{"id":14202,"date":"2019-03-05T18:03:38","date_gmt":"2019-03-05T18:03:38","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/03\/05\/minisiteri-y-ubutabera-iraburira-abanyereza-umutungo-ko-na-nyuma-y-igifungo\/"},"modified":"2019-03-05T18:03:38","modified_gmt":"2019-03-05T18:03:38","slug":"minisiteri-y-ubutabera-iraburira-abanyereza-umutungo-ko-na-nyuma-y-igifungo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14202","title":{"rendered":"Minisiteri y\u2019ubutabera iraburira abanyereza umutungo, ko na nyuma y\u2019igifungo habaho kwishyuzwa"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Minisiteri y\u2019ubutabera yishimira ko icyaha cya ruswa no kunyereza umutungo wa Leta cyavanywe mu bindi byaha kigashyirwa ukwacyo. Kuba kandi icyaha cya ruswa kidasaza, bitanga icyizere ko ntawe uzongera kunyereza ngo abiheze: gufungwa ntibihagije habaho no kwishyuzwa, imanza za gatanya zigamije guhisha imitungo zisubirishwamo, ndetse n\u2019ubuze ubwishyu aho abuboneye arishyuzwa.<\/strong> <\/p>\n<p>Ubwo umuryango urwanya ruswa n\u2019akarengane Transparency Internation-Rwanda washyiraga ahagaragara ibyavuye mu bushakashatsi ku manza zirebana na ruswa, abafatanyabikorwa bayo batangaza ko nta bwinyagamburiro ku muntu wanyereje umutungo wa Leta. Abo barimo urwego rw\u2019ubugenzacyaha, ubushinjacyaha, inkiko, Minisiteri y\u2019ubutabera, Urwego rw\u2019umuvunyi, Ambassade y\u2019Ubuholandi mu Rwanda n\u2019abandi.<\/p>\n<p> <em>Umuminisitiri wo muri Africa yasuye uw\u2019i burayi, asanga aba mu nzu nziza, amubaza aho yayikuye. <\/em> <\/p>\n<p> <em>Amwereka ikiraro hakurya, ati, \u201curabona kiriya kiraro, buriya nakiriyemo 10%\u201d. <\/em> <\/p>\n<p> <em>Umunyafurika agaruka akubita agatoki ku kandi, arya umuhanda wose. <\/em> <\/p>\n<p> <em>Wa munyaburayi aje kumusura, amusanga mu nzu nziza iruta iy\u2019uwo munyaburayi. <\/em> <\/p>\n<p> <em>Amubajije aho yayikuye, afungura idirishya amwereka mu ishyamba. Ati, \u201curabona uriya muhanda\u201d? <\/em> <\/p>\n<p> <em>Undi ati, \u201cntawo mbona\u201d. <\/em> <\/p>\n<p> <em>Umunyafurika ati, \u201cntawo ubona nyine kuko nawuriye 100% nkubakamo ino nzu\u201d.<\/em> <\/p>\n<p>Aya ni amagambo y\u2019uhagarariye Ubuholandi mu gihe hamurikwa ubu bushakashatsi, aho agaragaza ko Afurika yaba ikeneshwa n\u2019abayobozi bigwizaho imitungo, banyereza ibyakagiriye akamaro rubanda.<\/p>\n<p>Muri ubwo bushakashatsi, berekana ko miliyari hafi umunani (7,717,641,193) z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda zatanzwemo ruswa mu mwaka wa 2018.<\/p>\n<p>Harimo kandi miliyari eshatu n\u2019igice z\u2019amafaranga apfa ubusa(adakoreshwa=idle funds), aya 77% akaba agizwe n\u2019aya gahunda ya VUP mu nkingi yo gutanga inguzanyo (Financial Support).<\/p>\n<p>Urwego rw\u2019ubushinjacyaha buvuga ko kugeza muri Werurwe 2018, hari abantu 347 bari bamaze kwemera kugarura amafaranga banyereje, hakaba harishyuwe miliyoni 163. Nyamara abakekwa bagera kuri 583, babazwa miliyari 295. Imanza zimaze gucibwa zigera kuri 770 ziregwamo abantu 999, hakaba hari miliyari hafi enye (3,7) zemejwe n\u2019inkiko.<\/p>\n<p>Minisiteri y\u2019ubutabera ikaba itishimira ko muri izi miliyari 3,7 nta na \u00bd kiragaruzwa, kuko amaze kwishyurwa arenga gato miliyari 1,6.<\/p>\n<p> <strong>Ntawe uzaheza ibya rubanda, iki cyaha ntigisaza<\/strong>  <strong>\u00a0<\/strong> <\/p>\n<p>Umushinjacyaha ushinzwe gukurikirana ibyaha bimunga ubukungu, Nyirurugo Jean Marie, avuga ko abanyereza bagahisha imitungo cyangwa bakayisesagura, ndetse n\u2019abasaba gatanya bagamije kuyandikisha ku bo bashakanye; bose ko bazashyira bakayisubiza.<\/p>\n<p>Agira ati, \u201caho yaba yarayashyize hose, yaba yarayanywereye cyangwa akayabyinira, urukiko rubimuhamije arayagarura. Abasaba gatanya nabo bagamije guhisha imitungo, iyo bimeneyekanye iyo mitungo iragarurwa, igasubira mu mutungo rusange bari bafite mbere yo guhabwa gatanya\u201d.<\/p>\n<p>Uyu mushinjacyaha atanga urugero rw\u2019umugore wagiye gutamba ineza, akarega umugabo ufunzwe ngo \u201cntatanga ibitunga urugo\u201d, agamije gukoresha ku mitungo yafatiriwe.<\/p>\n<p>Agaruka kandi ku bantu bamwe bemera icyaha cyo kunyereza mu mwanya w\u2019abandi ngo babakingire ikibaba, cyane cyane mu misoro.<\/p>\n<p> <strong>Abashumba b\u2019imitungo<\/strong> <\/p>\n<p>Umuvunyi wungirije, Yankurije Odette, atangazwa no kuba hari imvugo igezweho y\u2019abantu baragira ibitari amatungo. Ati, \u201cubu hari abashumba b\u2019imitungo, kandi twari tuzi ab\u2019amatungo. Hari abashumba b\u2019imirima, inganda, &#8230;abo bose utazajya agaragaza aho ayikomora izajya ifatirwa\u201d.<\/p>\n<p>Uyu muyobozi kandi, avuga ko impamvu imitungo imwe itagaruzwa cyangwa ngo ifatirwe, ari uko \u201curubanza rujya kucibwa uwanyereje yaragurishije, abandi baratorotse. Hari abarekurwa by\u2019agateganyo agahita acika, akava mu gihugu nta n\u2019umutungo agisizemo\u201d.<\/p>\n<p>Indi mbogamizi ngo ni uko hari ababa bazi aho iyo mitungo ihishe ntibtange amakuru.<\/p>\n<p>Mu gutanga umurongo w\u2019iki kibazo, Minisiteri y\u2019Ubutabera ivuga ko amayeri yo gusaba gatanya yamenyekanye hagafatwa ingamba. Umuyobozi muri iyi minisiteri, Kabibi Speciose , ati, \u201chari imanza eshatu tumaze gutsinda, n\u2019izindi ebyiri zikiri mu nkiko. Hose twatambamiye gatanya, kuko abavanze imitungo baba bavanze n\u2019amadeni (liabilities). Naho abiba bagasezagura, bagafungwa ariko badafite ubushobozi bwo kwishyura, bizatinda ariko uzakomeza kwishyuzwa, aho uzabonera ubushobozi Leta izahita ikwishyuza. Hari abakekaga ko iyo ufunzwe uba urangije igihano. Oya, ntibicira aho\u201d.<\/p>\n<p>Kabibi avuga ko muri miliyari 7 zivugwa ko zanyerejwe, hakiri n\u2019andi. Gusa ngo eshanu muri zo zimaze kwemezwa burundu, naho ebyiri ntibirasobanuka (pending). Muri izo eshanu hamaze kwishyurwa ebyiri, hakabamo n\u2019indi 1,2 yishyuwe nta rubanza rubaye. Avuga kandi ko hari miliyoni ijana zavuye mu bikoresho (byari byaranyerejwe n\u2019ababikoreshaga), akishimira ko nibura amaze kugaruzwa yose hamwe agera kuri miliyari eshatu.<\/p>\n<p> <strong>Karegeya Jean Baptiste<\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Minisiteri y\u2019ubutabera yishimira ko icyaha cya ruswa no kunyereza umutungo wa Leta cyavanywe mu bindi byaha kigashyirwa ukwacyo. Kuba kandi icyaha cya ruswa kidasaza, bitanga icyizere ko ntawe uzongera kunyereza ngo abiheze: gufungwa ntibihagije habaho no kwishyuzwa, imanza za gatanya zigamije guhisha imitungo zisubirishwamo, ndetse n\u2019ubuze ubwishyu aho abuboneye arishyuzwa. Ubwo umuryango urwanya ruswa n\u2019akarengane [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[50],"tags":[],"class_list":["post-14202","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-ubutabera"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Minisiteri y\u2019ubutabera iraburira abanyereza umutungo, ko na nyuma y\u2019igifungo habaho kwishyuzwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14202\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Minisiteri y\u2019ubutabera iraburira abanyereza umutungo, ko na nyuma y\u2019igifungo habaho kwishyuzwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Minisiteri y\u2019ubutabera yishimira ko icyaha cya ruswa no kunyereza umutungo wa Leta cyavanywe mu bindi byaha kigashyirwa ukwacyo. Kuba kandi icyaha cya ruswa kidasaza, bitanga icyizere ko ntawe uzongera kunyereza ngo abiheze: gufungwa ntibihagije habaho no kwishyuzwa, imanza za gatanya zigamije guhisha imitungo zisubirishwamo, ndetse n\u2019ubuze ubwishyu aho abuboneye arishyuzwa. Ubwo umuryango urwanya ruswa n\u2019akarengane [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14202\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-03-05T18:03:38+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14202#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14202\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Minisiteri y\u2019ubutabera iraburira abanyereza umutungo, ko na nyuma y\u2019igifungo habaho kwishyuzwa\",\"datePublished\":\"2019-03-05T18:03:38+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14202\"},\"wordCount\":657,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"ubutabera\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14202#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14202\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14202\",\"name\":\"Minisiteri y\u2019ubutabera iraburira abanyereza umutungo, ko na nyuma y\u2019igifungo habaho kwishyuzwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-03-05T18:03:38+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14202#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14202\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14202#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Minisiteri y\u2019ubutabera iraburira abanyereza umutungo, ko na nyuma y\u2019igifungo habaho kwishyuzwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Minisiteri y\u2019ubutabera iraburira abanyereza umutungo, ko na nyuma y\u2019igifungo habaho kwishyuzwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14202","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Minisiteri y\u2019ubutabera iraburira abanyereza umutungo, ko na nyuma y\u2019igifungo habaho kwishyuzwa - BWIZA","og_description":"Minisiteri y\u2019ubutabera yishimira ko icyaha cya ruswa no kunyereza umutungo wa Leta cyavanywe mu bindi byaha kigashyirwa ukwacyo. Kuba kandi icyaha cya ruswa kidasaza, bitanga icyizere ko ntawe uzongera kunyereza ngo abiheze: gufungwa ntibihagije habaho no kwishyuzwa, imanza za gatanya zigamije guhisha imitungo zisubirishwamo, ndetse n\u2019ubuze ubwishyu aho abuboneye arishyuzwa. Ubwo umuryango urwanya ruswa n\u2019akarengane [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14202","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-03-05T18:03:38+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14202#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14202"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Minisiteri y\u2019ubutabera iraburira abanyereza umutungo, ko na nyuma y\u2019igifungo habaho kwishyuzwa","datePublished":"2019-03-05T18:03:38+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14202"},"wordCount":657,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["ubutabera"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14202#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14202","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14202","name":"Minisiteri y\u2019ubutabera iraburira abanyereza umutungo, ko na nyuma y\u2019igifungo habaho kwishyuzwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-03-05T18:03:38+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14202#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14202"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14202#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Minisiteri y\u2019ubutabera iraburira abanyereza umutungo, ko na nyuma y\u2019igifungo habaho kwishyuzwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14202","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14202"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14202\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14202"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14202"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14202"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}