{"id":14416,"date":"2019-03-24T12:24:42","date_gmt":"2019-03-24T12:24:42","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/03\/24\/reb-irashyize-yishyura-abamenta-yirukanye-mu-2015\/"},"modified":"2019-03-24T12:24:42","modified_gmt":"2019-03-24T12:24:42","slug":"reb-irashyize-yishyura-abamenta-yirukanye-mu-2015","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14416","title":{"rendered":"REB irashyize yishyura abamenta yirukanye mu 2015"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Abamenta basaga 800 bahuguraga abarimu mu rurimi rw\u2019Icyongereza mu mashuri abanza n\u2019ayisumbuye ya Leta, mu mwaka wa 2015 bakaza guhagarikwa amasezerano y\u2019akazi atarangiye, ubu batangiye kwishyurwa amezi yari asigaye.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Urugize kera ruhinyuza intwari, REB iranze ivuye ku izima. Iri yishyurwa ry\u2019abamenta kandi ribaye mu gihe Rutayisire John wabahaye akazi na Gasana Janvier wabirukanye; bombi batawe muri yombi babazwa ibirebana n\u2019imicungire y\u2019umutungo muri REB bakoranyemo, banasimburana ku buyobozi bwayo.<\/p>\n<p>Urubanza rwabananiye rusojwe Ndayambaje Irenee umaze umwaka ahawe kuyobora REB.<\/p>\n<p>Mu ntangiriro abamenta basagaga 1000, bamwe muri bo batangiye akazi ko kwigisha abandi barimu icyongereza mu 2009, abandi 2011 na 2012; ariko mu 2015 batunguwe no kwandikirwa babwirwa ko amasezerano yabo ahagaritswe.<\/p>\n<p>Benshi bakomokaga mu bihugu bya Uganda, Kenya, Tanzaniya, U Burundi n\u2019u Rwanda; ndetse harimo n\u2019abo muri \u00a0Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.<\/p>\n<p>Harimo abafite amasezerano arangira muri Mata 2016, abandi muri Gashyantare 2016, nyamara bahagarikwa muri Kanama 2015.<\/p>\n<p>Uku guhagarikirwa amasezerano by\u2019igitaraganya, byagize ingaruka ku buzima bwa benshi muri aba bakozi, harimo kubura akazi, kubura uko bataha iwabo nk\u2019abanyamahanga n\u2019ubukene mu miryango yabo.\u00a0 Byateje kandi igihombo abacuruzi n\u2019amabanki yari yarabahaye inguzanyo. Ubu n&#8217;ubwo bishyuwe, inyungu ku nguzanyo bahawe zamaze kuba nyinshi, abandi bamaze gushyirwa ku rutonde rwa ba bihemu.<\/p>\n<p> <strong>Urugize kera ruhinyuza intwari, amategeko \u00a0asumba byose<\/strong> <\/p>\n<p>Umwaka wa 2016 wabaye uwo kwitabaza ubugenzuzi bw\u2019umurimo muri Mifotra, nyamara abahagarariye REB bakerekana ko \u201cntawe uburana na Leta\u201d, mu bwishongozi bwinshi, umukozi wa REB ati, \u201cNibajye guhinga amagweja\u201d.<\/p>\n<p>Nyuma yaho aba bamenta bashatse umwunganizi mu mategeko, Me Nsabimana Joseph. Batanze ikirego mu rukiko rwisumbuye rwa Gasabo, maze abunganira Leta batanga inzitizi mu rwego rwo gutinza urubanza ku bwende, ariko urukiko ruvuga ko nta gaciro izo nzitizi zifite.<\/p>\n<p>Mu rubanza rw\u2019icyiciro cya mbere tariki ya 10 Nyakanga 2017, ababuranira Leta bishingikirije ingingo ya 140 y\u2019itegeko ry\u2019umurimo(ryariho icyo gihe), ivuga ko impaka zibanza gukemurirwa mu kigo cy\u2019umurimo. Iyo ngingo igira iti, \u201c <em>Iyo havutse impaka zihariye ku kazi hagati y\u2019umukozi n\u2019umukoresha, uruhande bireba rubanza gusaba\u00a0<\/em>  <em>uhagarariye abakozi iyo ahari,<\/em>  <em>\u00a0gukemura ayo makimbirane ku bwumvikane. Iyo intumwa z\u2019abakozi zidashoboye gukemura ayo makimbirane, uruhande bireba rubimenyesha Umugenzuzi w\u2019Umurimo rusaba ko yakemurwa ku bwumvikane.<\/em>  <em><br \/>\nIyo kumvikana bidashobotse, ikirego gishobora gushyikirizwa urukiko rubifitiye ububasha.Iyo kunyura mu nzego zivugwa muri iyi ngingo bitubahirijwe, urukiko rushobora gufata icyemezo cyo kutakira ikirego<\/em> \u201d.<\/p>\n<p>Ibi byabaga mu gihe muri REB nta ntumwa z\u2019abakozi zari zihari mu 2015, yemwe ngo nta n\u2019umunyamategeko yagiraga.<\/p>\n<p>Kuba nta bahuza bari bahari, byatumye abakozi birukanwe, bagana Minisiteri y\u2019umurimo, ngo ibumvikanishe cyangwa ibagire inama. Inzitizi yatanzwe iyo iza kuba ifite ishingiro, n\u2019umugenzuzi ntaba yarakiriye aba bakozi n\u2019umukoresha wabo, azi ko basimbutse urwego rw\u2019abakemurampaka.<\/p>\n<p>Icyiciro cya kabiri nacyo cyaraburanishijwe, ariko isomwa ry\u2019urubanza riratinda. Icyiciro cya gatatu nacyo cyari kigiye cyegereje iburana muri Mutarama 2018.<\/p>\n<p>Habura ukwezi kumwe ngo akurwe ku buyobozi bwa REB, Gasana Janvier yabonye bikomeye yitabaza Minisiteri y\u2019ubutabera, ayitakambira ngo ibinyuze mu nzira y\u2019ubwumvikane.<\/p>\n<p>Mu ibaruwa yandikiye Minijust, tariki ya 15 Mutarama 2018, impamvu yari iyi: \u201c Gusaba ko Minisiteri y\u2019Ubutabera ifasha REB gukemura ikibazo cy\u2019abarimu bahoze bahugura\u00a0 abandi mu rurimi rw\u2019icyongereza(mentors).<\/p>\n<p>Aha yisunze amabwiriza ya Minisitiri w\u2019intebe no 005\/03 yo kuwa 16\/12\/2015 avuga kuri Komite ikemura impaka zirimo Leta n\u2019ubwumvikane. Ndlr: Aya mabwiriza yasohotse abamenta baramaze guhagarikwa.<\/p>\n<p>Mu bwumvikane bwabaye tariki 27 Mata 2018, hafashwe umwanzuro ko aba barimu bishyurwa amezi yari asigaye yose, nk\u2019uko biteganywa n\u2019ingingo ya 28 y\u2019 itegeko n\u00b0 13\/2009 ryo kuwa 27\/05\/2009 rigenga umurimo mu Rwanda(ritaravugurwa), ivuga ku iseswa ry\u2019amasezerano y\u2019akazi y\u2019igihe kizwi (Cessation du contrat de travail \u00e0\u00a0 dur\u00e9e d\u00e9termin\u00e9e), ntiyubahirijwe.<br \/>\nIgira iti \u201c  <em>Amasezerano y\u2019akazi y\u2019igihe kizwi ahita arangira iyo icyo gihe cyateganyijwe kirangiye \u2026uruhande rusheshe amasezerano rutanga indishyi zingana n\u2019umushahara w\u2019igihe cy\u2019amasezerano cyari gisigaye, hatirengagijwe izindi ndishyi zakwishyurwa<\/em> \u2026\u201d.<\/p>\n<p>REB yasabye imbabazi ko ayo mafaranga itayafite, isaba ko bategereza ingengo y\u2019imari nshya, maze babwirwa ko bitarenze tariki 15 Ukwakira 2018 baba bamaze kwishyurwa.<\/p>\n<p>Ntibyakunze, maze tariki ya 18 Gashyantare 2019 bongera kwandikira Min. Busingye w\u2019ubutabera kuko ari we muhuza, basaba \u201cubufasha mu gushyira mu bikorwa ubwumvikane bagiranye na REB\u201d.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019ukwezi kose babwirwa ko dosiye iri muri Minisiteri y\u2019imari, kuwa kane tariki 21 Werurwe bamwe batangiye kwishyurwa.<\/p>\n<p>Ku rutonde hariho abagera ku 166, kuko aribo bagiye Mifotra, bagatanga igarama bakajya mu nkiko. Ubu abasaga 100 batanga ubuhamya ko bamaze kubona amafaranga angana n\u2019amezi yari asigaye.<\/p>\n<p>Abanyamahanga bahise basubira iwabo ntibabonye uburyo n\u2019umwanya wo kugaruka mu Rwanda gukurikirana urubanza, kandi ibibazo birebana n\u2019umurimo bisaza nyuma y\u2019imyaka ibiri nk\u2019uko amategeko avuga.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abamenta basaga 800 bahuguraga abarimu mu rurimi rw\u2019Icyongereza mu mashuri abanza n\u2019ayisumbuye ya Leta, mu mwaka wa 2015 bakaza guhagarikwa amasezerano y\u2019akazi atarangiye, ubu batangiye kwishyurwa amezi yari asigaye. Urugize kera ruhinyuza intwari, REB iranze ivuye ku izima. Iri yishyurwa ry\u2019abamenta kandi ribaye mu gihe Rutayisire John wabahaye akazi na Gasana Janvier wabirukanye; bombi batawe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[14],"tags":[],"class_list":["post-14416","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-mu-mashuli"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>REB irashyize yishyura abamenta yirukanye mu 2015 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14416\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"REB irashyize yishyura abamenta yirukanye mu 2015 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abamenta basaga 800 bahuguraga abarimu mu rurimi rw\u2019Icyongereza mu mashuri abanza n\u2019ayisumbuye ya Leta, mu mwaka wa 2015 bakaza guhagarikwa amasezerano y\u2019akazi atarangiye, ubu batangiye kwishyurwa amezi yari asigaye. Urugize kera ruhinyuza intwari, REB iranze ivuye ku izima. Iri yishyurwa ry\u2019abamenta kandi ribaye mu gihe Rutayisire John wabahaye akazi na Gasana Janvier wabirukanye; bombi batawe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14416\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-03-24T12:24:42+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14416#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14416\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"REB irashyize yishyura abamenta yirukanye mu 2015\",\"datePublished\":\"2019-03-24T12:24:42+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14416\"},\"wordCount\":748,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"mu-mashuli\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14416#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14416\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14416\",\"name\":\"REB irashyize yishyura abamenta yirukanye mu 2015 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-03-24T12:24:42+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14416#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14416\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14416#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"REB irashyize yishyura abamenta yirukanye mu 2015\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"REB irashyize yishyura abamenta yirukanye mu 2015 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14416","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"REB irashyize yishyura abamenta yirukanye mu 2015 - BWIZA","og_description":"Abamenta basaga 800 bahuguraga abarimu mu rurimi rw\u2019Icyongereza mu mashuri abanza n\u2019ayisumbuye ya Leta, mu mwaka wa 2015 bakaza guhagarikwa amasezerano y\u2019akazi atarangiye, ubu batangiye kwishyurwa amezi yari asigaye. Urugize kera ruhinyuza intwari, REB iranze ivuye ku izima. Iri yishyurwa ry\u2019abamenta kandi ribaye mu gihe Rutayisire John wabahaye akazi na Gasana Janvier wabirukanye; bombi batawe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14416","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-03-24T12:24:42+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14416#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14416"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"REB irashyize yishyura abamenta yirukanye mu 2015","datePublished":"2019-03-24T12:24:42+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14416"},"wordCount":748,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["mu-mashuli"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14416#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14416","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14416","name":"REB irashyize yishyura abamenta yirukanye mu 2015 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-03-24T12:24:42+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14416#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14416"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14416#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"REB irashyize yishyura abamenta yirukanye mu 2015"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14416","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14416"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14416\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14416"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14416"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14416"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}