{"id":1398,"date":"2016-03-30T14:54:27","date_gmt":"2016-03-30T14:54:27","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/03\/30\/imyiteguro-yo-kwibuka-ku-nshuro-ya-22-irarimbanyije-minispoc\/"},"modified":"2025-02-12T21:49:12","modified_gmt":"2025-02-12T19:49:12","slug":"imyiteguro-yo-kwibuka-ku-nshuro-ya-22-irarimbanyije-minispoc","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1398","title":{"rendered":"Imyiteguro yo kwibuka ku nshuro ya 22 irarimbanyije &#8211; MINISPOC"},"content":{"rendered":"<p>Ubwo hitegurwa kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22, minisiteri y\u2019umuco na siporo kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Werurwe yagiranye ikiganiro n\u2019itangazamakuru mu rwego rwo kurimenyesha aho imyiteguro yo kwibuka igeze ndetse n\u2019uko iki gikorwa kizagenda muri uyu mwaka, aho biteganyijwe ko kizaba ku rwego rw\u2019umudugudu. Insanganyamatsiko y\u2019uyu mwaka iragira iti:  <strong>\u201dKwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, turwanya ingengabitekerezo yayo.\u201d<\/strong> <\/p>\n<p>Muri iki kiganiro minisitiri Uwacu Julienne yavuze ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22 bizakorerwa ku rwego rw\u2019umudugudu. Muri iki Cyumweru cyo kwibuka, ibiganiro bizabera mu midugudu yose, bikaba bigomba kwitabirwa kandi bigategurwa neza nk\u2019uko bisabwa na komisiyo y\u2019igihugu yo kurwanya jenoside, CNLG.<\/p>\n<figure id=\"attachment_28561\" aria-describedby=\"caption-attachment-28561\" style=\"width: 640px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/DSC_6552.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-28561 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/DSC_6552.jpg\" alt=\"????????????????????????????????????\" width=\"640\" height=\"427\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-28561\" class=\"wp-caption-text\">Dr Bizimana J. Damascene, Umuyobozi wa CNLG<\/figcaption><\/figure>\n<p>Muri uyu mwaka, nk\u2019uko yakomeje avuga asubiza abanyamakuru, yavuze ko u Rwanda ruzafatanya by\u2019umwihariko n\u2019Abanyarwanda baba mu mahanga mu bikorwa byo kwibuka nk\u2019aho mu Bubiligi mu cyumweru gishize habaye ihuriro ry\u2019ibiganiro ryahuje abantu batandukanye ryateguwe na Ibuka mu Bubiligi bategura gahunda yo kwibuka, ndetse za ambasade z\u2019u Rwanda hirya no hino nazo zikaba ziri gutegura gahunda yo kwibuka.<\/p>\n<p>Minisitiri yabajijwe ibibazo byinshi bifitanye isano na jenoside ndetse n\u2019ibindi bireba igihugu nk\u2019ikibazo cy\u2019umutekano mucye uri mu Burundi abayobozi b\u2019iki gihugu bakunze gushinja u Rwanda kuba inyuma y\u2019abawuhungabanya.<\/p>\n<p>Kuri iki kibazo cy\u2019u Burundi, minisitiri Julienne yavuze ko ibyo Abarundi bavuga birimo gutukana ndetse no guharabika gutuka abayobozi b\u2019igihugu, batabiha agaciro kubera ko ngo bigaragaza ko hari urwego batarageraho rwo kwemera kwakira ibibazo bafite bakabikemura nyuma bakemera kubana n\u2019abaturanyi neza.<\/p>\n<figure id=\"attachment_28563\" aria-describedby=\"caption-attachment-28563\" style=\"width: 640px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/DSC_6519.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-28563 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/DSC_6519.jpg\" alt=\"????????????????????????????????????\" width=\"640\" height=\"427\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-28563\" class=\"wp-caption-text\">Minisitiri Uwacu Julienne<\/figcaption><\/figure>\n<p>Yavuze ko bafashe umwanzuro wo kubareka bakavuga kuko ngo Isi yose izi ukuri kandi ngo bafashe umwanya wo kwirirwa baterana amagambo n\u2019Abarundi byaba ari uguha agaciro ibyo bavuga bitagafite, ariko kandi ngo byaba ari uguta igihe.<\/p>\n<p>Minisitiri Julienne yongeyeho ko u Rwanda rufite inshingano yo kurinda abaturage barwo ariko rutambuka ngo rujye mu baturanyi. Aha yagize ati: \u201cUmunsi bambutse bakaza ahangaha, bakambuka imipaka y\u2019igihugu, icyo gihe ubwo bizaba bibaye ubushotoranyi cyangwa igitero cyangwa ibindi..igihugu mu busugire n\u2019ubwisanzure bwacyo kiba gifite inshingano zo gukora ibikwiye ngo umutekano w\u2019igihugu udahungabana.\u201d<\/p>\n<p>Minisitiri Uwacu yabajijwe ikibazo cy\u2019aho bageze gahunda yo gukurikirana abagize uruhare muri jenoside bakidegembya, avuga ko hari ibimaze gukorwa birimo abagiye bazanwa mu Rwanda barimo uherutse kuzanwa akuwe muri Congo, Ladislas Ntaganzwa, yongeraho ko nubwo hari abatarafatwa akazi gakomeje ku bufatanye hagati y\u2019inzego z\u2019ubutabera n\u2019inzego mpuzamahanga.<\/p>\n<figure id=\"attachment_28564\" aria-describedby=\"caption-attachment-28564\" style=\"width: 640px\" class=\"wp-caption alignnone\"><a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/DSC_6479.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-28564 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/DSC_6479.jpg\" alt=\"????????????????????????????????????\" width=\"640\" height=\"427\" \/><\/a><figcaption id=\"caption-attachment-28564\" class=\"wp-caption-text\">Abanyamakuru bitabiriye ikiganiro<\/figcaption><\/figure>\n<p>Ku kibazo cy\u2019ingengabitekerezo ya jenoside, minisitiri yavuze ko bamwe mu bagaragaweho n\u2019iki cyaha harimo urubyiruko rurimo n\u2019abana bato b\u2019abanyeshuri bamwe banavutse nyuma ya jenoside, bikagaragaza ko iyo ngengabitekerezo bayikura mu miryango, yabo ariko hakaba harimo n\u2019abantu bakuru, gusa ngo ibyo byaha byagiye bigaragara polisi ifatanyije n\u2019izindi nzego bagiye bakurikirana ababigizemo uruhare.<\/p>\n<p>Ikindi kibazo cyagaragajwe ni ikibazo cy\u2019abanyamahanga bagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bakaba barasubiye iwabo, minisitiri Uwacu avuga ko basaba ibihugu byabo bikabohereza mu Rwanda bakaburanishwa cyangwa bakaburanishirizwa iwabo.<\/p>\n<p>Kuri iki kibazo ikijyanye n\u2019Abarundi bavugwaho kugira uruhare muri jenoside, yavuze ko igihe cyose ubutabera buzabona ibimenyetso nubwo bitoroshye buzakora akazi kabwo.<\/p>\n<p>Biteganyijwe ko Icyumweru cy\u2019icyunamo kizasozwa ku itariki 13 Mata 2016, uwo muhango ukaba uzarangwa no kwibuka Abanyapolitiki bishwe mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi, ariko kwibuka bikazakomeza mu minsi 100 mu gihugu cyose kugera kuwa 03 Nyakanga 2016.<\/p>\n<p> <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Dennis Ns.\/Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubwo hitegurwa kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22, minisiteri y\u2019umuco na siporo kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Werurwe yagiranye ikiganiro n\u2019itangazamakuru mu rwego rwo kurimenyesha aho imyiteguro yo kwibuka igeze ndetse n\u2019uko iki gikorwa kizagenda muri uyu mwaka, aho biteganyijwe ko kizaba ku rwego rw\u2019umudugudu. Insanganyamatsiko y\u2019uyu mwaka iragira iti: \u201dKwibuka Jenoside [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-1398","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Imyiteguro yo kwibuka ku nshuro ya 22 irarimbanyije - MINISPOC - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1398\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Imyiteguro yo kwibuka ku nshuro ya 22 irarimbanyije - MINISPOC - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubwo hitegurwa kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22, minisiteri y\u2019umuco na siporo kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Werurwe yagiranye ikiganiro n\u2019itangazamakuru mu rwego rwo kurimenyesha aho imyiteguro yo kwibuka igeze ndetse n\u2019uko iki gikorwa kizagenda muri uyu mwaka, aho biteganyijwe ko kizaba ku rwego rw\u2019umudugudu. Insanganyamatsiko y\u2019uyu mwaka iragira iti: \u201dKwibuka Jenoside [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1398\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-03-30T14:54:27+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T19:49:12+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/DSC_6552.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1398#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1398\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Imyiteguro yo kwibuka ku nshuro ya 22 irarimbanyije &#8211; MINISPOC\",\"datePublished\":\"2016-03-30T14:54:27+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:49:12+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1398\"},\"wordCount\":599,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1398#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/DSC_6552.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1398#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1398\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1398\",\"name\":\"Imyiteguro yo kwibuka ku nshuro ya 22 irarimbanyije - MINISPOC - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1398#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1398#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/DSC_6552.jpg\",\"datePublished\":\"2016-03-30T14:54:27+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:49:12+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1398#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1398\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1398#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/DSC_6552.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/DSC_6552.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1398#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Imyiteguro yo kwibuka ku nshuro ya 22 irarimbanyije &#8211; MINISPOC\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Imyiteguro yo kwibuka ku nshuro ya 22 irarimbanyije - MINISPOC - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1398","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Imyiteguro yo kwibuka ku nshuro ya 22 irarimbanyije - MINISPOC - BWIZA","og_description":"Ubwo hitegurwa kwibuka jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 22, minisiteri y\u2019umuco na siporo kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Werurwe yagiranye ikiganiro n\u2019itangazamakuru mu rwego rwo kurimenyesha aho imyiteguro yo kwibuka igeze ndetse n\u2019uko iki gikorwa kizagenda muri uyu mwaka, aho biteganyijwe ko kizaba ku rwego rw\u2019umudugudu. Insanganyamatsiko y\u2019uyu mwaka iragira iti: \u201dKwibuka Jenoside [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1398","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-03-30T14:54:27+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T19:49:12+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/DSC_6552.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1398#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1398"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Imyiteguro yo kwibuka ku nshuro ya 22 irarimbanyije &#8211; MINISPOC","datePublished":"2016-03-30T14:54:27+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:49:12+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1398"},"wordCount":599,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1398#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/DSC_6552.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1398#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1398","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1398","name":"Imyiteguro yo kwibuka ku nshuro ya 22 irarimbanyije - MINISPOC - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1398#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1398#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/DSC_6552.jpg","datePublished":"2016-03-30T14:54:27+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:49:12+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1398#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1398"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1398#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/DSC_6552.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/DSC_6552.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1398#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Imyiteguro yo kwibuka ku nshuro ya 22 irarimbanyije &#8211; MINISPOC"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1398","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1398"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1398\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1398"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1398"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1398"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}