamwe.<\/p>\n<p>Umuryango wa RCN\u00a0 Justice et\u00a0 Democratie\u00a0 uvuga ko uzahugura Abunzi 427\u00a0 , abanyamabanga nshingwabikorwa b\u2019imirenge n\u2019utugari 51\u00a0 ndetse n\u2019abashinzwe irangamimerere\u00a0 na Notariya 10 \u00a0muri aka karere ka Nyanza, biteganijwe ko bazahugurwa mu gihe cy\u2019iminsi Ine.<\/p>\n<figure id=\"attachment_125810\" aria-describedby=\"caption-attachment-125810\" style=\"width: 1080px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-125810 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/IMG-20190206-WA0015.jpg\" alt=\"\" width=\"1080\" height=\"810\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-125810\" class=\"wp-caption-text\">Abunzi bahuguwe babasha kumenya neza inshingano zabo<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abunzi bo mu mirenge itandukanye yo mu Karere ka Nyanza, ubwo bahabwaga amahugurwa, basanze hari ibyo bakoraga bitari mu nshingano zabo ndetse ntibanamenye aho bayobora abo bafashaga kubona ubutabera. Ku itariki\u00a0 19 Ukuboza 2018, nibwo\u00a0 Abunzi\u00a0 bo muri aka karere bari bahawe ibikoresho n\u2019umushinga\u00a0 wa RCN Justice et Democratie bagaragaza ko n\u2019ubwo\u00a0 bahawe ibikoresho ariko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-13840","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyanza: Abunzi bahuguwe basanga bajyaga bakora n\u2019ibitari mu nshingano zabo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13840\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyanza: Abunzi bahuguwe basanga bajyaga bakora n\u2019ibitari mu nshingano zabo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abunzi bo mu mirenge itandukanye yo mu Karere ka Nyanza, ubwo bahabwaga amahugurwa, basanze hari ibyo bakoraga bitari mu nshingano zabo ndetse ntibanamenye aho bayobora abo bafashaga kubona ubutabera. Ku itariki\u00a0 19 Ukuboza 2018, nibwo\u00a0 Abunzi\u00a0 bo muri aka karere bari bahawe ibikoresho n\u2019umushinga\u00a0 wa RCN Justice et Democratie bagaragaza ko n\u2019ubwo\u00a0 bahawe ibikoresho ariko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13840\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-02-08T09:00:56+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/IMG-20190206-WA0015.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13840#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13840\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyanza: Abunzi bahuguwe basanga bajyaga bakora n\u2019ibitari mu nshingano zabo\",\"datePublished\":\"2019-02-08T09:00:56+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13840\"},\"wordCount\":498,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13840#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/02\\\/IMG-20190206-WA0015.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13840#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13840\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13840\",\"name\":\"Nyanza: Abunzi bahuguwe basanga bajyaga bakora n\u2019ibitari mu nshingano zabo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13840#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13840#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/02\\\/IMG-20190206-WA0015.jpg\",\"datePublished\":\"2019-02-08T09:00:56+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13840#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13840\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13840#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13840#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyanza: Abunzi bahuguwe basanga bajyaga bakora n\u2019ibitari mu nshingano zabo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyanza: Abunzi bahuguwe basanga bajyaga bakora n\u2019ibitari mu nshingano zabo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13840","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyanza: Abunzi bahuguwe basanga bajyaga bakora n\u2019ibitari mu nshingano zabo - BWIZA","og_description":"Abunzi bo mu mirenge itandukanye yo mu Karere ka Nyanza, ubwo bahabwaga amahugurwa, basanze hari ibyo bakoraga bitari mu nshingano zabo ndetse ntibanamenye aho bayobora abo bafashaga kubona ubutabera. Ku itariki\u00a0 19 Ukuboza 2018, nibwo\u00a0 Abunzi\u00a0 bo muri aka karere bari bahawe ibikoresho n\u2019umushinga\u00a0 wa RCN Justice et Democratie bagaragaza ko n\u2019ubwo\u00a0 bahawe ibikoresho ariko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13840","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-02-08T09:00:56+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/IMG-20190206-WA0015.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13840#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13840"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyanza: Abunzi bahuguwe basanga bajyaga bakora n\u2019ibitari mu nshingano zabo","datePublished":"2019-02-08T09:00:56+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13840"},"wordCount":498,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13840#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/IMG-20190206-WA0015.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13840#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13840","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13840","name":"Nyanza: Abunzi bahuguwe basanga bajyaga bakora n\u2019ibitari mu nshingano zabo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13840#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13840#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/IMG-20190206-WA0015.jpg","datePublished":"2019-02-08T09:00:56+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13840#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13840"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13840#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13840#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyanza: Abunzi bahuguwe basanga bajyaga bakora n\u2019ibitari mu nshingano zabo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13840","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13840"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13840\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13840"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13840"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13840"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}