{"id":14445,"date":"2019-03-26T13:18:32","date_gmt":"2019-03-26T13:18:32","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/03\/26\/ntabwo-twaruciye-ngo-turumire-sosiyete-sivile-ishinjwa-guceceka-ku-bibazo-by-u\/"},"modified":"2019-03-26T13:18:32","modified_gmt":"2019-03-26T13:18:32","slug":"ntabwo-twaruciye-ngo-turumire-sosiyete-sivile-ishinjwa-guceceka-ku-bibazo-by-u","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14445","title":{"rendered":"Ntabwo twaruciye ngo turumire- Sosiyete sivile ishinjwa guceceka\u00a0 ku bibazo by\u2019u Rwanda na Uganda"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Umuyobozi wa Sosiyete Sivile Nyarwanda, Sekanyange Jean L\u00e9onard atangaza ko batacecetse ku bibazo birimo kugira ingaruka ku baturage bitewe n\u2019ibibazo by\u2019ubuhahirane biri hagati y\u2019u Rwanda na Uganda.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Bamwe mu baturage baganiriye na Bwiza.com batangaza ko batumva uburyo Sosiyete Sivile Nyarwanda kugeza ubu itaragira icyo ivuga ku kibazo cy\u2019ubuhahirane hagati y\u2019u Rwanda na Uganda kandi biri kugira ingaruka mbi ku baturage ivuga ko ivugira.<\/p>\n<p>\u00a0Umwe muri aba utashatse ko amazina ye atangazwa yagize ati \u201c Ni gute waba uvuga ko uvugira abaturage, ukaba utaragira icyo uvuga kuri ibi bibazo biri kugira ingaruka mbi zikomeye ku buzima bw\u2019Abaturage?\u201d<\/p>\n<p>Ibi kandi byunga mu yindi mvugo imenyerewe ngo \u201c Sosiyete Sivile mu Rwanda nta mbaraga igira, keretse nibura nko mu Burundi ho irakora.\u201d<\/p>\n<p>Bwiza.com yashatse kumenya icyo Sekanyange uyobora uyu muryango kugira ngo agire icyo atangaza kuri iyi ngingo. Mu kiganiro\u00a0 ku murongo wa telefoni kuri uyu wa 26 Werurwe 2019, yatubwiye ko Sosiyete Sivile Nyarwanda itacecetse ko hari icyo iri kubikoraho.<\/p>\n<p>Ati \u201c Ntabwo twaruciye ngo turumire kuva aho ibi bibazo bigaragariye kuva aho ibi bibazo bigaragariye hagati ya Uganda n\u2019u Rwanda. Harimo ibibazo bisaba ko abantu bakora ubusesenguzi kugira ngo bamenye impamvu nyamukuru y\u2019ibi bibazo . Ahanini harimo\u00a0 guhungabanya uburenganzira bw\u2019abantu kandi hari amasezerano aba yarasinywe n\u2019ibihugu agenga urujya n\u2019uruza rw\u2019abantu. Mu gihugu cya Uganda niho bigaragara cyane, bisa nk\u2019aho batemerewe kujyayo. Kuri ubu turimo kuganira na Sosiyete Sivile yo muri ibi bihugu byo mu karere ka Afurika y\u2019Iburasirazuba kugira ngo turebe icyo twakora.\u201d<\/p>\n<p>Yongeyeho \u201c\u00a0 Iki kibazo kireba sosiyete sivile zo muri ibi bihugu byo mu karere. Dufite icyizere ko ibi bibazo bizakemuka kuko nta gihugu kigeze gisesa amasezerano y\u2019ubucuruzi. Ni uburenganzira bw\u2019abaturage gukomeza ubucuruzi bwabo. Tuvuga ko ari ikibazo hagati y\u2019u Rwanda na Uganda ariko ni icy\u2019Umuryango wa Afurika y\u2019Iburasirazuba.\u201d<\/p>\n<p>[penci_related_posts dis_pview=&#8221;no&#8221; dis_pdate=&#8221;no&#8221; title=&#8221;Izindi nkuru wasoma&#8221; background=&#8221;&#8221; border=&#8221;&#8221; thumbright=&#8221;no&#8221; number=&#8221;4&#8243; style=&#8221;list&#8221; align=&#8221;none&#8221; withids=&#8221;&#8221; displayby=&#8221;recent_posts&#8221; orderby=&#8221;rand&#8221;]<\/p>\n<p>Sekanyange avuga ko kuba kugeza ubu ntacyo baratangaza ari uko bakiganira n\u2019izindi sosiyete sivile kugira ngo bamenye ikibazo nyamukuru.<\/p>\n<p>Ati \u201c Twebwe icyo twabanje gukora ni ukuganira n\u2019indi mirayngo ya sosiyete sivile yo mu karere kugira ngo ducukumbure. Nibyo turimo, ngira ngo mu minsi micye, tuzasohora itangazo dusaba ko hagira icyo dukora. Twirinda kuba twavuga ibintu bidafite facts [ibimenyetso].\u201d<\/p>\n<p>Ibibazo by\u2019u Rwanda na Uganda byakomeje kugira ingaruka mbi ku buhahirane bw\u2019ibihugu byombi, urujya n\u2019uruza rw\u2019abantu, ibintu na serivisi. Abakoraga ubucuruzi bw\u2019imipaka bavuga ko bahahombeye bikomeye.<\/p>\n<p>U Rwanda rushinja Uganda guta muri yombi, gukorera iyica rubozo, kwirukana rimwe na rimwe kwica Abanyarwanda bajya cyangwa bakorera ubucuruzi muri Uganda. Ibi Uganda ibihakana yivuye inyuma ikavuga ko abo ifata ari intasi.<\/p>\n<p>Ibi byatumye u Rwanda \u2018rugira inama\u2019 abaturage barwo kuba baretse kujya muri iki gihugu kuko ngo umutekano wabo utizewe.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umuyobozi wa Sosiyete Sivile Nyarwanda, Sekanyange Jean L\u00e9onard atangaza ko batacecetse ku bibazo birimo kugira ingaruka ku baturage bitewe n\u2019ibibazo by\u2019ubuhahirane biri hagati y\u2019u Rwanda na Uganda. Bamwe mu baturage baganiriye na Bwiza.com batangaza ko batumva uburyo Sosiyete Sivile Nyarwanda kugeza ubu itaragira icyo ivuga ku kibazo cy\u2019ubuhahirane hagati y\u2019u Rwanda na Uganda kandi biri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-14445","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-mashya-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ntabwo twaruciye ngo turumire- Sosiyete sivile ishinjwa guceceka\u00a0 ku bibazo by\u2019u Rwanda na Uganda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14445\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ntabwo twaruciye ngo turumire- Sosiyete sivile ishinjwa guceceka\u00a0 ku bibazo by\u2019u Rwanda na Uganda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umuyobozi wa Sosiyete Sivile Nyarwanda, Sekanyange Jean L\u00e9onard atangaza ko batacecetse ku bibazo birimo kugira ingaruka ku baturage bitewe n\u2019ibibazo by\u2019ubuhahirane biri hagati y\u2019u Rwanda na Uganda. Bamwe mu baturage baganiriye na Bwiza.com batangaza ko batumva uburyo Sosiyete Sivile Nyarwanda kugeza ubu itaragira icyo ivuga ku kibazo cy\u2019ubuhahirane hagati y\u2019u Rwanda na Uganda kandi biri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14445\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-03-26T13:18:32+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14445#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14445\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ntabwo twaruciye ngo turumire- Sosiyete sivile ishinjwa guceceka\u00a0 ku bibazo by\u2019u Rwanda na Uganda\",\"datePublished\":\"2019-03-26T13:18:32+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14445\"},\"wordCount\":491,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"amakuru-mashya\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14445#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14445\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14445\",\"name\":\"Ntabwo twaruciye ngo turumire- Sosiyete sivile ishinjwa guceceka\u00a0 ku bibazo by\u2019u Rwanda na Uganda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-03-26T13:18:32+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14445#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14445\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14445#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ntabwo twaruciye ngo turumire- Sosiyete sivile ishinjwa guceceka\u00a0 ku bibazo by\u2019u Rwanda na Uganda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ntabwo twaruciye ngo turumire- Sosiyete sivile ishinjwa guceceka\u00a0 ku bibazo by\u2019u Rwanda na Uganda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14445","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ntabwo twaruciye ngo turumire- Sosiyete sivile ishinjwa guceceka\u00a0 ku bibazo by\u2019u Rwanda na Uganda - BWIZA","og_description":"Umuyobozi wa Sosiyete Sivile Nyarwanda, Sekanyange Jean L\u00e9onard atangaza ko batacecetse ku bibazo birimo kugira ingaruka ku baturage bitewe n\u2019ibibazo by\u2019ubuhahirane biri hagati y\u2019u Rwanda na Uganda. Bamwe mu baturage baganiriye na Bwiza.com batangaza ko batumva uburyo Sosiyete Sivile Nyarwanda kugeza ubu itaragira icyo ivuga ku kibazo cy\u2019ubuhahirane hagati y\u2019u Rwanda na Uganda kandi biri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14445","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-03-26T13:18:32+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14445#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14445"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ntabwo twaruciye ngo turumire- Sosiyete sivile ishinjwa guceceka\u00a0 ku bibazo by\u2019u Rwanda na Uganda","datePublished":"2019-03-26T13:18:32+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14445"},"wordCount":491,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["amakuru-mashya"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14445#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14445","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14445","name":"Ntabwo twaruciye ngo turumire- Sosiyete sivile ishinjwa guceceka\u00a0 ku bibazo by\u2019u Rwanda na Uganda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-03-26T13:18:32+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14445#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14445"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14445#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ntabwo twaruciye ngo turumire- Sosiyete sivile ishinjwa guceceka\u00a0 ku bibazo by\u2019u Rwanda na Uganda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14445","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14445"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14445\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14445"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14445"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14445"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}