{"id":14979,"date":"2019-04-27T10:38:39","date_gmt":"2019-04-27T10:38:39","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/04\/27\/natunguwe-no-gusanga-igitsina-cy-umugabo-wanjye-kidafata-umurego-kandi\/"},"modified":"2025-02-03T01:02:03","modified_gmt":"2025-02-02T23:02:03","slug":"natunguwe-no-gusanga-igitsina-cy-umugabo-wanjye-kidafata-umurego-kandi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14979","title":{"rendered":"Natunguwe no gusanga igitsina cy\u2019umugabo wanjye kidafata umurego kandi twarashakanye abizi- Nkore iki"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ndi umugore w\u2019imyaka 27, mumbabarire ntabwo mvuga aho ntuye n\u2019amazina byanjye, nkaba maze amezi ane mbana n\u2019umugabo wanjye, mbese turacyari abageni ariko mu buriri hakaba harimo akabazo gakomeye.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Umugabo wanjye ni umuntu ukunda gusenga cyane, tunakundana twamenyaniye muri kolari, tukaririmbana, mbese urukundo ruza gutyo birangira ubukwe bwacu bubaye mu kwa 12 umwaka ushize, twari tumaze imyaka itatu dukundana cyane.<\/p>\n<p>Nk\u2019abantu bari bakijijwe ntabwo twigeze dukinisha ibintu byo gukubagana ngo wenda tube twasambana, oya rwose, kandi nawe ntiyigeze rwose abigerageza, rwose nabonaga ari umusore mwiza kandi utuje.<\/p>\n<p>Twageze mu buriri ku munsi wa mbere, mbese twararyamye akora ibishoka byose antegura, ku ruhande rwanjye umubiri wari witeguye bihagije dore ko ari n\u2019ibintu ntari nsanzwe menyereye, numvaga mbikeneye cyane bishoboka kuko wari umunsi wanjye mwiza ku buzima nari ntegereje imyaka 27.<\/p>\n<p>Yakomeje kunkorakora anabibona ko ngeze ku rwego rukwiye ariko nkabona ntarangiza igikorwa, akansoma, akankorakora, akansiga umubiri,&#8230; birangira dusinziriye nkeka ko ari umunaniro kubera ubukwe, ku munsi wakurikiye byabaye uko, n\u2019uwa gatatu.<\/p>\n<p>Nk\u2019umuntu mukuru naramubajije, ambwira ko ashobora kuba afite umunaniro mwinshi kubera gutegura ubukwe, ko aba yumva atameze neza, mba mbyakiriye uko ahubwo nkagerageza kumukangurira gukora imirimo mike, no kuruhuka kare nkeka ko ananiwe koko.<\/p>\n<p>Hashize ukwezi mbona nta gicamo kandi turarana, nibwo namubajije noneho mfite n\u2019umujinya kuko numvaga bimbangamiye, ariko hagati aho naje kubiganiriza umubyeyi wanjye ambwira ko n\u2019ubwo yaba yananiwe bingana iki igitsina cye bitakibuza gufata umurego araranye n&#8217;umugore, ahubwo ko yaba arwaye.<\/p>\n<p>Naramubajije ambeshya ko na we yatunguwe, dufatanyije dukeka ko bashobora kuba baramurogeye mu bukwe kuko yambwiraga ko iryo joro aribwo igitsina cyanze gufata umurego kandi bitari bisanzwe bimubaho.<\/p>\n<p>Narabyakiriye, dutangira gushaka uburyo yavurwa, akambwira kwivuza mu Kinyarwanda ko ariho byashoboka vuba,\u2026 amezi abiri arashira, atatu, yivuza ariko wapi, gusa akirinda gusohora amafaranga menshi.<\/p>\n<p>Muri iyi minsi ubwo yabonaga ntishima nka mbere, nibwo yeruye ambwira ko yivuje kuva kera ariko ko byanze, ko n\u2019abaganga bamusuzuma bagasanga nta kibazo afite ariko ko igitsina cye cyanze gufata umurego pe.<\/p>\n<p>Ngo yiyumvishaka go nashaka umugore unasenga bazafatanya iki kibazo cye bakagisengera kikaba cyazakira, ansaba imbabazi k\u2019ubwibyo yakoze kandi abizi akanga kubimbwira tutarabana.<\/p>\n<p>Numvise nkubiswe n\u2019inkuba ariko nanga kumwereka ko bimbabaje cyaneeeee, ariko ndababaye pe, nabuze n\u2019icyo nakora, nkibaza niba ubu buzima nakomeza kububamo bikanyobera, Kurarana n\u2019umugabo ugukorakora ariko nta kindi yarenzaho bintera uburibwe budasanzwe mu mubiri, mbese ni akumiro, mungire inama y\u2019icyo nakora.<\/p>\n<p>Kubaka ugasenya mu mezi ni ibintu numva binteye ubwoba, ubu se koko? Nkore iki? Ibyo nibyo bibazo nirirwamo ariko igisubizo nkakibura pe! Murakoze!.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ndi umugore w\u2019imyaka 27, mumbabarire ntabwo mvuga aho ntuye n\u2019amazina byanjye, nkaba maze amezi ane mbana n\u2019umugabo wanjye, mbese turacyari abageni ariko mu buriri hakaba harimo akabazo gakomeye. Umugabo wanjye ni umuntu ukunda gusenga cyane, tunakundana twamenyaniye muri kolari, tukaririmbana, mbese urukundo ruza gutyo birangira ubukwe bwacu bubaye mu kwa 12 umwaka ushize, twari tumaze [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-14979","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Natunguwe no gusanga igitsina cy\u2019umugabo wanjye kidafata umurego kandi twarashakanye abizi- Nkore iki - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14979\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Natunguwe no gusanga igitsina cy\u2019umugabo wanjye kidafata umurego kandi twarashakanye abizi- Nkore iki - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ndi umugore w\u2019imyaka 27, mumbabarire ntabwo mvuga aho ntuye n\u2019amazina byanjye, nkaba maze amezi ane mbana n\u2019umugabo wanjye, mbese turacyari abageni ariko mu buriri hakaba harimo akabazo gakomeye. Umugabo wanjye ni umuntu ukunda gusenga cyane, tunakundana twamenyaniye muri kolari, tukaririmbana, mbese urukundo ruza gutyo birangira ubukwe bwacu bubaye mu kwa 12 umwaka ushize, twari tumaze [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14979\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-04-27T10:38:39+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:02:03+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14979#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14979\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Natunguwe no gusanga igitsina cy\u2019umugabo wanjye kidafata umurego kandi twarashakanye abizi- Nkore iki\",\"datePublished\":\"2019-04-27T10:38:39+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:03+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14979\"},\"wordCount\":432,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14979#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14979\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14979\",\"name\":\"Natunguwe no gusanga igitsina cy\u2019umugabo wanjye kidafata umurego kandi twarashakanye abizi- Nkore iki - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-04-27T10:38:39+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:02:03+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14979#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14979\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14979#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Natunguwe no gusanga igitsina cy\u2019umugabo wanjye kidafata umurego kandi twarashakanye abizi- Nkore iki\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Natunguwe no gusanga igitsina cy\u2019umugabo wanjye kidafata umurego kandi twarashakanye abizi- Nkore iki - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14979","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Natunguwe no gusanga igitsina cy\u2019umugabo wanjye kidafata umurego kandi twarashakanye abizi- Nkore iki - BWIZA","og_description":"Ndi umugore w\u2019imyaka 27, mumbabarire ntabwo mvuga aho ntuye n\u2019amazina byanjye, nkaba maze amezi ane mbana n\u2019umugabo wanjye, mbese turacyari abageni ariko mu buriri hakaba harimo akabazo gakomeye. Umugabo wanjye ni umuntu ukunda gusenga cyane, tunakundana twamenyaniye muri kolari, tukaririmbana, mbese urukundo ruza gutyo birangira ubukwe bwacu bubaye mu kwa 12 umwaka ushize, twari tumaze [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14979","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-04-27T10:38:39+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:02:03+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14979#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14979"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Natunguwe no gusanga igitsina cy\u2019umugabo wanjye kidafata umurego kandi twarashakanye abizi- Nkore iki","datePublished":"2019-04-27T10:38:39+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:03+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14979"},"wordCount":432,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14979#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14979","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14979","name":"Natunguwe no gusanga igitsina cy\u2019umugabo wanjye kidafata umurego kandi twarashakanye abizi- Nkore iki - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-04-27T10:38:39+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:02:03+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14979#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14979"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14979#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Natunguwe no gusanga igitsina cy\u2019umugabo wanjye kidafata umurego kandi twarashakanye abizi- Nkore iki"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14979","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14979"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14979\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14979"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14979"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14979"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}