{"id":14847,"date":"2019-04-18T17:16:19","date_gmt":"2019-04-18T17:16:19","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/04\/18\/indirimbo-dusohoze-ikivi-yahurijwemo-abahanzi-the-ben-masamba-tonzi-aaron\/"},"modified":"2025-02-03T01:47:20","modified_gmt":"2025-02-02T23:47:20","slug":"indirimbo-dusohoze-ikivi-yahurijwemo-abahanzi-the-ben-masamba-tonzi-aaron","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14847","title":{"rendered":"Indirimbo \u201cDusohoze ikivi\u201d yahurijwemo abahanzi The Ben, Masamba, Tonzi, Aaron Nitunga ibumbatiye ubutumwa"},"content":{"rendered":"<p> <em> <strong>Abahanzi batandukanye barimo The Ben, Masamba Intore, Tonzi, Aaron Nitunga n\u2019abandi batandukanye bahuriye mu ndirimbo yitwa \u2018Dusohoze ikivi\u2019yibanda ku gukangurira abantu kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside, gukunda igihugu, guhumuriza abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi n\u2019ubundi butumwa butandukanye.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Umwanditsi w\u2019iyi ndirimbo, Merchiore Mecky Kayiranga avuga ko igitekerezo cyavuye ku wundi muntu ariko iyi ndirimbo yaje kuyandika akayishyiramo ubutumwa bw\u2019ingirakamaro ku Banyarwanda by\u2019umwihariko mu rugamba barimo rwo kubaka igihugu cyabo banakirinda.<\/p>\n<p>Ati \u201c Iyi ndirimbo ni iya buri muntu wese uzabasha kuyumva, ibumbatiye ubutumwa. Ni iy\u2019Abanyarwanda. Ni indirimbo ivuga ku\u00a0 Rwanda \u00a0rwavuye ahabi ariko rukaba ari ikitegererezo, kubera ko abana barwo babaye nka ya mashami yashibutse ku giti cy\u2019umuzabibu. Aya mashami yaje kwera amagana hatitawe ku bicantege cyangwa ibigoye bihari buri Munyarwanda uriho uyu munsi yarakwiye kusa ikivi, yarakwiye guharanira ko jenoside itazongera kubaho, gukunda u Rwanda n\u2019abarutuye bikaba intego.\u201d<\/p>\n<p>Uyu mwanditsi avuga ko bitamworoheye guhuriza hamwe aba bahanzi bamwe baba hanze y&#8217;u Rwanda ariko ko ku bw&#8217;Imana iyi ndirimbo yabashije kugera ku musozo.<\/p>\n<p>Ati \u201c Ntibyari byoroshye guhuriza hamwe aba bahanzi bose haba ababa hanze y\u2019igihugu ndetse n\u2019abo mu Rwanda. Hari abandi bahanzi twashakaga ko bayiririmbamo ariko ntibyakunze. Abayiririmbamo ni abagize ubushake n\u2019ubwitange bwo gutanga ubutumwa bwabo kandi bumvaga iki gitekerezo ari cyiza babidufashamo.\u201d<\/p>\n<p>Kayiranga avuga ko iyi ndirimbo y\u2019iminota itanu n\u2019amasegonda 57 iri mu njyana ya R&#038; B, ikaba yaratunganyijwe na Aaron Niyitunga mu gihugu cya Canada, itarashyirwa ku mugaragaro kuko igisuzumwa na Komisiyo y\u2019Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ariko ko mu minsi ya vuba izagera ku Banyarwanda.<\/p>\n<p> <strong>Kanda hano ubone amagambo agize indirimbo &#8221; Dusohoje ikivi&#8221;\u00a0<a href=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/Dusohoze-ikivi.pdf\">https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/Dusohoze-ikivi.pdf<\/a><\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Ubutumwa bwa buri muhanzi waririmbye muri iyi ndirimbo<\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p> <strong><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-131157 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/ben.jpg\" alt=\"\" width=\"700\" height=\"700\" \/>\u00a0<\/strong> <\/p>\n<p> <strong>The Ben\u00a0 <\/strong> <\/p>\n<p>The Ben \u00a0ni umuhanzi wamamaye hano mu Rwanda ukunzwe n\u2019abatari bacye ariko kuri ubu akaba aba muri Amerika. Avuga ko Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 25 bivuze ibintu bitanu kuri we ari byo : Amateka, Kwiyubaka, Iterambere, Kubaho, Kurwanya ingengabitekerezo ya genoside n\u2019inzangano.<\/p>\n<p>Yongeraho ko\u00a0 &#8221; mu ndirimbo \u201c Dusohoze ikivi\u201d \u00a0\u201cndahumuriza u Rwanda ngira nti, humura ntacyo uzaba nubwo hakiri abashaka gukoza inkoni mu nkovu.\u201d<\/p>\n<p> <strong><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-131159 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/Mbabazi-Phiona-1024x576.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"576\" \/>Mbabazi Phiona<\/strong> <\/p>\n<p>Mbabazi Phiona ni umuhanzi uzwi mu Rwanda avuga ko Abanyarwanda bakwiye guhora bibuka abishwe urubozo bazira akarengane.<\/p>\n<p>Ati \u201cNdashimangira kubibuka kuko tubibagiwe twaba twiyibagiwe. Jye nawe dukomeze twibuke abana b\u2019uRwanda umwanzi yatesheje ubuzima. Hanyuma twibuke tuniyubaka kuko Imana idushyigikiye muri byose\u201d.<\/p>\n<p> <strong><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-131161 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/Ntwari-Didier.jpg\" alt=\"\" width=\"696\" height=\"982\" \/>Ntwali Didier<\/strong> <\/p>\n<p>Ntwali Didier ni umuhanzi akaba na Producer. Mu butumwa bwe yagize ati \u201cNanjye reka mfate umwanya umuntu wese mushimire ku kwitanga kwe, ibi bigaragaza ko buri wese yateye intambwe yo kumva ko ibyabaye mu Rwanda na jenoside yakorewe Abatutsi idakwiye kongera kubaho ukundi . By\u2019umwihariko amagambo naririmbye nti tuzirikane abavandimwe bacu jenoside yakorewe abatutsi yatumazeho imiryango \u201d mbiririmba numvaga ndikubyumva cyane kuko byangezeho mbirebesha amaso yange rero numvaga ibyo ndirimba mbyumva cyane.\u201d<\/p>\n<p>Ashimangira ko ibikomere bya Jenoside bidakira,\u00a0 akongeraho ati \u201cReka twibuke twiyubaka twuse ikivi cy\u2019abana b\u2019u Rwanda bishwe. Ndangije nsaba Imana ngo idukomeze kandi idusigasire mubiganza byayo nk\u2019Abanyarwanda.\u201d<\/p>\n<p> <strong><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-131156 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/Bahati-Alphonse-1024x869.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"869\" \/><\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Bahati Alphonse<\/strong> <\/p>\n<p>Bahati Alphonse yungamo ati \u201cTwese hamwe dukomeze twibuke abacu bazize Jenoside yakorewe Abatutsi ariko cyane dukoreshe imbaraga zacu zose tunyomoza abahakana bakanapfobya Jenoside yakorewe Abatutsi kugira ngo ibyabaye ntibizongere kubaho ukundi mu rwatubyaye. Rwanda gihugu cyacu komera kandi ukomerane nabawe byumwihariko abashegeshwe nokubura Ababyeyi Abavandimwe ninshuti muri Jenoside yakorewe Abatutsi.&#8221;<\/p>\n<p>Ashimirakandi abagize \u00a0igitekerezo cyo kuguhuriza hamwe bagenzi be ngo bafatanye guhumuriza no gufata mu mugongo Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.<\/p>\n<p> <strong><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-131162 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/Tonzi-2.jpg\" alt=\"\" width=\"972\" height=\"768\" \/><\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Tonzi<\/strong> <\/p>\n<p>Tonzi we yagize ati <em>\u201c<\/em> Ubutumwa nuko twakomeza kwibuka twiyubaka, kandi duharanira ko ibyabaye bitazongera kubaho ukundi, jenocide against the Tutsi never again.\u201d<\/p>\n<p> <strong><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-131158 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/Masamba.jpg\" alt=\"\" width=\"800\" height=\"564\" \/><\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Masamba Intore<\/strong> <\/p>\n<p>\u201cDUSOHOZE IKIVI\u201d ni indirimbo y\u2019u Rwanda. Masamba Intore aranguruye Ijwi agira ari \u00ab\u00a0\u00a0 Va mu icuraburindi ryazanywe n\u2019abakwangwa urwanye abazapfobya genoside yakubayeho.<\/p>\n<p> <strong><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-131155 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/Aime.jpg\" alt=\"\" width=\"899\" height=\"599\" \/><\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Aime Uwimana<\/strong> <\/p>\n<p>Aime Uwimana ati \u201cTwibuke Jenoside yakorewe abatutsi, twamagane n&#8217;igisa nayo cyose. Never again. Imana ikomeze abacitse ku icumu ikomeze yubake Urwanda n&#8217;abanyatwanda iduhe ibitekerezo bizima n&#8217;urukundo nyarwo.\u201d<\/p>\n<p> <strong><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-131163 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/Tunga-Aaron.jpg\" alt=\"\" width=\"780\" height=\"520\" \/><\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Aaron Nitunga<\/strong> <\/p>\n<p>Producer Aaron Nitunga ati \u201c Imana ishimwe kandi ihe umugisha abazusa ikivi cy\u2019urukundo rw\u2019abacu bazize Jenoside yakorewe Abatutsi badusigiye.\u201d<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-131176 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/Abahanzi-Coming-soon.jpg\" alt=\"\" width=\"677\" height=\"1200\" \/><\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abahanzi batandukanye barimo The Ben, Masamba Intore, Tonzi, Aaron Nitunga n\u2019abandi batandukanye bahuriye mu ndirimbo yitwa \u2018Dusohoze ikivi\u2019yibanda ku gukangurira abantu kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside, gukunda igihugu, guhumuriza abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi n\u2019ubundi butumwa butandukanye. Umwanditsi w\u2019iyi ndirimbo, Merchiore Mecky Kayiranga avuga ko igitekerezo cyavuye ku wundi muntu ariko iyi ndirimbo yaje kuyandika akayishyiramo ubutumwa [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[355],"tags":[],"class_list":["post-14847","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-imyidagaduro-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Indirimbo \u201cDusohoze ikivi\u201d yahurijwemo abahanzi The Ben, Masamba, Tonzi, Aaron Nitunga ibumbatiye ubutumwa - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14847\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Indirimbo \u201cDusohoze ikivi\u201d yahurijwemo abahanzi The Ben, Masamba, Tonzi, Aaron Nitunga ibumbatiye ubutumwa - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abahanzi batandukanye barimo The Ben, Masamba Intore, Tonzi, Aaron Nitunga n\u2019abandi batandukanye bahuriye mu ndirimbo yitwa \u2018Dusohoze ikivi\u2019yibanda ku gukangurira abantu kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside, gukunda igihugu, guhumuriza abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi n\u2019ubundi butumwa butandukanye. Umwanditsi w\u2019iyi ndirimbo, Merchiore Mecky Kayiranga avuga ko igitekerezo cyavuye ku wundi muntu ariko iyi ndirimbo yaje kuyandika akayishyiramo ubutumwa [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14847\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-04-18T17:16:19+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:47:20+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/ben.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14847#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14847\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Indirimbo \u201cDusohoze ikivi\u201d yahurijwemo abahanzi The Ben, Masamba, Tonzi, Aaron Nitunga ibumbatiye ubutumwa\",\"datePublished\":\"2019-04-18T17:16:19+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:47:20+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14847\"},\"wordCount\":684,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14847#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/04\\\/ben.jpg\",\"articleSection\":[\"imyidagaduro\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14847#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14847\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14847\",\"name\":\"Indirimbo \u201cDusohoze ikivi\u201d yahurijwemo abahanzi The Ben, Masamba, Tonzi, Aaron Nitunga ibumbatiye ubutumwa - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14847#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14847#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/04\\\/ben.jpg\",\"datePublished\":\"2019-04-18T17:16:19+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:47:20+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14847#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14847\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14847#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14847#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Indirimbo \u201cDusohoze ikivi\u201d yahurijwemo abahanzi The Ben, Masamba, Tonzi, Aaron Nitunga ibumbatiye ubutumwa\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Indirimbo \u201cDusohoze ikivi\u201d yahurijwemo abahanzi The Ben, Masamba, Tonzi, Aaron Nitunga ibumbatiye ubutumwa - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14847","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Indirimbo \u201cDusohoze ikivi\u201d yahurijwemo abahanzi The Ben, Masamba, Tonzi, Aaron Nitunga ibumbatiye ubutumwa - BWIZA","og_description":"Abahanzi batandukanye barimo The Ben, Masamba Intore, Tonzi, Aaron Nitunga n\u2019abandi batandukanye bahuriye mu ndirimbo yitwa \u2018Dusohoze ikivi\u2019yibanda ku gukangurira abantu kurwanya ingengabitekerezo ya jenoside, gukunda igihugu, guhumuriza abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi n\u2019ubundi butumwa butandukanye. Umwanditsi w\u2019iyi ndirimbo, Merchiore Mecky Kayiranga avuga ko igitekerezo cyavuye ku wundi muntu ariko iyi ndirimbo yaje kuyandika akayishyiramo ubutumwa [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14847","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-04-18T17:16:19+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:47:20+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/ben.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14847#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14847"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Indirimbo \u201cDusohoze ikivi\u201d yahurijwemo abahanzi The Ben, Masamba, Tonzi, Aaron Nitunga ibumbatiye ubutumwa","datePublished":"2019-04-18T17:16:19+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:47:20+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14847"},"wordCount":684,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14847#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/ben.jpg","articleSection":["imyidagaduro"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14847#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14847","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14847","name":"Indirimbo \u201cDusohoze ikivi\u201d yahurijwemo abahanzi The Ben, Masamba, Tonzi, Aaron Nitunga ibumbatiye ubutumwa - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14847#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14847#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/04\/ben.jpg","datePublished":"2019-04-18T17:16:19+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:47:20+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14847#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14847"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14847#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14847#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Indirimbo \u201cDusohoze ikivi\u201d yahurijwemo abahanzi The Ben, Masamba, Tonzi, Aaron Nitunga ibumbatiye ubutumwa"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14847","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14847"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14847\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14847"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14847"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14847"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}