{"id":14811,"date":"2019-04-16T10:51:43","date_gmt":"2019-04-16T10:51:43","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/04\/16\/u-rwanda-rurarinzwe-kandi-rufite-umutekano-nta-waruhungabanya-guverineri-gasana\/"},"modified":"2025-02-12T12:43:59","modified_gmt":"2025-02-12T10:43:59","slug":"u-rwanda-rurarinzwe-kandi-rufite-umutekano-nta-waruhungabanya-guverineri-gasana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14811","title":{"rendered":"U Rwanda  rurarinzwe  kandi rufite umutekano nta waruhungabanya- Guverineri Gasana"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ubwo\u00a0<\/em> <\/strong>  <strong> <em>mu Murenge wa Kiyumba, mu cyahoze ari Komini Nyabikenke bibukaga<\/em> <\/strong>  <strong> <em> ku nshuro ya 25 jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,\u00a0 \u00a0umuyobozi\u00a0 w\u2019Intara y\u2019Amajyepfo, Gasana K.Emmanuel yahumurije abarokotse\u00a0 jenoside\u00a0 ababwira ko imbaraga zakoreshejwe n\u2019ingabo za FPR- Inkotanyi zirokora U Rwanda ntaho zagiye ahubwo ngo zikubye kabiri.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Guverineri Gasana\u00a0 avuga ko U Rwanda rurinzwe\u00a0 kandi rufite umutekano nta waruhungabanya. Avuga ko n\u2019Abacengezi bari barayogoje agace ka Ndiza mu 1999 igihe gitoya abatarapfuye basubiye muri Congo n\u2019ubu bagishaka kuza koreka imbaga y\u2019Abanyarwanda.<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko imiyoborere myiza ya Perezida wa Repubulika, Paul Kagame ari yo yatumye\u00a0 Kiyumba mu mateka yayo ubu harimo kubakwa ibitaro by\u2019intangarugero\u00a0 ndetse n\u2019amashuri meza y\u2019imyuga atanga ubumenyi n\u2019ubushobozi benda gutaha bugufi, byose bikazafasha abaturage baho kugira ngo bagire imibereho myiza ndetse n\u2019imihanda irimo kuhubakwa n\u2019iterambere barimo kubona uyu munsi.<\/p>\n<p>Agira ati \u00abMuhumure n&#8217;ubwo mwabuze abanyu\u00a0 mufite Igihugu, mufite ubuyobozi bwiza bufite politiki nziza kandi yubakiye ku ndangagaciro na za kirazira nyarwanda ,u Rwanda ruzira amacakubiri ni umuryango wanyu rero kandi rero ni umuryango ubafite ku mutima \u00bb.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019akarere ka Muhanga, Uwamariya B\u00e9atrice avuga ko aka gace ka Kiyumba kari agace katari koroshye kuko hari harimo Interahamwe\u00a0 kandi n\u2019abayobozi baho bari zo ndetse hakiyongeraho n\u2019Interahamwe z\u2019uwari Mbonimana Callixte wari Minisitirii w\u2019urubyiruko n\u2019amakoperative uvuka muri aka gace.<\/p>\n<p>Agira ati \u00abKurokokera muri aka gace ntibyari byoroshye, abayobozi yaba uwari Burugumesitiri, yaba Callixte Nzabonimana bose bari bafite\u00a0 Interahamwe zitorezaga muri iyi misozi ya Ndiza \u00a0\u00a0hakiyongeraho ko uwari Minisitiri w\u2019intebe w\u2019icyo gihe Kambanda Jean ubwo yazaga kubasura aho bitorezaga abazaniye imbunda akabereka ko na we ayifite yari ku murenge wa Kibangu.\u00bb<\/p>\n<p>Umwe mu barokotse Jenoside, Muzuri Cl\u00e9ment, avuga ko ubwo bahungiraga ku biro bya Komini Nyabikenke bizeye ubutabazi n\u2019ubuhungiro batabibonye ko ahubwo kuri ibi biro haguye Abatutsi benshi bari bahahungiye ndetse ngo Interahamwe zazaga kubica wabonaga ko zikora nk\u2019izahawe Akazi.<\/p>\n<p>Agira ati \u00ab Bazaga bambaye bitakuma\u00a0 n\u2019imihoro na za Ntamongano y\u2019Umwanzi ubona ko aria bantu barimo gukorera ibihembo koko atari ukwica gusa ,kuko Abatutsi biciwe ku biro bishwe nabi bakatubwira ngo tubasohokere mu biro byabo kandi byarubakiwe Abaturage bose.\u00bb<\/p>\n<p>Mico Joseph ushinzwe amategeko mu muryango Ibuka mu karere ka Muhanga avuga ko muri rusange Abacitse ku icumu bari babayeho bakomeye ariko bagicibwa intege na bamwe bavuga amagambo abakomeretsa kandi ari abanyabwenge bize ndetse bakaminuza mu miterere ya muntu (philosophia) ariko ngo ntibacika intege kuko bazi umurongo mwiza Leta yashyizeho w\u2019ubumwe n\u2019ubwiyunge n\u2019umuco w\u2019amahoro.<\/p>\n<p>Agira ati \u00ab Icyo nsaba Abacitse ku icumu bakomeza gukora\u00a0 badacitse intege kuko iyo unyura mu bikomeye nubwo bigutera ibikomeye ariko bisiga ukomeye uko gukomera kwacu rero ni zo mbaraga zizatuma twubaka Igihugu.\u00bb<\/p>\n<p>Muri uyu murenge wa Kiyumba hashyinguwe Abantu 730 abahatuye bavuga ko uyu mubare ari mutoya ukurikije Abatutsi bagiye bicirwa ku misozi muri aka gace ,Ubuyobozi bukaba bukomeje gusaba abaturage ko uwaba azi ahajugunywe abantu yahavuga nabo bagashyingurwa mu cyubahiro.<\/p>\n<p><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-130959 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/IMG-20190415-WA0018.jpg\" alt=\"\" width=\"1080\" height=\"607\" \/><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubwo\u00a0 mu Murenge wa Kiyumba, mu cyahoze ari Komini Nyabikenke bibukaga ku nshuro ya 25 jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,\u00a0 \u00a0umuyobozi\u00a0 w\u2019Intara y\u2019Amajyepfo, Gasana K.Emmanuel yahumurije abarokotse\u00a0 jenoside\u00a0 ababwira ko imbaraga zakoreshejwe n\u2019ingabo za FPR- Inkotanyi zirokora U Rwanda ntaho zagiye ahubwo ngo zikubye kabiri. Guverineri Gasana\u00a0 avuga ko U Rwanda rurinzwe\u00a0 kandi rufite umutekano [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-14811","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda rurarinzwe kandi rufite umutekano nta waruhungabanya- Guverineri Gasana - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14811\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda rurarinzwe kandi rufite umutekano nta waruhungabanya- Guverineri Gasana - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubwo\u00a0 mu Murenge wa Kiyumba, mu cyahoze ari Komini Nyabikenke bibukaga ku nshuro ya 25 jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,\u00a0 \u00a0umuyobozi\u00a0 w\u2019Intara y\u2019Amajyepfo, Gasana K.Emmanuel yahumurije abarokotse\u00a0 jenoside\u00a0 ababwira ko imbaraga zakoreshejwe n\u2019ingabo za FPR- Inkotanyi zirokora U Rwanda ntaho zagiye ahubwo ngo zikubye kabiri. Guverineri Gasana\u00a0 avuga ko U Rwanda rurinzwe\u00a0 kandi rufite umutekano [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14811\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-04-16T10:51:43+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:43:59+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/IMG-20190415-WA0018.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14811#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14811\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"U Rwanda rurarinzwe kandi rufite umutekano nta waruhungabanya- Guverineri Gasana\",\"datePublished\":\"2019-04-16T10:51:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:43:59+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14811\"},\"wordCount\":497,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14811#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/04\\\/IMG-20190415-WA0018.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14811#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14811\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14811\",\"name\":\"U Rwanda rurarinzwe kandi rufite umutekano nta waruhungabanya- Guverineri Gasana - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14811#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14811#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/04\\\/IMG-20190415-WA0018.jpg\",\"datePublished\":\"2019-04-16T10:51:43+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:43:59+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14811#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14811\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14811#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14811#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda rurarinzwe kandi rufite umutekano nta waruhungabanya- Guverineri Gasana\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda rurarinzwe kandi rufite umutekano nta waruhungabanya- Guverineri Gasana - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14811","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda rurarinzwe kandi rufite umutekano nta waruhungabanya- Guverineri Gasana - BWIZA","og_description":"Ubwo\u00a0 mu Murenge wa Kiyumba, mu cyahoze ari Komini Nyabikenke bibukaga ku nshuro ya 25 jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,\u00a0 \u00a0umuyobozi\u00a0 w\u2019Intara y\u2019Amajyepfo, Gasana K.Emmanuel yahumurije abarokotse\u00a0 jenoside\u00a0 ababwira ko imbaraga zakoreshejwe n\u2019ingabo za FPR- Inkotanyi zirokora U Rwanda ntaho zagiye ahubwo ngo zikubye kabiri. Guverineri Gasana\u00a0 avuga ko U Rwanda rurinzwe\u00a0 kandi rufite umutekano [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14811","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-04-16T10:51:43+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:43:59+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/IMG-20190415-WA0018.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14811#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14811"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"U Rwanda rurarinzwe kandi rufite umutekano nta waruhungabanya- Guverineri Gasana","datePublished":"2019-04-16T10:51:43+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:43:59+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14811"},"wordCount":497,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14811#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/IMG-20190415-WA0018.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14811#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14811","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14811","name":"U Rwanda rurarinzwe kandi rufite umutekano nta waruhungabanya- Guverineri Gasana - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14811#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14811#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/IMG-20190415-WA0018.jpg","datePublished":"2019-04-16T10:51:43+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:43:59+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14811#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14811"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14811#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14811#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda rurarinzwe kandi rufite umutekano nta waruhungabanya- Guverineri Gasana"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14811","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14811"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14811\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14811"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14811"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14811"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}