{"id":1400,"date":"2016-03-30T15:15:48","date_gmt":"2016-03-30T15:15:48","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/03\/30\/uburyo-wakoramo-imibonano-mpuzabitsina-ugahora-ubyifuza\/"},"modified":"2016-03-30T15:15:48","modified_gmt":"2016-03-30T15:15:48","slug":"uburyo-wakoramo-imibonano-mpuzabitsina-ugahora-ubyifuza","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1400","title":{"rendered":"Uburyo wakoramo imibonano mpuzabitsina ugahora ubyifuza"},"content":{"rendered":"<p>Abantu benshi bakunda kwibaza uburyo imibonano ikozwe neza iba imeze, abandi bakavuga ko hari uburyo bwiza ikorwamo ikagenda neza nk\u2019uko bivugwa n\u2019abashakashatsi ku bijyanye n\u2019imibonano mpuzabitsina <em>.<\/em><br \/>\nIbi biragufasha kumenya uburyo bakora imibonano mpuzabitsina ikaryoha cyane ndetse bagahora bifuza kugira ibyo byishimo bihoraho,cyane cyane iyo umukunzi wawe mubyumva kimwe atari umwe udashaka ko mwishimana mwembi.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/sex4.jpg\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-28565 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/sex4.jpg\" alt=\"sex\" width=\"700\" height=\"462\" \/><\/a><br \/>\nIyo rero mugiye gukora iki gikorwa ku bwumvikane ndetse no ku bw\u2019 urukundo mufitanye, bisaba kubanza gutegurana ndetse no kumva neza ko igikorwa mugiye gukora ari umunezero wanyu mwese ku buryo buri umwe yumva ko ari ngombwa ko mutangira.<br \/>\nAbagabo benshi ntibajya bamenya ibintu by\u2019 ingenzi bakorera abakunzi babo mu gihe batera akabariro maze kandi bakirengagiza ko umugore wanyuzwe n\u2019 imibonano mpuzabitsina ari bwo aryoherwa n\u2019 umunezero w\u2019 urugo kuruta kurya no kwambara neza.<br \/>\nDore rero uko umugabo aba akwiye kubigenza mu gutera akabariro kuko uruhare runini ni urwe:<br \/>\nUretse gutegurana mukorakoranaho mu gihe mugiye kwinjira muri icyo gikorwa, ni byiza cyane ko musomana kandi mu bwitonzi kuko buriya iyo usomye umugore ahita yumva ibinyamuneza umubiri we wose.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/sex21.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-28567 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/sex21.jpg\" alt=\"sex2\" width=\"700\" height=\"436\" \/><\/a><br \/>\nUbwo rero bisaba ko umugabo akorakora ibice bishobora kongerera ubushake umugore ndetse akanamusoma birambuye.<br \/>\nIgihe mutangiye icyo gikorwa ntukamushyireho ibiro byawe byose niba mukoresheje uburyo bwo kumujyaho kuko iyo umushyizeho ibiro byawe byose, uba umubujije kwisanzura ngo na we yumve ibyishimo neza. Ahubwo jya wiyoroshya bizabafasha mwembi gusangira umunezero.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/sex31.jpg\"><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-28574 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/sex31.jpg\" alt=\"sex3\" width=\"700\" height=\"522\" \/><\/a><br \/>\nJya wirinda gukora imibonano mpuzabitsina ucecetse cyangwa usa n\u2019 aho utishimye. Ahubwo uramwenyura ukamwereka ko wishimye kandi ukanamubaza uko yumva bimeze, mbese mukaganira uko igikorwa kimeze. Ibyo byongera ibyishimo kumpande zombie.<br \/>\nJya wirinda gukoresha umukunzi wawe ibintu bivunanye cyangwa atamenyereye ku gahato, hari nk\u2019 ibyo ubona mu ma filime y\u2019 urukozasoni ngo nawe wumve ko aribyo agomba kugukorera. Ugomba kumugendesha gahoro ndetse ukabikora ari uko ubona ko bitamubangamiye kandi ukabikora mu gihe ubona ko yishimiye icyo gikorwa.<br \/>\n<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/sex11.jpg\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-28566 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/sex11.jpg\" alt=\"\" width=\"700\" height=\"438\" \/><\/a><br \/>\nMuteguze ko ugiye kurangiza kugirango bitamutungura. Buriya iyo ubimuteguje nawe ahita yitegura bikabafasha kuba mwanarangiriza rimwe.<br \/>\nSi byiza ko umugabo azana ibindi biganiro biterekeye ku kabariro cyangwa ku rukundo igihe bari gutegurana kuko bituma ubwonko bw\u2019 umugore butakira neza igikorwa kigiye gukorwa, ibi kandi binagira ingaruka mbi ku bwonko kuko bituma umuntu atarangiza neza.<br \/>\nUkurikiza izi nama wese nta cyamubuza kuryoherwa n\u2019 imibonano mpuzabitsina kandi n\u2019 ibyo byishimo burya bibaho mu buzima cyane cyane ku bashakanye.<br \/>\n <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\nLeki@bwiza.com<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abantu benshi bakunda kwibaza uburyo imibonano ikozwe neza iba imeze, abandi bakavuga ko hari uburyo bwiza ikorwamo ikagenda neza nk\u2019uko bivugwa n\u2019abashakashatsi ku bijyanye n\u2019imibonano mpuzabitsina . Ibi biragufasha kumenya uburyo bakora imibonano mpuzabitsina ikaryoha cyane ndetse bagahora bifuza kugira ibyo byishimo bihoraho,cyane cyane iyo umukunzi wawe mubyumva kimwe atari umwe udashaka ko mwishimana mwembi. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[93],"tags":[],"class_list":["post-1400","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-ad-restricted-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uburyo wakoramo imibonano mpuzabitsina ugahora ubyifuza - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1400\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uburyo wakoramo imibonano mpuzabitsina ugahora ubyifuza - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abantu benshi bakunda kwibaza uburyo imibonano ikozwe neza iba imeze, abandi bakavuga ko hari uburyo bwiza ikorwamo ikagenda neza nk\u2019uko bivugwa n\u2019abashakashatsi ku bijyanye n\u2019imibonano mpuzabitsina . Ibi biragufasha kumenya uburyo bakora imibonano mpuzabitsina ikaryoha cyane ndetse bagahora bifuza kugira ibyo byishimo bihoraho,cyane cyane iyo umukunzi wawe mubyumva kimwe atari umwe udashaka ko mwishimana mwembi. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1400\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-03-30T15:15:48+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/sex4.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1400#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1400\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Uburyo wakoramo imibonano mpuzabitsina ugahora ubyifuza\",\"datePublished\":\"2016-03-30T15:15:48+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1400\"},\"wordCount\":400,\"commentCount\":14,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1400#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/sex4.jpg\",\"articleSection\":[\"Ad Restricted\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1400#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1400\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1400\",\"name\":\"Uburyo wakoramo imibonano mpuzabitsina ugahora ubyifuza - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1400#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1400#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/sex4.jpg\",\"datePublished\":\"2016-03-30T15:15:48+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1400#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1400\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1400#primaryimage\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/sex4.jpg\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2016\\\/03\\\/sex4.jpg\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1400#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uburyo wakoramo imibonano mpuzabitsina ugahora ubyifuza\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uburyo wakoramo imibonano mpuzabitsina ugahora ubyifuza - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1400","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uburyo wakoramo imibonano mpuzabitsina ugahora ubyifuza - BWIZA","og_description":"Abantu benshi bakunda kwibaza uburyo imibonano ikozwe neza iba imeze, abandi bakavuga ko hari uburyo bwiza ikorwamo ikagenda neza nk\u2019uko bivugwa n\u2019abashakashatsi ku bijyanye n\u2019imibonano mpuzabitsina . Ibi biragufasha kumenya uburyo bakora imibonano mpuzabitsina ikaryoha cyane ndetse bagahora bifuza kugira ibyo byishimo bihoraho,cyane cyane iyo umukunzi wawe mubyumva kimwe atari umwe udashaka ko mwishimana mwembi. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1400","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-03-30T15:15:48+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/sex4.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1400#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1400"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Uburyo wakoramo imibonano mpuzabitsina ugahora ubyifuza","datePublished":"2016-03-30T15:15:48+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1400"},"wordCount":400,"commentCount":14,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1400#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/sex4.jpg","articleSection":["Ad Restricted"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1400#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1400","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1400","name":"Uburyo wakoramo imibonano mpuzabitsina ugahora ubyifuza - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1400#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1400#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/sex4.jpg","datePublished":"2016-03-30T15:15:48+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1400#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1400"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1400#primaryimage","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/sex4.jpg","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2016\/03\/sex4.jpg"},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1400#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uburyo wakoramo imibonano mpuzabitsina ugahora ubyifuza"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1400","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1400"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1400\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1400"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1400"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1400"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}