{"id":1388,"date":"2016-03-30T09:45:06","date_gmt":"2016-03-30T09:45:06","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/03\/30\/ibitaro-bya-gisirikare-by-039-u-rwanda-byatangiye-uburyo-bushya-bwo-gupima\/"},"modified":"2025-02-12T21:49:21","modified_gmt":"2025-02-12T19:49:21","slug":"ibitaro-bya-gisirikare-by-039-u-rwanda-byatangiye-uburyo-bushya-bwo-gupima","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1388","title":{"rendered":"Ibitaro bya Gisirikare by&#039;u Rwanda byatangiye uburyo bushya bwo gupima amaraso"},"content":{"rendered":"<p>Ibitaro bya gisirikare by\u2019u Rwanda (RMH) ku itariki ya 24 Werurwe 2016 byatangije igikorwa cy\u2019uburyo bushya bwo gupima amaraso bwitwa: Apheresis technique. Ubu buryo bushya buzajya bukoreshwa igihe umuntu atanze amaraso yo gufashisha indembe kwa muganga uburyo agomba gutandukanywa cyangwa ari umurwayi, hakoreshejwe iriya mashini bazajya bakuramo akenewe, noneho umurwayi bakazajya bayamufashisha bakurikije igice cye cy\u2019umubiri kiyakeneye akaba ariyo bamuha aho kumuha amaraso muri rusange, asigaye agateganyirizwa abandi barwayi.<\/p>\n<p>Iki gikorwa cy\u2019uburyo bushya bwo kuvangura amaraso mu Rwanda mbere yo gutangizwa k\u2019umugaragaro, cyabanjirijwe n\u2019amahugurwa yamaze iminsi igera kuri ine yahawe bamwe mu baganga bo mu bitaro bya gisirikare i Kanombe (RMH) hamwe n\u2019umuganga umwe wari waturutse mu gihugu cya Uganda. Aya mahugurwa agamije guha ubumenyi abayitabiriye bwo gushobora gukoresha neza  iyi mashini.<\/p>\n<p><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/csm_apheresis_c6aa43052d.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-28497 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/csm_apheresis_c6aa43052d.jpg\" alt=\"csm_apheresis_c6aa43052d\" width=\"800\" height=\"531\" \/><\/a><\/p>\n<p>Uwanyirigira Odette umwe mu baganga bo mu Bitaro bya Gisirikare by\u2019u Rwanda wakurikiye amahugurwa yo gukoresha iyi mashini itandukanya amaraso, yasobanuye uburyo iyi mashini ikora avuga ko icyiza iyi mashini yihariye ari ugufasha mu buryo bwa kijyambere bwo gutandukanya amaraso yatanzwe  cyangwa se ayatanzwe n\u2019 umurwayi. Amaraso bayafata bayakuye mu murwayi cyangwa k\u2019uwundi muntu ushaka gufasha indembe zo kwa Muganga, noneho imashini ikayatandukanya ikurikije ibice by\u2019umubiri yaturutsemo nyuma uyakeneye (umurwayi) akayahabwa bitewe n\u2019igice cye cy\u2019umubiri kiyakeneye, asigaye ashobora guhabwa abandi barwayi bitewe n\u2019ibice by\u2019imibiri yabo iyakeneye.<\/p>\n<p>Impunguke mu ndwara zifata mu maraso Lt Col Dr Fabien Ntaganda yavuze ko iyo mashini izongerera abarwayi igihe cyo kubaho nko kuri bamwe bafite ibibazo bya kanseri n\u2019izindi ndwara muri rusange.<\/p>\n<p>Yakomeje asobanura ko iyo hari umurwayi wifuzaga guhabwa serivise zijyanye n\u2019ubu buryo bwo gupima amaraso bayatandukanyije byamuhendaga cyane, kuko yagombaga kujya kwivuza mu bihugu byo hanze nko mu Buhinde, mu Budage no muri Afurika y\u2019Epfo. Yagize ati \u201cIyi mashini izafasha m\u2019uburyo bwo guha umurwayi amaraso mazima, no kumwongerera igihe cyo kubaho mu gihugu cyacu ndetse no mu karere muri rusange\u201d.<\/p>\n<figure id=\"attachment_28498\" aria-describedby=\"caption-attachment-28498\" style=\"width: 640px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/DR_NTAGANDA.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-28498 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/DR_NTAGANDA.jpg\" alt=\"????????????????????????????????????\" width=\"640\" height=\"425\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-28498\" class=\"wp-caption-text\">Lt Col Dr Fabien Ntaganda<\/figcaption><\/figure>\n<p>Lt Col Dr Fabien Ntaganda yongeyeho ko iyi mashini ifite uburyo butatu bw\u2019ingenzi ikoramo butuma umurwayi ahabwa amaraso akeneye bijyanye n\u2019ibice bye by\u2019umubiri birwaye bityo agasimbura ayangiritse.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201cHari indwara nyinshi zifatwa nk\u2019aho zoroheje zititabwaho urugero nka za marariya n\u2019izindi zikomeye nka za kanseri, nyamara akenshi ntabwo ushobora kuzivumbura udakoresheje uburyo bushya bwo gupima amaraso\u201d.<\/p>\n<p>Aho iyi mashini itandukaniye n\u2019izindi ni uko ikoreshwa mu buryo bwihuse k\u2019uburyo umurwayi yatabarwa vuba, mu gihe cyose bigaragaye ko indwara imubayeho karande, noneho akabona ubufasha bwihuse.<\/p>\n<p>Iyi mashini kw\u2019ikubitiro izajya ikoreshwa n\u2019abaganga bayihaweho amahugurwa, nyuma n\u2019abandi bazayikoresha bamaze kuyihabwaho amahugurwa ahagije bitewe n\u2019uko bizagenwa n\u2019ababishinzwe nk&#8217;uko yi nkuru y&#8217;urubuga rwa minisiteri y&#8217;ingabo ikomeza ivuga.<\/p>\n<p>Ibindi bihugu byo mu karere bizungukira byinshi kuri iyi mashini yifashishwa mu buryo bushya bwo gupima amaraso, ikaba igeze mu karere bwa mbere mu gihugu cy\u2019u Rwanda mu Bitaro bya Gisirikare by\u2019u Rwanda i Kanombe. Ubu bwoko bw\u2019iyi mashini nibwo bwa mbere bwagezwa mu karere k\u2019Afurika y\u2019Iburasirazuba n\u2019Afurika yo Hagati, ikaba ifite ubushobozi bwo kwakira abarwayi hagati ya bane na batanu k\u2019umunsi.<\/p>\n<p> <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ibitaro bya gisirikare by\u2019u Rwanda (RMH) ku itariki ya 24 Werurwe 2016 byatangije igikorwa cy\u2019uburyo bushya bwo gupima amaraso bwitwa: Apheresis technique. Ubu buryo bushya buzajya bukoreshwa igihe umuntu atanze amaraso yo gufashisha indembe kwa muganga uburyo agomba gutandukanywa cyangwa ari umurwayi, hakoreshejwe iriya mashini bazajya bakuramo akenewe, noneho umurwayi bakazajya bayamufashisha bakurikije igice cye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-1388","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibitaro bya Gisirikare by&#039;u Rwanda byatangiye uburyo bushya bwo gupima amaraso - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1388\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibitaro bya Gisirikare by&#039;u Rwanda byatangiye uburyo bushya bwo gupima amaraso - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ibitaro bya gisirikare by\u2019u Rwanda (RMH) ku itariki ya 24 Werurwe 2016 byatangije igikorwa cy\u2019uburyo bushya bwo gupima amaraso bwitwa: Apheresis technique. Ubu buryo bushya buzajya bukoreshwa igihe umuntu atanze amaraso yo gufashisha indembe kwa muganga uburyo agomba gutandukanywa cyangwa ari umurwayi, hakoreshejwe iriya mashini bazajya bakuramo akenewe, noneho umurwayi bakazajya bayamufashisha bakurikije igice cye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1388\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-03-30T09:45:06+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T19:49:21+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/csm_apheresis_c6aa43052d.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1388#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1388\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ibitaro bya Gisirikare by&#039;u Rwanda byatangiye uburyo bushya bwo gupima amaraso\",\"datePublished\":\"2016-03-30T09:45:06+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:49:21+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1388\"},\"wordCount\":549,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1388#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/csm_apheresis_c6aa43052d.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1388#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1388\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1388\",\"name\":\"Ibitaro bya Gisirikare by&#039;u Rwanda byatangiye uburyo bushya bwo gupima amaraso - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1388#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1388#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/csm_apheresis_c6aa43052d.jpg\",\"datePublished\":\"2016-03-30T09:45:06+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:49:21+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1388#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1388\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1388#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/csm_apheresis_c6aa43052d.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/csm_apheresis_c6aa43052d.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1388#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibitaro bya Gisirikare by&#039;u Rwanda byatangiye uburyo bushya bwo gupima amaraso\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibitaro bya Gisirikare by&#039;u Rwanda byatangiye uburyo bushya bwo gupima amaraso - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1388","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibitaro bya Gisirikare by&#039;u Rwanda byatangiye uburyo bushya bwo gupima amaraso - BWIZA","og_description":"Ibitaro bya gisirikare by\u2019u Rwanda (RMH) ku itariki ya 24 Werurwe 2016 byatangije igikorwa cy\u2019uburyo bushya bwo gupima amaraso bwitwa: Apheresis technique. Ubu buryo bushya buzajya bukoreshwa igihe umuntu atanze amaraso yo gufashisha indembe kwa muganga uburyo agomba gutandukanywa cyangwa ari umurwayi, hakoreshejwe iriya mashini bazajya bakuramo akenewe, noneho umurwayi bakazajya bayamufashisha bakurikije igice cye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1388","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-03-30T09:45:06+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T19:49:21+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/csm_apheresis_c6aa43052d.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1388#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1388"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ibitaro bya Gisirikare by&#039;u Rwanda byatangiye uburyo bushya bwo gupima amaraso","datePublished":"2016-03-30T09:45:06+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:49:21+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1388"},"wordCount":549,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1388#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/csm_apheresis_c6aa43052d.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1388#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1388","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1388","name":"Ibitaro bya Gisirikare by&#039;u Rwanda byatangiye uburyo bushya bwo gupima amaraso - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1388#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1388#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/csm_apheresis_c6aa43052d.jpg","datePublished":"2016-03-30T09:45:06+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:49:21+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1388#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1388"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1388#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/csm_apheresis_c6aa43052d.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/csm_apheresis_c6aa43052d.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1388#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibitaro bya Gisirikare by&#039;u Rwanda byatangiye uburyo bushya bwo gupima amaraso"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1388","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1388"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1388\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1388"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1388"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1388"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}