{"id":13860,"date":"2019-02-09T19:04:40","date_gmt":"2019-02-09T19:04:40","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/02\/09\/depite-frank-habineza-yabwiwe-ko-azabura-umugati-nakomeza-kuvuga-na-we-ati\/"},"modified":"2025-02-12T13:12:03","modified_gmt":"2025-02-12T11:12:03","slug":"depite-frank-habineza-yabwiwe-ko-azabura-umugati-nakomeza-kuvuga-na-we-ati","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13860","title":{"rendered":"Depite Frank Habineza yabwiwe ko azabura umugati nakomeza kuvuga, na we Ati \u201cUmugati n\u2019imodoka twarabigiraga&#8221;"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Umuyobozi w\u2019Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Green Party) Depite Dr. Frank Habineza, avuga ko ubwo yagera mu Nteko Ishinga Amategeko nk\u2019Umudepite wari utowe mu matora aheruka kandi uvuye muri opozisiyo, uko iminsi yashiraga agatanga ibitekerezo yabwiwe n\u2019abandi ba Depite ko nakomeza kuvuga azabura umugati, abasubiza ko umugati, imodoka n&#8217; inzu abisanganywe.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Mu kiganiro kihariye bwiza.com yagiranye na Depite Frank Habineza tariki ya 4 Gashyantare 2019, kuri Hotel Meridien i Kigali , yamubajije uburyo yakiriye intsinzi yo kwinjira mu nteko ishinga amategeko y\u2019u Rwanda, niba azongera kunenga gahunda za Leta y\u2019u Rwanda kandi ayikorera, tumubaza kandi uko yasanze akazi kameze, ibyaba byaramugoye n\u2019ibishya yabonye atari yiteze .<\/p>\n<p>Dr. Frank Habineza yatangiye avuga ko ubwo bari bamaze kubona amajwi abinjiza mu Nteko y\u2019u Rwanda byari ibyishimo bivanze n\u2019amarangamutima kuko ibyo bari bamaze igihe baharanira bari babigezeho n\u2019ubwo bitari ku kigero bifuzaga. Ikindi ni uko yishimiye kurahirira imbere ya Perezida Paul Kagame bari bahanganye mu matora y\u2019umukuru w\u2019igihugu akamutsinda mu 2017, amatora avuga ko yabaye meza nta mvururu kuko bahanganye mu mwuka mwiza utarimo gutukana no guhangana gushingiye ku moko cyangwa uturere.<\/p>\n<p>Ati: \u201c Ni amateka kuri twe nk\u2019ishyaka rya Green Party nyuma y\u2019imyaka icumi rishinzwe, ndetse no ku gihugu ni ayandi, kuko ari ubwa mbere nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 , ishyaka ritavuga rumwe na FPR ryari ryinjiye mu nteko y\u2019u Rwanda bityo bikaba ari amateka kuri twe ndetse n\u2019igihugu, bikaba n\u2019intambwe mu rwego rwa Demokarasi y\u2019u Rwanda.\u201d<\/p>\n<p> <strong>Yabwiwe n\u2019Abadepite bagenzi be ko nakomeza kuvuga azibuza umugati <\/strong> <\/p>\n<p>Frank Habineza avuga ku rugendo rwe mu nteko, yavuze ko ari ikintu kitoroshye kubona aribwo bwa mbere ishyaka rya opozisiyo rifite abantu babiri ryinjije mu nteko kandi ari n\u2019umubare mukeya ugereranyije n&#8217;abandi. Ati \u201c Ni ikintu kitoroshye, kubona ishyaka rya opozisiyo rifite abantu babiri, ariko na Ps Imberakuri irabafite babiri ubwo bari bane, ariko ukamenya ngo ni bane mu bantu 80&#8243;.<\/p>\n<p>Yakomeje avuga ko bakinjira mu nteko bari bishimiwe na bagenzi babo aho bavugaga ko ari byiza , nabo bakigeramo kandi batangiye gutanga ibitekerezo byabo, ariko uko iminsi ishira bikagenda bihinduka , batishimirwa na bamwe muri bagenzi babo . \u201c Twinjiramo byari byiza ariko uko iminsi igenda, usanga abandi batakwishimiye, wavuga, rimwe na rimwe bati &#8216;uri mu biki? bakakubwira ko tuzatakaza umugati, natwe tuti &#8216;ntitwaje tuje gushaka umugati ahubwo twaje tuje gutanga ibitekerezo by\u2019abaturage&#8217;\u201d.<\/p>\n<p>Video: Ikiganiro na Depite Dr. Frank Habineza<\/p>\n<div class=\"epyt-video-wrapper\">\n<div  id=\"_ytid_95647\"  width=\"1170\" height=\"658\"  data-origwidth=\"1170\" data-origheight=\"658\" data-facadesrc=\"https:\/\/www.youtube.com\/embed\/81cmtWl65C8?enablejsapi=1&#038;autoplay=0&#038;cc_load_policy=0&#038;cc_lang_pref=&#038;iv_load_policy=1&#038;loop=0&#038;rel=1&#038;fs=1&#038;playsinline=0&#038;autohide=2&#038;theme=dark&#038;color=red&#038;controls=1&#038;disablekb=0&#038;\" class=\"__youtube_prefs__ epyt-facade epyt-is-override  no-lazyload\" data-epautoplay=\"1\" ><img decoding=\"async\" data-spai-excluded=\"true\" class=\"epyt-facade-poster skip-lazy\" loading=\"lazy\"  alt=\"YouTube player\"  src=\"https:\/\/i.ytimg.com\/vi\/81cmtWl65C8\/maxresdefault.jpg\"  \/><button class=\"epyt-facade-play\" aria-label=\"Play\"><svg data-no-lazy=\"1\" height=\"100%\" version=\"1.1\" viewBox=\"0 0 68 48\" width=\"100%\"><path class=\"ytp-large-play-button-bg\" d=\"M66.52,7.74c-0.78-2.93-2.49-5.41-5.42-6.19C55.79,.13,34,0,34,0S12.21,.13,6.9,1.55 C3.97,2.33,2.27,4.81,1.48,7.74C0.06,13.05,0,24,0,24s0.06,10.95,1.48,16.26c0.78,2.93,2.49,5.41,5.42,6.19 C12.21,47.87,34,48,34,48s21.79-0.13,27.1-1.55c2.93-0.78,4.64-3.26,5.42-6.19C67.94,34.95,68,24,68,24S67.94,13.05,66.52,7.74z\" fill=\"#f00\"><\/path><path d=\"M 45,24 27,14 27,34\" fill=\"#fff\"><\/path><\/svg><\/button><\/div>\n<\/div>\n<p>Frank Habineza avuga ko ababaca intege barimo kuko batabura, ariko iyo bamubwiye amagambo yo kumuca intege ababwira ko bataje gushaka izo modoka n\u2019amazu kuko bari babifite ahubwo ko baje gutanga ibitekerezo batumwe n\u2019abaturage ndetse akaba ari nayo mpamvu abaturage babizeye bakajya mu nteko ishinga amategeko, gusa Depite Dr. Frank Habineza avuga ko n;ubwo bimeze bityo igishimishije ari uko abenshi mu badepite ari abatabaca intege bababwira ko ari uburenganzira bwabo mu gutanga ibitekerezo.<\/p>\n<p>Ati : \u201c Iyo bamereye nabi mbibutsa ko Perezida Kagame na we yabyivugiye, avuga ko inteko igomba gukora neza, haba mu kugenzura ibikorwa bya Guverinoma no guhashya abarya ruswa, ni ikintu kiza, kuko bamwe mu nteko usanga bafite ubwoba bwo gukora akazi kabo bashinzwe.\u201d<\/p>\n<p>Ngo n\u2019ubwo bimeze gutyo Frank Habineza, avuga ko umunsi abadepite barahira yashimishijwe n\u2019ijambo ry\u2019umukuru w\u2019igihugu ubwo yabahaga ikaze mu nteko bamaze kurahira maze akabwira Green Party ko kuba binjiye mu nteko bakwiye kuza bakavugira mu nteko ibyo bavugaga , ibyo bakoraga bakiri hanze, akemeza ko byabahaye imbaraga kuba bashyigikiwe n\u2019umukuru w\u2019igihugu.<\/p>\n<p>[penci_related_posts dis_pview=&#8221;no&#8221; dis_pdate=&#8221;no&#8221; title=&#8221;Izindi wasoma&#8221; background=&#8221;&#8221; border=&#8221;&#8221; thumbright=&#8221;no&#8221; number=&#8221;4&#8243; style=&#8221;grid&#8221; align=&#8221;none&#8221; withids=&#8221;&#8221; displayby=&#8221;recent_posts&#8221; orderby=&#8221;rand&#8221;]]<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<figure id=\"attachment_125687\" aria-describedby=\"caption-attachment-125687\" style=\"width: 767px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-125687 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/vlcsnap-2019-02-06-14h39m39s255.png\" alt=\"\" width=\"767\" height=\"453\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-125687\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Hon. Dr. Frank Habineza mu kiganiro<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>Frank Habineza avuga ko kubera gukunda igihugu yemeye gutakaza byinshi birimo no kureka akazi yahembwaga ho amafaranga akubye gatatu ayo ahembwa ubu, ndetse avuga ko yemeye no gusubiza urupapuro rw\u2019inzira rw\u2019igihugu cya Swede kugirango azabashe gukora ibyo yemereye abanyarwanda . Avuga ko bitoroshye gutakaza ubwenegihu bw\u2019igihugu gikomeye nk\u2019ik\u2019iburayi ndetse akareka akazi gakomeye akaza gukora ako ahembwa make kuyo yabonaga, ariko byose akabibonamo kwitanga no gukunda igihugu.<\/p>\n<p>\u201c kwitanga biri mu uburyo bwose butandukanye, twe rero twaritanze tureka akazi, tunaba impunzi kubera ibihe bibi twanyuzemo nk\u2019ishyaka rya opozisiyo, duhura n\u2019ibibazo byinshi ndetse dutakaza ubwene gihugu, hari umusanzu twatanze , ndizera ko kuba twaragiye mu matora ya perezida wa Repebulika nabwo hari umusanzu twatanzemo, kuko ni bwo bwa mbere abanyarwanda babonye abakandida bari bahanganye hashingiwe k\u2019ubitekerezo, hatarimo iby\u2019amoko tuzenguruka igihugu cyose twiyamamaza tudatukana , ntitwarwana, ntitwicana kandi dufite ibitekerezo bitandukanye, n\u2019ibyabandi tutabatuka kandi nabo batadutuka\u201d.<\/p>\n<p>Ubu uyu mudepite , avuga ko iyo agenda mu gihugu akabona abantu bakuru ndetse n\u2019abana bamuzi bimushimisha aho benshi baba bamubaza ibyo yabijeje yimamaza aho bigeze ngo aba yumva anezerewe kandi akumva ko hari umusanzu yatanze, akaba anabona ko hari ikizere kubyo bijeje abanyarwanda ndetse ko hari n\u2019ibimaze gukorwa ho nko kuba abasirikare, abapolisi , umwarimu hari ikiyongereye k\u2019umushahara.<\/p>\n<p>Dr. Frank Habineza ni Umunyapolitiki w\u2019umunyarwanda washinze Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (DGPR) akaba yarabaye umukandida mu matora ya perezida mu 2017, ubu akaba ari umudepite mu inteko ishinga amategeko umutwe w\u2019abadepite kuva mu 2018 mu kwezi kwa 9, azwiho kuba yaragiye anenga zimwe muri gahunda za Leta y\u2019u Rwanda zirimo guhuza ubutaka, Transport (gutwara abantu n\u2019ibintu), imisoro myinshi , umusoro k\u2019ubutaka, guharanira izamuka ryumushahara wa mwarimu , Abasirikare, Abapolisi no kudaha ubushobozi itangazamakuru , akaba yariyamamazaga avuga ko bazaharanira impinduka nziza kuri ibyo bibazo bagezwagaho n&#8217;abaturage<\/p>\n<figure id=\"attachment_125907\" aria-describedby=\"caption-attachment-125907\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-125907 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/WhatsApp-Image-2019-02-09-at-6.53.57-PM.jpeg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"576\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-125907\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Ubwo Depite Frank Habineza yari agiye kurahira<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p> <strong>Mecky Kayiranga<\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuyobozi w\u2019Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Green Party) Depite Dr. Frank Habineza, avuga ko ubwo yagera mu Nteko Ishinga Amategeko nk\u2019Umudepite wari utowe mu matora aheruka kandi uvuye muri opozisiyo, uko iminsi yashiraga agatanga ibitekerezo yabwiwe n\u2019abandi ba Depite ko nakomeza kuvuga azabura umugati, abasubiza ko umugati, imodoka n&#8217; inzu abisanganywe. Mu kiganiro kihariye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-13860","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Depite Frank Habineza yabwiwe ko azabura umugati nakomeza kuvuga, na we Ati \u201cUmugati n\u2019imodoka twarabigiraga&quot; - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13860\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Depite Frank Habineza yabwiwe ko azabura umugati nakomeza kuvuga, na we Ati \u201cUmugati n\u2019imodoka twarabigiraga&quot; - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuyobozi w\u2019Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Green Party) Depite Dr. Frank Habineza, avuga ko ubwo yagera mu Nteko Ishinga Amategeko nk\u2019Umudepite wari utowe mu matora aheruka kandi uvuye muri opozisiyo, uko iminsi yashiraga agatanga ibitekerezo yabwiwe n\u2019abandi ba Depite ko nakomeza kuvuga azabura umugati, abasubiza ko umugati, imodoka n&#8217; inzu abisanganywe. Mu kiganiro kihariye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13860\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-02-09T19:04:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:12:03+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/vlcsnap-2019-02-06-14h39m39s255.png\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"5 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13860#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13860\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Depite Frank Habineza yabwiwe ko azabura umugati nakomeza kuvuga, na we Ati \u201cUmugati n\u2019imodoka twarabigiraga&#8221;\",\"datePublished\":\"2019-02-09T19:04:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:12:03+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13860\"},\"wordCount\":949,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13860#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/02\\\/vlcsnap-2019-02-06-14h39m39s255.png\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13860#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13860\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13860\",\"name\":\"Depite Frank Habineza yabwiwe ko azabura umugati nakomeza kuvuga, na we Ati \u201cUmugati n\u2019imodoka twarabigiraga\\\" - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13860#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13860#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/02\\\/vlcsnap-2019-02-06-14h39m39s255.png\",\"datePublished\":\"2019-02-09T19:04:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:12:03+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13860#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13860\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13860#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13860#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Depite Frank Habineza yabwiwe ko azabura umugati nakomeza kuvuga, na we Ati \u201cUmugati n\u2019imodoka twarabigiraga&#8221;\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Depite Frank Habineza yabwiwe ko azabura umugati nakomeza kuvuga, na we Ati \u201cUmugati n\u2019imodoka twarabigiraga\" - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13860","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Depite Frank Habineza yabwiwe ko azabura umugati nakomeza kuvuga, na we Ati \u201cUmugati n\u2019imodoka twarabigiraga\" - BWIZA","og_description":"Umuyobozi w\u2019Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije (Green Party) Depite Dr. Frank Habineza, avuga ko ubwo yagera mu Nteko Ishinga Amategeko nk\u2019Umudepite wari utowe mu matora aheruka kandi uvuye muri opozisiyo, uko iminsi yashiraga agatanga ibitekerezo yabwiwe n\u2019abandi ba Depite ko nakomeza kuvuga azabura umugati, abasubiza ko umugati, imodoka n&#8217; inzu abisanganywe. Mu kiganiro kihariye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13860","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-02-09T19:04:40+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:12:03+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/vlcsnap-2019-02-06-14h39m39s255.png","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"5 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13860#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13860"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Depite Frank Habineza yabwiwe ko azabura umugati nakomeza kuvuga, na we Ati \u201cUmugati n\u2019imodoka twarabigiraga&#8221;","datePublished":"2019-02-09T19:04:40+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:12:03+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13860"},"wordCount":949,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13860#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/vlcsnap-2019-02-06-14h39m39s255.png","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13860#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13860","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13860","name":"Depite Frank Habineza yabwiwe ko azabura umugati nakomeza kuvuga, na we Ati \u201cUmugati n\u2019imodoka twarabigiraga\" - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13860#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13860#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/vlcsnap-2019-02-06-14h39m39s255.png","datePublished":"2019-02-09T19:04:40+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:12:03+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13860#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13860"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13860#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13860#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Depite Frank Habineza yabwiwe ko azabura umugati nakomeza kuvuga, na we Ati \u201cUmugati n\u2019imodoka twarabigiraga&#8221;"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13860","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13860"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13860\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13860"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13860"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13860"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}