{"id":13849,"date":"2019-02-08T12:22:08","date_gmt":"2019-02-08T12:22:08","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/02\/08\/a-u-bill-gates-na-perezida-kagame-bazavuga-ku-cyakorwa-mu-kugeza-ubuvuzi-kuri\/"},"modified":"2025-02-12T13:12:06","modified_gmt":"2025-02-12T11:12:06","slug":"a-u-bill-gates-na-perezida-kagame-bazavuga-ku-cyakorwa-mu-kugeza-ubuvuzi-kuri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13849","title":{"rendered":"A.U: Bill Gates na Perezida Kagame bazavuga ku cyakorwa mu kugeza ubuvuzi kuri bose muri Afurika"},"content":{"rendered":"<p>Umuherwe Bill Gates, azatanga ikiganiro mu nama ya Afurika Yunze Ubumwe \u00a0ndetse n\u2019inama ya mbere ku miyoborere muri Afurika (Africa Leadership Meeting) muri uyu mwaka wa 2019 izabera Addis Abeba muri Ethiopia ku cyicaro cy\u2019uyu muryango, aho azaba ari kumwe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, Chairman wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Antonio Guterres n\u2019abandi mu kiganiro ku cyateza imbere urwego rw\u2019ubuvuzi ku mugabane.<\/p>\n<p>Ubwo azaba avugira imbere y\u2019abakuru b\u2019ibihugu na za guverinoma, abahagarariye Afurika Yunze Ubumwe n\u2019abakuriye business zitandukanye, Bill Gates azavuga ku ntambwe igaragara imaze guterwa mu kurwanya ubuzima bubi no kuba hakenewe gukomeza kwiyemeza no gushora mu bantu ngo ibimaze kugerwaho bitazasubira inyuma.<\/p>\n<p>Iyi nama ku Miyoborere muri Afurika izibanda ku gushora imari mu bijyanye n\u2019ubuzima, izaba ari urubuga ruzahuriza hamwe za guverinoma, abikorera n\u2019abandi bafite uruhare mu iterambere ku Isi, bagahuza ibikorwa ndetse bakihutisha iterambere riganisha ku buvuzi kuri bose.<\/p>\n<p>Iyi nama izabanziriza iya 32 ya Afurika Yunze Ubumwe , biteganyijwe ko izaba kuri uyu wa Gatandatu, itariki 09 Gashyantare, ikazatangirizwamo umugambi mushya uyobowe na Afurika ugamije kongera, no kubungabunga ishoramari mu buvuzi muri Afurika.<\/p>\n<p>Umuherwe Bill Gates azaba ari kumwe na Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame, ari nawe uyoboye Afurika Yunze Ubumwe, Chairman wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki Mahamat, Minisitiri w\u2019Intebe wa Norvege, Erna\u00a0 Solberg, n\u2019Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Antonio Guterres.<\/p>\n<p>Naho mu Nama ya Afurika Yunze Ubumwe iteganyijwe guhera ku itariki 10 kugeza ku itariki 11 Gashyantare, Bill Gates azavuga ijambo rifungura inama ashingiye ku bunararibonye bwa Foundation Bill&#038;Melinda Gates kubyo yabonye muri Afurika, haganirwa ku iterambere n\u2019imbogamizi mu kugera ku ntego z\u2019iterambere no gutuma kugera kuri serivisi z\u2019ubuvuzi kuri bose biba impamo ku mugabane wa Afurika ukennye kurusha indi.<\/p>\n<p>Kuba igice kirenga kimwe cya kabiri cy\u2019Abanyafurika kitagera kuri serivisi z\u2019ubuvuzi bw\u2019ingenzi, gushora imari muri uru rwego ngo nicyo foundation ya Bill Gates afatanyije n\u2019umugore we Melinda Gates, ishyize imbere. Muri iyi nama Bill gates akazaba aherekejwe na Cheikh Oumar Seydi uherutse kugirwa umuyobozi wa Bill&#038;Melinda Gates Foundation muri Afurika.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuherwe Bill Gates, azatanga ikiganiro mu nama ya Afurika Yunze Ubumwe \u00a0ndetse n\u2019inama ya mbere ku miyoborere muri Afurika (Africa Leadership Meeting) muri uyu mwaka wa 2019 izabera Addis Abeba muri Ethiopia ku cyicaro cy\u2019uyu muryango, aho azaba ari kumwe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, Chairman wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-13849","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>A.U: Bill Gates na Perezida Kagame bazavuga ku cyakorwa mu kugeza ubuvuzi kuri bose muri Afurika - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13849\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"A.U: Bill Gates na Perezida Kagame bazavuga ku cyakorwa mu kugeza ubuvuzi kuri bose muri Afurika - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuherwe Bill Gates, azatanga ikiganiro mu nama ya Afurika Yunze Ubumwe \u00a0ndetse n\u2019inama ya mbere ku miyoborere muri Afurika (Africa Leadership Meeting) muri uyu mwaka wa 2019 izabera Addis Abeba muri Ethiopia ku cyicaro cy\u2019uyu muryango, aho azaba ari kumwe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, Chairman wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13849\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-02-08T12:22:08+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:12:06+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13849#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13849\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"A.U: Bill Gates na Perezida Kagame bazavuga ku cyakorwa mu kugeza ubuvuzi kuri bose muri Afurika\",\"datePublished\":\"2019-02-08T12:22:08+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:12:06+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13849\"},\"wordCount\":369,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13849#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13849\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13849\",\"name\":\"A.U: Bill Gates na Perezida Kagame bazavuga ku cyakorwa mu kugeza ubuvuzi kuri bose muri Afurika - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-02-08T12:22:08+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:12:06+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13849#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13849\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13849#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"A.U: Bill Gates na Perezida Kagame bazavuga ku cyakorwa mu kugeza ubuvuzi kuri bose muri Afurika\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"A.U: Bill Gates na Perezida Kagame bazavuga ku cyakorwa mu kugeza ubuvuzi kuri bose muri Afurika - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13849","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"A.U: Bill Gates na Perezida Kagame bazavuga ku cyakorwa mu kugeza ubuvuzi kuri bose muri Afurika - BWIZA","og_description":"Umuherwe Bill Gates, azatanga ikiganiro mu nama ya Afurika Yunze Ubumwe \u00a0ndetse n\u2019inama ya mbere ku miyoborere muri Afurika (Africa Leadership Meeting) muri uyu mwaka wa 2019 izabera Addis Abeba muri Ethiopia ku cyicaro cy\u2019uyu muryango, aho azaba ari kumwe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, Chairman wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe, Moussa Faki [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13849","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-02-08T12:22:08+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:12:06+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13849#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13849"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"A.U: Bill Gates na Perezida Kagame bazavuga ku cyakorwa mu kugeza ubuvuzi kuri bose muri Afurika","datePublished":"2019-02-08T12:22:08+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:12:06+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13849"},"wordCount":369,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13849#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13849","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13849","name":"A.U: Bill Gates na Perezida Kagame bazavuga ku cyakorwa mu kugeza ubuvuzi kuri bose muri Afurika - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-02-08T12:22:08+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:12:06+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13849#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13849"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13849#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"A.U: Bill Gates na Perezida Kagame bazavuga ku cyakorwa mu kugeza ubuvuzi kuri bose muri Afurika"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13849","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13849"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13849\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13849"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13849"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13849"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}