{"id":15324,"date":"2019-05-22T08:49:40","date_gmt":"2019-05-22T08:49:40","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/05\/22\/nyamasheke-mugera-abarokotse-jenoside-bashimiye-ku-mugaragaro-ababarokoye\/"},"modified":"2025-02-12T12:33:53","modified_gmt":"2025-02-12T10:33:53","slug":"nyamasheke-mugera-abarokotse-jenoside-bashimiye-ku-mugaragaro-ababarokoye","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15324","title":{"rendered":"Nyamasheke\/Mugera: Abarokotse Jenoside bashimiye ku mugaragaro ababarokoye"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Me Nsabimana Cyprien\u00a0 wari ufite imyaka icyenda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi na Ndagijimana Eug\u00e8ne wari ufite 20, ni bamwe mu babashije kurokoka mu cyahoze ari segiteri Mugera ya Komini Gafunzo y\u2019icyo gihe, ubu ni mu kagari ka Mugera mu murenge wa Shangi, mu karere ka Nyamasheke, bakaba bashimiye ku mugaragaro ababarokoye, babagabira inka.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Aka gace nk\u2019uko bivugwa n\u2019umusaza Ntwarabashi Athanase w\u2019imyaka 72, akaba n\u2019umubyeyi w\u2019uyu Ndagijimana Eug\u00e8ne washimiye uwamurokoye,ngo katikiriyemo abatutsi benshi cyane, ubu abamaze kumenyekana\u00a0 bakaba ari \u00a0352.<\/p>\n<figure id=\"attachment_133703\" aria-describedby=\"caption-attachment-133703\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-133703 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/Habanje-urugendo-rwo-kwibuka-abatutsi-biciwe-mu-cyari-segiteri-Mugera..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-133703\" class=\"wp-caption-text\">Urugendo rwo kwibuka abatutsi biciwe mu cyari segiteri Mugera<\/figcaption><\/figure>\n<p>Uretse Interahamwe ngo na bamwe mu biyitaga ko basenga barabiretse bica Abatutsi basenganaga. Ubwo hibukwaga ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe abatutsi, Ntwarabashi yavuze ko batotejwe kuva mu 1959, aho uwicaga umututsi cyangwa akamwangaza yagabirwaga isambu ye. Ashimira bamwe mu babaye intwari bakarwana ku Batutsi bicwaga bakabasha kubarokora.<\/p>\n<p>Uku gushima kukaba ari ko kwanabaye ku muhungu we Ndagijimana Eug\u00e8ne washimiye\u00a0 Rwanyagatare Vianney\u00a0 wari\u00a0 umusore mugenzi we, wakomeje kumurwanaho kugeza arokotse.<\/p>\n<p>Ndagijimana agira ati \u201cMushimiye ku mugaragaro kandi nanjye ndanezerewe cyane kuba yaranyitangiye \u00a0tutari tunaziranye cyane nyamara abo nitaga ko tuziranye bandetse,uwo mutima\u00a0 yagize ukaba\u00a0 unteye kumugabira inka, azanakomeza kuba ku mutima wanjye igihe cyose.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Me Nsabimana Cyprien na we yashimiye cyane abasore yasanze \u00a0aho yari yihishe muri aka gace mu nzu y\u2019umukecuru wari ushaje, aba basore ngo bari baraye mu yindi nzu yo muri urwo rugo,haza Interahamwe bari baturanye zibabaza niba batamubonye barazihakanira zirabasohora zibashinga inkota ku majosi zibabwira ko nibatavuga aho ari zibica zinabavusha amaraso ariko aho kuvuga ko ahari kandi babizi baremera barababazwa kugeza igihe abo bicanyi babarekeye batabishe ariko banze kuvuga ko ahari.<\/p>\n<p>Ati \u201cBankoreye iby\u2019ubutwari cyane kuko bemeye kumenerwa amaraso yabo bandengera nyamara ababasogotaga ngo bavuge aho ndi bari abaturanyi bacu, ariko bemera kubabara gutyo ntibantanga na bo ntibicwa, n\u2019ubwo ubu ntazi aho bari ariko uyu munsi umubyeyi w\u2019umwe namuhaye inka n\u2019uw\u2019undi nayimuhaye umwaka ushize, nkaba nishimira ko nyuma y\u2019ibyo Leta yacu nziza yanshyize mu ishuri nkaragiza icyiciro cya 3 cya kaminuza nkaba\u00a0 nkorera igihugu uko nshoboye.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Abashimiwe basabye urubyiruko kurangwa n\u2019urukundo kuko ngo ugira neza ukayisanga imbere, \u00a0ngo igihe hari bamwe bari bashishikajwe no kumena amaraso hari abandi nubwo ari bake baranzwe n\u2019umutima w\u2019urukundo uyu munsi bakaba babishimirwa.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019aka karere wungirije ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage,Mukamana Claudette\u00a0 yashimiye buri wese witanze ngo agire uwo arokora, na we asaba urubyiruko kurebera\u00a0 ku butwari bw\u2019abarkoye abandi bagaharanira kugira neza kuko ngo ineza idahera.<\/p>\n<p>Aka gace nk\u2019uko bivugwa n\u2019Ufitamahoro Cylile uhagarariye komite yo kwibuka abatutsi bahiciwe,ngo nubwo kari kegereye iKivu ntibyabujije ko abatutsi babura uburyo bwo kucyambuka ngo bajye muri Kongo,kuko abicanyi bafashe amato yose bakayazirikisha iminyururu n\u2019ingufuri ngo hatagira uwambuka,icyakora we ku bw\u2019amahirwe yambukira ku kato gato kendaga kubaroha abifashijwemo n\u2019umuturanyi.<\/p>\n<p>Kugeza ubu abaharokokeye bamaze guha ababarokoye inka bigera ku 9,bakaba baranamaze kuremera bagenzi babo batishoboye izirenga 10 zirimo n\u2019ebyiri babahaye uyu munsi.<\/p>\n<figure id=\"attachment_133700\" aria-describedby=\"caption-attachment-133700\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-133700 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/Abarokotse-Jenoside-bari-kumwe-nababarokoye-nyuma-yo-kubashimira..jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-133700\" class=\"wp-caption-text\">Abarokotse Jenoside bari kumwe n&#8217;ababarokoye nyuma yo kubashimira<\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Me Nsabimana Cyprien\u00a0 wari ufite imyaka icyenda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi na Ndagijimana Eug\u00e8ne wari ufite 20, ni bamwe mu babashije kurokoka mu cyahoze ari segiteri Mugera ya Komini Gafunzo y\u2019icyo gihe, ubu ni mu kagari ka Mugera mu murenge wa Shangi, mu karere ka Nyamasheke, bakaba bashimiye ku mugaragaro ababarokoye, babagabira inka. [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-15324","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nyamasheke\/Mugera: Abarokotse Jenoside bashimiye ku mugaragaro ababarokoye - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15324\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nyamasheke\/Mugera: Abarokotse Jenoside bashimiye ku mugaragaro ababarokoye - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Me Nsabimana Cyprien\u00a0 wari ufite imyaka icyenda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi na Ndagijimana Eug\u00e8ne wari ufite 20, ni bamwe mu babashije kurokoka mu cyahoze ari segiteri Mugera ya Komini Gafunzo y\u2019icyo gihe, ubu ni mu kagari ka Mugera mu murenge wa Shangi, mu karere ka Nyamasheke, bakaba bashimiye ku mugaragaro ababarokoye, babagabira inka. [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15324\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-05-22T08:49:40+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:33:53+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/Habanje-urugendo-rwo-kwibuka-abatutsi-biciwe-mu-cyari-segiteri-Mugera..jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15324#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15324\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nyamasheke\\\/Mugera: Abarokotse Jenoside bashimiye ku mugaragaro ababarokoye\",\"datePublished\":\"2019-05-22T08:49:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:33:53+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15324\"},\"wordCount\":525,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15324#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/05\\\/Habanje-urugendo-rwo-kwibuka-abatutsi-biciwe-mu-cyari-segiteri-Mugera..jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15324#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15324\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15324\",\"name\":\"Nyamasheke\\\/Mugera: Abarokotse Jenoside bashimiye ku mugaragaro ababarokoye - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15324#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15324#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/05\\\/Habanje-urugendo-rwo-kwibuka-abatutsi-biciwe-mu-cyari-segiteri-Mugera..jpg\",\"datePublished\":\"2019-05-22T08:49:40+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:33:53+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15324#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15324\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15324#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15324#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nyamasheke\\\/Mugera: Abarokotse Jenoside bashimiye ku mugaragaro ababarokoye\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nyamasheke\/Mugera: Abarokotse Jenoside bashimiye ku mugaragaro ababarokoye - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15324","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nyamasheke\/Mugera: Abarokotse Jenoside bashimiye ku mugaragaro ababarokoye - BWIZA","og_description":"Me Nsabimana Cyprien\u00a0 wari ufite imyaka icyenda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi na Ndagijimana Eug\u00e8ne wari ufite 20, ni bamwe mu babashije kurokoka mu cyahoze ari segiteri Mugera ya Komini Gafunzo y\u2019icyo gihe, ubu ni mu kagari ka Mugera mu murenge wa Shangi, mu karere ka Nyamasheke, bakaba bashimiye ku mugaragaro ababarokoye, babagabira inka. [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15324","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-05-22T08:49:40+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:33:53+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/Habanje-urugendo-rwo-kwibuka-abatutsi-biciwe-mu-cyari-segiteri-Mugera..jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15324#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15324"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nyamasheke\/Mugera: Abarokotse Jenoside bashimiye ku mugaragaro ababarokoye","datePublished":"2019-05-22T08:49:40+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:33:53+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15324"},"wordCount":525,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15324#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/Habanje-urugendo-rwo-kwibuka-abatutsi-biciwe-mu-cyari-segiteri-Mugera..jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15324#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15324","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15324","name":"Nyamasheke\/Mugera: Abarokotse Jenoside bashimiye ku mugaragaro ababarokoye - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15324#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15324#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/Habanje-urugendo-rwo-kwibuka-abatutsi-biciwe-mu-cyari-segiteri-Mugera..jpg","datePublished":"2019-05-22T08:49:40+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:33:53+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15324#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15324"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15324#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15324#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nyamasheke\/Mugera: Abarokotse Jenoside bashimiye ku mugaragaro ababarokoye"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15324","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=15324"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15324\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=15324"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=15324"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=15324"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}