{"id":15498,"date":"2019-05-31T22:15:35","date_gmt":"2019-05-31T22:15:35","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/05\/31\/umuvugizi-wa-adepr-yavuze-ku-bazana-umwuka-mubi-mu-itorero\/"},"modified":"2025-02-25T14:07:29","modified_gmt":"2025-02-25T12:07:29","slug":"umuvugizi-wa-adepr-yavuze-ku-bazana-umwuka-mubi-mu-itorero","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15498","title":{"rendered":"Umuvugizi wa ADEPR yavuze ku bazana umwuka mubi mu itorero"},"content":{"rendered":"<p> <strong>Mu kiganiro n\u2019abanyamakuru cyabaye kuwa kane tariki ya 30 Gicurasi 2019, umuvugizi w\u2019itorero rya ADEPR yavuze ku nkuru zimaze iminsi zivuga ko ubuyozi bw\u2019ADEPR bukwiye kwegura. Rev. Karuranga yavuze ko abavuga ibi ari abazana umwuka mubi mu itorero.<\/strong> <\/p>\n<p>Ibi bije nyuma yaho hamaze iminsi hacicikanye inyandiko y\u2019abiyita ko bahagarariye Abakirisito basaba ubuyobozi bw\u2019ADEPR buyobowe na Rev.Karuranga Ephrem kweguzwa, aho muri iyi nyandiko batunga agatoki komite iriho kuba yarananiwe gukemura ibibazo bivugwa muri ADEPR Ishami rya Uganda n\u2019iryo ku mugabane w\u2019u Burayi. Ikindi bavuga muri iyi nyandiko n\u2019imiyoborere idahwitse ya Dove Hotel , gukemanga impamyabushobozi z\u2019abashumba bakuru barimo Rev. John Karangwa umuvugizi wungirije ndetse na Rev. Karuranga Ephrem Umuvugizi wa ADEPR.<\/p>\n<p>Mu ikiganiro n&#8217;abanyamakuru Umuvugizi wa ADEPR Rev. Karuranga Ephrem yagize ati &#8220;abanditse , banditse kunyungu zabo bwite kandi sinzi niba ari aba kristo bacu, ni abashaka kuzana umwuka mubi mu itorero. Ikibazo cya ADEPR PCIU itorero rya Uganda rifite ikibazo gishingiye k&#8217;umutekano mucye w\u2019abanyarwanda babayo, muri rusange abakristo barasenga rero ntabwo ari imiyoborere mibi. Naho iby&#8217;impapuro (diporome) mpimbano bivugwa ndabihakana kuko utinyuka kubivuga mufata nk&#8217;umukristo udashyitse kandi nta mukristo wa ADEPR wabivuga kuko abaye afite ibimenyetso yagana inzego zishinzwe kubikurikirana aho kubijyana mubitangazamakuru.&#8221;<\/p>\n<p>Ibirebana nabasaba ko biro yegura yagize ati&#8221; abayobozi bafite uko bajyaho nuko bavaho.\u201d Ibi umushumba mukuru wa ADEPR akaba afata aba bifuza kweguza ubuyobozi nk\u2019abahembera umwuka mubi, naho guhagarika byagateganyo Umuyobozi w&#8217;Inama y&#8217;ubutegetsi avuga ko byakozwe n&#8217;abajyanama 18, bagizwe nabayoboye indembo 5 impuguke 7 abagize biro 5 n&#8217;umusaza 1 uri mu ikiruhuko cyizabukuru.<\/p>\n<p>Umuvugizi wa ADEPR kandi yakomeje avuga ko kwandikira RGB bitakozwe na biro nyobozi ahubwo byakozwe n\u2019abajyanama . Aha kandi yakomoje no kubirebana na kaminuza (fatek) yafunzwe na HEC, aho yatangaje ko barimo kuzuza ibisabwa kugirango bakomorerwe. Ikijyanye no kuba mu itorero harimo abahawe imirimo kandi ari abanzi b\u2019igihugu yahakanye ko mu Itorero ry&#8217; iburayi nta mwanzi azi urwanya igihugu uribamo,  <strong>\u201cubivuga abaye afite ibimenyetso yabinyuza muzindi nzira zababishinzwe aho kubitubaza.\u201d<\/strong> <\/p>\n<p> <strong><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"alignnone wp-image-134726 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/WhatsApp-Image-2019-05-31-at-14.31.36.jpeg\" alt=\"\" width=\"1000\" height=\"563\" \/><\/strong> <\/p>\n<p> <strong>Calixte Kayigamba<\/strong> <\/p>\n<p>Ku ruhande rwa Kayigamba Calixte wegujwe kuyobora inama y&#8217;ubuyobozi k\u2019ubwiganze bw&#8217;abajyanama, mu mutuzo mwinshi yatangarije bwiza.com ko nubwo bimeze bityo, we agamije inzira y&#8217;amahoro n&#8217;ubwumvikane<\/p>\n<p>&#8220;ati : naregujwe koko nyuma ngaragaza ikibazo muri RGB ibisuzumye insubiza mu inshingano zo kuyobora inama y&#8217;ubuyozi, ubu natangiye kuvugana n&#8217;abajyanama bamwe na bamwe kugira ngo turebe uko twaganira mbere yuko dukora inama y&#8217;ubuyobozi kandi ko hari n&#8217;akanama nkemurampaka kabidufashamo. &#8221;<\/p>\n<p>Naho ku ibaruwa yanditswe isaba ko biro yegura nubwo atashatse kuvuga umubare wabo, yatangaje ko yayakiriye ariko ko ntacyo yabizeza aka kanya ari wenyine ko ahubwo azayisuzumana nabandi bajyanama bagize inama y&#8217;ubuyobozi ya ADEPR bakarebara hamwe niba abanditse koko ari aba kristo ba ADEPR niba ibyo bavuga bifite ishingiro bashakire hamwe umuti wabyo .<\/p>\n<p>Ati: \u201c sinifuza na gato abashobora kubyitwaza bagateza umwuka mubi muri ADEPR , muba kristo no mu banyarwanda muri rusange. Abakristo ba ADEPR be kujya muri byacitse no mu dutsiko kuko bitubaka ahubwo bisenya byinshi.\u201d<\/p>\n<p>Ibi bibaye nyuma yuko RGB Dr. ategetse inzego z&#8217;ubuyobozi za ADEPR kwicara zikaganira kuburyo ziyobora ADEPR nta mwiryane.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p> <strong>bwiza.com izakomeza kubakurikiranira ibyubu bwumvikane bucye buri muri ADEPR.<\/strong> <\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n<p> <strong>Cl\u00e9ment Bagemahe<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu kiganiro n\u2019abanyamakuru cyabaye kuwa kane tariki ya 30 Gicurasi 2019, umuvugizi w\u2019itorero rya ADEPR yavuze ku nkuru zimaze iminsi zivuga ko ubuyozi bw\u2019ADEPR bukwiye kwegura. Rev. Karuranga yavuze ko abavuga ibi ari abazana umwuka mubi mu itorero. Ibi bije nyuma yaho hamaze iminsi hacicikanye inyandiko y\u2019abiyita ko bahagarariye Abakirisito basaba ubuyobozi bw\u2019ADEPR buyobowe na [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[371],"tags":[],"class_list":["post-15498","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-iyobokamana-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umuvugizi wa ADEPR yavuze ku bazana umwuka mubi mu itorero - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15498\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umuvugizi wa ADEPR yavuze ku bazana umwuka mubi mu itorero - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu kiganiro n\u2019abanyamakuru cyabaye kuwa kane tariki ya 30 Gicurasi 2019, umuvugizi w\u2019itorero rya ADEPR yavuze ku nkuru zimaze iminsi zivuga ko ubuyozi bw\u2019ADEPR bukwiye kwegura. Rev. Karuranga yavuze ko abavuga ibi ari abazana umwuka mubi mu itorero. Ibi bije nyuma yaho hamaze iminsi hacicikanye inyandiko y\u2019abiyita ko bahagarariye Abakirisito basaba ubuyobozi bw\u2019ADEPR buyobowe na [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15498\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-05-31T22:15:35+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-25T12:07:29+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/WhatsApp-Image-2019-05-31-at-14.31.36.jpeg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15498#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15498\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umuvugizi wa ADEPR yavuze ku bazana umwuka mubi mu itorero\",\"datePublished\":\"2019-05-31T22:15:35+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:07:29+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15498\"},\"wordCount\":533,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15498#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/05\\\/WhatsApp-Image-2019-05-31-at-14.31.36.jpeg\",\"articleSection\":[\"iyobokamana\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15498#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15498\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15498\",\"name\":\"Umuvugizi wa ADEPR yavuze ku bazana umwuka mubi mu itorero - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15498#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15498#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/05\\\/WhatsApp-Image-2019-05-31-at-14.31.36.jpeg\",\"datePublished\":\"2019-05-31T22:15:35+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-25T12:07:29+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15498#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15498\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15498#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15498#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umuvugizi wa ADEPR yavuze ku bazana umwuka mubi mu itorero\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umuvugizi wa ADEPR yavuze ku bazana umwuka mubi mu itorero - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15498","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umuvugizi wa ADEPR yavuze ku bazana umwuka mubi mu itorero - BWIZA","og_description":"Mu kiganiro n\u2019abanyamakuru cyabaye kuwa kane tariki ya 30 Gicurasi 2019, umuvugizi w\u2019itorero rya ADEPR yavuze ku nkuru zimaze iminsi zivuga ko ubuyozi bw\u2019ADEPR bukwiye kwegura. Rev. Karuranga yavuze ko abavuga ibi ari abazana umwuka mubi mu itorero. Ibi bije nyuma yaho hamaze iminsi hacicikanye inyandiko y\u2019abiyita ko bahagarariye Abakirisito basaba ubuyobozi bw\u2019ADEPR buyobowe na [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15498","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-05-31T22:15:35+00:00","article_modified_time":"2025-02-25T12:07:29+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/WhatsApp-Image-2019-05-31-at-14.31.36.jpeg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15498#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15498"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umuvugizi wa ADEPR yavuze ku bazana umwuka mubi mu itorero","datePublished":"2019-05-31T22:15:35+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:07:29+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15498"},"wordCount":533,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15498#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/WhatsApp-Image-2019-05-31-at-14.31.36.jpeg","articleSection":["iyobokamana"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15498#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15498","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15498","name":"Umuvugizi wa ADEPR yavuze ku bazana umwuka mubi mu itorero - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15498#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15498#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/05\/WhatsApp-Image-2019-05-31-at-14.31.36.jpeg","datePublished":"2019-05-31T22:15:35+00:00","dateModified":"2025-02-25T12:07:29+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15498#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15498"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15498#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15498#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umuvugizi wa ADEPR yavuze ku bazana umwuka mubi mu itorero"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15498","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=15498"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15498\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=15498"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=15498"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=15498"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}