{"id":15003,"date":"2019-04-29T09:49:41","date_gmt":"2019-04-29T09:49:41","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/04\/29\/kwibuka25-hanenzwe-abari-intiti-bakoze-jenoside-aho-kuyirwanya\/"},"modified":"2025-02-12T12:38:52","modified_gmt":"2025-02-12T10:38:52","slug":"kwibuka25-hanenzwe-abari-intiti-bakoze-jenoside-aho-kuyirwanya","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15003","title":{"rendered":"Kwibuka25: Hanenzwe abari intiti bakoze jenoside aho kuyirwanya"},"content":{"rendered":"<p>Kuwa gatandatu tariki 27 Mata 2019, ubwo hibukwaga abari abakozi b\u2019icyahoze ari ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019ubumenyi mu by\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi (ISAR) bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hanenzwe uruhare bamwe mu bakoreraga iki kigo cyarafatwaga nk\u2019igicumbi cy\u2019intiti bagize mu gutegura no gukora Jenoside yakorewe Abatutsi.<\/p>\n<p>Igikorwa cyo kwibuka abakoreraga iki kigo , kuri ubu cyahindutse ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe ubuhinzi (RAB), byabereye mu gashami ka Rubona mu Karere ka Huye, ari naho hari icyicaro gikuru cyacyo mu gihe cya Jenoside.<\/p>\n<p>Muri iki gikorwa kandi hanashyinguwe mu cyubahiro imibiri 11 yabonetse.<\/p>\n<p>Mu buhamya yatanze Marie Beatrice Murekatete wari umukozi wa ISAR ishami rya\u00a0 Karama mu gihe cya Jenoside ,mu buhamya bwe yagarutse kuri Jenoside mu mashami ya Karama na Tamira.<\/p>\n<p>Yagarutse ku ruhare rwa bamwe mu bakozi bakoranaga mu kwicisha bagenzi babo ndetse no gukwiza urwango ku bakozi b\u2019Abatutsi. Ibi bikaba byari bishyigikiwe cyane n\u2019uwari Umuyobozi mukuru w\u2019iki kigo, Ndereyehe Ntahontuye Charles, wigeze no gutegeka umwe mu bayoboraga ishami rimwe kwandika inyandiko itangira umukono (tract) igamije kubiba urwango ku bakozi b\u2019Abatutsi.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019ubuhamya bwe, hanumviswe ubuhamya bwa \u00a0\u00a0Uwiragiye Bibiane, Mukasekuru Jos\u00e9e, Mukayigire Assoumpta, Ngabonziza Jean Pierre bagarutse kuri Jenoside yakorewe Abatutsi muri ISAR Rubona ndetse no ku musozi wa Rubona wiciweho Abatutsi benshi cyane bari barahungiye muri ISAR. Basabye ko hakorwa Inzira igera ku Mpinga y\u2019uyu musozi abantu bakajya bayizamuka mu rwego rwo kwibuka ibizazane Abatutsi bicwe kuri uyu musozi bahuye nabyo.<\/p>\n<p>Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y\u2019Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG), Dr Bizimana Jean Damasc\u00e8ne, mu kiganiro yatanze yagaragaje ingero z\u2019uburyo abitwaga intiti bagize uruhare runini mu kubiba urwango ku Batutsi no gucura umugambi wa Jenoside. Aha yagarutse ku mashyirahamwe bagiye bashinga\u00a0 haba mu gihugu no hanze yacyo agamije kubiba urwango ku batutsi no gutegura umugambi wa Jenoside. Yavuze ko benshi mubashinze aya mashyirahamwe, mu gihe cya Jenoside muri 1994 bari abayobozi bakaba baragize uruhare rukomeye mu gushishikariza abahutu gukora Jenoside.<\/p>\n<p>Yasobanuye ko Jenoside ikimara guhagarikwa n\u2019Ingabo zari iza FPR Inkotanyi, bamwe mu bayikoze batangiye umugambi wo kuyihakana no kuyipfobya babinyujije no kuri amwe mu maradiyo mpuzamahanga.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cIcyo bakurikijeho bamaze gutsindwa ni amayeri yo gupfobya no guhakana Jenoside yakorewe Abatutsi. Ku buryo ibibazo by\u2019ingengabitekerezo ya Jenoside duhura na byo bishingiye ku ipfobya n\u2019ihakana babiteguye, babitangiye bagitsindwa, Jenoside ikimara guhagarikwa.\u201d<\/p>\n<p>Yavuze ko abitwaga abahanga n\u2019impuguke mu gihe cya Jenoside bakoze ibintu bibi bacura umugambi wo kwica Abatutsi banawushyira mu bikorwa bityo ab\u2019ubu bafite inshingano ikomeye yo kubihindura.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cIbyo birerekana uruhare runini injijuke z\u2019ubu, abize b\u2019ubu n\u2019abana bari kwiga muri iki gihe tugomba kugira rwo guhindura ibingibi. U Rwanda rumaze kugera heza kubera Politike nziza ya Perezida wa Repubulika Paul Kagame n\u2019abo bafatanyije, igihugu tumaze kucyubaka kirakomeye.\u201d<\/p>\n<p>Yasabye ubufatanye bwa buri wese mu kurwanya no guhindura abantu bakirangwa n\u2019ingengabitekerezo ya Jenoside avuga ko n\u2019iyo haba hasigaye umwe agomba kubuzwa gukomeza kuroga.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kuwa gatandatu tariki 27 Mata 2019, ubwo hibukwaga abari abakozi b\u2019icyahoze ari ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019ubumenyi mu by\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi (ISAR) bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hanenzwe uruhare bamwe mu bakoreraga iki kigo cyarafatwaga nk\u2019igicumbi cy\u2019intiti bagize mu gutegura no gukora Jenoside yakorewe Abatutsi. Igikorwa cyo kwibuka abakoreraga iki kigo , kuri ubu cyahindutse ikigo cy\u2019igihugu [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-15003","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kwibuka25: Hanenzwe abari intiti bakoze jenoside aho kuyirwanya - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15003\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kwibuka25: Hanenzwe abari intiti bakoze jenoside aho kuyirwanya - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kuwa gatandatu tariki 27 Mata 2019, ubwo hibukwaga abari abakozi b\u2019icyahoze ari ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019ubumenyi mu by\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi (ISAR) bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hanenzwe uruhare bamwe mu bakoreraga iki kigo cyarafatwaga nk\u2019igicumbi cy\u2019intiti bagize mu gutegura no gukora Jenoside yakorewe Abatutsi. Igikorwa cyo kwibuka abakoreraga iki kigo , kuri ubu cyahindutse ikigo cy\u2019igihugu [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15003\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-04-29T09:49:41+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:38:52+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15003#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15003\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kwibuka25: Hanenzwe abari intiti bakoze jenoside aho kuyirwanya\",\"datePublished\":\"2019-04-29T09:49:41+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:38:52+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15003\"},\"wordCount\":490,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15003#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15003\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15003\",\"name\":\"Kwibuka25: Hanenzwe abari intiti bakoze jenoside aho kuyirwanya - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-04-29T09:49:41+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:38:52+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15003#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15003\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15003#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kwibuka25: Hanenzwe abari intiti bakoze jenoside aho kuyirwanya\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kwibuka25: Hanenzwe abari intiti bakoze jenoside aho kuyirwanya - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15003","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kwibuka25: Hanenzwe abari intiti bakoze jenoside aho kuyirwanya - BWIZA","og_description":"Kuwa gatandatu tariki 27 Mata 2019, ubwo hibukwaga abari abakozi b\u2019icyahoze ari ikigo cy\u2019igihugu cy\u2019ubumenyi mu by\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi (ISAR) bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hanenzwe uruhare bamwe mu bakoreraga iki kigo cyarafatwaga nk\u2019igicumbi cy\u2019intiti bagize mu gutegura no gukora Jenoside yakorewe Abatutsi. Igikorwa cyo kwibuka abakoreraga iki kigo , kuri ubu cyahindutse ikigo cy\u2019igihugu [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15003","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-04-29T09:49:41+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:38:52+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15003#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15003"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kwibuka25: Hanenzwe abari intiti bakoze jenoside aho kuyirwanya","datePublished":"2019-04-29T09:49:41+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:38:52+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15003"},"wordCount":490,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15003#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15003","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15003","name":"Kwibuka25: Hanenzwe abari intiti bakoze jenoside aho kuyirwanya - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-04-29T09:49:41+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:38:52+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15003#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15003"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15003#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kwibuka25: Hanenzwe abari intiti bakoze jenoside aho kuyirwanya"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15003","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=15003"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15003\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=15003"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=15003"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=15003"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}