{"id":14784,"date":"2019-04-15T09:42:13","date_gmt":"2019-04-15T09:42:13","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/04\/15\/uyu-munsi-iyo-umenya-ibyaguhesha-amahoro\/"},"modified":"2025-02-25T14:11:25","modified_gmt":"2025-02-25T12:11:25","slug":"uyu-munsi-iyo-umenya-ibyaguhesha-amahoro","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14784","title":{"rendered":"Uyu munsi iyo umenya ibyaguhesha amahoro!"},"content":{"rendered":"<p>Musomyi wa Bwiza.com urahiriwe ku bw\u2019iyi nkuru igusaba kumenya ibyaguhesha amahoro cyane cyane muri kino gihe wugarijwe n\u2019ibibazo ukaba warabuze epfo na ruguru.<\/p>\n<p>Ibibazo urimo byaguteye intimba, agahinda n\u2019amarira adakama bityo ukaba ufite kwiheba kurenze. Reka nkubwire n\u2019ushake urire kuko muri kamere muntu ibyo bibaho, na Yesu ubwe mu mateka ye Bibliya itwereka ko nawe ubwe yarize inshuro ebyiri. Ubwa mbere, Yesu yarize igihe inshuti ye Lazaro yari papfuye ( Yohana 11:35). Ubwa kabiri, Yesu yarize arimo kwitegereza umurwa wa Yerusalemu ( Luka 19:41).<\/p>\n<p>Yesu aririra Lazaro, abayuda bari aho bene wabo, baravuze bati &#8221; nimurebe uko yamukundaga&#8221;. Kuribo bibwiraga ko Yesu yarijijwe n\u2019urupfu rwa Lazaro mu gihe We yarizwaga no kutamenya icyamuzanye aricyo kubakiza ibyaha. Yarebaga uko bamukwenaga mu mitima bagira bati &#8221; mureke turebe ko abasha kumuzura kuko amaze igihe apfuye n\u2019umubiri ukaba waratangiye kubora&#8221;.<\/p>\n<p>Nubwo byari bimeze bityo Yesu yahakoreye igitangaza azura Lazaro, abayuda baratangara. Ibyaha by\u2019abayuda nibyo byateye Yesu kurira. Ibyaha dukora, Yesu arabibona byose uko byakabaye, aho yicaye aratwitegereza maze tukamutera kurira. Gusa kuko ari umunyembabazi n\u2019urukundo, iyo twihannye atubabarira ibicumuro byose maze bikaduhesha amahoro!<\/p>\n<p>Yesu aririra umurwa wa Yerusalemu, naho byatewe n\u2019uko yari azi ibiwukorerwamo bidashimisha Imana. Abayuda bari mu buyobe bakora ibyaha bitandukanye nko gusenga ibigirwamana, ubusambanyi no kugeza igihe bahindura ingoro y\u2019Imana inzu y\u2019ubucuruzi. Byongeye ni naho hacurirwaga umugambi wo kumufata no kumwica.<\/p>\n<p>Yesu ageze ku musozi wa Elayono, yitegereza uwo murwa n\u2019ibyaha biwukorerwamo maze araturika ararira. Niko kugira ati &#8221; uyu munsi nawe iyo umenya ibyaguhesha amahoro! Ariko noneho biguhishwe amaso yawe&#8221;. Ubu urakora ibyaha uko wishakiye ukagira ngo Yesu ntakureba. Byose arabibona uko byakabaye kandi bimutera amarira n\u2019agahinda. Yabaye wihanaga ukamenya ubyaguhesha amahoro! Inzira n\u2019ukwihana gusa maze ukareka ibyaha nawe akakubabarira.<\/p>\n<p>Muri iki gice cya Luka, iyo ukomeje kugisoma , cyerekana neza uko Yesu arira kubera ibyaha navuze hejuru byakorerwaga muri uwo murwa, yanarebaga uko Yerusalemu igiye kurimbuka kugeza ubwo isenyuka hagasigara nta buye rigeretse kurindi kubera ko itamenye igihe cyo kugendererwa.<\/p>\n<p>Wowe usoma iyi nkuru, ukaba ubuze amahoro mu mutima kubera ko urembejwe n\u2019ibyakubase bigutandukanya n\u2019Imana yawe, urahiriwe kuko wasanga iki aricyo gihe cyawe cyo kugendererwamo. Iki nicyo gihe cyawe, ureke gutegereza ejo kuko ukeneye kumenya ubyaguhesha amahoro. Nta mpamvu yo kubura amahoro kubera kuremererwa n\u2019unutwaro w\u2018ibyaha. None se si we wivugira ngo &#8221; yemwe abarushye n\u2019abaremerewe nimunsange ndabaruhura?&#8221; akongera ati &#8221; nimumwikoreze imitwaro yanyu yose arabaruhura?&#8221;!<\/p>\n<p>Yabaye wamenyaga ubyaguhesha amahoro, kuko uyu munsi hari ibyo utazi biguhishe amaso bishobora kukubaho, kandi umenye ko ari cyo gihe cyawe cyo kugendererwamo. Wikomeza gutera Yesu agahinda no kumubabaza kubera ibyaha byawe.<\/p>\n<p>Munyakayanza Samuel<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Musomyi wa Bwiza.com urahiriwe ku bw\u2019iyi nkuru igusaba kumenya ibyaguhesha amahoro cyane cyane muri kino gihe wugarijwe n\u2019ibibazo ukaba warabuze epfo na ruguru. Ibibazo urimo byaguteye intimba, agahinda n\u2019amarira adakama bityo ukaba ufite kwiheba kurenze. Reka nkubwire n\u2019ushake urire kuko muri kamere muntu ibyo bibaho, na Yesu ubwe mu mateka ye Bibliya itwereka ko nawe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-14784","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Uyu munsi iyo umenya ibyaguhesha amahoro! - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14784\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Uyu munsi iyo umenya ibyaguhesha amahoro! - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Musomyi wa Bwiza.com urahiriwe ku bw\u2019iyi nkuru igusaba kumenya ibyaguhesha amahoro cyane cyane muri kino gihe wugarijwe n\u2019ibibazo ukaba warabuze epfo na ruguru. Ibibazo urimo byaguteye intimba, agahinda n\u2019amarira adakama bityo ukaba ufite kwiheba kurenze. Reka nkubwire n\u2019ushake urire kuko muri kamere muntu ibyo bibaho, na Yesu ubwe mu mateka ye Bibliya itwereka ko nawe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14784\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-04-15T09:42:13+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:11:25+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14784#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14784\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Uyu munsi iyo umenya ibyaguhesha amahoro!\",\"datePublished\":\"2019-04-15T09:42:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:11:25+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14784\"},\"wordCount\":438,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14784#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14784\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14784\",\"name\":\"Uyu munsi iyo umenya ibyaguhesha amahoro! - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-04-15T09:42:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:11:25+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14784#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14784\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14784#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Uyu munsi iyo umenya ibyaguhesha amahoro!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Uyu munsi iyo umenya ibyaguhesha amahoro! - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14784","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Uyu munsi iyo umenya ibyaguhesha amahoro! - BWIZA","og_description":"Musomyi wa Bwiza.com urahiriwe ku bw\u2019iyi nkuru igusaba kumenya ibyaguhesha amahoro cyane cyane muri kino gihe wugarijwe n\u2019ibibazo ukaba warabuze epfo na ruguru. Ibibazo urimo byaguteye intimba, agahinda n\u2019amarira adakama bityo ukaba ufite kwiheba kurenze. Reka nkubwire n\u2019ushake urire kuko muri kamere muntu ibyo bibaho, na Yesu ubwe mu mateka ye Bibliya itwereka ko nawe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14784","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-04-15T09:42:13+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:11:25+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14784#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14784"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Uyu munsi iyo umenya ibyaguhesha amahoro!","datePublished":"2019-04-15T09:42:13+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:11:25+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14784"},"wordCount":438,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14784#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14784","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14784","name":"Uyu munsi iyo umenya ibyaguhesha amahoro! - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-04-15T09:42:13+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:11:25+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14784#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14784"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14784#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Uyu munsi iyo umenya ibyaguhesha amahoro!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14784","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14784"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14784\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14784"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14784"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14784"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}