{"id":15289,"date":"2019-05-19T17:08:38","date_gmt":"2019-05-19T17:08:38","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/05\/19\/ni-gute-wahangana-n-ibibazo-urimo-igice-cya-5\/"},"modified":"2025-07-09T15:49:57","modified_gmt":"2025-07-09T13:49:57","slug":"ni-gute-wahangana-n-ibibazo-urimo-igice-cya-5","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15289","title":{"rendered":"NI GUTE WAHANGANA N\u2019 IBIBAZO URIMO igice cya 5"},"content":{"rendered":"<p>Soma 2 Ingoma 20:1-22<\/p>\n<p>Uyu ni umunsi wanyuma wa Seminar tumazemo hafi icyumweru cyose,<\/p>\n<p>twabonye uburyo Imana yihutira gutabara mu ibibazo byacu, ikabigenzura umunota ku umunota kuko Ari Imana y\u2019 Inyembaraga kandi ikaba ari nini kurusha ibibazo byacu.<\/p>\n<p>Mu amasomo twagiye tubona mu minsi ishize twabonye ko nta mpamvu yo gucika intege kuko Imana igihe cyose iba ishaka ko tuyishaka muri ibyo bibazo byacu kandi tukanizera ko Imana yacu idukunda yaduhaye intsinzi y\u2019 Ibibazo byacu.<\/p>\n<p>Uyu munsi ndagira ngo nguteremo imbaraga zo gutangira gushima,<\/p>\n<p>mu ukwizera ko, yadutabaye mu ibibazo byacu ni ubwo ibisubizo bitaragararira amaso y\u2019 imibiri yacu.<\/p>\n<p>Ariko mu mitima yacu twumva ko Imana yagize icyo yakoze bitewe niyi Seminar tumazemo iminsi itari mike.<\/p>\n<p>Reka twongere turebere hamwe uburyo umwami Yehoshafati yatangiye gushima Imana ndetse n\u2019 abaturage bi igihugu cye,<\/p>\n<p>nubwo abanzi babo bari bagifite umugambi mu bisha ndetse banabazurutse kugira ngo babatere.<\/p>\n<p>Bibliya itwereka ko umwami amaze gupimisha amaso y\u2019 umubiri akabona abanzi babo bakomeje umugambi mubi ubwo yagendaga abona amakuru biri mwanya ko bari gusuka ingabo nyinshi ku imipaka y\u2019 Igihugu cye .<\/p>\n<p>Yaricaye maze aravuga ati<\/p>\n<p>\u201cHAPA HAKUNA MCEZO\u201d<\/p>\n<p>Reka negera abaturage maze mbabwire dukore amasengesho yo kwiyiriza.<\/p>\n<p>Abantu barateranye basenga Imana biyiriza ubusa kuko bari baziko kuri icyo kibazo bakeneye ubufasha bw\u2019 Imana.<\/p>\n<p>Ndagira ngo kwibutse ko izo ngabo zari zarabazengurutse ku imipaka y\u2019 igihugu cyose.<\/p>\n<p>Iyumvishe iyo picture uko imeze:<\/p>\n<p>Tekereka uhanganye n\u2019 ibibazo by\u2019 umuntu wawe urwaye ndetse ageze kure ubona byarangiye aho kugira wirukire kwa muganga<\/p>\n<p>ugahitamo kubanza gupfukama maze ugahamagara Imana Kugirango igutabare mbere yo gukora ikindi kintu cyari cyose.<\/p>\n<p>Tekereza uhanganye n\u2019 ikibazo cyo kubura akazi, ikibazo cy\u2019 inzara iwawe, ikibazo cyo kubura ikode kandi nyiri nzu yaguhaye amasaha 24 ukaba wamuviriye mu inzu kandi ntahandi ufite Ushobora kwimukira,<\/p>\n<p>Tekereza uhanganye n\u2019 ikibazo cyo kubura ubwishyu bw\u2019 amafranga wagujijwe na bank cyangwa indi association kandi bari (ready )yo kuza guteza ibyawe watanzeho ingwate,<\/p>\n<p>Tekereza igihugu cyawe( niba ariko icyifuriza amahoro ) cyugarijwe n\u2019 abanzi,<\/p>\n<p>nkuko bari bugarije igihugu cya Yuda cy\u2019 umwami Yehoshafati, bagasenga biyiriza ubusa mbere yuko ushinzwe gutanga<br \/>\n\u201cORDER \u201c<br \/>\ny\u2019 urugamba ntacyo arakora kandi binoneka ko umwanzi yarangije kubazunguruka.<\/p>\n<p>Ijambo ry\u2019 Imana ritubwira ko nubwo byari bimeze gutyo barasenze kandi Imana irabavugisha maze ihita,<\/p>\n<p>Yubaka ikintu gikomeye mu mitima yabo nakwita<\/p>\n<p>\u201cUKWIZERA \u201c<\/p>\n<p>bituma bumva ko intsinzi bayibonye n\u2019 ubwo itabonekeshwaga n\u2019 amaso y\u2019 umubiri.<\/p>\n<p>Nshuti y\u2019 Imana niba uzi neza ko mu ikibazo cyawe hari icyo Imana yawe yavuganye nawe cyangwa hari icyo yubatse mu mutima wawe,<\/p>\n<p>ukaba wumva muri wowe ukwizera kudasanzwe kuri icyo kibazo nubwo bitaboka hanze.<\/p>\n<p>Nyumva mukundwa n\u2019 Imana<\/p>\n<p>\u201c RYAMA USINZIRE\u201d<\/p>\n<p>Kuko Imana yawe ari Imana itabeshya. Imana isohoza amasezerano.<\/p>\n<p>Ubwo Imana yari imaze kubaka ukwizera muri bo bavuye muri ayo masengesho barataha.<\/p>\n<p>bageze mu ingo zabo bakomeje<br \/>\nkwikorera ibyo bari basazwe bakora,<\/p>\n<p>bararyama barasinzira.<\/p>\n<p>Kandi bazi yuko abanzi babo bakibazurutse.<\/p>\n<p>Ku umurongo wa 20 haravuga hati<\/p>\n<p>\u201cngo bukeye bwaho bazinduka kare mu igitondo, barasohoka bajya mu ubutayu bw\u2019 i Tekowa. Bagisohoka Umwami Yehoshafati arahamagara avuga ati<\/p>\n<p>\u201c NIMUNYUMVE BAYUDA, NAMWE ABATUYE I YERUSALEMU, NIMWIZERE UWITEKA IMANA YANYU MUBONE GUKOMEZWA, MWIZERE N\u2019 ABAHANUZI BAYO MUBONE KUGUBWA NEZA.\u201d<\/p>\n<p>Muri iki gihe ni abantu bake bagira ukwizera kumeze gutyo<\/p>\n<p>Ukwizera kumeze gutyo Yona yaragufite ubwo yarari mu ubwato ari guhunga Imana ngo itamutuma i Nineve aho yahombaga kujya kuburira abantu baho ngo bihane.<\/p>\n<p>Ubwo ubwato bwahuye n\u2019 umuyaga mwinshi bugashaka kuzika abantu bahangayitse,<br \/>\nUmwana mwiza Yona yariryamiye akubita igitotsi karahava ndetse atangira kugona.<\/p>\n<p>Umva uko bamukanguye bamubwira<\/p>\n<p>\u201c Niko sha, kweli kabisa urasinziriyedufite ibabazo bingana gutya.<\/p>\n<p>Ariko birashoboka ko hari ikibura mu bwenge bwawe kuko ubuzima bwawe ntacyo bukubwiye.<\/p>\n<p>Nawe arabasubiza ati\u201d Sorry, ariko reka mbahe umuti wabyo<\/p>\n<p>Ngaho se sha.<\/p>\n<p>Ariko utaratubwira umuti wabyo Ushobora kutubwira Imana yawe wizera?<\/p>\n<p>Yona arayibabwira.<\/p>\n<p>Baramusubiza bati \u201c Ngaho se shobu&#8230;(ja)tubwire uwo muti?<\/p>\n<p>Arababwira ati \u201c Ni mujyugunye mu mazi ni ibyanjye byose murabona amahoro.<\/p>\n<p>Maze batangira kuvugana bagira bati \u201c<\/p>\n<p>Aka kagabo ntikeneje mu mutwe wako kabisa tukajungunye mu mazi nkuko kabivuze cyangwa tukihorere?<\/p>\n<p>abandi bati<\/p>\n<p>\u201c Tupa mbali \u201c<\/p>\n<p>Ubwo bajugunya Yona mu mazi urufi ruramumira rujya kumuruka aho Imana yashakaga ku mutuma, bityo abari mu bwato babona kubona amahoro.<\/p>\n<p>Yona yari azi ko ntacyo ashobora kuba kandi yari azi impamvu yabyo anazi nicyakorwa kugira ngo Amahoro aboneka aho.<\/p>\n<p>Igihe kimwe Yesu nawe yarari mu bwato ari kumwe n\u2019 abigishwa be<br \/>\nUmuyaga ushaka gutuma ubwato burohama.<\/p>\n<p>abigishwa be barwana n\u2019 icyo kibazo baracoka. Yesu muri uwo mwanya yararyamye ari kuruhuka,<\/p>\n<p>ariko yarazi neza ko ubwato budashobora kuzika.<\/p>\n<p>Hari ikintu cy\u2019 ukwizera kiba mu muntu mugihe usengera ikintu runaka, Imana iguha,<br \/>\nukumva ko wasubijwe nubwo hanze utabona icyo gisubizo<\/p>\n<p>ariko muri wowe ukumva ufite amahoro adasanzwe maze guhangayika wari ufite kukarangira. Mu gihe utabona ibitotsi uryamye uwo munsi ukaba wasinzira neza kandi hanze ibibazo biboneka ko ari ibibazo.<\/p>\n<p>Reka tugaruke ku inkuru yacu , umwami n\u2019 abantu be bararyamye barasinzira aho mu ubutayu kandi ntabwo umwami yigeze gupanga ingabo ze,<br \/>\nahubwo Bibliya itubwira ko yari yapanze abaririmbyi be kugira ngo batangire gushima Imana kubwo yabahaye intsinzi nubwo urugamba rwari rutaratangira.<\/p>\n<p>Ni uko abana b\u2019 Imana beza batangira kwohereza amasasu yo mubwoko bwa amakorasi agezweho kandi afite amavuta avuye mu ijuru karahava nko muri iki gihe navuga nk\u2019 ikorasi ivuga uko Imana yarinze Daniel mu ubwobo ry\u2019 Intare ko ariko izaturinda hamwe n\u2019 abayobozi bacu.<\/p>\n<p>Aho abayuda batangiye kuririmba barakomeza baririmba bongera basubiramo. ( soma umurongo wa 22)<\/p>\n<p>Muri uko guhimbaza no gushima Imana nibwo Imana yarekuye intsinzi igaragarira amaso y\u2019 umubiri abanzi babo ubwabo basubiranamo baramarana.<\/p>\n<p>Nshuti yanjye birashoboka ko ufite ibibazo, ibigeragezo, intambara zigiye zitandukanye kandi umaze igihe ubisengera ariko ukaba utarabona ibisubizo byabyo, ariko mu mutima wawe ukaba wumva ufite amahoro, azanwa no kwizera ko Imana iri kubikorera akazi ndashaka ku kubwira ko icyo ari ikimenyesho cy\u2019 uko Imana yawe yagusubije kubera iyo mpamvu tangira<\/p>\n<p>\u201cufungure umunwa wawe maze utangire ushime Imana yawe.\u201d<\/p>\n<p>Birashoboka ko iyi Seminar yari icyo igufashije mu ibibazo wari ufite maze ukumva hari ikindi kintu cyubatswe mu mutima wawe bikakwinjiza mu ukwizera kudasanzwe ko Imana yawe yagusubirije muri izi nyigisho za Seminar kandi ukumva ko guhangayikishwa nibyo bibazo byashize muri wowe.<\/p>\n<p>FUNGURA UMUNWA WAWE UTANGIRE USHIME IMANA.<\/p>\n<p>Birashoboka ko hari inkuru mbi yumvikanye ko hari abanzi b\u2019 igihugu cyawe bashaka kugitera ariko kugisengera no guhumurizwa n\u2019 abo Imana yahaye ku kiyobora,<br \/>\nmaze ukumva mu mutima wawe ko Imana igomba kubagira nk\u2019 uko yagize abanzi b\u2019 umwami Yehoshafati n\u2019 Igihugu cye.<\/p>\n<p>\u201cRYAMA USINZIRE KANDI UFUNGURE UMUNWA WAWE USHIME IMANA \u201c<\/p>\n<p>Witegereza kubanza kubirebesha amaso yawe y\u2019 umubiri kuko UKWIZERA kwawe kwarangije kubibona . Ukwizera ni ukubona ibintu bitaragaragara.<\/p>\n<p>ukwizera gushobora kuguha ikintu amaso yawe atarabona.<\/p>\n<p>Nongere nsubiremo:<\/p>\n<p>\u201cTANGIRA GUSHIMA IMANA \u201c<\/p>\n<p>Imana iguhe Umugisha..!<\/p>\n<p>Iyi Seminar mwayihabwaga na<br \/>\nNIBINTIJE EVANGELICAL MINISTRIES INTERNATIONAL<br \/>\n(NEMI)<br \/>\nEmail: estachenib@yahoo.com<br \/>\n+14128718098( WhatsApp)<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Soma 2 Ingoma 20:1-22 Uyu ni umunsi wanyuma wa Seminar tumazemo hafi icyumweru cyose, twabonye uburyo Imana yihutira gutabara mu ibibazo byacu, ikabigenzura umunota ku umunota kuko Ari Imana y\u2019 Inyembaraga kandi ikaba ari nini kurusha ibibazo byacu. Mu amasomo twagiye tubona mu minsi ishize twabonye ko nta mpamvu yo gucika intege kuko Imana igihe [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-15289","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>NI GUTE WAHANGANA N\u2019 IBIBAZO URIMO igice cya 5 - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15289\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"NI GUTE WAHANGANA N\u2019 IBIBAZO URIMO igice cya 5 - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Soma 2 Ingoma 20:1-22 Uyu ni umunsi wanyuma wa Seminar tumazemo hafi icyumweru cyose, twabonye uburyo Imana yihutira gutabara mu ibibazo byacu, ikabigenzura umunota ku umunota kuko Ari Imana y\u2019 Inyembaraga kandi ikaba ari nini kurusha ibibazo byacu. Mu amasomo twagiye tubona mu minsi ishize twabonye ko nta mpamvu yo gucika intege kuko Imana igihe [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15289\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-05-19T17:08:38+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-09T13:49:57+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"6 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15289#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15289\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"NI GUTE WAHANGANA N\u2019 IBIBAZO URIMO igice cya 5\",\"datePublished\":\"2019-05-19T17:08:38+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T13:49:57+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15289\"},\"wordCount\":1108,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15289#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15289\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15289\",\"name\":\"NI GUTE WAHANGANA N\u2019 IBIBAZO URIMO igice cya 5 - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-05-19T17:08:38+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T13:49:57+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15289#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15289\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15289#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"NI GUTE WAHANGANA N\u2019 IBIBAZO URIMO igice cya 5\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"NI GUTE WAHANGANA N\u2019 IBIBAZO URIMO igice cya 5 - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15289","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"NI GUTE WAHANGANA N\u2019 IBIBAZO URIMO igice cya 5 - BWIZA","og_description":"Soma 2 Ingoma 20:1-22 Uyu ni umunsi wanyuma wa Seminar tumazemo hafi icyumweru cyose, twabonye uburyo Imana yihutira gutabara mu ibibazo byacu, ikabigenzura umunota ku umunota kuko Ari Imana y\u2019 Inyembaraga kandi ikaba ari nini kurusha ibibazo byacu. Mu amasomo twagiye tubona mu minsi ishize twabonye ko nta mpamvu yo gucika intege kuko Imana igihe [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15289","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-05-19T17:08:38+00:00","article_modified_time":"2025-07-09T13:49:57+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"6 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15289#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15289"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"NI GUTE WAHANGANA N\u2019 IBIBAZO URIMO igice cya 5","datePublished":"2019-05-19T17:08:38+00:00","dateModified":"2025-07-09T13:49:57+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15289"},"wordCount":1108,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15289#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15289","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15289","name":"NI GUTE WAHANGANA N\u2019 IBIBAZO URIMO igice cya 5 - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-05-19T17:08:38+00:00","dateModified":"2025-07-09T13:49:57+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15289#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15289"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15289#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"NI GUTE WAHANGANA N\u2019 IBIBAZO URIMO igice cya 5"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15289","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=15289"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15289\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=15289"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=15289"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=15289"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}