{"id":14247,"date":"2019-03-11T12:20:39","date_gmt":"2019-03-11T12:20:39","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/03\/11\/sebaba-mu-mwiherero-i-gabiro-aravuga-k-ubucuruzi-buri-mu-burezi-mu-rwanda-aho\/"},"modified":"2019-03-11T12:20:39","modified_gmt":"2019-03-11T12:20:39","slug":"sebaba-mu-mwiherero-i-gabiro-aravuga-k-ubucuruzi-buri-mu-burezi-mu-rwanda-aho","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14247","title":{"rendered":"Sebaba mu mwiherero i Gabiro: Aravuga k\u2019ubucuruzi buri mu burezi mu Rwanda aho kuba ireme"},"content":{"rendered":"<p>\t\t\t\tAriko genda Sebaba uri umuhanga wowe ubasha gucengera mu nama zikomeye z\u2019abayobozi kugeza no ku y\u2019umwiherero! Ibi nabibwiwe n\u2019umwe mu bayobozi twari twicaranye wigeze kumenya kera akaba ataramperukaga usibye muri za 94. Ati ese wowe ukorera uruhe rwego? Nanjye nti urw\u2019abaturage! Ati ese uri intumwa ya rubanda? Nanjye nti yego ariko sinatowe ni uko gusa mbavugira ngakora uko nshoboye ngo mbagereze ibitekerezo kubandi bayobozi. Tukiri muribyo tubona undi muyibozi ukomeye arimo kutureba tuganira kandi kizira iyo ufashwe bashobora kukwereka umuryango.<\/p>\n<p>Turaruca turarumira ariko bakimara kuvuga intego y\u2019umwiherero n\u2019ibizawuganirirwamo, mba nciye agace k\u2019agahu kanjye ndagashishimura buhorobuhoro kugira ngo nandike ikindimo, ubwo mfashe ibaba ryanjye ndikuye mu mufuka wa kositimu yanjye yera abantu bose bishimiraga kwitegereza nuko ndandika nihuse ngo hato hatagira ibincika.<\/p>\n<p>Ubwo nari ntegereje igihe cyiza cyo gutanga ibitekerezo. Kigeze mba ntereye urutoki rwanjye mu kirere nivugira gusa ku ngingo ya mbere yerekeye uburezi. Ndavuga nti harya koko ireme ry\u2019uburezi rizatungana ryari? Kuki iki kibazo giharirwa ubuyobozi hatitawe ku bitekerezo by\u2019abafatanyabikorwa mu burezi aribo abahagarariye abarimu, ababyeyi, abanyeshuli, abanyamakuru n\u2019abandi bose bagira aho bahurira n\u2019uburezi bityo hakigwa mu buryo bwihariye uko ireme ryaryo ryarushaho gutungana kuko ryapfuye kera? Nti ese mubona bitababaje kubona umwana arangiza kaminuza atazi gusoma no kwandika?<\/p>\n<p>Kuko bandetse bakampa umwanya uhagije nsobanura igitekerezo cyanjye, mba ngarutse kukuntu uburezi bwahinduwe business , ubucuruzi! Ndavuga nti ndabakociye tu! Uwari uyoboye ikiganiro ati ubwo bucuruzi buteye bute? Nuko njya aho nkiva imuzi ndavuga nti ibikorerwa mu bigo by\u2019amashuli yigenga ni agahomamunwa. Bihaye ibintu bibera mu bigo by\u2019amashuli yo mu bihugu duturanye bakabizana mu Rwanda bakabishyira mu bikorwa, kandi ntihagire urwego runaka rubyamagana. Ndabivuga ye!<\/p>\n<p>Ngaho uniforms bategeka ababyeyi kugura ziri kugiciro gikubye kabiri ugereranije n\u2019uwajya kudodesha muri Matheus, umuzingo w\u2019impapuro ( rame de papiers) buri gihe zipakizwa zikajya kugurishwa muri za stationeries papeteries, kongeza amafaranga y\u2019ishuri igihembwe cya mbere kirangiye ntaho waba ukijyanye umwana wawe no guhungabanya ingengo y\u2019imari yawe itanahagije n\u2019ibindi nkibyo bigamije kunaniza ababyeyi kuburyo umwana ajya kurangiza umwaka umubyeyi yarataye umutwe. Nti nimwibaze umubyeyi ufite abana barenze umwe!<\/p>\n<p>Ngarutse kuri business mu burezi ngitereye urutoki, banteze amatwi ntanga ingero zibigo bibiri kimwe muri Gasabo ikindi muri Kicukiro, nerekana ko umwana yishyura ibihumbi 200 buri gihembwe mu class ibamo abanyeshuli 50 ugereranije, ubwo bikaba miliyoni icumi zuzuye. Ugahemba mwalimu hagati y ibihumbi 200-300, ukagura amachaki ntazi uko agura, ukumva ko nyiri ikigo wamubarira amake ku class miliyoni 8. Noneho wakuba miliyoni 8 n\u2019umubare wa class rooms afite yose bikaba akayabo. Ibi byose minisiteri y\u2019uburezi ntibyiteho ntibigire gikurikirana! Nti nyamara hari umwe mu bayobozi nigeze guha iki gitekerezo kuri email aranshimira avuga ko agiye kubihagurukira. Mwihangane ndaza kwerekana impamvu nkeka iki kibazo kidakurikiranwa. Hari uwansubiza ati ese kuki abo bana badashyirwa mu mashuli ya leta? Nanjye nasubiza nti mbwira ishuli rimwe nkiryo ririmo umwana w\u2019umuyobozi, nka minisitiri w\u2019uburezi atanga urugero. Nuko muyigenga bahanyanyaza.<\/p>\n<p>Ikindi ukoze ubushakashatsi wasanga abana b\u2019abayobozi biga mumashuli meza mu mahanga. Icyo kikaba ikimenyetso cy\u2019uko ireme ry\u2019uburezi rifite inenge. Ngeze kure mu bitekerezo abo bana bene bayobozi ninabo mumyaka iri imbere uzasanga bagaruka mu myanya y\u2019ubuyobozi kuko bibitseho ubumenyi n\u2019ubushobozi hamwe ushobora gusanga aribo bazasinbura ba se ku ntebe z\u2019ubuyobozi. Aha ukaba wakwibaza amahirwe waha umwana w\u2019umunyacyaro niba ibintu bidahindutse.<\/p>\n<p>Mbere yo gutanga impamvu ituma business mu mashuli ikomeza reka nerekane ko hatagize igikorwa kunyereza umutungo wa leta bizakomeza gukorwa mubwenge buhanitse. Kuko umukozi wa Leta ufite abana biga aba agomba kubarihira ako kayabo uko byagenda kose akaba agomba kuyahiga. Ese umuvunyi ko areba ibyerekeye imitungo aha naho arahareba? Umukozi wa leta wigisha abana be muri green hills, undi Riviera, undi Ecole Fran\u00e0\u00a7aise cyangwa Ecole Belge, aho harebwa aho umutungo uva niba koko bijyana n\u2019umushahara we?<\/p>\n<p>Hari umukozi w\u2019urwego runaka k\u2019umupaka i Rubavu nkeka ko yaba ahembwa umushahara uri hagati y\u2019ibihumbi 500 na 600, abana be aho biga i Kigali yishyurira buri umwe miliyoni 1 , uwo umukozi yaba ayakura he, abaho ate? Ubwo si ruswa akura mu bakongomani dore ko bayitanga kubi? Maze nsoza ntanga impamvu nkeka zitera ibyo byose mu burezi. Iyo usesenguye usanga muri ibyo bigo by\u2019amashuli abayobozi bamwe bafitemo imigabane, bitaba ibyo bagashyiramo abavandimwe babo, ndetse ibigo bimwe bikaba ibyabo bwite!<\/p>\n<p>Mbere y\u2019uko nicara nasoje ntanga igitekerezo cy\u2019uko ibyo byose bikwiriye kuvugururwa, ubwo bucuruzi n\u2019indonke mu burezi bigahagarara, abayobozi bijanditse muri ubwo bucuruzi bagahagarikwa cyangwa bagasabwa kubivamo, gushyiraho umurongo ntarengwa kuburyo banyiri ibigo batifatira mu matwi ababyeyi, kurengera mwarimu utuma ibyo bigo byinjiza akayabo, kureba niba amafaranga y\u2019ishuli y\u2019umukozi runaka yishyurira abana be bijyanye koko n\u2019umushahara ahembwa n\u2019izindi ngamba zakorerwa ubushakashatsi hagenderewe kunoza ireme ry\u2019uburezi. Nti , nihatabaho kubihagurukira, abayobozi bazakomeza guhinduranya kuburyo butazatanga umusaruro.<\/p>\n<p>Nubwo byantwaye umwanya munini mbaza nabonaga abantu bandeba banteze amatwi, ngiye gusoza numva urufaya rw\u2019amajwi menshi ngo kacikaci maze ndiyicarira. Amasaha yo kufata ka cyayi yari ageze, mpita nyerera nzanywe no kugeza ku bakunzi banjye, inshuti za bwiza.com uko nacengeye mu nama ikomeye nkiriya, mbatangira igitekerezo. Mureke dutegereze imyanzuro ariko mbaye mbasogongeje ho, ibindi ntimumbaze!<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Munyakayanza Samuel<\/strong> \t\t<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ariko genda Sebaba uri umuhanga wowe ubasha gucengera mu nama zikomeye z\u2019abayobozi kugeza no ku y\u2019umwiherero! Ibi nabibwiwe n\u2019umwe mu bayobozi twari twicaranye wigeze kumenya kera akaba ataramperukaga usibye muri za 94. Ati ese wowe ukorera uruhe rwego? Nanjye nti urw\u2019abaturage! Ati ese uri intumwa ya rubanda? Nanjye nti yego ariko sinatowe ni uko gusa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[14],"tags":[],"class_list":["post-14247","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mashuli"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Sebaba mu mwiherero i Gabiro: Aravuga k\u2019ubucuruzi buri mu burezi mu Rwanda aho kuba ireme - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14247\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Sebaba mu mwiherero i Gabiro: Aravuga k\u2019ubucuruzi buri mu burezi mu Rwanda aho kuba ireme - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ariko genda Sebaba uri umuhanga wowe ubasha gucengera mu nama zikomeye z\u2019abayobozi kugeza no ku y\u2019umwiherero! Ibi nabibwiwe n\u2019umwe mu bayobozi twari twicaranye wigeze kumenya kera akaba ataramperukaga usibye muri za 94. Ati ese wowe ukorera uruhe rwego? Nanjye nti urw\u2019abaturage! Ati ese uri intumwa ya rubanda? Nanjye nti yego ariko sinatowe ni uko gusa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14247\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-03-11T12:20:39+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14247#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14247\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Sebaba mu mwiherero i Gabiro: Aravuga k\u2019ubucuruzi buri mu burezi mu Rwanda aho kuba ireme\",\"datePublished\":\"2019-03-11T12:20:39+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14247\"},\"wordCount\":860,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"mu-mashuli\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14247#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14247\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14247\",\"name\":\"Sebaba mu mwiherero i Gabiro: Aravuga k\u2019ubucuruzi buri mu burezi mu Rwanda aho kuba ireme - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-03-11T12:20:39+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14247#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14247\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14247#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Sebaba mu mwiherero i Gabiro: Aravuga k\u2019ubucuruzi buri mu burezi mu Rwanda aho kuba ireme\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Sebaba mu mwiherero i Gabiro: Aravuga k\u2019ubucuruzi buri mu burezi mu Rwanda aho kuba ireme - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14247","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Sebaba mu mwiherero i Gabiro: Aravuga k\u2019ubucuruzi buri mu burezi mu Rwanda aho kuba ireme - BWIZA","og_description":"Ariko genda Sebaba uri umuhanga wowe ubasha gucengera mu nama zikomeye z\u2019abayobozi kugeza no ku y\u2019umwiherero! Ibi nabibwiwe n\u2019umwe mu bayobozi twari twicaranye wigeze kumenya kera akaba ataramperukaga usibye muri za 94. Ati ese wowe ukorera uruhe rwego? Nanjye nti urw\u2019abaturage! Ati ese uri intumwa ya rubanda? Nanjye nti yego ariko sinatowe ni uko gusa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14247","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-03-11T12:20:39+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14247#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14247"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Sebaba mu mwiherero i Gabiro: Aravuga k\u2019ubucuruzi buri mu burezi mu Rwanda aho kuba ireme","datePublished":"2019-03-11T12:20:39+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14247"},"wordCount":860,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["mu-mashuli"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14247#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14247","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14247","name":"Sebaba mu mwiherero i Gabiro: Aravuga k\u2019ubucuruzi buri mu burezi mu Rwanda aho kuba ireme - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-03-11T12:20:39+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14247#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14247"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14247#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Sebaba mu mwiherero i Gabiro: Aravuga k\u2019ubucuruzi buri mu burezi mu Rwanda aho kuba ireme"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14247","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14247"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14247\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14247"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14247"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14247"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}