{"id":15330,"date":"2019-05-22T11:15:13","date_gmt":"2019-05-22T11:15:13","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/05\/22\/adepr-rev-ntakirutimana-wafunzwe-na-cmi-yavuze-icyo-yazize-no-ku-mwuka-mubi-uri\/"},"modified":"2025-07-09T15:49:57","modified_gmt":"2025-07-09T13:49:57","slug":"adepr-rev-ntakirutimana-wafunzwe-na-cmi-yavuze-icyo-yazize-no-ku-mwuka-mubi-uri","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15330","title":{"rendered":"ADEPR : Rev. Ntakirutimana wafunzwe na  CMI yavuze icyo yazize no ku mwuka mubi uri mu itorero rya Uganda"},"content":{"rendered":"<p>Umwuka utari mwiza ukomeje kuvugwa mu Itorero ADEPR-PCIU rya UGANDA, aho uwayoboraga uru rurembo yafunzwe ashinjwa kuba intasi y&#8217;u Rwanda muri Uganda bikaza gutuma bamwe mubo bayoboranaga bitandukanya n\u2019itorero rya ADEPR, aho \u00a0kuri ubu nyuma yo kurekurwa Rev. Ntakirutimana Theoneste , yirukanye bamwe mu bavugwa ko bigumuye kuri\u00a0 ADEPR nabo bamusubiza ko nta burenganzira abifitiye .<\/p>\n<figure id=\"attachment_133741\" aria-describedby=\"caption-attachment-133741\" style=\"width: 631px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-133741\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/WhatsApp-Image-2019-05-22-at-11.13.021.jpeg\" alt=\"\" width=\"631\" height=\"888\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-133741\" class=\"wp-caption-text\">Icyemezo cy&#8217;Urukiko Rukuru rwa Uganda cyo kurekura Rev. Ntakiritimana na mugenzi we, Assimwe Appolinaire bafatanwe<\/figcaption><\/figure>\n<p><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-133744 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/WhatsApp-Image-2019-05-22-at-11.13.024.jpeg\" alt=\"\" width=\"607\" height=\"831\" \/><\/p>\n<p>Umuyobozi w&#8217;ururembo rwa ADEPR muri Uganda, Rev.Ntakirutimana Theoneste\u00a0 yatangarije bwiza.com ko ubu yafunguwe ari iwe mu rugo no mu kazi k&#8217;itorero nyuma yo gufungurwa n\u2019izego z\u2019ubutasi za Uganda, nyuma yuko uyu muyobozi yari yarashimuswe ku ya 28 Weurwe 2019, akajyanwa n\u2019izego z\u2019umutekano za Uganda ( CMI) zikamufungira ahatazwi mu gihe cy\u2019iminsi 45.<\/p>\n<p>Ati &#8220;ADEPR-PCIU ihagaze neza n\u2019abakristo bameze neza nubwo nagize ibyago nkajyanwa n\u2019urwego rw\u2019ubutasi mu gisirikare cya Uganda (CMI) nkahamara iminsi 45, ndi muri gereza nari mpfutswe mu maso ntotezwa, icyo\u00a0 gihe nafunzwe habaye icyuho cyateye bamwe mu bashumba b&#8217;uturere\u00a0 gukoresha inama yo kwigumura bagashinga itorero ryabo bava mu iryacu PCIU\/ADEPR (Pentecote Church International Uganda) nkuko babyigambye, mu inyandiko bandikiye ubuyobozi bukuru bwa ADEPR mu Rwanda ko bafashe icyemezo cyo gukora ukwabo bakigenga bitwaza ko byakuruwe n\u2019ibibazo byari bihari ubuyobozi bw\u2019iri torero mu Rwanda bukabyirengagiza<\/p>\n<p> <strong>Ibaruwa banditse<\/strong> <\/p>\n<p><img decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-133757 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/kk.jpg\" alt=\"\" width=\"778\" height=\"1080\" \/> <img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-133758 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/kk2.jpg\" alt=\"\" width=\"778\" height=\"1080\" \/><\/p>\n<p>Rev.Ntakirutimana Theoneste yakomeje \u00a0avuga ko abigumuye bashinze itorero ryabo bise PCIU , nabo agifungurwa itorero ryahise rifata icyemezo cyo kubahagarika kuri ubu bakaba batakiri Abapasiteri b\u2019itorero rya ADEPR. Amakuru akomeje kuvugwa kandi ko aba bahagaritswe nabo banze uku guhagarikwa n\u2019itorero .<\/p>\n<p>Uyu mu pasiteri kandi akomeza avuga ko yafunzwe ku kagambane kabo bakoranaga kuko yafunzwe ashinjwa kuba akorana na ambasade\u00a0 y&#8217;u Rwanda, gukorana n&#8217; abasirikare bakuru b&#8217;u Rwanda, guhabwa inkunga na Leta y&#8217;u Rwanda\u00a0 mu gukurikirana\u00a0 abakorana na Gen.Kayumba Nyamwasa, muri ibi byose byamubayeho aratunga agatoki Rev.Singirankabo wayoboraga Paruwase ya Mitiyana ku kuba inyuma y\u2019ibi byose ariko akamusaba kureka kugumura abakristo\u00a0 no kureka gukomeza gukoresha kashe y&#8217;itorero mu nyungu ze kuko ubwo biyimikaga bakoresheje kashe ya ADEPR-PCIU UGANDA basubiza ibaruwa yabahagarikaga ku inshingano bakoresheje kashe yabo ya\u00a0 PCIU.<\/p>\n<figure id=\"attachment_133732\" aria-describedby=\"caption-attachment-133732\" style=\"width: 713px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-133732 \" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/WhatsApp-Image-2019-05-21-at-21.30.34.jpeg\" alt=\"\" width=\"713\" height=\"589\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-133732\" class=\"wp-caption-text\">Rev. Singirankabo ushinjwa gushimuta itorero<\/figcaption><\/figure>\n<p> <strong>\u00a0Ibaruwa ibahagarika<\/strong> <\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-133742 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/WhatsApp-Image-2019-05-22-at-11.13.022.jpeg\" alt=\"\" width=\"571\" height=\"840\" \/><\/p>\n<p>Muri uku kwanga guhagarikwa n\u2019itorero , mu ibaruwa bwiza.com ifitiye kopi isubiza uguhagarikwa kw\u2019aba bapasiteri , mu itangazo ryashyizweho umukono na Rev.Singirankabo Jean de Dieu \u00a0uhagarariye uruhande rwigumuye ku itorero dore ko ubu bahinduye izina ry\u2019itorero bahakana ko ihagarikwa bakorewe na Rev. Ntakirutimana Theoneste bataryemera kuko atariwe uhagarika abashumba .<\/p>\n<p> <strong>Ibaruwa isubiza<\/strong> <\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-133740 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/WhatsApp-Image-2019-05-22-at-11.13.02.jpeg\" alt=\"\" width=\"560\" height=\"768\" \/><\/p>\n<p>Ku murongo wa telephone, bwiza.com yashatse kumenya icyo abigumuye kuri ADEPR babivugaho, Rev. Singirankabo Jean de Dieu uyoboye PCIU abajijwe ku bivugwa n\u2019icyamuteye gufatira ADEPR\u00a0 -PCIU Uganda \u00a0n\u2019ibikorwa byayo byose\u00a0 no guhindura izina, yatangaje ko n\u2019ubundi bari basabye kwigenga mbere aho kuba ishami.<\/p>\n<p>Ati&#8221;twasabye kwigenga uhereye mbere ntitube ishami ahubwo tukaba itorero ryigenga mu gihugu no mu cyaro hose, rikisangamo Abagande aho kuba munsi y\u2019ubuyobozi bwo mu kindi gihugu, kandi ko imitungo ari iy\u2019itorero kuko twarigumanye nkuko abaseduwa barisize mu Rwanda bakarisigira Abanyarwanda batabanje kubishyuza.\u201d<\/p>\n<p>Nubwo byinshi yabigize amabanga yavuze ko mu minsi irindwi baraba babonye ibyangombwa by&#8217;itorero kandi ko aho bizaba ngombwa\u00a0 azayoboka amategeko. Ni mu gihe kandi na Rev.Ntakirutimana\u00a0 nawe avuga ko \u00a0bazitabaza ubutabera.<\/p>\n<p>Ubuyobozi bukuru bw\u2019itorero rya ADEPR bwo bwemeza ko ururembo rwa\u00a0 ADEPR -PCIU rukomeje gukora\u00a0 abakristo baratekanye naho abigumuye babikoze ku bushake bwabo kandi ko gushinga idini ryabo bakaryita nuko bashaka ari ibyabo, \u201cnaho kujyana ururembo rwacu ruri Uganda ntabiriho ni nko kwikirigita ukisetsa\u201d<\/p>\n<p>Mu kiganiro umuvugizi w\u2019Itorero rya ADEPR mu Rwanda, Rev. Karuranga Ephraim yagiranye na VOA \u00a0we yavuze ko gushaka gusahurira mu nduru no gukekwaho ubutasi ku bayobozi n\u2019abayoboke ba ADEPR Ururembo rwa Uganda ari bimwe mu biri kuzana umwuka mubi hagati y\u2019iri torero na ADEPR yo mu Rwanda.<\/p>\n<p><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-122290 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2018\/12\/Umuvugizi-wa-ADEPRR\u00e9v-pasiteri-Karuranga-Ephrem-ahangayikishijwe-namaturo-aturirwa-ahatemewe-na-bamwe-mu-bayoboke-bitorero-ayoboye-atazi-aho-ajyanwa.-1024x768.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><\/p>\n<p>Rev. Karuranga yagize ati,  <em>\u201cNi agatsiko k\u2019abari bafite inyota yo kuyobora, babonye umuyobozi wabo afunzwe bifuza ko bakwitandukanya n\u2019abo mu Rwanda bo bumva ko bagomba guhita bayobora iri torero. Hariyo komite yacu; abayobozi twishyiriyeho kandi icyo tuzi neza ni uko atari abakirisitu ni agatsiko kishakira ubuyobozi gusa kandi ntitwakwirengagiza ko no hakurya mu gihugu cya Uganda hari abatumva ubuyobozi bwo mu Rwanda neza.\u201d<\/em> <\/p>\n<p> <em>Yagize ati, \u201cAbatotezwa muri Uganda bari mu itorero ryacu ngo baba bashinjwa kuba intasi z\u2019u Rwanda bikabazanira akaga kimwe n\u2019abandi banyarwanda bose. Abari muri ako gatsiko nibo babatanga abatemeye kuyoboka urwo ruhande bariho rw\u2019umwanzi w\u2019igihugu bakabashinja ko ari intasi\u201d.<\/em> <\/p>\n<p>Kugeza ubu haribazwa amaherezo y\u2019iri hangana mu gihe abayobozi ba ADEPR bitabashobokera kwambuka ngo bajye Uganda gukurikirana iki kibazo nyamara abatangaje ko begukanye ADEPR PCIU ariho batuye.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Clement Bagemahe<\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umwuka utari mwiza ukomeje kuvugwa mu Itorero ADEPR-PCIU rya UGANDA, aho uwayoboraga uru rurembo yafunzwe ashinjwa kuba intasi y&#8217;u Rwanda muri Uganda bikaza gutuma bamwe mubo bayoboranaga bitandukanya n\u2019itorero rya ADEPR, aho \u00a0kuri ubu nyuma yo kurekurwa Rev. Ntakirutimana Theoneste , yirukanye bamwe mu bavugwa ko bigumuye kuri\u00a0 ADEPR nabo bamusubiza ko nta burenganzira abifitiye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-15330","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>ADEPR : Rev. Ntakirutimana wafunzwe na CMI yavuze icyo yazize no ku mwuka mubi uri mu itorero rya Uganda - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15330\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"ADEPR : Rev. Ntakirutimana wafunzwe na CMI yavuze icyo yazize no ku mwuka mubi uri mu itorero rya Uganda - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umwuka utari mwiza ukomeje kuvugwa mu Itorero ADEPR-PCIU rya UGANDA, aho uwayoboraga uru rurembo yafunzwe ashinjwa kuba intasi y&#8217;u Rwanda muri Uganda bikaza gutuma bamwe mubo bayoboranaga bitandukanya n\u2019itorero rya ADEPR, aho \u00a0kuri ubu nyuma yo kurekurwa Rev. Ntakirutimana Theoneste , yirukanye bamwe mu bavugwa ko bigumuye kuri\u00a0 ADEPR nabo bamusubiza ko nta burenganzira abifitiye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15330\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-05-22T11:15:13+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-07-09T13:49:57+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/WhatsApp-Image-2019-05-22-at-11.13.021.jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15330#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15330\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"ADEPR : Rev. Ntakirutimana wafunzwe na CMI yavuze icyo yazize no ku mwuka mubi uri mu itorero rya Uganda\",\"datePublished\":\"2019-05-22T11:15:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T13:49:57+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15330\"},\"wordCount\":807,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15330#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/05\\\/WhatsApp-Image-2019-05-22-at-11.13.021.jpeg\",\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15330#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15330\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15330\",\"name\":\"ADEPR : Rev. Ntakirutimana wafunzwe na CMI yavuze icyo yazize no ku mwuka mubi uri mu itorero rya Uganda - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15330#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15330#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/05\\\/WhatsApp-Image-2019-05-22-at-11.13.021.jpeg\",\"datePublished\":\"2019-05-22T11:15:13+00:00\",\"dateModified\":\"2025-07-09T13:49:57+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15330#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15330\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15330#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15330#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"ADEPR : Rev. Ntakirutimana wafunzwe na CMI yavuze icyo yazize no ku mwuka mubi uri mu itorero rya Uganda\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"ADEPR : Rev. Ntakirutimana wafunzwe na CMI yavuze icyo yazize no ku mwuka mubi uri mu itorero rya Uganda - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15330","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"ADEPR : Rev. Ntakirutimana wafunzwe na CMI yavuze icyo yazize no ku mwuka mubi uri mu itorero rya Uganda - BWIZA","og_description":"Umwuka utari mwiza ukomeje kuvugwa mu Itorero ADEPR-PCIU rya UGANDA, aho uwayoboraga uru rurembo yafunzwe ashinjwa kuba intasi y&#8217;u Rwanda muri Uganda bikaza gutuma bamwe mubo bayoboranaga bitandukanya n\u2019itorero rya ADEPR, aho \u00a0kuri ubu nyuma yo kurekurwa Rev. Ntakirutimana Theoneste , yirukanye bamwe mu bavugwa ko bigumuye kuri\u00a0 ADEPR nabo bamusubiza ko nta burenganzira abifitiye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15330","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-05-22T11:15:13+00:00","article_modified_time":"2025-07-09T13:49:57+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/WhatsApp-Image-2019-05-22-at-11.13.021.jpeg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15330#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15330"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"ADEPR : Rev. Ntakirutimana wafunzwe na CMI yavuze icyo yazize no ku mwuka mubi uri mu itorero rya Uganda","datePublished":"2019-05-22T11:15:13+00:00","dateModified":"2025-07-09T13:49:57+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15330"},"wordCount":807,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15330#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/WhatsApp-Image-2019-05-22-at-11.13.021.jpeg","articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15330#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15330","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15330","name":"ADEPR : Rev. Ntakirutimana wafunzwe na CMI yavuze icyo yazize no ku mwuka mubi uri mu itorero rya Uganda - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15330#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15330#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/WhatsApp-Image-2019-05-22-at-11.13.021.jpeg","datePublished":"2019-05-22T11:15:13+00:00","dateModified":"2025-07-09T13:49:57+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15330#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15330"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15330#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15330#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"ADEPR : Rev. Ntakirutimana wafunzwe na CMI yavuze icyo yazize no ku mwuka mubi uri mu itorero rya Uganda"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15330","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=15330"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15330\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=15330"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=15330"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=15330"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}