{"id":15306,"date":"2019-05-20T15:41:45","date_gmt":"2019-05-20T15:41:45","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/05\/20\/nyamasheke-abasoje-amasomo-yabo-muri-ttc-mwezi-basabwe-kuba-abarezi-b\/"},"modified":"2025-02-12T12:34:05","modified_gmt":"2025-02-12T10:34:05","slug":"nyamasheke-abasoje-amasomo-yabo-muri-ttc-mwezi-basabwe-kuba-abarezi-b","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15306","title":{"rendered":"Nyamasheke: Abasoje amasomo yabo muri  TTC Mwezi basabwe kuba abarezi b\u2019intangarugero"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Nyamasheke buvuga ko bwamaze igihe kirekire bufite ikibazo cy\u2019abarezi b\u2019amashuri abanza bize inderabarezi kuko wasangaga benshi bigisha badafite izo mpamyabumenyi,aho Leta ifatiye icyemezo cyo kubaha ishuri nderabarezi TTC Mwezi,iki kibazo ngo kikaba kimaze gukemuka ku kigereranyo kirenga 90%, abarangiza muri iri shuri \u00a0bakaba basabwa kuba intangarugero mu kuhazamura ireme ry\u2019uburezi.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ubwo iri shuri ryamurikiraga ababyeyi n\u2019ubuyobozi bw\u2019akarere umusaruro rimaze gutanga kuva ryakingura imiryango ku wa 14 Mutarama 2015, aho ngo kugeza ubu\u00a0 abagera kuri 299 bamaze kurirangizamo,muri bo abagera kuri 85% bakaba\u00a0 ari abarezi muri aka karere,abandi baragiye gukomeza za kaminuza,abandi\u00a0 bahabwa akazi muri aka karere,Rusizi n\u2019ahandi \u00a0uko kabonetse kandi ngo bagatanga umusaruro\u00a0 bategerejweho,umuyobozi w\u2019iri shuri Akimana Erneste yavuze ko nubwo hakiri byinshi byo gukorwa ariko bishimira ko akarere katagihangayika kajya gushakisha ahandi abarezi bigisha inshuke n\u2019amashuri abanza.<\/p>\n<p>Avuga kandi ko nubwo iri shuri riri I Mwezi mu murenge wa Karengera \u00a0ryaje rikorera mu nyubako zishaje cyane zari iz\u2019ishuri ryigenga ry\u2019ababyeyi ryahabanje, abana badafite aho barara hatunganye,nta\u00a0 laboratwari igaragara ihari, nta mudasobwa n\u2019imwe rigira ,mbese ari nko gutangirira kuri zeru,ubu rimaze kwiyubaka n\u2019abarirangizamo bafite ubumenyi\u00a0 butanga icyizere,aho anasaba ababyeyi kwikuramo ko uwize inderabarezi aba yiraga ubukene nk\u2019uko abenshi bakunda kubivuga.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 \u00a0ryangiye ari nko gutangirira kuri zeru kuko n\u2019inyubako zari zishaje cyane zitanahagije,barara ahadashobotse, nta mudasobwa n\u2019imwe y\u2019abana tugira,ibyumba by\u2019amashuri bidahagije,ariko ubu ku bufatanye bw\u2019akarere n\u2019ikigo cy\u2019igihugu gishinzwe uburezi( REB) dufite mudasobwa 158 zifasha abana mu ikoranabuhanga, ibikoresho by\u2019umuziki, twubakiwe ibyumba 3 by\u2019ishuri,aho abahungu barara,icyumba gikorerwamo imfashanyigisho,isomero rirahari n\u2019ubwo ririmo ibikoresho bike, n\u2019ibindi ku buryo twumva ntacyo Leta yacu itadukorera.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Avuga ko bagifite ibibazo by\u2019inyubako nyinshi zishaje cyane, inzu abana bariramo n\u2019aho batekera\u00a0 bidahagije,\u00a0 ibiro na Laboratwari irimo ibikoresho bihagije kugira ngo uretse no guhaza akarere ku barezi ribe ryasagurira n\u2019ahandi mu gihugu,ariko bimwe muri ibi akarere kemeye ko bazabyubakirwa vuba.<\/p>\n<p>Mu rewego rwo kugira akamaro aka gace k\u2019icyaro riherereyemo, ngo riraba igisubizo ku baturage kuko uretse kubaha akazi, ngo n\u2019umusaruro wabo riwugura\u00a0 utunga \u00a0abana, bikaba byaratumye bongera imbaraga mu buhinzi bizeye isoko, bikavugwa n\u2019abahaturiye.<\/p>\n<p>Musabyemariya F\u00e9licite\u00a0 watangiye kuharerera rigitangira,ashima Leta uburyo yumvise ibyifuzo byabo kuko ngo ryatangiye bamwe batumva ko rizagera ku cyo ryari ritegerejweho urebye ibibazo\u00a0 ryatangiranye,agasaba ababyeyi bagenzi be kutumva ko umwana ugiye mu ishuri nderabarezi aba agiye kwiraga ubukene.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 barabivuga koko kubera umushahara muke wa mwarimu n\u2019izindi ngorane agihura na zo ariko nanjye ndi umurezi kandi Leta yacu itwitayeho ku buryo nta mubyeyi wagombye kuvuga gutyo kuko burya gukena ari mu mutwe,ariko iyo wigishijwe neza ukanamenya gucunga neza duke ubona nta kikubuza gutera imbere nk\u2019abize cyangwa bakora ibindi kuko abarezi atari twe turi inyuma y\u2019abandi mu iterambere.<\/p>\n<p>Gusa nk\u2019uko bivugwa \u00a0na Uwiringiyimana Th\u00e9ophila waharangije akaba yigisha mu ishuri ribanza rya Bushekeri muri aka karere,ngo bifuza ko Leta yakorohereza abize kwigisha amashuri y\u2019inshuke no kwigisha indimi mu mashuri abanza kubona buruse,kuko ngo usanga yibanda cyane ku bize kwigisha amasiyansi,abandi bakamenra nk\u2019abatakaye kandi n abo \u00a0bakeneye kongera ubumenyi.<\/p>\n<p>Akarere ka Nyamasheke ngo ni kamwe mu turere two mu gihugu turangwamo amashuri menshi,kuko agera ku 139 arimo abanza gusa 94,umukozi ushinzwe amashuri y\u2019ishuke,abanza n\u2019amasomero y\u2019abakuze Habineza Florien akavuga ko buri mwaka bakenera nibura\u00a0 abarezi 160 kandi abenshi baba babateze kuri iri shuri,akaba yarabasabye kuba intangarugero aho bakora bose kuko akazi ko gahari nta we uzaharangiza ngo abe umushomeri igihe kinini.<\/p>\n<figure id=\"attachment_133592\" aria-describedby=\"caption-attachment-133592\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-133592 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/Abarezi-barangije-ayisumbuye-muri-TTC-Mwezi-bari-kumwe-nababyeyi-nabayobozi-babo..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-133592\" class=\"wp-caption-text\">Abarezi barangije ayisumbuye muri TTC Mwezi bari kumwe n&#8217;ababyeyi n&#8217;abayobozi babo<\/figcaption><\/figure>\n<figure id=\"attachment_133593\" aria-describedby=\"caption-attachment-133593\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-133593 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/Abiga-inderabarezi-muri-iri-shuri-basabwe-kwigana-umwete-kuko-bo-bafite-akarusho-ko-kwiga-bizeye-kurangiza-bahita-babona-akazi..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-133593\" class=\"wp-caption-text\">Abiga inderabarezi muri iri shuri basabwe kwigana umwete\u00a0<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Nyamasheke buvuga ko bwamaze igihe kirekire bufite ikibazo cy\u2019abarezi b\u2019amashuri abanza bize inderabarezi kuko wasangaga benshi bigisha badafite izo mpamyabumenyi,aho Leta ifatiye icyemezo cyo kubaha ishuri nderabarezi TTC Mwezi,iki kibazo ngo kikaba kimaze gukemuka ku kigereranyo kirenga 90%, abarangiza muri iri shuri \u00a0bakaba basabwa kuba intangarugero mu kuhazamura ireme ry\u2019uburezi. Ubwo iri [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-15306","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke: Abasoje amasomo yabo muri TTC Mwezi basabwe kuba abarezi b\u2019intangarugero - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15306\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke: Abasoje amasomo yabo muri TTC Mwezi basabwe kuba abarezi b\u2019intangarugero - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Nyamasheke buvuga ko bwamaze igihe kirekire bufite ikibazo cy\u2019abarezi b\u2019amashuri abanza bize inderabarezi kuko wasangaga benshi bigisha badafite izo mpamyabumenyi,aho Leta ifatiye icyemezo cyo kubaha ishuri nderabarezi TTC Mwezi,iki kibazo ngo kikaba kimaze gukemuka ku kigereranyo kirenga 90%, abarangiza muri iri shuri \u00a0bakaba basabwa kuba intangarugero mu kuhazamura ireme ry\u2019uburezi. Ubwo iri [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15306\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-05-20T15:41:45+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:34:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/Abarezi-barangije-ayisumbuye-muri-TTC-Mwezi-bari-kumwe-nababyeyi-nabayobozi-babo..jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15306#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15306\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamasheke: Abasoje amasomo yabo muri TTC Mwezi basabwe kuba abarezi b\u2019intangarugero\",\"datePublished\":\"2019-05-20T15:41:45+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:34:05+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15306\"},\"wordCount\":641,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15306#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/05\\\/Abarezi-barangije-ayisumbuye-muri-TTC-Mwezi-bari-kumwe-nababyeyi-nabayobozi-babo..jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15306#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15306\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15306\",\"name\":\"Nyamasheke: Abasoje amasomo yabo muri TTC Mwezi basabwe kuba abarezi b\u2019intangarugero - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15306#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15306#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/05\\\/Abarezi-barangije-ayisumbuye-muri-TTC-Mwezi-bari-kumwe-nababyeyi-nabayobozi-babo..jpg\",\"datePublished\":\"2019-05-20T15:41:45+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:34:05+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15306#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15306\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15306#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15306#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke: Abasoje amasomo yabo muri TTC Mwezi basabwe kuba abarezi b\u2019intangarugero\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke: Abasoje amasomo yabo muri TTC Mwezi basabwe kuba abarezi b\u2019intangarugero - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15306","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke: Abasoje amasomo yabo muri TTC Mwezi basabwe kuba abarezi b\u2019intangarugero - BWIZA","og_description":"Ubuyobozi bw\u2019akarere ka Nyamasheke buvuga ko bwamaze igihe kirekire bufite ikibazo cy\u2019abarezi b\u2019amashuri abanza bize inderabarezi kuko wasangaga benshi bigisha badafite izo mpamyabumenyi,aho Leta ifatiye icyemezo cyo kubaha ishuri nderabarezi TTC Mwezi,iki kibazo ngo kikaba kimaze gukemuka ku kigereranyo kirenga 90%, abarangiza muri iri shuri \u00a0bakaba basabwa kuba intangarugero mu kuhazamura ireme ry\u2019uburezi. Ubwo iri [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15306","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-05-20T15:41:45+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:34:05+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/Abarezi-barangije-ayisumbuye-muri-TTC-Mwezi-bari-kumwe-nababyeyi-nabayobozi-babo..jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15306#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15306"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamasheke: Abasoje amasomo yabo muri TTC Mwezi basabwe kuba abarezi b\u2019intangarugero","datePublished":"2019-05-20T15:41:45+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:34:05+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15306"},"wordCount":641,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15306#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/Abarezi-barangije-ayisumbuye-muri-TTC-Mwezi-bari-kumwe-nababyeyi-nabayobozi-babo..jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15306#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15306","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15306","name":"Nyamasheke: Abasoje amasomo yabo muri TTC Mwezi basabwe kuba abarezi b\u2019intangarugero - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15306#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15306#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/Abarezi-barangije-ayisumbuye-muri-TTC-Mwezi-bari-kumwe-nababyeyi-nabayobozi-babo..jpg","datePublished":"2019-05-20T15:41:45+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:34:05+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15306#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15306"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15306#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15306#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke: Abasoje amasomo yabo muri TTC Mwezi basabwe kuba abarezi b\u2019intangarugero"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15306","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=15306"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15306\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=15306"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=15306"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=15306"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}