{"id":14692,"date":"2019-04-09T12:02:35","date_gmt":"2019-04-09T12:02:35","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/04\/09\/rusizi-sosiyete-sivile-abaturage-batezeho-ubuvugizi-irataka-ubukene\/"},"modified":"2025-02-12T12:45:08","modified_gmt":"2025-02-12T10:45:08","slug":"rusizi-sosiyete-sivile-abaturage-batezeho-ubuvugizi-irataka-ubukene","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14692","title":{"rendered":"Rusizi:  Sosiyete Sivile abaturage batezeho ubuvugizi irataka ubukene"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Mu gihe benshi mu baturage bavuga ko\u00a0 hari ibibazo byinshi by\u2019akarengane bahura na byo, harimo ako baterwa n\u2019abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze,bakumva ko habaho sosiyete sivile yagombye kubavugira ariko ntibayibone, abagize plate forme ya sosiyete sivile muri aka karere bavuga ko kutagera mu baturage babiterwa n\u2019ubukene kuko ngo nta ngengo y\u2019imari\u00a0 akarere kabagenera.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Bamwe mu batuye imirenge y\u2019icyaro y\u2019aka karere \u00a0bavuze ko sosiyete sivile bayumva ku izina gusa bamwe batanayizi ,nyamara hari ibibazo byinshi by\u2019akarengane n\u2019amakimbirane bahura na byo yagombye kubafasha gukemura iyaba yakoraga uko byakagombye.<\/p>\n<p>Umwe mu batuye umurenge wa Nyakabuye yagize ati &#8220;Nk\u2019ubu tumaranye igihe kirekire ikibazo cy\u2019ingurane z\u2019ibyacu by\u2019ahanyujijwe insinga z\u2019amashanyarazi cyabuze gikemura na Meya wacu \u00a0Kayumba Ephrem twakimugejejeho n\u2019ubu nta gisubizo turabona. Iyo tugira sosiyete sivile ikora ntiba yaradukoreye ubuvugizi kigakemuka tukabona ingurane twategereje amaso agahera mu kirere? Niba inabaho twe ntituyizi kuko ntiturabona abayigize baza kudukemurira ibibazo nk\u2019ibyo byabaye agatereranzamba.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Mu biganiro byateguwe n\u2019umuryango ihorere munyarwanda ku ruhare rwa sosiyete sivile mu gufasha mu ikemurwa ry\u2019ibibazo by\u2019abaturage,aho waganiriye n\u2019imwe mu miryango igize plate forme ya sosiyete sivile muri aka karere ,ukanaganira \u00a0n\u2019abayobozi banyuranye muri aka karere, abagize iyi miryango itegamiye kuri Leta babyitabiriye bavuze ko bagerageza gukemura ibibazo by\u2019abaturage bagezwa ho bafatanije n\u2019ubuyobozi, cyane cyane iby\u2019ihohoterwa rishingiye ku gitsina,ariko ko ubushobozi buke bubabera imbogamizi .<\/p>\n<p>Madame Mukankubito Em\u00e9rance uhagarariye plate forme ya sosiyete sivile muri aka karere,yabwiye Bwiza.com \u00a0ko nubwo hari ibibazo by\u2019abaturage bibagera ho bagafatanya n\u2019ubuyobozi kubikemura,ariko kuba mu ngengo y\u2019imari y\u2019akarere nta ruhare rw\u2019imiryango igize iyi plate forme rugaragara mo ngo ibe yarwifashisha ibegera bikiyibera imbogamizi ikomeye cyane.<\/p>\n<p>Ati &#8221; Ubundi sosiyete sivile ni umubugizi w\u2019abaturage mu nzego zose z\u2019ubuzima bw\u2019igihugu bitewe n\u2019ibyo buri muryango uyigize uba ukora,ariko imbogamizi tukigira\u00a0 zishingiye ku mikorere, kuba nta bushobozi\u00a0 iyo miryango ifite ,kuko n\u2019ikora ubona ubushobozi ibukura hanze,bwashira igafunga imiryango kuko ingero turazifite,kuko mu ngego y\u2019imari y\u2019akarere\u00a0 kuyifasha\u00a0 kubegera \u00a0biba bitaratekerejwe ho.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Yarakomeje ati &#8220;Ntidushobora kugera aho abaturage bari,biratubangamira kuko bya bibazo byabo tudafasha kubikemura uko byakagombye,ni yo mpamvu bavuga ko batatubona,ariko turagenda tugerageza kwishaka mo ibisubizo\u00a0 birimo gushaka uko twarusha ho gukorera hamwe aho gutatanya imbaraga,tugasaba akarere ko mu ngengo y\u2019imari yako na byo yajya ibitekerezaho.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Umunyamategeko muri ihorere munyarwanda,Muhimpundu Betina,avuga ko kuba hari imiryango imwe itegamiye kuri Leta usanga ireba inyungu zayo gusa aho kureba iz\u2019umuturage ari bimwe mu bituma bimwe mu bibazo bidasubizwa.<\/p>\n<p>Ati &#8220;Nibareke kuba ba nyamwigendaho baharanire koko inyungu z\u2019umuturage, mu bushobozi buke babona bashyire hamwe,baharanire ko ibibazo by\u2019abaturage bikemuke aho kureba\u00a0 inyunguzabo bwite bizakemura byinshi kandi n\u2019iterambere ry\u2019abaturage rirusheho kwihuta.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Akarere ka Rusizi kabarirwa mo imiryango igera kuri 47 itegamiye kuri Leta, umuyobozi wako wungirije ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage,Nsigaye Emmanuel, akavuga ko hari ibigiye kongerwamo imbaraga kugira ngo plate forme ya sosiyete sivile imyinshi muri iyi miryango ibarizwa mo irushe ho kwegera abaturage, kugaragaza no gufasha mu gukemura ibibazo byabo,no gutanga koko umusaruro itegerejweho.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe benshi mu baturage bavuga ko\u00a0 hari ibibazo byinshi by\u2019akarengane bahura na byo, harimo ako baterwa n\u2019abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze,bakumva ko habaho sosiyete sivile yagombye kubavugira ariko ntibayibone, abagize plate forme ya sosiyete sivile muri aka karere bavuga ko kutagera mu baturage babiterwa n\u2019ubukene kuko ngo nta ngengo y\u2019imari\u00a0 akarere kabagenera. Bamwe mu batuye imirenge [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-14692","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Sosiyete Sivile abaturage batezeho ubuvugizi irataka ubukene - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14692\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Sosiyete Sivile abaturage batezeho ubuvugizi irataka ubukene - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu gihe benshi mu baturage bavuga ko\u00a0 hari ibibazo byinshi by\u2019akarengane bahura na byo, harimo ako baterwa n\u2019abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze,bakumva ko habaho sosiyete sivile yagombye kubavugira ariko ntibayibone, abagize plate forme ya sosiyete sivile muri aka karere bavuga ko kutagera mu baturage babiterwa n\u2019ubukene kuko ngo nta ngengo y\u2019imari\u00a0 akarere kabagenera. Bamwe mu batuye imirenge [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14692\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-04-09T12:02:35+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:45:08+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14692#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14692\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Sosiyete Sivile abaturage batezeho ubuvugizi irataka ubukene\",\"datePublished\":\"2019-04-09T12:02:35+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:45:08+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14692\"},\"wordCount\":530,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14692#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14692\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14692\",\"name\":\"Rusizi: Sosiyete Sivile abaturage batezeho ubuvugizi irataka ubukene - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-04-09T12:02:35+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:45:08+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14692#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14692\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14692#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Sosiyete Sivile abaturage batezeho ubuvugizi irataka ubukene\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Sosiyete Sivile abaturage batezeho ubuvugizi irataka ubukene - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14692","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Sosiyete Sivile abaturage batezeho ubuvugizi irataka ubukene - BWIZA","og_description":"Mu gihe benshi mu baturage bavuga ko\u00a0 hari ibibazo byinshi by\u2019akarengane bahura na byo, harimo ako baterwa n\u2019abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze,bakumva ko habaho sosiyete sivile yagombye kubavugira ariko ntibayibone, abagize plate forme ya sosiyete sivile muri aka karere bavuga ko kutagera mu baturage babiterwa n\u2019ubukene kuko ngo nta ngengo y\u2019imari\u00a0 akarere kabagenera. Bamwe mu batuye imirenge [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14692","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-04-09T12:02:35+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:45:08+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14692#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14692"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Sosiyete Sivile abaturage batezeho ubuvugizi irataka ubukene","datePublished":"2019-04-09T12:02:35+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:45:08+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14692"},"wordCount":530,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14692#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14692","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14692","name":"Rusizi: Sosiyete Sivile abaturage batezeho ubuvugizi irataka ubukene - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-04-09T12:02:35+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:45:08+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14692#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14692"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14692#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Sosiyete Sivile abaturage batezeho ubuvugizi irataka ubukene"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14692","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14692"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14692\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14692"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14692"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14692"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}