{"id":14288,"date":"2019-03-08T19:55:31","date_gmt":"2019-03-08T19:55:31","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/03\/08\/muhanga-abagore-barasabwa-kwita-ku-nshingano-z-urugo-ariko-banakora-indi-mirimo\/"},"modified":"2019-03-08T19:55:31","modified_gmt":"2019-03-08T19:55:31","slug":"muhanga-abagore-barasabwa-kwita-ku-nshingano-z-urugo-ariko-banakora-indi-mirimo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14288","title":{"rendered":"Muhanga : Abagore  barasabwa  kwita ku nshingano z\u2019urugo ariko banakora indi mirimo ibyara inyungu"},"content":{"rendered":"<p>\t\t\t\t <strong> <em>Ubwo\u00a0 hizihizwaga\u00a0 umunsi mpuzamahanga\u00a0 wahariwe umugore mu karere\u00a0 ka Muhanga abagore batuye muri aka karere basabwe\u00a0 kwita ku nshingano zabo basanganywe\u00a0 z\u2019urugo nk\u2019abagore\u00a0 ariko kandi\u00a0 bakibuka ko bagomba kuzifatanya\u00a0 n\u2019indi mirimo ibyara inyungu kugira ngo ingo zabo zirusheho gutera imbere.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Uwababyeyi scholastique utuye mu kagari ka Gihuma mu murenge wa Nyamabuye muri aka karere avuga ko abagore bo mu cyaro batitabira gukora imirimo yabo ariko koko bakumva ko bakwiye kumenya urugo rwabo ariko bakaniha agaciro bagashaka icyo bakora.<\/p>\n<p>Agira ati \u00ab uyu munsi ukwiye kudufasha kwibuka agaciro dufite burya iyo umugore afite amafaranga usanga urugo rumeze neza kuko n\u2019abana ntacyo Babura afite amafaranga gusa ahariho abagore bakizitirwa n\u2019abagabo ntatume hari aho ajya ngo ashake n\u2019icyo kiraka ariko batinyuke iyo uhora umusaba ageraho akagusuzugura akabona ko ntacyo umaze \u00bb<\/p>\n<p>Umukozi ushinzwe gahunda z\u2019umukobwa mu mushinga\u00a0 wa Care\u00a0 international Kalinda\u00a0 Sam avuga\u00a0 ko usanga abagore bakunze\u00a0 kwibera\u00a0 mu milimo isanzwe\u00a0 yo\u00a0 mu rugo itabyara amafaranga bigatuma\u00a0 ingo zabo zidindira umugore wakoze\u00a0 neza\u00a0 agatera imbere abera ishema umuryango we.<\/p>\n<p>Agira ati \u00abbagore beza mukomeze mubere imiryango yanyu inkingi y\u2019imibereho myiza ,mwibuka gukora ibikorwa by\u2019iterambere bifasha imiryango yanyu kwiteza imbere.<\/p>\n<p>Uyu mukozi kandi akomeza avuga ko hari gahunda nyinshi zashyizweho na Care zigamije gufasha umugore n\u2019umukobwa\u00a0 kwiteza imbere\u00a0 harimo kubazamura mu rwego rw\u2019ubukungu\u00a0 babahugura mu kwihangira imirimo , kwizigamira no gukorana n\u2019ibigo by\u2019imari ibindi ngo n\u2019uko bakangurira abakobwa kwitinyuka\u00a0 bitabira n\u2019imikino mu mashuri isanzwe ikinwa n\u2019abahungu.<\/p>\n<p>Uruhare rw\u2019umugore mu mibereho myiza y\u2019umuryango kandi bbiri muri bimwe mu byavuzwe na Hon.Rwaka Pierre Claver umwe mu bagize inteko ishinga amategeko aho yavuze ko umugore upfakaye yihutira kurera abana be mu gihe umugabo we yihutira gushaka undi mugore.<\/p>\n<p>Agira ati \u00ab Papa yapfuye ndi mutoya sinagize amahhirwe yo kumurera\u00a0 Mama yari akiri muto yagombaga gushaka undi mugabo ariko ntawe yashatse aho yarahagumye araturera turakura ,iyo aba ari Papa twasigaranye mpamya neza ko yari guhita azana undi mugore njye wamugaye simbone uwo kunyitaho\u00bb. Umunsi w\u2019umugore ubusanzwe wizihiza buri tariki ya 8 werurwe\u00a0\u00a0 buri mwaka kuri ubu wizihijwe ku ncuro ya 44 .<\/p>\n<p>Mu karere ka Muhanga abagore 44 batishoboye n\u2019abafite abana bagaragayeho imirire mibi bahawe ihene zo korora ngo zizabafashe kwiteza imbere\u00a0 ndetse abana bato bahawe amata muri gahunda yo kurwanya igwingira mu bana.<\/p>\n<figure id=\"attachment_128191\" aria-describedby=\"caption-attachment-128191\" style=\"width: 1040px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-128191 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/IMG-20190308-WA0045.jpg\" alt=\"\" width=\"1040\" height=\"520\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-128191\" class=\"wp-caption-text\">Abagore basabwe no kwita ku mirimo ibyara inyungu<\/figcaption><\/figure>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p> <strong> <em>Uwambayinema M.Jeanne- Bwiza.com<\/em> <\/strong> <\/p>\n<h3 class=\"iw\"><\/h3>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubwo\u00a0 hizihizwaga\u00a0 umunsi mpuzamahanga\u00a0 wahariwe umugore mu karere\u00a0 ka Muhanga abagore batuye muri aka karere basabwe\u00a0 kwita ku nshingano zabo basanganywe\u00a0 z\u2019urugo nk\u2019abagore\u00a0 ariko kandi\u00a0 bakibuka ko bagomba kuzifatanya\u00a0 n\u2019indi mirimo ibyara inyungu kugira ngo ingo zabo zirusheho gutera imbere. Uwababyeyi scholastique utuye mu kagari ka Gihuma mu murenge wa Nyamabuye muri aka karere avuga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[26],"tags":[],"class_list":["post-14288","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iterambere-ryumuryango"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Muhanga : Abagore barasabwa kwita ku nshingano z\u2019urugo ariko banakora indi mirimo ibyara inyungu - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14288\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Muhanga : Abagore barasabwa kwita ku nshingano z\u2019urugo ariko banakora indi mirimo ibyara inyungu - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubwo\u00a0 hizihizwaga\u00a0 umunsi mpuzamahanga\u00a0 wahariwe umugore mu karere\u00a0 ka Muhanga abagore batuye muri aka karere basabwe\u00a0 kwita ku nshingano zabo basanganywe\u00a0 z\u2019urugo nk\u2019abagore\u00a0 ariko kandi\u00a0 bakibuka ko bagomba kuzifatanya\u00a0 n\u2019indi mirimo ibyara inyungu kugira ngo ingo zabo zirusheho gutera imbere. Uwababyeyi scholastique utuye mu kagari ka Gihuma mu murenge wa Nyamabuye muri aka karere avuga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14288\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-03-08T19:55:31+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/IMG-20190308-WA0045.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14288#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14288\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Muhanga : Abagore barasabwa kwita ku nshingano z\u2019urugo ariko banakora indi mirimo ibyara inyungu\",\"datePublished\":\"2019-03-08T19:55:31+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14288\"},\"wordCount\":413,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14288#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/03\\\/IMG-20190308-WA0045.jpg\",\"articleSection\":[\"iterambere-ryumuryango\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14288#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14288\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14288\",\"name\":\"Muhanga : Abagore barasabwa kwita ku nshingano z\u2019urugo ariko banakora indi mirimo ibyara inyungu - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14288#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14288#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/03\\\/IMG-20190308-WA0045.jpg\",\"datePublished\":\"2019-03-08T19:55:31+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14288#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14288\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14288#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14288#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Muhanga : Abagore barasabwa kwita ku nshingano z\u2019urugo ariko banakora indi mirimo ibyara inyungu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Muhanga : Abagore barasabwa kwita ku nshingano z\u2019urugo ariko banakora indi mirimo ibyara inyungu - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14288","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Muhanga : Abagore barasabwa kwita ku nshingano z\u2019urugo ariko banakora indi mirimo ibyara inyungu - BWIZA","og_description":"Ubwo\u00a0 hizihizwaga\u00a0 umunsi mpuzamahanga\u00a0 wahariwe umugore mu karere\u00a0 ka Muhanga abagore batuye muri aka karere basabwe\u00a0 kwita ku nshingano zabo basanganywe\u00a0 z\u2019urugo nk\u2019abagore\u00a0 ariko kandi\u00a0 bakibuka ko bagomba kuzifatanya\u00a0 n\u2019indi mirimo ibyara inyungu kugira ngo ingo zabo zirusheho gutera imbere. Uwababyeyi scholastique utuye mu kagari ka Gihuma mu murenge wa Nyamabuye muri aka karere avuga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14288","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-03-08T19:55:31+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/IMG-20190308-WA0045.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14288#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14288"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Muhanga : Abagore barasabwa kwita ku nshingano z\u2019urugo ariko banakora indi mirimo ibyara inyungu","datePublished":"2019-03-08T19:55:31+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14288"},"wordCount":413,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14288#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/IMG-20190308-WA0045.jpg","articleSection":["iterambere-ryumuryango"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14288#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14288","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14288","name":"Muhanga : Abagore barasabwa kwita ku nshingano z\u2019urugo ariko banakora indi mirimo ibyara inyungu - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14288#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14288#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/IMG-20190308-WA0045.jpg","datePublished":"2019-03-08T19:55:31+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14288#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14288"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14288#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14288#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Muhanga : Abagore barasabwa kwita ku nshingano z\u2019urugo ariko banakora indi mirimo ibyara inyungu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14288","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14288"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14288\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14288"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14288"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14288"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}