{"id":14323,"date":"2019-03-15T08:10:53","date_gmt":"2019-03-15T08:10:53","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/03\/15\/ngoma-yafashwe-ashinjwa-kwiyita-umupolisi-agamije-kurya-iby-abaturage\/"},"modified":"2019-03-15T08:10:53","modified_gmt":"2019-03-15T08:10:53","slug":"ngoma-yafashwe-ashinjwa-kwiyita-umupolisi-agamije-kurya-iby-abaturage","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14323","title":{"rendered":"Ngoma: Yafashwe ashinjwa kwiyita umupolisi agamije kurya iby\u2019abaturage"},"content":{"rendered":"<p>\t\t\t\t <strong> <em>Polisi y\u2019u Rwanda iragira inama abaturage kwirinda abantu baza babashuka mu buryo butandukanye babaka amafaranga ngo babafashe gukemura ibibazo bafite kuko abenshi muri bo biyitirira inzego bakorera atarizo kugira ngo babone uko baka ruswa.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ibi Polisi y\u2019u Rwanda ibitangaje nyuma yaho kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Werurwe 2019, mu karere ka Ngoma, Umurenge wa Remera, Polisi ihakorera ihafatiye umusore wiyitaga umupolisi akaka ruswa abaturage ngo abafashe gufungura abantu babo bafunze.<\/p>\n<p>Uyu musore yitwa Tuyisenge Irene w\u2019imyaka 23 y\u2019amavuko akaba yiyitaga umupolisi ukorera mu karere ka Ngoma.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y\u2019Iburasirazuba, Chief Inspector of Police (CIP)Hamdun Twizeyimana avuga ko umugabo witwa Ntambara Cyprien w\u2019imyaka 55 y\u2019amavuko ufite umuvandimwe witwa Ziragora Jonas w\u2019imyaka 43 ufungiye kuri sitasiyo ya Polisi Remera yahamagawe na Tuyisenge ngo namuhe ruswa y\u2019ibihumbi 100frw amufungurire murumuna we wari uhafungiye.<\/p>\n<p>Yagize ati:\u201d Uyu Tuyisenge wiyita umupolisi ukorera kuri Polisi ya Ngoma( DPU) yahamagaye Ntambara ngo niba ashaka ko umuvandimwe we arekurwa namuhe ruswa y\u2019ibihumbi ijana amurekure.\u201d<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko Ntambara yahise yihutira kubimenyesha Polisi imwegereye, imubwira kongera guhamagara Tuyisenge bumva ni umutekamutwe.<\/p>\n<p>Ati &#8220;Ntambara yahise amubwira ko ibyo bihumbi ijana(100,000frw) atabibonera rimwe amubwira ko afite 22,000frw undi aramubwira ngo ndaje uyampe andi 78,000FRW bisigaye uzayampa nyuma.\u201d<\/p>\n<p>CIP Twizeyimana avuga ko Polisi n\u2019Urwego rw\u2019Igihugu rwubugenzacyaha bahise bajyana na Ntambara kureba uwo mupolisi uje gufata ayo mafaranga babona ni Tuyisenge uje kuyafata yiyita umupolisi ukorera kuri Polisi ya Ngoma.<\/p>\n<p>Tuyisenge bakimara kumufata bamushyikirije Urwego rw\u2019Igihugu rw\u2019ubugenzacyaha(RIB) rukorera kuri sitasiyo ya Polisi\u00a0 Remera, yemera ko ubwo butekamutwe atari ubwa mbere abukoze kuko n\u2019ubundi tariki 5 Werurwe uyu mwaka aribwo yafunguwe muri gereza ya Ntsinda nabwo azira kubeshya umuturage ko ari umupolisi akamutwara ibihumbi 30frw.<\/p>\n<p>CIP Twizeyimana yaboneyeho gukangurira abaturage kuba maso no kwirinda abatekamutwe nk\u2019abo, bagira uwo babona cyangwa bumvise ubashuka muri ubwo buryo bakihutira gutanga amakuru ku nzego z\u2019umutekano.<\/p>\n<p>Yasoje abasaba kujya birinda gutanga no kwakira ruswa cyangwa n\u2019ikintu cyose gifitanye isano nayo kuko ruswa ari icyaha gikomeye gihanirwa n\u2019amategeko kandi kidasaza, yongera kuburira abatekamutwe biyitirira icyo batari cyo kubireka kuko Polisi ifatanyije n\u2019abaturage n\u2019izindi nzego ntaho bazayicikira.<\/p>\n<p>\u00a0\t\t<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Polisi y\u2019u Rwanda iragira inama abaturage kwirinda abantu baza babashuka mu buryo butandukanye babaka amafaranga ngo babafashe gukemura ibibazo bafite kuko abenshi muri bo biyitirira inzego bakorera atarizo kugira ngo babone uko baka ruswa. Ibi Polisi y\u2019u Rwanda ibitangaje nyuma yaho kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Werurwe 2019, mu karere ka Ngoma, Umurenge wa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[32],"tags":[],"class_list":["post-14323","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-umutekano"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ngoma: Yafashwe ashinjwa kwiyita umupolisi agamije kurya iby\u2019abaturage - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14323\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ngoma: Yafashwe ashinjwa kwiyita umupolisi agamije kurya iby\u2019abaturage - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Polisi y\u2019u Rwanda iragira inama abaturage kwirinda abantu baza babashuka mu buryo butandukanye babaka amafaranga ngo babafashe gukemura ibibazo bafite kuko abenshi muri bo biyitirira inzego bakorera atarizo kugira ngo babone uko baka ruswa. Ibi Polisi y\u2019u Rwanda ibitangaje nyuma yaho kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Werurwe 2019, mu karere ka Ngoma, Umurenge wa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14323\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-03-15T08:10:53+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14323#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14323\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ngoma: Yafashwe ashinjwa kwiyita umupolisi agamije kurya iby\u2019abaturage\",\"datePublished\":\"2019-03-15T08:10:53+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14323\"},\"wordCount\":367,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"umutekano\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14323#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14323\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14323\",\"name\":\"Ngoma: Yafashwe ashinjwa kwiyita umupolisi agamije kurya iby\u2019abaturage - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-03-15T08:10:53+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14323#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14323\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14323#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ngoma: Yafashwe ashinjwa kwiyita umupolisi agamije kurya iby\u2019abaturage\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ngoma: Yafashwe ashinjwa kwiyita umupolisi agamije kurya iby\u2019abaturage - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14323","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ngoma: Yafashwe ashinjwa kwiyita umupolisi agamije kurya iby\u2019abaturage - BWIZA","og_description":"Polisi y\u2019u Rwanda iragira inama abaturage kwirinda abantu baza babashuka mu buryo butandukanye babaka amafaranga ngo babafashe gukemura ibibazo bafite kuko abenshi muri bo biyitirira inzego bakorera atarizo kugira ngo babone uko baka ruswa. Ibi Polisi y\u2019u Rwanda ibitangaje nyuma yaho kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Werurwe 2019, mu karere ka Ngoma, Umurenge wa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14323","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-03-15T08:10:53+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14323#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14323"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ngoma: Yafashwe ashinjwa kwiyita umupolisi agamije kurya iby\u2019abaturage","datePublished":"2019-03-15T08:10:53+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14323"},"wordCount":367,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["umutekano"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14323#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14323","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14323","name":"Ngoma: Yafashwe ashinjwa kwiyita umupolisi agamije kurya iby\u2019abaturage - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-03-15T08:10:53+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14323#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14323"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14323#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ngoma: Yafashwe ashinjwa kwiyita umupolisi agamije kurya iby\u2019abaturage"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14323","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14323"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14323\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14323"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14323"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14323"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}