{"id":14731,"date":"2019-04-12T15:37:36","date_gmt":"2019-04-12T15:37:36","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/04\/12\/muhima-bavuga-ko-nta-ngengabitekerezo-ya-jenoside-iharangwa\/"},"modified":"2019-04-12T15:37:36","modified_gmt":"2019-04-12T15:37:36","slug":"muhima-bavuga-ko-nta-ngengabitekerezo-ya-jenoside-iharangwa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14731","title":{"rendered":"Muhima: Bavuga ko nta ngengabitekerezo ya Jenoside iharangwa"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Ubuyobozi n\u2019abaturage b\u2019Imidugudu ya Nyarurembo, Ubuzima na Kabirizi mu Kagari k\u2019Amahoro mu Murenge wa Muhima bavuga ko kugeza ubu nta kimenyetso na kimwe cy\u2019ingengabitekerezo ya Jenoside barabona mu batuye akaga gace.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Baratangaza ibi mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 igahitana abasaga miliyoni mu minsi 100.<\/p>\n<p>Bamwe mu baturage baganiriye na Bwiza.com kuri uyu wa 10 Mata bavuga ko nta ngengabitekerezo ya jenoside ibarangwamo. Umwe muri aba, Anastase Imaniribirimo ukora kazi ko kwigisha imodoka.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201c Kano kagari ngatuyemo nkamazemo imyaka ariko yaba za tirakite (tracte), amajwi, nta kimenyetso ndabona kigaragaza ingengabitekerezo ya Jenoside. Iyo nitegereje mbona abaturage babanye neza n\u2019ubwo utabasha kureba mu mutima wa buri wese ariko ibyo umuntu agenda abona abaturage babanye neza. Nk\u2019umuntu w\u2019urubyiruko nasaba bagenzi banjye kureka ingengabitekerezo ya Jenoside niba hari n\u2019uyifite mu mutima. Dukwiye gutkereza ibyatekereza ibyateza imbere igihugu tukava mu bidafite akamaro.\u201d<\/p>\n<p>Mugenzi we, Salomo Uwiringiyimana yunzemo ati \u201c Nta ngemngabitekerezo ya jenoside njya mbona ariko ntabwo wagira icyizere ijana ku ijana ko idahari ariko igomba kurwanywa cyane kugira ngo niba inahari ibure uruvugiro. Nasaba urubyiruko kwirinda kwigira nk\u2019aho bitabareba bitewe no kuvuga ngo bavutse nyuma ya jenoside.\u201d<\/p>\n<p>Uwungirije Umuyobozi w&#8217;Umuryango Uharanira Inyungu z\u2019Abarokotse Jenoside (IBUKA) mu Kagari k&#8217;Amahoro, Charles Karamaga yadutangarije ko nta ngengabitekerezo aherutse kumva muri aka kagari ariko ko atari igihe cyo gushyira agate mu ryinyo ngo bumve\u00a0 ko yarandutse burundu.<\/p>\n<p>Ati \u201c Twabwira abantu ko ingengabitekerezo itaranduka burundu ikiriho ariko aho ntuye ntayo duherutse kumva. Gusa birasaba gukomeza kwigisha cyane cyane urubyiruko rwo mbaraga z\u2019igihugu. Kugeza ubu ari abacitse ku icumu, ari abafunzwe bagafungurwa kubera Jenoside yakorewe Abatutsi n\u2019abandi baturage babanye neza, barasabana, nta rwicyekwe ruhari. Nasaba abaturage gusigasira ibigezweho by\u2019umwihariko urubyiruko kwimakaza umuco wo kunga ubumwe.\u201d<\/p>\n<p>Umukozi\u00a0 Ushinzwe Iterambere n\u2019Imibereho Myiza y\u2019Abaturage,\u00a0 Celestin Ngirabakunzi avuga ko nta ngengabitekerezo yari yagaragara mu kagari abereye umwe mu bayobozi.<\/p>\n<p>Ati \u201c Kugeza ubu nta ngengabitekerezo iragaragara mu kagari kacu k\u2019Amahoro. Abaturage bari kwitabira ibiganiro byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi cyane urubyiruko. Abaturage babanye neza, nta kibazo turakira kijyanye n\u2019ingengabitekerezo. Barasabana, barasangira haba mu bitaramo by\u2019imihigo, inama zitandukanye, inteko z\u2019abaturage, iza nyuma y\u2019umuganda. Bigaragara ko hari umwuka w\u2019ubusabane hagati yabo. Turabasaba kwirinda ingengabitekerezo ya Jenoside kugira ngo itazongera kubaho ukundi. Hakwiye gukomeza kwiyubaka dushyigikira abarokotse \u00a0jenoside yakorewe Abatutsi, babafasha mu byo bakenera bya buri munsi, bakabahumuriza.\u201d ari nako tubasaba gukomera no gukomeza kwiyubaka.\u201d<\/p>\n<p>[penci_related_posts dis_pview=&#8221;no&#8221; dis_pdate=&#8221;no&#8221; title=&#8221;Izindi nkuru wasoma&#8221; background=&#8221;&#8221; border=&#8221;&#8221; thumbright=&#8221;no&#8221; number=&#8221;4&#8243; style=&#8221;list&#8221; align=&#8221;none&#8221; withids=&#8221;&#8221; displayby=&#8221;recent_posts&#8221; orderby=&#8221;rand&#8221;]<\/p>\n<p>Ngirabakunzi \u00a0yasabye abarokotse \u00a0jenoside yakorewe Abatutsi gukomeza kwihangana no gukomeza urugamba rwo kwiyubaka no kwiteza imbere kandi ko ubuyobozi bwiteguye kubafasha aho badashoboye binyuze muri gahunda za Leta zisanzwe ziriho.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuyobozi n\u2019abaturage b\u2019Imidugudu ya Nyarurembo, Ubuzima na Kabirizi mu Kagari k\u2019Amahoro mu Murenge wa Muhima bavuga ko kugeza ubu nta kimenyetso na kimwe cy\u2019ingengabitekerezo ya Jenoside barabona mu batuye akaga gace. Baratangaza ibi mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 igahitana abasaga miliyoni mu minsi 100. Bamwe mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[27],"tags":[],"class_list":["post-14731","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-kwibuka"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Muhima: Bavuga ko nta ngengabitekerezo ya Jenoside iharangwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14731\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Muhima: Bavuga ko nta ngengabitekerezo ya Jenoside iharangwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuyobozi n\u2019abaturage b\u2019Imidugudu ya Nyarurembo, Ubuzima na Kabirizi mu Kagari k\u2019Amahoro mu Murenge wa Muhima bavuga ko kugeza ubu nta kimenyetso na kimwe cy\u2019ingengabitekerezo ya Jenoside barabona mu batuye akaga gace. Baratangaza ibi mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 igahitana abasaga miliyoni mu minsi 100. Bamwe mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14731\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-04-12T15:37:36+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14731#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14731\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Muhima: Bavuga ko nta ngengabitekerezo ya Jenoside iharangwa\",\"datePublished\":\"2019-04-12T15:37:36+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14731\"},\"wordCount\":472,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"kwibuka\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14731#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14731\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14731\",\"name\":\"Muhima: Bavuga ko nta ngengabitekerezo ya Jenoside iharangwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-04-12T15:37:36+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14731#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14731\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14731#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Muhima: Bavuga ko nta ngengabitekerezo ya Jenoside iharangwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Muhima: Bavuga ko nta ngengabitekerezo ya Jenoside iharangwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14731","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Muhima: Bavuga ko nta ngengabitekerezo ya Jenoside iharangwa - BWIZA","og_description":"Ubuyobozi n\u2019abaturage b\u2019Imidugudu ya Nyarurembo, Ubuzima na Kabirizi mu Kagari k\u2019Amahoro mu Murenge wa Muhima bavuga ko kugeza ubu nta kimenyetso na kimwe cy\u2019ingengabitekerezo ya Jenoside barabona mu batuye akaga gace. Baratangaza ibi mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 igahitana abasaga miliyoni mu minsi 100. Bamwe mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14731","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-04-12T15:37:36+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14731#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14731"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Muhima: Bavuga ko nta ngengabitekerezo ya Jenoside iharangwa","datePublished":"2019-04-12T15:37:36+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14731"},"wordCount":472,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["kwibuka"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14731#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14731","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14731","name":"Muhima: Bavuga ko nta ngengabitekerezo ya Jenoside iharangwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-04-12T15:37:36+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14731#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14731"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14731#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Muhima: Bavuga ko nta ngengabitekerezo ya Jenoside iharangwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14731","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14731"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14731\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14731"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14731"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14731"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}