{"id":15081,"date":"2019-05-05T09:46:44","date_gmt":"2019-05-05T09:46:44","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/05\/05\/ibintu-wakora-bikagufasha-kwigarurira-umutima-w-imana-ndetse-ni-y-abantu\/"},"modified":"2025-07-09T15:39:57","modified_gmt":"2025-07-09T13:39:57","slug":"ibintu-wakora-bikagufasha-kwigarurira-umutima-w-imana-ndetse-ni-y-abantu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15081","title":{"rendered":"Ibintu wakora bikagufasha kwigarurira umutima w\u2019 imana ndetse ni y\u2019 abantu"},"content":{"rendered":"<p>Yesaya 1:19<\/p>\n<p>\u201c Nimwemera kumvira muzarya ibyiza byo Mu gihugu \u201c<\/p>\n<p>Mu isezerano rya kera hatubwira uburyo Dawidi yanditse amateka mu mibereho yose uvuye mu igihe yari akiri umwana muto.<\/p>\n<p>Herekana nabwo uburyo yagiye<br \/>\nagaragaza kubaha ndetse no gukora imirimo y\u2019 indashyikirwa bityo bigatuma yigarurira umutima w\u2019 Imana ndetse niy\u2019 abantu.<\/p>\n<p>Ijambo ry\u2019Imana ritwereka uburyo abantu bagendaga bamusanganira baririmba imirimo ye y\u2019 indashyikirwa yakoze abandi batashoboye gukora.<\/p>\n<p>Kubera kwitanga kwe atarebye ingaruka zo kuba yabura ubuzima bwe, byatumye abantu bifuza ko yava ku intebe y\u2019 umwami ari uko apfuye. Iyo usomye witonze igitabo cya zaburi nacyo haraho usanga havuga ko Dawidi yari afite umutima Imana yakundaga.Igihe cyose uziha intego yo gukorera Imana ndetse no gukorera abantu bayo mu bwitange uzashimwa n\u2019 Imana ndetse n\u2019 abantu bose, ku uburyo bifuza ku kugira intwari utarava mu mubiri.<\/p>\n<p>Kubaha Imana no kuyikorera mu abantu bayo ni ikimenyetso cy\u2019 uko uri mu nzira nziza kandi bikaboneka ko ari ugukora ibintu byiza biruta ibindi wakora. Bityo bikakubera umugisha wo mu urwego rwo hejuru.<\/p>\n<p>Kandi koko birumvikana kuko utashobora kubaho utubaha Imana maze unezezwe no gukora ibyiza.<\/p>\n<p>Abantu bamwe bakunze kugira ibitekerezo byuko iyo umuntu ari umukristo ko atagomba kugira umugisha wo kugira amafranga menshi cyangwa kugira ubutunzi.<br \/>\nBakizera ko umukristo yagombye kuba mu ubuzima buciriritse bwa gikene, kugira ngo abashe kuba umukristo mwiza.<\/p>\n<p>Ariko ntabwo ari uko bimeze, Umva uko Yesu yavuze muri Matayo 7:11\u201d ko muri babi kandi mugaha abana banyu ibyiza, none si wo mu ijuru ntazarushaho guha ibyiza ababimusabye.\u201d<\/p>\n<p>Reka nkubwire Imana ishaka kuduha impano y\u2019 ibintu byiza, Ishaka ko tubaho mu ubuzima bumeze neza, kandi ikaba inashaka kuduha umugisha w\u2019 ibintu dukeneye, ariko ni ngombwa ko tugirana imigendaranire myiza irangwa no kuyikunda atari mu magambo gusa , Kuyubaha ndetse no kuyikorera.<\/p>\n<p>Reka nkumere ibanga,<\/p>\n<p>iyo ugerageje gukora ibyo Imana igushakaho iyo ubwayo iri manukira ikabyikorera.<\/p>\n<p>ariko muri uko kubikora kuri Page yo kwandika imirimo yakozwe n\u2019 uwayikoze, yandika iyo mirimo yose ndetse igashyiraho izina ryawe yangiza ikagutereka imbere kugira ngo usinye maze ikigendera.<br \/>\nnawe ukaza gukanguka usanga byose ari ( all done) uhita usinya.<\/p>\n<p>nyuma yuko usinya Malayika nawe akaza akihutana report kugira ngo Imigisha umaze (gukorerwa )nako umaze gukorera ikugereho utaratangira \u201ckwivovota\u201d dore ko kwihangana rimwe na rimwe bitunanira.<\/p>\n<p>Maze ahasigaye ugafungura umukandara ( belt) kugira ngo ubashe kurya ku ibintubyose byo mu gihugu cyawe cya gakondo.<\/p>\n<p>Mwenedata, tunyuze mu inzira y\u2019 amasengesho dushobora kuyisaba ibyo dukeneye byose mu Ubuzima bwacu, kuko biba biri mu ubushake bwayo.<\/p>\n<p>Reka nongere kwiyutse ko<\/p>\n<p>\u201c IMANA IFITE IDUKA RY\u2019 IMIGISHA YAWE\u201d<\/p>\n<p>Imana iguhe umugisha!<\/p>\n<p>Ijambo rivuye kuri<\/p>\n<p>NIBINTIJE EVANGELICAL MINISTRIES<br \/>\nEmail: estachenib@yahoo.com<br \/>\n+14128718098( WhatsApp)<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yesaya 1:19 \u201c Nimwemera kumvira muzarya ibyiza byo Mu gihugu \u201c Mu isezerano rya kera hatubwira uburyo Dawidi yanditse amateka mu mibereho yose uvuye mu igihe yari akiri umwana muto. Herekana nabwo uburyo yagiye agaragaza kubaha ndetse no gukora imirimo y\u2019 indashyikirwa bityo bigatuma yigarurira umutima w\u2019 Imana ndetse niy\u2019 abantu. Ijambo ry\u2019Imana ritwereka uburyo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-15081","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Ibintu wakora bikagufasha kwigarurira umutima w\u2019 imana ndetse ni y\u2019 abantu - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15081\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Ibintu wakora bikagufasha kwigarurira umutima w\u2019 imana ndetse ni y\u2019 abantu - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Yesaya 1:19 \u201c Nimwemera kumvira muzarya ibyiza byo Mu gihugu \u201c Mu isezerano rya kera hatubwira uburyo Dawidi yanditse amateka mu mibereho yose uvuye mu igihe yari akiri umwana muto. Herekana nabwo uburyo yagiye agaragaza kubaha ndetse no gukora imirimo y\u2019 indashyikirwa bityo bigatuma yigarurira umutima w\u2019 Imana ndetse niy\u2019 abantu. Ijambo ry\u2019Imana ritwereka uburyo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15081\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-05-05T09:46:44+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-09T13:39:57+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15081#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15081\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Ibintu wakora bikagufasha kwigarurira umutima w\u2019 imana ndetse ni y\u2019 abantu\",\"datePublished\":\"2019-05-05T09:46:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T13:39:57+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15081\"},\"wordCount\":437,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15081#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15081\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15081\",\"name\":\"Ibintu wakora bikagufasha kwigarurira umutima w\u2019 imana ndetse ni y\u2019 abantu - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-05-05T09:46:44+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T13:39:57+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15081#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15081\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15081#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Ibintu wakora bikagufasha kwigarurira umutima w\u2019 imana ndetse ni y\u2019 abantu\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Ibintu wakora bikagufasha kwigarurira umutima w\u2019 imana ndetse ni y\u2019 abantu - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15081","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Ibintu wakora bikagufasha kwigarurira umutima w\u2019 imana ndetse ni y\u2019 abantu - BWIZA","og_description":"Yesaya 1:19 \u201c Nimwemera kumvira muzarya ibyiza byo Mu gihugu \u201c Mu isezerano rya kera hatubwira uburyo Dawidi yanditse amateka mu mibereho yose uvuye mu igihe yari akiri umwana muto. Herekana nabwo uburyo yagiye agaragaza kubaha ndetse no gukora imirimo y\u2019 indashyikirwa bityo bigatuma yigarurira umutima w\u2019 Imana ndetse niy\u2019 abantu. Ijambo ry\u2019Imana ritwereka uburyo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15081","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-05-05T09:46:44+00:00","article_modified_time":"2025-07-09T13:39:57+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15081#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15081"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Ibintu wakora bikagufasha kwigarurira umutima w\u2019 imana ndetse ni y\u2019 abantu","datePublished":"2019-05-05T09:46:44+00:00","dateModified":"2025-07-09T13:39:57+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15081"},"wordCount":437,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15081#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15081","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15081","name":"Ibintu wakora bikagufasha kwigarurira umutima w\u2019 imana ndetse ni y\u2019 abantu - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-05-05T09:46:44+00:00","dateModified":"2025-07-09T13:39:57+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15081#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15081"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15081#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Ibintu wakora bikagufasha kwigarurira umutima w\u2019 imana ndetse ni y\u2019 abantu"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15081","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=15081"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15081\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=15081"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=15081"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=15081"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}