{"id":14775,"date":"2019-04-14T11:39:32","date_gmt":"2019-04-14T11:39:32","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/04\/14\/muhanga-kuganiriza-ingo-zibanye-nabi-ni-imwe-mu-ngamba-zo-kurandura\/"},"modified":"2025-02-12T12:44:22","modified_gmt":"2025-02-12T10:44:22","slug":"muhanga-kuganiriza-ingo-zibanye-nabi-ni-imwe-mu-ngamba-zo-kurandura","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14775","title":{"rendered":"Muhanga: Kuganiriza ingo zibanye nabi ni imwe mu ngamba zo kurandura amakimbirane yo mu ngo"},"content":{"rendered":"<p>Mu Karere ka Muhanga hari abagore bavuga ko bagifite impungenge z\u2019ubuzima bwabo bitewe n\u2019abagabo babo bakibakubita bitwaje umuco wa cyera wo kumva ko umugore yakubitwaga ,intandaro y\u2019aya makimbirane ngo ni ukumva ko umugabo ari we ufite ijambo rya nyuma ku mikoreshereze y\u2019umutungo w\u2019urugo .<\/p>\n<p>Mu Kagari ka Nyarunyinya mu Murenge wa Cyeza ni hamwe mu hagaragara abagore bakubitwa uretse kuba bibangamiye izi ngo binabangamiye n\u2019abaturanyi b\u2019iyi miryango ihoramo intonganya n\u2019imirwano.<\/p>\n<p>Nyiranzeyimana \u00a0Pelagie utuye muri aka gace avuga ko igihe cyose ahora akubitwa\u00a0 n\u2019umugabo we bamaranye imyaka 25 bashakanye banabyaranye abana 6 ,ikibazo avuga ko yaba abaturanyi be ,ubuyobozi bw\u2019umudugudu ndetse n\u2019akagari bwose buzi ikibazo cye kuko bwagiye bugerageza kenshi kubumva ariko umugabo akanga kwitaba kugeza ubu akaba yaranatorotse batazi aho yagiye.<\/p>\n<p>Agira ati \u00ab,dufitanye abana 6 ariko abakuru babiri b\u2019abahungu yarabamenesheje abirukana \u00a0mu rugo kuko ari bo \u00a0bantabaraga yigeze no kubakubita bajya mu bitaro , bagiye iyo za Kigali nsigarana n\u2019abakobwa bane gusa ,igihe cyose iyo ubuyobozi bwamutumagaho ntiyitabakuko nawe aba abizi ko ampora ubusa\u00bb.<\/p>\n<p>Si uyu mugore wenyine uvuga ko akubitwa kuko muri aka kagari ngo abagore barakubitwaga cyane ariko nyuma y\u2019ibiganiro byahawe imiryango 20 yari yabaruwe ko ibanye nabi ubu 15 muri yo yamaze guhinduka ibanye neza.<\/p>\n<p>Mujawayezu scholastique ushinzwe inama y\u2019Igihugu y\u2019abagore muri aka kagari avuga ko amakimbirane yahabaga cyane cyane ngo yaturukaga ku bagabo \u00a0bahohotera abagore babakubita bitwaje ko cyera hari umuco wo gukubita abagore dore ko nawe yihereye ngo yakubitwaga ariko akaza kubiganiraho n\u2019umugabo we akaba yarabiretse .<\/p>\n<p>Agira ati \u00ab twabaruye ingo zose zibanye nabi mu kagari kacu mbibwira gitifu wacu tukabahuza muri cyumba cy\u2019inama cy\u2019akagari ubundi tukabaganiriza ,tukabagira inama ubu mu miryango 20 twari dufite\u00a0 15 yamaze guhinduka n\u2019indi turacyayegera twizeye ko bizacyemuka kuko hari ubwo usanga bapfa utuntu tworoshye ariko babona ababagira inama bakabireka bagahinduka \u00bb.<\/p>\n<p>Mujawayezu avuga ko ibi babigezeho babifashijwemo n\u2019incuti z\u2019umuryango kuko ari nazo ziba zifite amakuru menshi kubarusha bakayamenya ari bo bayakuyeho.<\/p>\n<p>Ibi binavugwa na Gahutu\u00a0 Louis uhagarariye Incuti z\u2019Umuryango mu murenge wa Nyamabuye nawe wemeza ko iyo ingo zibanye nabi zitaweho zikabona abazisura bakazigira inama zihinduka zikaba nzima kuko nawe mu mudugudu atuyemo yabikoze kandi bigakunda.<\/p>\n<p>Agira ati \u00ab iyo hari umuryango twamenye ubanye nabi turawusura tukagenda turi abagabo n\u2019abagore umubare ungana ,wa muryango tukumva ibyawo iyo tumaze kumva ufite amakosa tubagira inama ,niba ari umugore ba bagenzi bakamubwira uko akwiye\u00a0 yitwara niba ari umugabo nawe gutyo twarabikoze mu mudugudu wacu twari dufitemo imiryango 6 yose yarahindutse ubu babanye neza nabo baratanga ubuhamya.\u00bb<\/p>\n<p>Uwamariya B\u00e9atrice umuyobozi w\u2019akarere ka Muhanga ,avuga ko kuganiriza imiryango ibanye nabi mu buryo buhoraho kandi bwihariye ari ingamba bafashe yo kurandura amakimbirane n\u2019ihohoterwa byo mu ngo .<\/p>\n<p>Agira ati \u00abtwabanje kumenya ababanye nabi dufite urutonde rw\u2019izo ngo ,kimwe cyo twiyemeje ni ukuzegera tukazumva tukaziganiriza ndetse tukanazunga ,kuko nubwo hari ababa bifuza gutandukana ariko si cyo kiba kihutirwa iyo umuryango utanye usanga n\u2019abana babo babayeho nabi bakabura uburere ,ikiba kihutirwa kuri twe ni ukubunga bakubaka umuryango mwiza utekanye ,kuko iyo umuryango udatekanye n\u2019Igihugu ntikiba gitekanye umutekano wa mbere uhera mu ngo kandi urugo rutetekanye n\u2019umuturanyi ntaba atekanye ariko aho tubonye birenze byananiranye icyo gihe tubereka inzira bacamo bagatandukana twirinda ko hazavamo urupfu\u00bb<\/p>\n<p>Meya\u00a0 Uwamariya B\u00e9atrice akomeza agira ati \u00abdufite gahunda y\u2019Umuzi w\u2019ubupfura aho dufata ingo zibanye neza buri muryango tukawuha undi ubanye nabi ukawusura, ukawataho uwugira inama mu biganiro kugeza ubwo uhindutse ndetse dufite na gahunda ya Mvura nkuvure\u00a0 n\u2019ijisho ry\u2019umuturanyi izi gahunda zose ni nziza zigamije kugira inama iyo miryango binyuze mu biganiro kandi twarabibonye hari izahindutse zitanga ubuhamya\u00bb.<\/p>\n<p>Uyu muyobozi kandi akomeza avuga ko buri wa mbere mu ishami rishinzwe imiyoborere muri aka karere hakirwa ibibazo by\u2019abaturage ,umuntu akakirwa mu buryo bwhariye \u00a0kandi akanagirwa inama bitewe n\u2019uko ikibazo kimeze.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu Karere ka Muhanga hari abagore bavuga ko bagifite impungenge z\u2019ubuzima bwabo bitewe n\u2019abagabo babo bakibakubita bitwaje umuco wa cyera wo kumva ko umugore yakubitwaga ,intandaro y\u2019aya makimbirane ngo ni ukumva ko umugabo ari we ufite ijambo rya nyuma ku mikoreshereze y\u2019umutungo w\u2019urugo . Mu Kagari ka Nyarunyinya mu Murenge wa Cyeza ni hamwe mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-14775","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Muhanga: Kuganiriza ingo zibanye nabi ni imwe mu ngamba zo kurandura amakimbirane yo mu ngo - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14775\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Muhanga: Kuganiriza ingo zibanye nabi ni imwe mu ngamba zo kurandura amakimbirane yo mu ngo - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu Karere ka Muhanga hari abagore bavuga ko bagifite impungenge z\u2019ubuzima bwabo bitewe n\u2019abagabo babo bakibakubita bitwaje umuco wa cyera wo kumva ko umugore yakubitwaga ,intandaro y\u2019aya makimbirane ngo ni ukumva ko umugabo ari we ufite ijambo rya nyuma ku mikoreshereze y\u2019umutungo w\u2019urugo . Mu Kagari ka Nyarunyinya mu Murenge wa Cyeza ni hamwe mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14775\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-04-14T11:39:32+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:44:22+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14775#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14775\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Muhanga: Kuganiriza ingo zibanye nabi ni imwe mu ngamba zo kurandura amakimbirane yo mu ngo\",\"datePublished\":\"2019-04-14T11:39:32+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:44:22+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14775\"},\"wordCount\":645,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14775#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14775\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14775\",\"name\":\"Muhanga: Kuganiriza ingo zibanye nabi ni imwe mu ngamba zo kurandura amakimbirane yo mu ngo - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-04-14T11:39:32+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:44:22+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14775#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14775\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14775#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Muhanga: Kuganiriza ingo zibanye nabi ni imwe mu ngamba zo kurandura amakimbirane yo mu ngo\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Muhanga: Kuganiriza ingo zibanye nabi ni imwe mu ngamba zo kurandura amakimbirane yo mu ngo - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14775","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Muhanga: Kuganiriza ingo zibanye nabi ni imwe mu ngamba zo kurandura amakimbirane yo mu ngo - BWIZA","og_description":"Mu Karere ka Muhanga hari abagore bavuga ko bagifite impungenge z\u2019ubuzima bwabo bitewe n\u2019abagabo babo bakibakubita bitwaje umuco wa cyera wo kumva ko umugore yakubitwaga ,intandaro y\u2019aya makimbirane ngo ni ukumva ko umugabo ari we ufite ijambo rya nyuma ku mikoreshereze y\u2019umutungo w\u2019urugo . Mu Kagari ka Nyarunyinya mu Murenge wa Cyeza ni hamwe mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14775","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-04-14T11:39:32+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:44:22+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14775#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14775"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Muhanga: Kuganiriza ingo zibanye nabi ni imwe mu ngamba zo kurandura amakimbirane yo mu ngo","datePublished":"2019-04-14T11:39:32+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:44:22+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14775"},"wordCount":645,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14775#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14775","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14775","name":"Muhanga: Kuganiriza ingo zibanye nabi ni imwe mu ngamba zo kurandura amakimbirane yo mu ngo - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-04-14T11:39:32+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:44:22+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14775#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14775"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14775#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Muhanga: Kuganiriza ingo zibanye nabi ni imwe mu ngamba zo kurandura amakimbirane yo mu ngo"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14775","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14775"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14775\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14775"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14775"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14775"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}