{"id":14342,"date":"2019-03-15T19:21:45","date_gmt":"2019-03-15T19:21:45","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/03\/15\/hon-sebaba-mu-nteko-arabaza-perezida-w-inteko-impamvu-yatumye-umudepite-we\/"},"modified":"2019-03-15T19:21:45","modified_gmt":"2019-03-15T19:21:45","slug":"hon-sebaba-mu-nteko-arabaza-perezida-w-inteko-impamvu-yatumye-umudepite-we","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14342","title":{"rendered":"Hon. Sebaba mu Nteko: Arabaza Perezida w\u2019inteko impamvu yatumye umudepite we yegura!"},"content":{"rendered":"<p>\t\t\t\tIki kibazo nagombye kukibaza nyirubwite, perezida w\u2019Inteko cyangwa umunyamabanga wayo. Ariko dore ko nigenje, keretse mbajije icyo nzi nka mwalimu cyangwa nkabaza amenyo y\u2019inkoko kandi ndeba umunwa wayo.<\/p>\n<p>Ariko kuko nkunda kubaza kandi mbariza abantumye, nagiiiize ntya nongera gukubitamo ya kositimu yanjye yera mumaze kumenyera muhora mumpera amanota kubera kurimba kwanjye byo guhera kera, negura isaho cyangwa uruhago rwanjye ruhorana agahu n\u2019ibaba bidatandukana bijya binyunganira ngo hato ya mazinda y\u2019ubusaza mpora mbabwira atantera kubatenguha nkibagirwa kubabariza no kubamenyesha iby\u2019aho nabagereye, mudakunze kumenya no kwigerera yo.<\/p>\n<p>Uyu munsi rero ndabagendeye ko mvuye mu murenge wa Kanzenze, iyo mu Burengerazuba kwa Kamuzinzi, aho niho mperutse gutorerwa. Maze abanzi nkagira ubwenge buhanitse, kandi kuko mvuga imitepfu cyangwa ndedemanga, nkabariza rubanda manitse urutoki rw\u2019ibumoso kuko ndakoresha ugutandi cyangwa indyo, ngasusumira nk\u2019uwigeze guterura umwishywa nta makuta cyangwa ifaranga mupfumbatije.<\/p>\n<p>Nukuri kw\u2019Imana iyo mvuze baranyumva nasoza abantu benshi bagacurira cyangwa bakankomera amashyi atagerwa ku mashyi, maze urusaku rukambana rwose simenye ko ari ukunyishimira cyangwa kunkwena. Ariko naje gutahura ko burya bankunda.<\/p>\n<p>Nuko rero kuko bamaze kumenyera mba mbajije Nyakubahwa madamu perezida w\u2019Inteko iby\u2019iyegura rya mugenzi wacu Amb. Kanyamashuli Kabeya Janvier, nti ese byamugendekeye bite? Nongeraho nti ese ko twazamukiye hamwe mu murenge umwe ejobundi, aho abaturage ntibazambaza aho namushyize?<\/p>\n<p>Mu kunsubiza n\u2019ijwi rituje, ati ese umutima w\u2019umuntu ko ari kami ke, ati Hon. Sebaba ntiwumvise ko yeguye ku bushake bwe? Ngiye gusobanuza banyima ijambo nako nibyabyuma bibara iminota y\u2019ibibazo nisanga ndikuvugira kuri mikoro ifunze.<\/p>\n<p>Nuko sinanyurwa, umutima urandya uranguguna kuko numvaga mfite impungenge ko ibibera mu nzego z\u2019ibanze duhora twumva ko abayobozi begura ku bushake bwabo bigiye no kudutera mu Nteko.<\/p>\n<p>Kubera igihe gitoya maze mu Nteko, nzi amategeko agenga imikorere yayo, ndaceceka ariko ndavuga nti sindipfana. Inzira ni nyinshi zo kugaragaza ibitekerezo nzabariza no mu muryango wacu! Ubu rero ndimo kwibaza aho nzahera mbaza iki kintu nubwo naho nakeka igisubizo kuko nubundi gikubiye mu ibaruwa isezera.<\/p>\n<p>Mu gihe nitegura kwakirwa n\u2019ababishinzwe, kuko banyizeje kuzanyakira ku isabato itaha, hari ibyo nkeka bishobora kuba byarateye mugenzi wanjye gusezera. Ariko kuko ari ibitekerezo byange bwite, nihahabwe agaciro k&#8217;ibyo nyirubwite yivugira mu ibaruwa ye. Naho njye Hon. Sebaba ndigira kure ndebe izindi mpamvu zishoboka.<\/p>\n<p>Ashobora gusabwa kweguzwa, nk\u2019uko byagiye binugwanugwa ko ariko bigenda mu nzego z\u2019ibanze. Biramutse ari uko bimeze ubwo haba harabayeho kuba atarubahirije ibyo yasabwe gukora abisabwe n\u2019abamutumye mu Nteko, nkuko hari ibyo yaba atarumvikanyeho na bagenzi be bari bagize komisiyo ya politiki yari ayoboye. Kimwe cyangwa ikindi n\u2019ibintu bishoboka, ariko uko nzi mugenzi wanjye ni uko mu miterere ye atajya avugirwamo kandi ntazi kurya indimi. Ntushobora kumubwira ko igitoki ari umwumbati ngo abyemere ajye no kubidefanda ahantu. Hakiyongeraho n\u2019imyemerere ye itamwemerera kuryarya no kubeshya. Ahenshi mu Nteko za Afurika, abantu bateye batyo ntibajya bihanganirwa kuko batamenye neza ikibahatse!<\/p>\n<figure id=\"attachment_128449\" aria-describedby=\"caption-attachment-128449\" style=\"width: 700px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-128449 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/Kanyamashuli-Kabeya-Janvier.jpg\" alt=\"\" width=\"700\" height=\"750\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-128449\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Kanyamashuli Kabeya Janvier<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p>Yewe nagiye na kure mubitekerezo ngera aho nkeka yaba agiye guhabwa indi mirimo ya politiki, ariko ndigarura kuko nibutse ko kuzamurwa mu ntera cyangwa guhindurirwa inshingano bitagombera kubanza gusezera ku mwanya ukomeye nk\u2019uriya.<\/p>\n<p>Abadutoye rero, bari mugihirahiro bibaza impamvu umukandida wabo yeguye. Byaba ari inshingano za nyirubwite gusobanurira abamutoye? Byaba se ari inshingano z\u2019Umuryango yari ahagarariye? Byaba se ari inshingano z\u2019Inteko Ishinga Amategeko? Ndizera ko ababifite mu nshingano mu rwego rwo gukorera mu mucyo, bazamenyesha abatora impamvu nyazo kuri iri yegura kugira ngo hatabaho umwijima, impuha no kwitiranya ibintu.<\/p>\n<p>Yemwe, agatotsi kari kanyibye ndi mu Nteko Rusange, mwari kumva nanjye ntashye nzize kugona; amahirwe ni uko ntawambonye. Ni ahubutaha, ahasigaye dutegereze turebe!<\/p>\n<p> <strong>Munyakayanza Samuel<\/strong> \t\t<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Iki kibazo nagombye kukibaza nyirubwite, perezida w\u2019Inteko cyangwa umunyamabanga wayo. Ariko dore ko nigenje, keretse mbajije icyo nzi nka mwalimu cyangwa nkabaza amenyo y\u2019inkoko kandi ndeba umunwa wayo. Ariko kuko nkunda kubaza kandi mbariza abantumye, nagiiiize ntya nongera gukubitamo ya kositimu yanjye yera mumaze kumenyera muhora mumpera amanota kubera kurimba kwanjye byo guhera kera, negura [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[35],"tags":[],"class_list":["post-14342","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-ibyegeranyo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Hon. Sebaba mu Nteko: Arabaza Perezida w\u2019inteko impamvu yatumye umudepite we yegura! - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14342\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Hon. Sebaba mu Nteko: Arabaza Perezida w\u2019inteko impamvu yatumye umudepite we yegura! - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Iki kibazo nagombye kukibaza nyirubwite, perezida w\u2019Inteko cyangwa umunyamabanga wayo. Ariko dore ko nigenje, keretse mbajije icyo nzi nka mwalimu cyangwa nkabaza amenyo y\u2019inkoko kandi ndeba umunwa wayo. Ariko kuko nkunda kubaza kandi mbariza abantumye, nagiiiize ntya nongera gukubitamo ya kositimu yanjye yera mumaze kumenyera muhora mumpera amanota kubera kurimba kwanjye byo guhera kera, negura [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14342\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-03-15T19:21:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/Kanyamashuli-Kabeya-Janvier.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14342#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14342\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Hon. Sebaba mu Nteko: Arabaza Perezida w\u2019inteko impamvu yatumye umudepite we yegura!\",\"datePublished\":\"2019-03-15T19:21:45+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14342\"},\"wordCount\":613,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14342#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/03\\\/Kanyamashuli-Kabeya-Janvier.jpg\",\"articleSection\":[\"ibyegeranyo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14342#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14342\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14342\",\"name\":\"Hon. Sebaba mu Nteko: Arabaza Perezida w\u2019inteko impamvu yatumye umudepite we yegura! - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14342#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14342#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/03\\\/Kanyamashuli-Kabeya-Janvier.jpg\",\"datePublished\":\"2019-03-15T19:21:45+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14342#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14342\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14342#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14342#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Hon. Sebaba mu Nteko: Arabaza Perezida w\u2019inteko impamvu yatumye umudepite we yegura!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Hon. Sebaba mu Nteko: Arabaza Perezida w\u2019inteko impamvu yatumye umudepite we yegura! - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14342","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Hon. Sebaba mu Nteko: Arabaza Perezida w\u2019inteko impamvu yatumye umudepite we yegura! - BWIZA","og_description":"Iki kibazo nagombye kukibaza nyirubwite, perezida w\u2019Inteko cyangwa umunyamabanga wayo. Ariko dore ko nigenje, keretse mbajije icyo nzi nka mwalimu cyangwa nkabaza amenyo y\u2019inkoko kandi ndeba umunwa wayo. Ariko kuko nkunda kubaza kandi mbariza abantumye, nagiiiize ntya nongera gukubitamo ya kositimu yanjye yera mumaze kumenyera muhora mumpera amanota kubera kurimba kwanjye byo guhera kera, negura [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14342","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-03-15T19:21:45+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/Kanyamashuli-Kabeya-Janvier.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14342#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14342"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Hon. Sebaba mu Nteko: Arabaza Perezida w\u2019inteko impamvu yatumye umudepite we yegura!","datePublished":"2019-03-15T19:21:45+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14342"},"wordCount":613,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14342#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/Kanyamashuli-Kabeya-Janvier.jpg","articleSection":["ibyegeranyo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14342#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14342","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14342","name":"Hon. Sebaba mu Nteko: Arabaza Perezida w\u2019inteko impamvu yatumye umudepite we yegura! - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14342#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14342#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/Kanyamashuli-Kabeya-Janvier.jpg","datePublished":"2019-03-15T19:21:45+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14342#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14342"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14342#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14342#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Hon. Sebaba mu Nteko: Arabaza Perezida w\u2019inteko impamvu yatumye umudepite we yegura!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14342","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14342"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14342\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14342"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14342"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14342"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}