{"id":13884,"date":"2019-02-12T09:04:29","date_gmt":"2019-02-12T09:04:29","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/02\/12\/birababaje-kwimura-umuntu-nk-urukwavu-bavana-mu-kiraro-bajyana-mu-kindi\/"},"modified":"2019-02-12T09:04:29","modified_gmt":"2019-02-12T09:04:29","slug":"birababaje-kwimura-umuntu-nk-urukwavu-bavana-mu-kiraro-bajyana-mu-kindi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13884","title":{"rendered":"Birababaje, kwimura umuntu nk\u2019urukwavu bavana mu kiraro bajyana mu kindi- Umuturage wa Bannyahe"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Abaturage bo mu midugudu ya Kibiraro, Kangondo ya mbere \u00a0n\u2019iya Kabiri mu Kagari ka Nyarutarama ahazwi nka Bannyahe \u00a0mu Karere ka Gasabo batangaza ko bibabaje kuba Leta ishaka kubimura mu mitungo yabo kandi batemera ingurane.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Ibi babitangaje nyuma y\u2019aho Urukiko rw\u2019Ibanze rwa Gasabo rutangaje ko ikirego batanze bajuririra guhabwa amazu nk&#8217;ingurane ku mutungo wabo kidafite ishingiro.<\/p>\n<p>Umucamanza yatangaje ko impamvu y\u2019iki cyemezo ari uko abarega bose batatanze igarama ry\u2019urubanza kandi buri wese aregera umutungo we bwite. Indi mpamvu ni uko ngo abarega batigeze batakambira urwego rwisumbuye.<\/p>\n<p>Izi ni nazo mpamvu zatanzwe n\u2019uhagarariye Akarere ka Gasabo mu mategeko yabwiye urukiko mbere yo gusuzuma ikirego cy\u2019aba baturage.<\/p>\n<p>Umucamanza yavuze ko abaturage bananiwe kumvikana n\u2019Akarere ka Gasabo ku ngingo yo kwimurwa,bari kwitabaza Umujyi wa Kigali nk\u2019urwego rukuriye aka karere. Iyi ni ingingo bateye utwatsi ahubwo bavuga ko ibi ari agahimano no kubasiragiza.<\/p>\n<p>Umwe muri bo aganira n\u2019Ijwi rya Amerika (VOA) yagize ati \u201c None ni gute ko twatakambiye umujyi wa Kigali turi kumwe amaso ku maso, twamara kugenda nabo [Akarere ka Gasabo] bakitabaza MINALOC [Minisiteri y\u2019Ubutegetsi bw\u2019Igihugu], ikaza kudutera ubwoba, tukabyanga, tukabandikira dusaba kwisubiraho ku cyemezo cyari gihari, ni gute bavuga ngo ntabwo twatakambye?\u201d<\/p>\n<p>Mugenzi we yunga muri iki gitekerezo ati \u201c Ariko kuko twebwe turegera indishyi ikwiye mu mafaranga bo baduha amazu, dusangiye inyungu yo guhabwa Amafaranga cyangwa kwimukira mu mazu. \u00a0Ibi\u00a0 ni byo byatumye dutanga igarama imwe. Ibi ngibi ndabifata nko kudusiragiza. Birababaje, Ntabwo ushobora gufata umuntu ngo umwimure nk\u2019urukwavu bavana mu kiraro bajyana mu kindi, ku mutungo we. Imutungo yacu nta nkunga ya Leta iriho.\u201d<\/p>\n<p> <strong>Umugambi ni umwe, nta kwimuka badahawe amafaranga<\/strong> <\/p>\n<p>Aba baturage bavuga ko banogeje umugambi ko\u00a0 batazigera bemera kwimurwa mu gihe ibyo basaba bidahawe agaciro.<\/p>\n<p>Umwe muri bo ati \u201c Inzu nzayigumamo mpaka kuko ntaho ba nkura banjyana. Ntabwo wafata umuntu w\u2019umugabo ngo umujyane muri kontineri. Shambureti idafite icyumba, ngo njye kuyibamo.\u201d<\/p>\n<p>Undi ati \u201c Bari kutugorera ubusa,ubutaka ni ubwacu ni bataduha amafaranga ntabwo tuzahava kuko ni iwacu. Ariko Imana izaturenganura. Bamenye ko tutazahimuka, ni ukunyica, ntabwo tuzahava niyo bazana imodoka ngo badutsindagiriremo, ntabwo tuzahava n\u2019umuryango wacu.\u201d<\/p>\n<p>Mugenzi we yungamo ko bagenzi be bafashe umugambi uhuriweho wo kutazimuka keretse bahawe amafaranga.<\/p>\n<p>Ati \u201c Kuhimuka ko ntituzahimuka, twarabyemeye. Ni icyemezo twafashe nk\u2019abaturage.\u201d<\/p>\n<p>Gahunda yo kwimura imiryango 1600 igiye kumara imyaka ibiri. Akarere ka Gasabo kabasabye kwimurirwa mu nzu z\u2019amagorofa ziri mu Karere ka Kicukiro.Abaturage ntibabikozwa ahubwo basaba ingurane y\u2019amafaranga cyane ko ngo inzu bubakiwe, mu magambo y\u2019umwe muri bo \u201c N\u2019izo nzu batubwira ngo tujyemo, twebwe tuzifata nk\u2019ibiraro by\u2019inkoko[ibibuti].\u201d<\/p>\n<p>[penci_related_posts dis_pview=&#8221;no&#8221; dis_pdate=&#8221;no&#8221; title=&#8221;Izindi nkuru wasoma&#8221; background=&#8221;&#8221; border=&#8221;&#8221; thumbright=&#8221;no&#8221; number=&#8221;4&#8243; style=&#8221;list&#8221; align=&#8221;none&#8221; withids=&#8221;&#8221; displayby=&#8221;recent_posts&#8221; orderby=&#8221;rand&#8221;]<\/p>\n<p>Ingingo yo guha abaturage amafaranga Akarere ka Gasabo kayitera utwatsi kavuga ko ibi byakurura akajagari ahandi bazimukira.<\/p>\n<p>Abaturage bavuga ko icyo bagiye gukora nyuma y\u2019aho urukiko rutesheje agaciro ikirego cyabo bazakimenya nyuma yo kuvugana n\u2019 ababahagarariye mu mategeko.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abaturage bo mu midugudu ya Kibiraro, Kangondo ya mbere \u00a0n\u2019iya Kabiri mu Kagari ka Nyarutarama ahazwi nka Bannyahe \u00a0mu Karere ka Gasabo batangaza ko bibabaje kuba Leta ishaka kubimura mu mitungo yabo kandi batemera ingurane. Ibi babitangaje nyuma y\u2019aho Urukiko rw\u2019Ibanze rwa Gasabo rutangaje ko ikirego batanze bajuririra guhabwa amazu nk&#8217;ingurane ku mutungo wabo kidafite [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-13884","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Birababaje, kwimura umuntu nk\u2019urukwavu bavana mu kiraro bajyana mu kindi- Umuturage wa Bannyahe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13884\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Birababaje, kwimura umuntu nk\u2019urukwavu bavana mu kiraro bajyana mu kindi- Umuturage wa Bannyahe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abaturage bo mu midugudu ya Kibiraro, Kangondo ya mbere \u00a0n\u2019iya Kabiri mu Kagari ka Nyarutarama ahazwi nka Bannyahe \u00a0mu Karere ka Gasabo batangaza ko bibabaje kuba Leta ishaka kubimura mu mitungo yabo kandi batemera ingurane. Ibi babitangaje nyuma y\u2019aho Urukiko rw\u2019Ibanze rwa Gasabo rutangaje ko ikirego batanze bajuririra guhabwa amazu nk&#8217;ingurane ku mutungo wabo kidafite [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13884\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-02-12T09:04:29+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13884#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13884\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Birababaje, kwimura umuntu nk\u2019urukwavu bavana mu kiraro bajyana mu kindi- Umuturage wa Bannyahe\",\"datePublished\":\"2019-02-12T09:04:29+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13884\"},\"wordCount\":512,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13884#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13884\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13884\",\"name\":\"Birababaje, kwimura umuntu nk\u2019urukwavu bavana mu kiraro bajyana mu kindi- Umuturage wa Bannyahe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-02-12T09:04:29+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13884#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13884\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13884#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Birababaje, kwimura umuntu nk\u2019urukwavu bavana mu kiraro bajyana mu kindi- Umuturage wa Bannyahe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Birababaje, kwimura umuntu nk\u2019urukwavu bavana mu kiraro bajyana mu kindi- Umuturage wa Bannyahe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13884","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Birababaje, kwimura umuntu nk\u2019urukwavu bavana mu kiraro bajyana mu kindi- Umuturage wa Bannyahe - BWIZA","og_description":"Abaturage bo mu midugudu ya Kibiraro, Kangondo ya mbere \u00a0n\u2019iya Kabiri mu Kagari ka Nyarutarama ahazwi nka Bannyahe \u00a0mu Karere ka Gasabo batangaza ko bibabaje kuba Leta ishaka kubimura mu mitungo yabo kandi batemera ingurane. Ibi babitangaje nyuma y\u2019aho Urukiko rw\u2019Ibanze rwa Gasabo rutangaje ko ikirego batanze bajuririra guhabwa amazu nk&#8217;ingurane ku mutungo wabo kidafite [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13884","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-02-12T09:04:29+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13884#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13884"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Birababaje, kwimura umuntu nk\u2019urukwavu bavana mu kiraro bajyana mu kindi- Umuturage wa Bannyahe","datePublished":"2019-02-12T09:04:29+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13884"},"wordCount":512,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13884#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13884","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13884","name":"Birababaje, kwimura umuntu nk\u2019urukwavu bavana mu kiraro bajyana mu kindi- Umuturage wa Bannyahe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-02-12T09:04:29+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13884#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13884"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13884#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Birababaje, kwimura umuntu nk\u2019urukwavu bavana mu kiraro bajyana mu kindi- Umuturage wa Bannyahe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13884","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13884"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13884\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13884"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13884"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13884"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}