{"id":14898,"date":"2019-04-22T12:12:17","date_gmt":"2019-04-22T12:12:17","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/04\/22\/ndababaye-cyane-nyuma-yo-kuva-gusenga-nkasanga-mama-arimo-gusambana-n-umugabo\/"},"modified":"2025-02-03T01:02:03","modified_gmt":"2025-02-02T23:02:03","slug":"ndababaye-cyane-nyuma-yo-kuva-gusenga-nkasanga-mama-arimo-gusambana-n-umugabo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14898","title":{"rendered":"Ndababaye cyane nyuma yo kuva gusenga nkasanga mama arimo gusambana n\u2019umugabo ntazi- NKORE IKI?"},"content":{"rendered":"<p>Data yatubyaye turi batatu, abakobwa babiri n\u2019umuhungu umwe, ni njye mukobwa w\u2019imfura nkaba mfite imyaka 23, dutuye mu karere ka Gasabo, mama ni umwarimukazi, papa akaba ari umushoferi.<\/p>\n<p>Data ni umugabo ukunda umuryango we, igihe cyose aba ahangayikishijwe n\u2019icyadutunga, ku buryo n\u2019ejo kuri pasika yari afite ikiraka cyo gutwara abagenzi bari bagiye mu birori mu Ntara.<\/p>\n<p>Nagiye gusenga mvira mu rugo rimwe na mama ariko ntabwo nigeze mubaza aho agiye, aho ntahiye nka saa munani, natunguwe no gusanga mama aryamanye n\u2019undi mugabo ntazi, icyambabaje no kurenza ibyo nasanze bari mu cyumba cyanjye, ku buriri ndarahi, ku buryo nabaguye hejuru nkabura aho ndigitira.<\/p>\n<p>Ninjiye mu gipangu nsanga haparitse imodoka ya RAVA, naketse ko ari nk\u2019umuntu waje kureba papa, kuko iyo yiriwe mu rugo hari bagenzi be baza kumutwara bagiye nko gusoma rimwe, ubwo nabanje kwinjira mu cyumba cyanjye ngo mbike agakote nari nambaye k\u2019imbeho ngo mbone kujya muri salo gusuhuza uwo nakekaga ko ari umushyitsi.<\/p>\n<p>Mana we, nkinjira nakubiswe n\u2019inkuba, n\u2019umukobwa w\u2019umukozi wari hanze nkeka ko atigeze amenya ibyo barimo, bishoboke ko yari azi ko bari muri salo.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019ibyo naragiye nicara muri salo ndarira kuko numvaga umutima wanjye wenda guturika. Hashize nk\u2019iminota 20 nibwo numvise cya kigabo cyakije imodoka kiragenda, gusa naragiketse.<\/p>\n<p>Ubwo mama yasigaye ampata ibitutsi, ngo mucungamo iki? Ngo ndi inkunguzi, ngo ngamije kumusenyera, ngo ubwo data azantunge nibyo nshaka,\u2026. Mbese nagize ngo yanasaze. Ijambo rimwe na mubwiye nagize nti \u2018Niboneye ibyo data yigeze kugushinja ukamugira umusazi\u2019.<\/p>\n<p>Hari hashize amezi nk\u2019abiri ashwanye na papa, uwo munsi yamubazaga umugabo bacuditse n\u2019icyo bagamije, kubera ko papa atavuga menshi mama yitereye hejuru cyane, ngo amushinje uburaya, birangirira aho ariko papa amubwira ko azamuha ibimenyetso bifatika kandi ko atazamubabarira.<\/p>\n<p>Nyuma yo kumufata, ubu nabuze icyo nkora, ndatekereza kubibwira papa nkasanga ritari bureme ndaba ndusenye burundu. Mama we afite ibimwaro birenze kuko naramwifatiye, aho kunsaba imbabazi akaba arimo kunyuka inabi.<\/p>\n<p>Mungire inama, nkore iki? Ndababaye cyane, kubona data atajya aruhuka ashaka uko tubaho neza, mama we akirirwa amuca inyuma! N\u2019uburiri bwanjye nasanze bakoreramo ibyo bishitani natinye no kuburyamaho. Ndababaye. Murakoze!<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Data yatubyaye turi batatu, abakobwa babiri n\u2019umuhungu umwe, ni njye mukobwa w\u2019imfura nkaba mfite imyaka 23, dutuye mu karere ka Gasabo, mama ni umwarimukazi, papa akaba ari umushoferi. Data ni umugabo ukunda umuryango we, igihe cyose aba ahangayikishijwe n\u2019icyadutunga, ku buryo n\u2019ejo kuri pasika yari afite ikiraka cyo gutwara abagenzi bari bagiye mu birori mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-14898","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ndababaye cyane nyuma yo kuva gusenga nkasanga mama arimo gusambana n\u2019umugabo ntazi- NKORE IKI? - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14898\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ndababaye cyane nyuma yo kuva gusenga nkasanga mama arimo gusambana n\u2019umugabo ntazi- NKORE IKI? - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Data yatubyaye turi batatu, abakobwa babiri n\u2019umuhungu umwe, ni njye mukobwa w\u2019imfura nkaba mfite imyaka 23, dutuye mu karere ka Gasabo, mama ni umwarimukazi, papa akaba ari umushoferi. Data ni umugabo ukunda umuryango we, igihe cyose aba ahangayikishijwe n\u2019icyadutunga, ku buryo n\u2019ejo kuri pasika yari afite ikiraka cyo gutwara abagenzi bari bagiye mu birori mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14898\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-04-22T12:12:17+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:02:03+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14898#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14898\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ndababaye cyane nyuma yo kuva gusenga nkasanga mama arimo gusambana n\u2019umugabo ntazi- NKORE IKI?\",\"datePublished\":\"2019-04-22T12:12:17+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:03+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14898\"},\"wordCount\":365,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14898#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14898\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14898\",\"name\":\"Ndababaye cyane nyuma yo kuva gusenga nkasanga mama arimo gusambana n\u2019umugabo ntazi- NKORE IKI? - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-04-22T12:12:17+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:03+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14898#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14898\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14898#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ndababaye cyane nyuma yo kuva gusenga nkasanga mama arimo gusambana n\u2019umugabo ntazi- NKORE IKI?\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ndababaye cyane nyuma yo kuva gusenga nkasanga mama arimo gusambana n\u2019umugabo ntazi- NKORE IKI? - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14898","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ndababaye cyane nyuma yo kuva gusenga nkasanga mama arimo gusambana n\u2019umugabo ntazi- NKORE IKI? - BWIZA","og_description":"Data yatubyaye turi batatu, abakobwa babiri n\u2019umuhungu umwe, ni njye mukobwa w\u2019imfura nkaba mfite imyaka 23, dutuye mu karere ka Gasabo, mama ni umwarimukazi, papa akaba ari umushoferi. Data ni umugabo ukunda umuryango we, igihe cyose aba ahangayikishijwe n\u2019icyadutunga, ku buryo n\u2019ejo kuri pasika yari afite ikiraka cyo gutwara abagenzi bari bagiye mu birori mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14898","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-04-22T12:12:17+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:02:03+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14898#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14898"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ndababaye cyane nyuma yo kuva gusenga nkasanga mama arimo gusambana n\u2019umugabo ntazi- NKORE IKI?","datePublished":"2019-04-22T12:12:17+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:03+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14898"},"wordCount":365,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14898#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14898","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14898","name":"Ndababaye cyane nyuma yo kuva gusenga nkasanga mama arimo gusambana n\u2019umugabo ntazi- NKORE IKI? - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-04-22T12:12:17+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:03+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14898#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14898"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14898#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ndababaye cyane nyuma yo kuva gusenga nkasanga mama arimo gusambana n\u2019umugabo ntazi- NKORE IKI?"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14898","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14898"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14898\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14898"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14898"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14898"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}