{"id":14083,"date":"2019-02-25T12:26:15","date_gmt":"2019-02-25T12:26:15","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/02\/25\/rusizi-ubuyobozi-bwa-ttc-mururu-bukemanga-ubumenyi-bw-abanyeshuri-bwohererezwa\/"},"modified":"2019-02-25T12:26:15","modified_gmt":"2019-02-25T12:26:15","slug":"rusizi-ubuyobozi-bwa-ttc-mururu-bukemanga-ubumenyi-bw-abanyeshuri-bwohererezwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14083","title":{"rendered":"Rusizi: Ubuyobozi bwa TTC-Mururu bukemanga ubumenyi bw\u2019abanyeshuri bwohererezwa"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ubuyobozi bw\u2019ikigo cy\u2019amashuri cya TTC- Mururu giherereye mu karere ka Rusizi, butangaza ko bwohererezwa abanyeshuri barangije ikiciro rusange busanga baba badafite amanota ahagije.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019iki kigo, Fr\u00e8re Mfurayase Jean\u00a0 avuga ko n&#8217;ubwo abenshi batabyitaho bitewe n&#8217;uko baba bavuga ngo nta mwana w\u2019umuswa ubaho ariko iki ari ikibazo gikomeye cyane ku ireme ry\u2019uburezi.<\/p>\n<p>Avuga ko bimaze igihe \u00a0kandi byavuzweho kenshi ariko ababishinzwe bakica amatwi kuko ngo n\u2019igihe abayobozi b\u2019amashuri byitwaga ko bitoraniriza abana n\u2019ubundi bafataga abo bahawe bahereye ku babatoye ariko wareba umwana utora inderabarezi muri iki gihe ugasanga ari nk\u2019uwabuze icyo atora kandi ubundi hagombye kujya\u00a0 ba bandi batoranijwe hakurikijwe umurimo ubategereje nyuma yo kurangiza amashuri.<\/p>\n<p>Ati \u2019\u2019 Nk\u2019ubu uyu mwaka baduhaye abafite kuva kuri Agregates 10 kugera kuri 60 kandi ubundi abahanga cyane baba bari munsi y\u2019icumi. Tekereza rero gufata umwana ufite Ag. 60 ngo ni we utegerejeho umusaruro wo kuzigisha abandi, nubwo abarimu bagerageza ariko tumenye ko\u00a0 muriza TTC habamo amasomo menshi cyane kurusha ahandi hose.<\/p>\n<p>Arakomeza, ati \u201cUyu mwana aba agomba kujya gukora imenyerezamwuga ku mashuri abanza ari hafi aho, byagombye gusaba abafata vuba\u00a0 bagomba gufatanya ibyo byose,ugasanga n\u2019aho bimenyerereza umwuga akenshi babinuba kubera ubushobozi buke.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Fr\u00e8re Mfurayase \u00a0avuga ko biteye impungenge zikomeye cyane ku ireme ry\u2019uburezi, \u00a0ko umwana nk\u2019uyu ashobora kugerageza agatsinda ayo masomo bamuhaye akimuka ariko wareba ugasanga ntacyo azigisha abandi namara kurangiza.<\/p>\n<p>Avuga ko ikindi kibazo kibakomereye muri TTC Mururu ari icyo kutagira ibikoresho bihagije bya Laboratwari ari yo mpamvu abenshi biyigira imbonezamubano yo itabisaba, agasanga kohereza abana gutegurirwa kuzigisha amasiyansi nta bya Laboratwari banononsora\u00a0 na byo bigoye,akanibaza impamvu abajya mu masiyansi baba ari abashoboye koko na ho abajya mu nderabarezi biga kwigisha amasiyansi bakaba ari abatayashoboye,agasanga bikwiye guhinduka.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019ishuri ribanza rya Mururu bimenyererezamo, Utezeneza\u00a0 B\u00e9atrice avuga ko ibivugwa n\u2019uyu muyobozi ari byo cyane kuko na bo babibonera ku bana bajyayo kwimenyereza, aho ngo usanga amasomo baba bigishije aba arimo icyuho gikomeye cyane, bisaba ko abarimu bayasubiriramo abana kandi bagombye gukomerezaho.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019aka karere wungirije ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage, Nsigaye Emmanuel, na we asanga bitumvikana gufata umwana ufite Ag. 60 ngo agiye kwiga kwigisha, akavuga ko bagiye kubikorera ubuvugizi muri REB na MINEDUC bigakosorwa.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuyobozi bw\u2019ikigo cy\u2019amashuri cya TTC- Mururu giherereye mu karere ka Rusizi, butangaza ko bwohererezwa abanyeshuri barangije ikiciro rusange busanga baba badafite amanota ahagije. Umuyobozi w\u2019iki kigo, Fr\u00e8re Mfurayase Jean\u00a0 avuga ko n&#8217;ubwo abenshi batabyitaho bitewe n&#8217;uko baba bavuga ngo nta mwana w\u2019umuswa ubaho ariko iki ari ikibazo gikomeye cyane ku ireme ry\u2019uburezi. Avuga ko bimaze [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[14],"tags":[],"class_list":["post-14083","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mashuli"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Ubuyobozi bwa TTC-Mururu bukemanga ubumenyi bw\u2019abanyeshuri bwohererezwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14083\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Ubuyobozi bwa TTC-Mururu bukemanga ubumenyi bw\u2019abanyeshuri bwohererezwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuyobozi bw\u2019ikigo cy\u2019amashuri cya TTC- Mururu giherereye mu karere ka Rusizi, butangaza ko bwohererezwa abanyeshuri barangije ikiciro rusange busanga baba badafite amanota ahagije. Umuyobozi w\u2019iki kigo, Fr\u00e8re Mfurayase Jean\u00a0 avuga ko n&#8217;ubwo abenshi batabyitaho bitewe n&#8217;uko baba bavuga ngo nta mwana w\u2019umuswa ubaho ariko iki ari ikibazo gikomeye cyane ku ireme ry\u2019uburezi. Avuga ko bimaze [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14083\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-02-25T12:26:15+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14083#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14083\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Ubuyobozi bwa TTC-Mururu bukemanga ubumenyi bw\u2019abanyeshuri bwohererezwa\",\"datePublished\":\"2019-02-25T12:26:15+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14083\"},\"wordCount\":381,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"mu-mashuli\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14083#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14083\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14083\",\"name\":\"Rusizi: Ubuyobozi bwa TTC-Mururu bukemanga ubumenyi bw\u2019abanyeshuri bwohererezwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-02-25T12:26:15+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14083#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14083\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14083#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Ubuyobozi bwa TTC-Mururu bukemanga ubumenyi bw\u2019abanyeshuri bwohererezwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Ubuyobozi bwa TTC-Mururu bukemanga ubumenyi bw\u2019abanyeshuri bwohererezwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14083","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Ubuyobozi bwa TTC-Mururu bukemanga ubumenyi bw\u2019abanyeshuri bwohererezwa - BWIZA","og_description":"Ubuyobozi bw\u2019ikigo cy\u2019amashuri cya TTC- Mururu giherereye mu karere ka Rusizi, butangaza ko bwohererezwa abanyeshuri barangije ikiciro rusange busanga baba badafite amanota ahagije. Umuyobozi w\u2019iki kigo, Fr\u00e8re Mfurayase Jean\u00a0 avuga ko n&#8217;ubwo abenshi batabyitaho bitewe n&#8217;uko baba bavuga ngo nta mwana w\u2019umuswa ubaho ariko iki ari ikibazo gikomeye cyane ku ireme ry\u2019uburezi. Avuga ko bimaze [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14083","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-02-25T12:26:15+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14083#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14083"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Ubuyobozi bwa TTC-Mururu bukemanga ubumenyi bw\u2019abanyeshuri bwohererezwa","datePublished":"2019-02-25T12:26:15+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14083"},"wordCount":381,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["mu-mashuli"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14083#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14083","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14083","name":"Rusizi: Ubuyobozi bwa TTC-Mururu bukemanga ubumenyi bw\u2019abanyeshuri bwohererezwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-02-25T12:26:15+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14083#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14083"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14083#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Ubuyobozi bwa TTC-Mururu bukemanga ubumenyi bw\u2019abanyeshuri bwohererezwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14083","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14083"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14083\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14083"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14083"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14083"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}