{"id":15400,"date":"2019-05-26T19:35:07","date_gmt":"2019-05-26T19:35:07","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/05\/26\/hon-sebaba-arasaba-kuyobora-umutwe-w-039-ingabo-zidasanzwe-special-forces\/"},"modified":"2019-05-26T19:35:07","modified_gmt":"2019-05-26T19:35:07","slug":"hon-sebaba-arasaba-kuyobora-umutwe-w-039-ingabo-zidasanzwe-special-forces","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15400","title":{"rendered":"Hon. Sebaba arasaba kuyobora umutwe w&#039;ingabo zidasanzwe ( Special forces )"},"content":{"rendered":"<p>Mumaze igihe mwarambuze bamwe muri mwe urukumbuzi rwari rwose. Nta kindi cyabinteye si ubunebwe cyangwa ubuswa, ahubwo ni uko nari mpugijwe no gutekereza uko nakwisabira kuyobora umutwe w\u2019ingabo zidasanzwe kugira ngo mpangane n\u2019inyeshyamba zibangamira abaturage zibabuza amahwemo n\u2019amahoro. Murumva ko ntari norohewe ariyo mpamvu byansabye gutuliya ngapanga mbere yo gushyira mu bikorwa.<\/p>\n<p>Ubu abatitizi batangiye kuvuga bati noneho Hon. Sebaba yaba yasaze kuburyo yajyanwa i Ndera bagasuzuma ubwonko bwe niba ari buzima. Gusa icyo nzi cyo sinzafatwa mpiri nka Sankara, LaForge cyangwa abandi kuko nakamiritse kandi simbe adui.<\/p>\n<p>Ahubwo se wamfata unshakaho iki ko meze nk\u2019abigisha ivanjili ituma abantu bahinduka mu mitima bakareka ibyaha no kubuza abandi amahoro kugira ngo nibaruhukira mu mahoro bazabone Imana imbona nkubone baruhuke imihati yabo!<\/p>\n<p>Iyo ubundi umusirikari afashe ibikoresho bye akagaba ibitero aba afite intego agamije kugeraho. Agomba kuba afite impamvu, ubushobozi bwaba ubw\u2019ibikoresho ndetse n\u2019amafaranga. Hagomba kuba kandi hari icyaba kibangamiye umudendezo w\u2019igihugu. Bityo agatera akoresheje uburambe afite nibyo yize. Njye rero maze igihe mbangamiwe n\u2019inkozi z\u2019ibibi zibangamira abandi baturage. Abo nakunze kugereranya n\u2019abanzi b\u2019igihugu bakora ibyaha bitagira ingano birengagiza ko Imana yaduhaye igihugu kugira ngo &#8221; tubane na buri wese amahoro&#8221;!<\/p>\n<p>Abo banzi nibo niyemeje guhagurukira. Abo bamena amaraso y\u2019inzirakarengane bavuga ko babazaniye amahoro naho ni amaco y\u2019inda, abandi bacucura igihugu basubiza ubukungu inyuma, abandi barya bakanakira ruswa, abandi barenganya abene gihugu, abandi banebwa ntibakorere igihugu uko bikwiye, abandi bambura ubuzima bagenzi babo, n\u2019abandi n\u2019abandi nk\u2019abo bose bahemukira urwababyaye.<\/p>\n<p>Murumva izo atari impamvu zikomeye zantera kugaba igitero simusiga aho kugaba udutero shuma? Musanga bidakwiriye kurwanya abo bagizi ba nabi? Nigeze kwandika inkuru irebana n\u2019inyeshyamba zirwanira mu mitima, aho musanga iki ataricyo gihe cyo guhangana no kurwanya izo nyeshyamba kugira ngo ejo cyangwa ejobundi zitazadukora mu jisho?<\/p>\n<p>Nigeze kubiganiriza abandi bakerebutse baraseeeeeka barakwenkwenuka baratembagara. Barambaza bati se Hon. Sebaba uru rugamba uvuga warushobora nanjye nti yego rwose. Ni munterere salute gusa kuko indyohera maze mbereke. Barongera bati ese uzakura ingabo he, nanjye nti ndazifite kandi zikamiritse. Barakomeza bati amafaranga n\u2019ibikoresho bizava he, nanjye nti nzabikura kuri aduyi. Barumirwa kuko bambonagamo ko nsa n\u2019uwacanganyikiwe maze mbishongoraho ako kanya nti sinaba narahagaritse Jenoside ngo maze guharanira amahoro binanire.<\/p>\n<p>Naravuze nti hari ingabo zikamiritse n\u2019amakurutu meza cyane.<\/p>\n<p>1) Abanyamakuru baharanira amahoro bahagurukiye rimwe hari icyo batageraho? Izo ntizaba ingabo nziza? Ibifaru bakwifashisha ntibyaba imbuga nkoranyambaga?<\/p>\n<p>2) Amakaramu ( amababa) bahurije ku ntego imwe bakamagana bakanarwanya nta bwoba ibibuza abantu amahoro aduyi ntibamutsinda?<\/p>\n<p>3) Ninde utashyigikira atanga ibikoresho n\u2019amafaranga kubasirikari baharanira amahoro?<\/p>\n<p>Ngiyo plan yanjye n\u2019ikintera gusaba kuyobora umutwe w\u2019ingabo udasanzwe kabuhariwe mu guharanira no kurengera amahoro kuri bose.<\/p>\n<p>Abagizi ba nabi bararye bari menge kuko akabo kashobotse. Uru ni urugamba rudasanzwe kuko abandi bahisha imigambi yabo ariko iy\u2019uharanira amahoro ntiwinyegeza cyangwa ntiwihisha kuko nizera ko ntagosoreye mu rucaca, simbe kandi navomeye mu rutete, kandi ibyo mbabwiye ari ukuri kwambaye ukundi iyi gahunda ntibe iciye mu gutwi kumwe ngo isohokere mu kundi. Noneho nari nibagiwe kubahobera gusa singenda nkumugesera ngaho mwese dufatanye maze munterere salute kuko nibyo bishimisha mu buzima.<\/p>\n<p><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-128984 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/Sebaba-hon-1024x927.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"927\" \/><\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mumaze igihe mwarambuze bamwe muri mwe urukumbuzi rwari rwose. Nta kindi cyabinteye si ubunebwe cyangwa ubuswa, ahubwo ni uko nari mpugijwe no gutekereza uko nakwisabira kuyobora umutwe w\u2019ingabo zidasanzwe kugira ngo mpangane n\u2019inyeshyamba zibangamira abaturage zibabuza amahwemo n\u2019amahoro. Murumva ko ntari norohewe ariyo mpamvu byansabye gutuliya ngapanga mbere yo gushyira mu bikorwa. Ubu abatitizi batangiye [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":6,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[30],"tags":[127],"class_list":["post-15400","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-ibitekerezo-rw","tag-rwanda"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Hon. Sebaba arasaba kuyobora umutwe w&#039;ingabo zidasanzwe ( Special forces ) - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15400\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Hon. Sebaba arasaba kuyobora umutwe w&#039;ingabo zidasanzwe ( Special forces ) - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mumaze igihe mwarambuze bamwe muri mwe urukumbuzi rwari rwose. Nta kindi cyabinteye si ubunebwe cyangwa ubuswa, ahubwo ni uko nari mpugijwe no gutekereza uko nakwisabira kuyobora umutwe w\u2019ingabo zidasanzwe kugira ngo mpangane n\u2019inyeshyamba zibangamira abaturage zibabuza amahwemo n\u2019amahoro. Murumva ko ntari norohewe ariyo mpamvu byansabye gutuliya ngapanga mbere yo gushyira mu bikorwa. Ubu abatitizi batangiye [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15400\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-05-26T19:35:07+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/Sebaba-hon-1024x927.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Munyakayanza Samuel\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Munyakayanza Samuel\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15400#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15400\"},\"author\":{\"name\":\"Munyakayanza Samuel\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/8570238bee9764d66dc989f72748cb83\"},\"headline\":\"Hon. Sebaba arasaba kuyobora umutwe w&#039;ingabo zidasanzwe ( Special forces )\",\"datePublished\":\"2019-05-26T19:35:07+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15400\"},\"wordCount\":522,\"commentCount\":6,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15400#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/03\\\/Sebaba-hon-1024x927.jpg\",\"keywords\":[\"Rwanda\"],\"articleSection\":[\"Ibitekerezo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15400#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15400\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15400\",\"name\":\"Hon. Sebaba arasaba kuyobora umutwe w&#039;ingabo zidasanzwe ( Special forces ) - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15400#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15400#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/03\\\/Sebaba-hon-1024x927.jpg\",\"datePublished\":\"2019-05-26T19:35:07+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15400#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15400\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15400#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15400#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Hon. Sebaba arasaba kuyobora umutwe w&#039;ingabo zidasanzwe ( Special forces )\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/8570238bee9764d66dc989f72748cb83\",\"name\":\"Munyakayanza Samuel\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=6\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Hon. Sebaba arasaba kuyobora umutwe w&#039;ingabo zidasanzwe ( Special forces ) - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15400","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Hon. Sebaba arasaba kuyobora umutwe w&#039;ingabo zidasanzwe ( Special forces ) - BWIZA","og_description":"Mumaze igihe mwarambuze bamwe muri mwe urukumbuzi rwari rwose. Nta kindi cyabinteye si ubunebwe cyangwa ubuswa, ahubwo ni uko nari mpugijwe no gutekereza uko nakwisabira kuyobora umutwe w\u2019ingabo zidasanzwe kugira ngo mpangane n\u2019inyeshyamba zibangamira abaturage zibabuza amahwemo n\u2019amahoro. Murumva ko ntari norohewe ariyo mpamvu byansabye gutuliya ngapanga mbere yo gushyira mu bikorwa. Ubu abatitizi batangiye [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15400","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-05-26T19:35:07+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/Sebaba-hon-1024x927.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Munyakayanza Samuel","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Munyakayanza Samuel","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15400#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15400"},"author":{"name":"Munyakayanza Samuel","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/8570238bee9764d66dc989f72748cb83"},"headline":"Hon. Sebaba arasaba kuyobora umutwe w&#039;ingabo zidasanzwe ( Special forces )","datePublished":"2019-05-26T19:35:07+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15400"},"wordCount":522,"commentCount":6,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15400#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/Sebaba-hon-1024x927.jpg","keywords":["Rwanda"],"articleSection":["Ibitekerezo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15400#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15400","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15400","name":"Hon. Sebaba arasaba kuyobora umutwe w&#039;ingabo zidasanzwe ( Special forces ) - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15400#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15400#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/03\/Sebaba-hon-1024x927.jpg","datePublished":"2019-05-26T19:35:07+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15400#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15400"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15400#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15400#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Hon. Sebaba arasaba kuyobora umutwe w&#039;ingabo zidasanzwe ( Special forces )"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/8570238bee9764d66dc989f72748cb83","name":"Munyakayanza Samuel","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=6"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15400","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/6"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=15400"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15400\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=15400"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=15400"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=15400"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}