{"id":13895,"date":"2019-02-12T15:35:46","date_gmt":"2019-02-12T15:35:46","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/02\/12\/dubai-perezida-kagame-arasabira-urubyiruko-rwa-afurika-guhabwa-ubumenyi-no\/"},"modified":"2025-02-12T13:11:44","modified_gmt":"2025-02-12T11:11:44","slug":"dubai-perezida-kagame-arasabira-urubyiruko-rwa-afurika-guhabwa-ubumenyi-no","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13895","title":{"rendered":"Dubai: Perezida Kagame arasabira urubyiruko rwa Afurika guhabwa ubumenyi no gushyigikirwa"},"content":{"rendered":"<p>\u201c <em>Dufite inshingano zo kumenya ko urubyiruko rwa Afurika rushyigikiwe mu hazaza heza ku mugabane warwo. Ni inshingano zacu kuruha ubumenyi bwo guhangana no gutsinda ku rwego mpuzamahanga. Ibi bikwiye kuba intumbero yacu y\u2019ibanze kandi byakoreka<\/em> \u201d, ibi ni ibyatangajwe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, mu nama mpuzamahanga ya za guverinoma (WorldGovSummit) iteraniye mu Bihugu Byunze Ubumwe by\u2019Abarabu (UAE) guhera kuwa 10 Gashyantare ikaba isoza imirimo yayo kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Gashyantare 2019.<\/p>\n<p>Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame ni umwe mu banyacyubahiro bagombaga gufata ijambo muri iyi nama ibaye ku nshuro ya karindwi igamije gukarishya ahazaza ha za guverinoma kw\u2019isi yose hagamijwe kureba hakongerwa guhanga udushya n\u2019ikoranabuhanga bigamije gukemura ibibazo by\u2019ingutu bibangamiye ikiremwamuntu.<\/p>\n<p>Mu ijambo rye, Perezida Kagame yabanje gushima kuba u Rwanda rwaratoranyijwe nk\u2019igihugu cy\u2019igishyitsi muri uyu mwaka, asobanura ko Ibihugu Byunze Ubumwe by\u2019Abarabu ari urugero kuri benshi barimo n\u2019u Rwanda kubera uko iki gihugu cyahaye agaciro abaturage n\u2019abikorera kikagera ku byiza byinshi.<\/p>\n<p>Yagize ati: \u201c <em>Mweretse isi uko icyerekezo, ubuyobozi, n\u2019imicungire myiza y\u2019umutungo kamere bishobora guhindura ubukene mo ubukungu. Mu myaka 25 ishize mu Rwanda, twakoze kwubaka igihugu gishya gishingiye ku ndangagaciro z\u2019ubumwe n\u2019amahirwe ku baturage bacu bose<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Perezida Kagame yakomeje avuga ko muri iyi myaka ishize igihugu cyateye imbere ariko hakiri byinshi byo gukora. Ati: \u201c <em>Nyamara ariko, nta nakimwe muri ibi cyari gushoboka hatari umusingi mwiza. Hari ibintu byinshi byabaye ngombwa ko dushyira ku murongo kuva mu ntangiriro<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Icya mbere umukuru w\u2019igihugu yavuze cyakozwe, ni ukumva ko abayobozi n\u2019inzego zihari bagombaga gusubiza ibyo abaturage bari babitezeho. Ibi bikaba ngo byarakozwe hashingiwe ku ruhare rw\u2019abaturage no kwizera ko buri wese afite uruhare mu kugena ahazaza h\u2019igihugu.<\/p>\n<p><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-126081 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/24294375653_5a841d7831_b.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"531\" \/><\/p>\n<p>Guhuriza abanyarwanda hamwe nabyo byari bisobanuye ko hizerwa uburenganzira bw\u2019abari barahejwe by\u2019umwihariko abagore. Kwiyemeza politiki nziza ngo bikaba byaratanze ubushake bwiza n\u2019ingufu byafashije Abanyarwanda gukemura ibibazo by\u2019ingutu bijyanye n\u2019amateka y\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Perezida w\u2019u Rwanda yakomeje avuga icya kabiri cyakozwe avuga ko guverinoma yabashije kureshya ishoramari haba mu banyagihugu, mu bikorwaremezo no mu ikoranabuhanga kubw\u2019ahazaza heza.<\/p>\n<p>Akavuga ko nubwo ubushobozi buhari butajyanye n\u2019ibyo igihugu cyifuza kugeraho, hakozwe ibishoboka hagendewe ku bushobozi igihugu gifite mu gushaka uko cyaziba icyuho.<\/p>\n<p>Icya gatatu umukuru w\u2019igihugu avuga ko cyakozwe, ni uguhindura ishingiro ry\u2019ubukungu bw\u2019igihugu (bwari bushingiye ku buhinzi) bugashingira ku bumenyi habaho kwihangira imirimo, kba ba rwiyemezamirimo no guhanga udushya.<\/p>\n<p>Perezida Paul Kagame yashimangiye ko imiyoborere myiza no kubazwa ibyo umuntu akora ari byo shingiro rya byose. Ati: \u201c <em>Mu Rwanda, turi gukora ku guhindura umurage wa ruswa ikabije n\u2019amacakubiri muri sosiyete yacu byari bigiye gusenya burundu igihugu cyacu<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Umukuru w\u2019igihugu yanagarutse ku kwishyira hamwe no gukorera hamwe kw\u2019ibihugu bya Afurika, avuga ko kugira uruhare ku masoko manini ari ingenzi ku bukungu bw\u2019ahazaza h\u2019umugabane. Yavuze ko mu 2050 Afurika izaba ituwe na miliyari 2 n\u2019igice z\u2019abaturage ukazaba ari wo mugabane utuwe cyane ku isi.<\/p>\n<p>Akavuga ko ibyo bizeza abaturage bizagerwaho ari uko bafatanyije bakoroshya urujya n\u2019uruza rw\u2019abaturage, serivisi ndetse n\u2019ibicuruzwa ku mugabane. Ati: \u201c <em>Niyo mpamvu Afurika Yunze Ubumwe yatangije Isoko Rusange rya Afurika rigomba gutangira kubyazwa umusaruro muri uyu mwaka. Twanagize amasezerano ku bwisanzure bw\u2019urujya n\u2019uruza rw\u2019abaturage tunemeranya isoko rimwe ry\u2019ubwikorezi bwo mu kirere<\/em> .\u201d<\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-126080 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/24293306573_6c8ee7dd0a_b.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"496\" \/><\/p>\n<p>Ku kijyanye n\u2019urubyiruko, Perezida Kagame yavuze ko bifuza ko urubyiruko rw\u2019u Rwanda na bagenzi barwo bo muri Afurika bakomeza kuba hafi y\u2019ibihugu byabo kandi nabo bakabana.<\/p>\n<p>Ati: \u201c <em>Dufite inshingano zo kumenya ko urubyiruko rwa Afurika rushyigikiwe mu hazaza heza ku mugabane warwo. Ni inshingano zacu kuruha ubumenyi bwo guhangana no gutsinda ku rwego mpuzamahanga. Ibi bikwiye kuba intumbero yacu y\u2019ibanze kandi byakoreka<\/em> \u201d.<\/p>\n<p>Perezida wa repubulika asoza ijambo rye akaba yavuze ko isomo rimwe ry\u2019ingenzi ryakwigirwa mu Rwanda ari ukugira icyizere. Ati: \u201c <em>Niba u Rwanda kubikora kugeza aha bisobanuye ko nta mbogamizi ntarengwa mu gihe abaturage bakorera hamwe bagamije intego imwe<\/em> .\u201d<\/p>\n<figure id=\"attachment_126082\" aria-describedby=\"caption-attachment-126082\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-126082 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/DzMsmlDXcAABR0A-1024x662.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"662\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-126082\" class=\"wp-caption-text\">Perezida Kagame aganira n&#8217;Igikomangoma cya Abu Dhabi, Sheikh Mohammed bin Zayed bin Sultan Al-Nahyan<\/figcaption><\/figure>\n<p>Aha I Dubai kandi Perezida w\u2019u Rwanda akaba yabonanye n\u2019Igikomangoma Sheikh Mohammed bin Zayed bin Sultan Al-Nahya, cya Abu Dhabi akaba n\u2019umugaba mukuru wungirije w\u2019ingabo za UAE, anabonana na Sheikh Mohammed bin Rashid Al Maktoum, visi perezida na Minisitiri w\u2019Intebe wa UAE ndetse akaba n\u2019Umuyobozi wa Dubai.<\/p>\n<figure id=\"attachment_126083\" aria-describedby=\"caption-attachment-126083\" style=\"width: 896px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-126083 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/DzMz5z7XQAMYotr.jpg\" alt=\"\" width=\"896\" height=\"600\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-126083\" class=\"wp-caption-text\">Perezida Kagame na Sheikh Mohammed bin Rashid Al Maktoum, Visi Perezida na Minisitiri w&#8217;Intebe wa UAE<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>\u201c Dufite inshingano zo kumenya ko urubyiruko rwa Afurika rushyigikiwe mu hazaza heza ku mugabane warwo. Ni inshingano zacu kuruha ubumenyi bwo guhangana no gutsinda ku rwego mpuzamahanga. Ibi bikwiye kuba intumbero yacu y\u2019ibanze kandi byakoreka \u201d, ibi ni ibyatangajwe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, mu nama mpuzamahanga ya za guverinoma (WorldGovSummit) iteraniye mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-13895","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Dubai: Perezida Kagame arasabira urubyiruko rwa Afurika guhabwa ubumenyi no gushyigikirwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13895\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Dubai: Perezida Kagame arasabira urubyiruko rwa Afurika guhabwa ubumenyi no gushyigikirwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"\u201c Dufite inshingano zo kumenya ko urubyiruko rwa Afurika rushyigikiwe mu hazaza heza ku mugabane warwo. Ni inshingano zacu kuruha ubumenyi bwo guhangana no gutsinda ku rwego mpuzamahanga. Ibi bikwiye kuba intumbero yacu y\u2019ibanze kandi byakoreka \u201d, ibi ni ibyatangajwe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, mu nama mpuzamahanga ya za guverinoma (WorldGovSummit) iteraniye mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13895\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-02-12T15:35:46+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:11:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/24294375653_5a841d7831_b.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13895#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13895\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Dubai: Perezida Kagame arasabira urubyiruko rwa Afurika guhabwa ubumenyi no gushyigikirwa\",\"datePublished\":\"2019-02-12T15:35:46+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:11:44+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13895\"},\"wordCount\":759,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13895#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/02\\\/24294375653_5a841d7831_b.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13895#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13895\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13895\",\"name\":\"Dubai: Perezida Kagame arasabira urubyiruko rwa Afurika guhabwa ubumenyi no gushyigikirwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13895#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13895#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/02\\\/24294375653_5a841d7831_b.jpg\",\"datePublished\":\"2019-02-12T15:35:46+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:11:44+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13895#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13895\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13895#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13895#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Dubai: Perezida Kagame arasabira urubyiruko rwa Afurika guhabwa ubumenyi no gushyigikirwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Dubai: Perezida Kagame arasabira urubyiruko rwa Afurika guhabwa ubumenyi no gushyigikirwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13895","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Dubai: Perezida Kagame arasabira urubyiruko rwa Afurika guhabwa ubumenyi no gushyigikirwa - BWIZA","og_description":"\u201c Dufite inshingano zo kumenya ko urubyiruko rwa Afurika rushyigikiwe mu hazaza heza ku mugabane warwo. Ni inshingano zacu kuruha ubumenyi bwo guhangana no gutsinda ku rwego mpuzamahanga. Ibi bikwiye kuba intumbero yacu y\u2019ibanze kandi byakoreka \u201d, ibi ni ibyatangajwe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, mu nama mpuzamahanga ya za guverinoma (WorldGovSummit) iteraniye mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13895","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-02-12T15:35:46+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:11:44+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/24294375653_5a841d7831_b.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13895#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13895"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Dubai: Perezida Kagame arasabira urubyiruko rwa Afurika guhabwa ubumenyi no gushyigikirwa","datePublished":"2019-02-12T15:35:46+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:11:44+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13895"},"wordCount":759,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13895#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/24294375653_5a841d7831_b.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13895#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13895","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13895","name":"Dubai: Perezida Kagame arasabira urubyiruko rwa Afurika guhabwa ubumenyi no gushyigikirwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13895#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13895#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/02\/24294375653_5a841d7831_b.jpg","datePublished":"2019-02-12T15:35:46+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:11:44+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13895#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13895"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13895#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13895#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Dubai: Perezida Kagame arasabira urubyiruko rwa Afurika guhabwa ubumenyi no gushyigikirwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13895","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13895"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13895\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13895"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13895"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13895"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}