{"id":14980,"date":"2019-04-27T11:30:51","date_gmt":"2019-04-27T11:30:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/04\/27\/u-rwanda-rwakijijwe-n-umuntu-umwe-gusa-gen-james-kabarebe\/"},"modified":"2019-04-27T11:30:51","modified_gmt":"2019-04-27T11:30:51","slug":"u-rwanda-rwakijijwe-n-umuntu-umwe-gusa-gen-james-kabarebe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14980","title":{"rendered":"U Rwanda rwakijijwe n\u2019umuntu umwe gusa \u2014 Gen. James Kabarebe"},"content":{"rendered":"<p>\u201c <em>U Rwanda rwakijijwe n&#8217;umuntu umwe gusa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame<\/em> \u201d, ibi ni ibiherutse gutangazwa na Gen. James kabarebe, Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by\u2019umutekano mu kiganiro aherutse gutanga mu biganiro by\u2019Umuryango Unity Club.<\/p>\n<p>Ni ibiganiro byabaye kuwa \u00a024 Mata 2019 byateguwe ku bufatanye bw\u2019Umuryango Unity Club Intwararumuri n\u2019Ishuri Rikuru rya Gisirikare rya Nyakinama ndetse na Komisiyo y\u2019Igihugu y\u2019Ubumwe n\u2019Ubwiyunge yatangije Ibiganiro Mbwirwaruhame ku ruhare rw&#8217;Urubyiruko rw&#8217; u Rwanda mu guharanira, kwimakaza no gusigasira umurage w&#8217;Ubunyarwanda.<\/p>\n<p>Ibi biganiro byahawe insanganyamatsiko igira iti, &#8221; <strong> <em>Ubunyarwanda, umurage tugomba guharanira, kwimakaza no gusigasira<\/em> <\/strong> \u201d, bigenewe abanyeshuri bo muri za Kaminuza n\u2019Amashuri Makuru, bikaba byatangiriye mu Ishuri rya IPRC Musanze mu Ntara y\u2019Amajyaruguru.<\/p>\n<p>Gen James Kabarebe ubwo yasobanuriraga urubyiruko rwo muri IPRC Musanze Amateka y&#8217;urugamba rwo kubohora u Rwanda no guhagarika Jenoside yagize ati, \u201c <em>U Rwanda rwakijijwe n&#8217;umuntu umwe gusa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuko ari we wahisemo kubanisha Abanyarwanda no kubumvisha ko bagomba gukomera ku bumwe bwabo<\/em> \u201d.<\/p>\n<p>Ibi biganiro byitabiriwe n\u2019abanyamuryango ba Unity Club Intwararumuri batandukanye, barimo Minisitiri w\u2019Urubyiruko, Mbabazi Rose Mary, Dr Nsanzabaganwa Monique, Umuyobozi Mukuru Wungirije w\u2019uyu muryango akaba na Visi Guverineri wa Banki Nkuru y&#8217;u Rwanda, Gen James Kabarebe, Umujyanama Mukuru wa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika mu bijyanye n&#8217;Umutekano, bamwe mu bahoze ari Abaminisitri muri Guverinoma y\u2019u Rwanda ndetse n\u2019abafasha b\u2019Abaminisitiri cyangwa ab\u2019abahoze ari bo.<\/p>\n<p>Byitabiriwe kandi na Guverineri w&#8217;Intara y&#8217;Amajyaruguru, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y&#8217;Igihugu y&#8217;Ubumwe n&#8217;Ubwiyunge, Fidele Ndayisaba, Perezida wa Komisiyo y&#8217;Itorero ry\u2019Igihugu, Hon Bamporiki Edouard, Inzego z&#8217;Umutekano, Abayobozi mu nzego zitandukanye n&#8217;abanyeshuri n&#8217;abarimu bo muri IPRC Musanze.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko byasobanuwe, ibi biganiro mbwirwaruhame bigenewe urubyiruko kandi bitanga urubuga rwo gusobeka imbaraga n&#8217;ubumenyi hagati y&#8217;abakuru n&#8217;urubyiruko hagamijwe kurushaho gusobanukirwa umurage u Rwanda rwahitiyemo abato baruvuka.<\/p>\n<p>Muri ibi biganiro, abanyeshuri bo muri IPRC Musanze basobanuriwe uburyo Abanyarwanda bahoranye umurage w\u2019ubunyarwanda, bunze ubumwe hagati yabo n\u2019uburyo abakoloni baje bakabacamo ibice maze wa murage w\u2019ubunyarwanda ukazimira, bityo bagatangira kwimika amacakubiri kugeza kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.<\/p>\n<p>Basobanuriwe kandi ko nyuma y\u2019urugamba rwo kubohora u Rwanda no guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi, hashyizweho Leta y\u2019Ubumwe bw\u2019Abanyarwanda, aho yatangiye guharanira ko wa murage w\u2019ubunyarwanda wagaruka, bakongera kubana bashyize hamwe kandi baharanira inyungu z\u2019Igihugu cyabo. Urwo rugamba rwo kugarura umurage w\u2019ubunyarwanda rukaba rukomeje hibandwa cyane cyane ku rubyiruko.<\/p>\n<p>Ku ruhande rwe, Minisitiri w\u2019Urubyiruko, Mbabazi Rose Mary yasabye urubyiruko rwo muri IPRC Musanze guhitamo ikiza no kwamagana ikibi, kubera imbuto nziza ababyeyi barwo n&#8217;abantu bakuru muri rusange, gukomera ku bumwe bw&#8217;Abanyarwanda no kubungabunga ibyagezweho.<\/p>\n<p>Nyuma yo guhabwa ibiganiro, urubyiruko rwo muri IPRC Musanze rwiyemeje gukosora amateka mabi yaranzwe n&#8217;amacakubiri ababyeyi barwo babayemo ruharanira kwimakaza gahunda ya Ndi Umunyarwanda kandi runahagurukira kurwanya uwo ari we wese washaka kugarura amacakubiri mu Banyarwanda.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>\u201c U Rwanda rwakijijwe n&#8217;umuntu umwe gusa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame \u201d, ibi ni ibiherutse gutangazwa na Gen. James kabarebe, Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by\u2019umutekano mu kiganiro aherutse gutanga mu biganiro by\u2019Umuryango Unity Club. Ni ibiganiro byabaye kuwa \u00a024 Mata 2019 byateguwe ku bufatanye bw\u2019Umuryango Unity Club Intwararumuri n\u2019Ishuri Rikuru rya [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-14980","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>U Rwanda rwakijijwe n\u2019umuntu umwe gusa \u2014 Gen. James Kabarebe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14980\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"U Rwanda rwakijijwe n\u2019umuntu umwe gusa \u2014 Gen. James Kabarebe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"\u201c U Rwanda rwakijijwe n&#8217;umuntu umwe gusa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame \u201d, ibi ni ibiherutse gutangazwa na Gen. James kabarebe, Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by\u2019umutekano mu kiganiro aherutse gutanga mu biganiro by\u2019Umuryango Unity Club. Ni ibiganiro byabaye kuwa \u00a024 Mata 2019 byateguwe ku bufatanye bw\u2019Umuryango Unity Club Intwararumuri n\u2019Ishuri Rikuru rya [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14980\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-04-27T11:30:51+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14980#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14980\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"U Rwanda rwakijijwe n\u2019umuntu umwe gusa \u2014 Gen. James Kabarebe\",\"datePublished\":\"2019-04-27T11:30:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14980\"},\"wordCount\":498,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14980#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14980\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14980\",\"name\":\"U Rwanda rwakijijwe n\u2019umuntu umwe gusa \u2014 Gen. James Kabarebe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-04-27T11:30:51+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14980#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14980\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14980#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"U Rwanda rwakijijwe n\u2019umuntu umwe gusa \u2014 Gen. James Kabarebe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"U Rwanda rwakijijwe n\u2019umuntu umwe gusa \u2014 Gen. James Kabarebe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14980","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"U Rwanda rwakijijwe n\u2019umuntu umwe gusa \u2014 Gen. James Kabarebe - BWIZA","og_description":"\u201c U Rwanda rwakijijwe n&#8217;umuntu umwe gusa Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame \u201d, ibi ni ibiherutse gutangazwa na Gen. James kabarebe, Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by\u2019umutekano mu kiganiro aherutse gutanga mu biganiro by\u2019Umuryango Unity Club. Ni ibiganiro byabaye kuwa \u00a024 Mata 2019 byateguwe ku bufatanye bw\u2019Umuryango Unity Club Intwararumuri n\u2019Ishuri Rikuru rya [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14980","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-04-27T11:30:51+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14980#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14980"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"U Rwanda rwakijijwe n\u2019umuntu umwe gusa \u2014 Gen. James Kabarebe","datePublished":"2019-04-27T11:30:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14980"},"wordCount":498,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14980#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14980","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14980","name":"U Rwanda rwakijijwe n\u2019umuntu umwe gusa \u2014 Gen. James Kabarebe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-04-27T11:30:51+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14980#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14980"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14980#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"U Rwanda rwakijijwe n\u2019umuntu umwe gusa \u2014 Gen. James Kabarebe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14980","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14980"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14980\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14980"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14980"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14980"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}