{"id":13998,"date":"2019-02-19T11:25:57","date_gmt":"2019-02-19T11:25:57","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/02\/19\/fdc-iremeza-ko-uganda-isatira-kujya-mu-ntambara-n-u-rwanda-ariko-abaturage\/"},"modified":"2025-02-12T13:10:56","modified_gmt":"2025-02-12T11:10:56","slug":"fdc-iremeza-ko-uganda-isatira-kujya-mu-ntambara-n-u-rwanda-ariko-abaturage","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13998","title":{"rendered":"FDC iremeza ko Uganda isatira kujya mu ntambara n\u2019u Rwanda ariko abaturage babihishwa"},"content":{"rendered":"<p>Ishyaka FDC ritavuga rumwe n\u2019ubutegetsi muri Uganda, ryasabye Guverinoma y\u2019iki gihugu gutegura ahantu habera ibiganiro bigamije gusubiza mu buryo imibanire yacyo n\u2019u Rwanda kuko ngo ikomeje guhisha abaturage ukuri kandi igihugu gisa nk\u2019ikigana mu ntambara n\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Ubwo yaganiraga n\u2019itangazamakuru kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Gashyantare, Umuvugizi wa FDC, Ibrahim Semujju Nganda, yavuze ko urebye uko ibintu bimeze, igihugu gishobora kuba cyenda kujya mu ntambara n\u2019u Rwanda nyamara abaturage bakaba bakomeje guhishwa ukuri n\u2019abayobozi.<\/p>\n<p>Semujju yavuze ko igihugu gihangayikishijwe n\u2019icyo yise ingoma z\u2019intambara zavugijwe mu minsi ishize n\u2019umukuru w\u2019umutwe ushinzwe kurinda umukuru w\u2019igihugu (SFC), Maj. Gen. Don Nabasa.<\/p>\n<p>Ishyaka FDC rikaba ryakomoje ku biherutse gutangazwa na Maj. Gen. Nabasa kuwa 12 Gashyantare, avuga ku mbaraga zo hanze zisumbirije umutekano wa Uganda hakoreshwa amafaranga n\u2019abakozi hagamijwe guhungabanya igihugu.<\/p>\n<p>Semujju akaba yasubiye mu magabo ya Maj. Gen. Nabasa aho yagize ati: \u201c <em>Imbaraga zo hanze ziri kureba kandi ntibatwifuriza iterambere. Dufite peteroli hano, ubwiza bw\u2019igihugu, ituze, iterambere kandi hejuru ya byose umuyobozi mwiza. Batekereza ko ahari bakuyeho umuyobozi w\u2019agaciro hazaba akaduruvayo. Ndabinginze ntimujye muri iyo nzira, ni inzira mbi. Ntimutume babakoresha<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Yakomeje amusubiramo ati: \u201c <em>Ntabwo bazaza ubwabo ariko nibaramuka baje bizaba ari byiza kuko tubiteguye. Kubw\u2019ibyago ntibazaza. Bazohereza amafaranga n\u2019abantu nk\u2019abaherutse kwirukanwa, babikangurire urubyiruko kubera ko bafite abakozi hano kandi urubyiruko rworoshye kumvisha. Ndabinginze mubavugishe kandi barabona ko umutekano w\u2019igihugu cyabo ari ahazaza habo<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Semujju akaba yabwiye itangazamakuru ko ibi byatangajwe na Nabasa byarushijeho guhabwa imbaraga n\u2019ibyatangajwe na Perezida Museveni ubwo yavugaga ijambo mu birori byo kwizihiza itangizwa ry\u2019urugamba rwo kubohora Uganda bizwi nka Tarehe Sita.<\/p>\n<p>Museveni icyo gihe akaba yaragize ati: \u201c <em>Nta muntu ushobora guhungabanya amahoro yacu. Abatekereza guhungabanya Uganda bose bazisenya ubwabo\u2026UPDF irakomeye kandi ifite ibikoresho byo kurinda Uganda imbaraga nyinshi zayihungabanya<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Umuvugizi wa FDC akaba yasabye Perezida Museveni ndetse na Komanda wa SFC kubwira igihugu niba bari kwitegura intambara hagati ya Uganda n\u2019u Rwanda.<\/p>\n<p>Semujju ati: \u201c <em>Twegereje intambara n\u2019u Rwanda. Ni iyihe mpamvu y\u2019ibi byose? Umwuka mubi hagati ya Uganda n\u2019abaturanyi bayo ifite ingaruka nyinshi<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Yakomoje ku kuba Perezida Museveni yarananiwe kwitabira inama ku isoko rusange rya Afurika yabereye i Kigali, ndetse Perezida w\u2019u Rwanda, Paul Kagame, ntiyitabire inama ya EAC yabereye i Kampala.<\/p>\n<p>Ati: \u201c <em>Kuri ubu, u Rwanda rushinja Uganda gutoteza abaturage barwo na Museveni yataye muri yombi abapolisi bakuru bazira koroshya icyurwa rinyuranyije n\u2019amategeko ry\u2019impunzi i Kigali<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Yongeyeho ko, \u201c <em>guha abasirikare ibikoresho bya gisirikare no kubatoza bidakwiye gushishikariza ingabo kujya mu ntambara, tugomba gukomeza ibiganiro n\u2019amahoro n\u2019abaturanyi na buri wese. Tugomba no gukomeza ibiganiro n\u2019abo tubona nk\u2019abanzi bose<\/em> .\u201d<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ishyaka FDC ritavuga rumwe n\u2019ubutegetsi muri Uganda, ryasabye Guverinoma y\u2019iki gihugu gutegura ahantu habera ibiganiro bigamije gusubiza mu buryo imibanire yacyo n\u2019u Rwanda kuko ngo ikomeje guhisha abaturage ukuri kandi igihugu gisa nk\u2019ikigana mu ntambara n\u2019u Rwanda. Ubwo yaganiraga n\u2019itangazamakuru kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Gashyantare, Umuvugizi wa FDC, Ibrahim Semujju Nganda, yavuze ko [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-13998","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>FDC iremeza ko Uganda isatira kujya mu ntambara n\u2019u Rwanda ariko abaturage babihishwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13998\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"FDC iremeza ko Uganda isatira kujya mu ntambara n\u2019u Rwanda ariko abaturage babihishwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ishyaka FDC ritavuga rumwe n\u2019ubutegetsi muri Uganda, ryasabye Guverinoma y\u2019iki gihugu gutegura ahantu habera ibiganiro bigamije gusubiza mu buryo imibanire yacyo n\u2019u Rwanda kuko ngo ikomeje guhisha abaturage ukuri kandi igihugu gisa nk\u2019ikigana mu ntambara n\u2019u Rwanda. Ubwo yaganiraga n\u2019itangazamakuru kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Gashyantare, Umuvugizi wa FDC, Ibrahim Semujju Nganda, yavuze ko [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=13998\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-02-19T11:25:57+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T11:10:56+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13998#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13998\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"FDC iremeza ko Uganda isatira kujya mu ntambara n\u2019u Rwanda ariko abaturage babihishwa\",\"datePublished\":\"2019-02-19T11:25:57+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:10:56+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13998\"},\"wordCount\":457,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13998#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13998\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13998\",\"name\":\"FDC iremeza ko Uganda isatira kujya mu ntambara n\u2019u Rwanda ariko abaturage babihishwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-02-19T11:25:57+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T11:10:56+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13998#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13998\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=13998#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"FDC iremeza ko Uganda isatira kujya mu ntambara n\u2019u Rwanda ariko abaturage babihishwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"FDC iremeza ko Uganda isatira kujya mu ntambara n\u2019u Rwanda ariko abaturage babihishwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13998","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"FDC iremeza ko Uganda isatira kujya mu ntambara n\u2019u Rwanda ariko abaturage babihishwa - BWIZA","og_description":"Ishyaka FDC ritavuga rumwe n\u2019ubutegetsi muri Uganda, ryasabye Guverinoma y\u2019iki gihugu gutegura ahantu habera ibiganiro bigamije gusubiza mu buryo imibanire yacyo n\u2019u Rwanda kuko ngo ikomeje guhisha abaturage ukuri kandi igihugu gisa nk\u2019ikigana mu ntambara n\u2019u Rwanda. Ubwo yaganiraga n\u2019itangazamakuru kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Gashyantare, Umuvugizi wa FDC, Ibrahim Semujju Nganda, yavuze ko [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13998","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-02-19T11:25:57+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T11:10:56+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13998#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13998"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"FDC iremeza ko Uganda isatira kujya mu ntambara n\u2019u Rwanda ariko abaturage babihishwa","datePublished":"2019-02-19T11:25:57+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:10:56+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13998"},"wordCount":457,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13998#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13998","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13998","name":"FDC iremeza ko Uganda isatira kujya mu ntambara n\u2019u Rwanda ariko abaturage babihishwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-02-19T11:25:57+00:00","dateModified":"2025-02-12T11:10:56+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13998#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=13998"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=13998#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"FDC iremeza ko Uganda isatira kujya mu ntambara n\u2019u Rwanda ariko abaturage babihishwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13998","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=13998"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/13998\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=13998"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=13998"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=13998"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}