{"id":14377,"date":"2019-03-18T08:56:43","date_gmt":"2019-03-18T08:56:43","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/03\/18\/karongi-hari-abagabo-bacyumva-ko-kurwanya-imirire-mibi-y-abana-bireba-abagore\/"},"modified":"2019-03-18T08:56:43","modified_gmt":"2019-03-18T08:56:43","slug":"karongi-hari-abagabo-bacyumva-ko-kurwanya-imirire-mibi-y-abana-bireba-abagore","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14377","title":{"rendered":"Karongi: Hari abagabo bacyumva ko kurwanya imirire mibi y\u2019abana bireba abagore gusa"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Bamwe mu batuye mu Murenge wa Gitesi, mu Karere ka Karongi, bavuga ko hari abagabo bacyumva ko abagore babo ari bo barebwa n\u2019imirire y\u2019abana no gutegura indyo yuzuye ngo kuko ari bo bahorana nabo kurusha abagabo kuko abenshi ngo bataha abana bamaze no kuryama ntibamenye niba bariye cyangwa batariye.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Uwamahoro\u00a0 Matilde\u00a0 utuye mu Murenge wa Gitesi\u00a0 ubusanzwe ni umuhinzi,\u00a0 avuga\u00a0 ko\u00a0 umugore ari we ugomba\u00a0 kumenya\u00a0 imirire y\u2019urugo rwose\u00a0 kuko ari we bireba\u00a0 ngo nta mugabo ukwiye\u00a0 kujya kubaza ibyo umugore yatetse\u00a0 ategereza ibyo yaruriwe\u00a0 bityo ngo ni urugo rwagaragayemo imirire mibi bagaya umugore ko ari we utazi guteka \u00a0,cyangwa ngo yite\u00a0 ku rugo rwe uko bikwiye.<\/p>\n<p>Agira ati &#8220;Nta mugabo\u00a0 ukwiye\u00a0 kujya kumenya ibyo kurya bireba\u00a0 abagore wenda umugabo yaguha amafaranga\u00a0 ukajya\u00a0 guhaha akubwira ibyo uteka iyo aguhaye ayo kugura inyama gusa ,naho\u00a0 ibyo kuvuga ngo abana\u00a0 bajye barya imboga .imbuto ,gutegura indyo yuzuye nta mugabo\u00a0 wabibonera umwanya\u00a0 bireba\u00a0 twebwe&#8221;.<\/p>\n<p>Ni ikibazo kandi kinavugwa na Mukakamari\u00a0 Suzana , umujyanama w\u2019ubuzima utuye muri aka gace uvuga ko aho bagiye bagera kenshi uretse ngo n\u2019abafite imirire mibi n\u2019iyo basuye ingo ngo basanga kwitabwaho kw\u2019abana bireba umugore cyane kurusha umugabo.<\/p>\n<p>Agira ati &#8220;Cyane cyane mu ngo zirimo amakimbirane abana baharirwa abagore gusa ugasanga niba umugore yabonye ikiraka aho akorera udufaranga araza agasanga abana ntibigize barya kandi biriranywe na se, na twa dufaranga umugore yakoreye aratuzana akaduhahiramo abana mu gihe umugabo we ayanywera \u00a0agataha yasinze atanazi ko abana bariye&#8221;.<\/p>\n<p>Ku ruhande rw\u2019abagabo nabo bavuga ko ikibazo cyo kwita ku mirire y\u2019abana babo ireba abagore kuko ari bo biriranwa nabo\u00a0 cyane kurusha abagabo.<\/p>\n<p>Ndagijimana Ildephonse utuye mu Murenge wa Gitesi avuga ko ubuzima bw\u2019umwana bwose bureba umugore we kuko we yirirwa ku isanteri ashakisha akazi gatandukanye akaba agera mu rugo bwije ndetse n\u2019abana bamaze kuryama, icyakora ngo kuko ibyo batetse abiryaho aba abona umugore we aba yabitetse neza.<\/p>\n<p>Agira ati \u00abNjyewe nirirwa ku isanteri ariko nka nyina kuko baba biriranwe umunota ku munota niwe ukwiye kumenya uko bategura indyo yuzuye, akamenya n\u2019ibyo umwana akwiye kurya naho abagabo baba bagiye gushakisha amafaranga \u00bb.<\/p>\n<p>Mutabaruka\u00a0\u00a0 Laurent\u00a0 utuye mu Murenge wa\u00a0 Mutuntu\u00a0 uvuga\u00a0 ko\u00a0 nubwo abagabo bakwiye kumenya uko abana babo bariye ariko ngo biragoye\u00a0 kubikurikiirana ukurikije n\u2019igihe babonekera mu ngo ikindi avuga ko nuko aramutse\u00a0 abikoze atinya ko yasuzugurwa\u00a0 n\u2019umugore cyangwa abana.<\/p>\n<p>Agira ati &#8220;Numva\u00a0 ngiye kubaza ngo aana bariye gute\u00a0 ,batekewe iki\u00a0 cyangwa guha\u00a0 amabwiriza umugore y\u2019ibyo ateka\u00a0 ntabwo\u00a0\u00a0 binkwiye nk\u2019umugabo ibyo ni inshingano z\u2019abagore ahubwo\u00a0 njyewe\u00a0 ngomba gukorera\u00a0\u00a0 amafaranga nkayamuzanira agahaha\u00a0 ibyo bikenewe\u00a0 ,icyacu ni ugushaka agafaranga ibyo\u00a0 kurya no kurerwa\u00a0 nabyo bireba abagore\u00a0 ni nabo biriranwa nabo\u00a0 kuturusha&#8221;.<\/p>\n<p>Ndayisaba Fran\u00e0\u00a7ois, Umuyobozi w\u2019Akarere\u00a0 ka Karongi, avuga ko\u00a0 kuba abagabo bumva ko ibyo kugaburira no kwita ku mirire y\u2019abana bireba abagore kurusha abagabo ,biterwa n\u2019imyumvire abagabo bafite ijyanye n\u2019umuco wo kumva ko ibyo guteka no kumenya ibyatetswe bireba abagore gusa ariko ngo bitangiye guhinduka.<\/p>\n<p>Agira ati &#8220;Imirire y\u2019umwana ireba umugabo n\u2019umugore kuko umwana ni uwabo bose. Ubu rero dufite gahunda nyinshi zo kubakangurira kumenya gutegura indyo yuzuye twifashishije umugoroba w\u2019ababyeyi ,gahunda z\u2019amarerero, ndetse dufite na gahunda yitwa \u2018\u2019Tumurere neza\u2019\u2019 iba mu ntara yacu. Ibi byose bigamije gufasha abagabo guhindura imyumvire kuko muri rusange abagabo bumva ko ibijyanye n\u2019umwana byose bireba umugore gusa \u00bb<\/p>\n<p>Kugeza ubu ubuyobozi bw\u2019akarere\u00a0 ka Karongi buvuga\u00a0 ko bwashyize imbaraga mu kurwanya\u00a0 no guhashya imirire mibi hifashishijwe gahunda zitandukanye nk\u2019igikoni cy\u2019umudugudu ,shisha kibondo\u00a0 ,umugoroba w\u2019ababyeyi\u00a0 ndetse\u00a0 n\u2019ubufatanye bw\u2019akarere n\u2019imiryango itegamiye kuri Leta ikorera muri aka karere isanzwe ifite ibikorwa byo kurwanya imirire mibi.<\/p>\n<p>Imibare itangwa n\u2019aka karere igaragaza ko abana\u00a0 635 ari bo bari baragaragayeho imirire mibi\u00a0 kugeza mu kwezi kwa 12 umwaka ushize\u00a0 abana 330 nibo bamaze kuyivamo.<\/p>\n<figure id=\"attachment_128622\" aria-describedby=\"caption-attachment-128622\" style=\"width: 1080px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-128622 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/Vx.jpg\" alt=\"\" width=\"1080\" height=\"608\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-128622\" class=\"wp-caption-text\">Bikerinka Mathias avuga ko azi neza ko kurya imboga bitera vitamini mu mubiri<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu batuye mu Murenge wa Gitesi, mu Karere ka Karongi, bavuga ko hari abagabo bacyumva ko abagore babo ari bo barebwa n\u2019imirire y\u2019abana no gutegura indyo yuzuye ngo kuko ari bo bahorana nabo kurusha abagabo kuko abenshi ngo bataha abana bamaze no kuryama ntibamenye niba bariye cyangwa batariye. Uwamahoro\u00a0 Matilde\u00a0 utuye mu Murenge wa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[26],"tags":[],"class_list":["post-14377","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iterambere-ryumuryango"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Karongi: Hari abagabo bacyumva ko kurwanya imirire mibi y\u2019abana bireba abagore gusa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14377\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Karongi: Hari abagabo bacyumva ko kurwanya imirire mibi y\u2019abana bireba abagore gusa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu batuye mu Murenge wa Gitesi, mu Karere ka Karongi, bavuga ko hari abagabo bacyumva ko abagore babo ari bo barebwa n\u2019imirire y\u2019abana no gutegura indyo yuzuye ngo kuko ari bo bahorana nabo kurusha abagabo kuko abenshi ngo bataha abana bamaze no kuryama ntibamenye niba bariye cyangwa batariye. Uwamahoro\u00a0 Matilde\u00a0 utuye mu Murenge wa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14377\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-03-18T08:56:43+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/Vx.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14377#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14377\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Karongi: Hari abagabo bacyumva ko kurwanya imirire mibi y\u2019abana bireba abagore gusa\",\"datePublished\":\"2019-03-18T08:56:43+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14377\"},\"wordCount\":659,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14377#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/03\\\/Vx.jpg\",\"articleSection\":[\"iterambere-ryumuryango\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14377#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14377\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14377\",\"name\":\"Karongi: Hari abagabo bacyumva ko kurwanya imirire mibi y\u2019abana bireba abagore gusa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14377#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14377#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/03\\\/Vx.jpg\",\"datePublished\":\"2019-03-18T08:56:43+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14377#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14377\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14377#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14377#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Karongi: Hari abagabo bacyumva ko kurwanya imirire mibi y\u2019abana bireba abagore gusa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Karongi: Hari abagabo bacyumva ko kurwanya imirire mibi y\u2019abana bireba abagore gusa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14377","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Karongi: Hari abagabo bacyumva ko kurwanya imirire mibi y\u2019abana bireba abagore gusa - BWIZA","og_description":"Bamwe mu batuye mu Murenge wa Gitesi, mu Karere ka Karongi, bavuga ko hari abagabo bacyumva ko abagore babo ari bo barebwa n\u2019imirire y\u2019abana no gutegura indyo yuzuye ngo kuko ari bo bahorana nabo kurusha abagabo kuko abenshi ngo bataha abana bamaze no kuryama ntibamenye niba bariye cyangwa batariye. Uwamahoro\u00a0 Matilde\u00a0 utuye mu Murenge wa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14377","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-03-18T08:56:43+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/Vx.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14377#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14377"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Karongi: Hari abagabo bacyumva ko kurwanya imirire mibi y\u2019abana bireba abagore gusa","datePublished":"2019-03-18T08:56:43+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14377"},"wordCount":659,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14377#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/Vx.jpg","articleSection":["iterambere-ryumuryango"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14377#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14377","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14377","name":"Karongi: Hari abagabo bacyumva ko kurwanya imirire mibi y\u2019abana bireba abagore gusa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14377#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14377#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/Vx.jpg","datePublished":"2019-03-18T08:56:43+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14377#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14377"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14377#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14377#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Karongi: Hari abagabo bacyumva ko kurwanya imirire mibi y\u2019abana bireba abagore gusa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14377","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14377"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14377\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14377"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14377"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14377"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}