{"id":14996,"date":"2019-04-28T21:13:41","date_gmt":"2019-04-28T21:13:41","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/04\/28\/rusizi-amakimbirane-mu-miryango-mu-bitera-ubuzererezi-no-guta-amashuri\/"},"modified":"2019-04-28T21:13:41","modified_gmt":"2019-04-28T21:13:41","slug":"rusizi-amakimbirane-mu-miryango-mu-bitera-ubuzererezi-no-guta-amashuri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14996","title":{"rendered":"Rusizi: Amakimbirane mu miryango mu bitera ubuzererezi no guta amashuri"},"content":{"rendered":"<p>Ubuyobozi bw\u2019ikigo Baho neza mwana cyakira kikanita ku bana bo mu muhanda mu karere ka Rusizi , buvuga ko kimwe mu bituma hari abana bumva baba mu muhanda kuruta kuba mu miryango yabo ari imibanire mibi hagati y\u2019ababyeyi babo nubwo ngo hariho n\u2019abana bananirana bitewe n\u2019ibigare by\u2019abana babi bishoramo, ubu buyobozi bugasaba ababyeyi babana mu nduru kwisubiraho kugira ngo babashe kurera abo babyaye neza.<\/p>\n<p>Mu kiganiro na Bwiza.com ubwo iki kigo cyaganiraga na bamwe mu babyeyi kirerera abana babacitse bakajya kuba inzererezi mu mihanda y\u2019uturere twa Rusizi na Nyamasheke kikayibakuramo kikabitaho,umuyobozi wacyo Mukarugambwa Claudette yavuze ko hari ababyeyi bamwe bibagirwa inshingazo zabo z\u2019ibanze zo kurera abo babyaye,aho kubitaho bagata igihe mu makimbirane adashira abana babibona bakigendera.<\/p>\n<p>Avuga kandi ko abavuga ko kujya mu mihanda kw\u2019abana biterwa n\u2019ubukene bw\u2019ababyeyi,bidafite ijanisha ringana n\u2019amakimbirane kuko iyo bakennye ariko babana neza n\u2019abana baba babibona bakabaho mu buryo buhari,ariko iyo baryana n\u2019iyo ibintu byaba bihari,abana b\u2019umutima utihangana babacika bakigendera,bamwe ugasanga bishoye mu ngeso mbi zo kwiba,ibiyobyabwenge,uburaya n\u2019ubwomanzi,n\u2019izindi ngeso mbi.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 twahuje aba babyeyi ngo twongere kubibutsa ko ari bo ba mbere bafite inshingano zo kurera abo babyaye kuko twakira abana dukura mu bigo ngororamuco mu turere twa Rusizi na Nyamasheke baba bahagejejwe n\u2019ubuyobozi bubakura mu mihanda kandi bagombye kuba barererwa mu ngo, twakurikirana tugasanga bahakurwa akenshi n\u2019imibanire mibi y\u2019ababyeyi cyangwa kutabitaho bibereye mu bindi ari yo mpamvu tugomba kubaganiriza tukabibutsa inshingano zabo z\u2019ibanze kuri bo no ku bo babyara.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Ababyeyi ntibahakana ibyo bavugwaho by\u2019amakimbirane y\u2019urudaca atuma abana babacika bakajya mu mihanda nubwo hari abavuga ko abana babananira bagakurikira ab\u2019ingeso mbi,bagashinja ubuyobozi kubatererana.<\/p>\n<p>Nyirambarushimana Christine wo mu murenge wa Nzahaha yabwiye Bwiza.com ko umugabo we ari we wagize uruhare mu buzererezi bwa bamwe mu bana babo.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 dufite abana 9,inzu tubamo igiye kutugwaho kuko ishaje cyane nta n\u2019aho tugira duhinga kandi se w\u2019abana wagombye kubamfasha yatangiye kujya yishora mu businzi akaza aduhungeta ku buryo abana batangiye kumva nta buzima bafite umwe yigira mu muhanda ari bwo yaje muri iki kigo. Numva Leta ikwiye guhangana n\u2019ikibazo cy\u2019amakimbirane mu ngo kuko nanjye ari yo atuma abana bananira kandi se ameze nk\u2019aho ntacyo yitaho.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Ibi kandi ngo bituma hari abana bishora mu mirimo ivunanye ngo barebe uko babaho nk\u2019uko bivugwa n\u2019umugenzuzi w\u2019umurimo muri aka karere Habiyaremye Frodouard,aho usanga hari bamwe mu bana bata amashuri bakajya mu burobyi,kwikorera imizigo mu masoko,kwikorera amatafari,kujya mu mirima y\u2019umuceri n\u2019indi mirimo idakwiye umwana muto,ariko ibi ngo byarahagurukiwe ari yo mpamvu bafata igihe bakaganiriza n\u2019aba babyeyi.<\/p>\n<p>Ku bivugwa ko ubuyobozi budohoka mu gufasha ababyeyi abana bananiranye,umuyobozi w\u2019aka karere Nsigaye Emmanuel avuga ko atari byo kuko ngo no kubafata ubwabyo bakajyanwa mu bigo ngororamuco bakigishwa, ari uburyo akarere kaba gashaka ibisubizo, agasaba ababyeyi kutitana bamwana n\u2019ubuyobozi ahubwo buri wese akita ku nshigano ze mu mirerere ikwiye y\u2019abana.<\/p>\n<p>Kuva muri 2012 iki kigo Baho neza mwana kimaze kwakira abana nk\u2019aba bagera kuri 325,ngo bamwe basubijwe mu mashuri abandi bigishwa imyuga itandukanye ituma bibeshaho,banahabwa ibikoresho by\u2019ibanze banahuzwa n\u2019imiryango yabo, umuyobozi w\u2019umuryango Rwanda aid nyiracyo,Bariyizi F\u00e9licien akavuga ko bibabaje kuba umwana yitabwaho n\u2019ibigo kandi ababyeyi bahari,na we akabasaba kurwanya inzitizi zose zabangamira umwana ku kurererwa mu muryango.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuyobozi bw\u2019ikigo Baho neza mwana cyakira kikanita ku bana bo mu muhanda mu karere ka Rusizi , buvuga ko kimwe mu bituma hari abana bumva baba mu muhanda kuruta kuba mu miryango yabo ari imibanire mibi hagati y\u2019ababyeyi babo nubwo ngo hariho n\u2019abana bananirana bitewe n\u2019ibigare by\u2019abana babi bishoramo, ubu buyobozi bugasaba ababyeyi babana mu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-14996","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Amakimbirane mu miryango mu bitera ubuzererezi no guta amashuri - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14996\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Amakimbirane mu miryango mu bitera ubuzererezi no guta amashuri - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuyobozi bw\u2019ikigo Baho neza mwana cyakira kikanita ku bana bo mu muhanda mu karere ka Rusizi , buvuga ko kimwe mu bituma hari abana bumva baba mu muhanda kuruta kuba mu miryango yabo ari imibanire mibi hagati y\u2019ababyeyi babo nubwo ngo hariho n\u2019abana bananirana bitewe n\u2019ibigare by\u2019abana babi bishoramo, ubu buyobozi bugasaba ababyeyi babana mu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=14996\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-04-28T21:13:41+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14996#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14996\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Amakimbirane mu miryango mu bitera ubuzererezi no guta amashuri\",\"datePublished\":\"2019-04-28T21:13:41+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14996\"},\"wordCount\":580,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14996#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14996\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14996\",\"name\":\"Rusizi: Amakimbirane mu miryango mu bitera ubuzererezi no guta amashuri - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-04-28T21:13:41+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14996#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14996\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=14996#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Amakimbirane mu miryango mu bitera ubuzererezi no guta amashuri\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Amakimbirane mu miryango mu bitera ubuzererezi no guta amashuri - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14996","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Amakimbirane mu miryango mu bitera ubuzererezi no guta amashuri - BWIZA","og_description":"Ubuyobozi bw\u2019ikigo Baho neza mwana cyakira kikanita ku bana bo mu muhanda mu karere ka Rusizi , buvuga ko kimwe mu bituma hari abana bumva baba mu muhanda kuruta kuba mu miryango yabo ari imibanire mibi hagati y\u2019ababyeyi babo nubwo ngo hariho n\u2019abana bananirana bitewe n\u2019ibigare by\u2019abana babi bishoramo, ubu buyobozi bugasaba ababyeyi babana mu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14996","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-04-28T21:13:41+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14996#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14996"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Amakimbirane mu miryango mu bitera ubuzererezi no guta amashuri","datePublished":"2019-04-28T21:13:41+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14996"},"wordCount":580,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14996#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14996","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14996","name":"Rusizi: Amakimbirane mu miryango mu bitera ubuzererezi no guta amashuri - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-04-28T21:13:41+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14996#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=14996"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=14996#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Amakimbirane mu miryango mu bitera ubuzererezi no guta amashuri"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14996","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=14996"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/14996\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=14996"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=14996"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=14996"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}