{"id":15607,"date":"2019-06-06T11:49:46","date_gmt":"2019-06-06T11:49:46","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/06\/06\/iyo-ubonye-500-frs-uyizigama-mu-gifu-cyawe-aho-bukera-kigali-turayivamo\/"},"modified":"2025-02-12T12:31:15","modified_gmt":"2025-02-12T10:31:15","slug":"iyo-ubonye-500-frs-uyizigama-mu-gifu-cyawe-aho-bukera-kigali-turayivamo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15607","title":{"rendered":"Iyo ubonye 500 Frs uyizigama mu gifu cyawe, aho bukera Kigali turayivamo- Abaturage"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Kigali bavuga ko akamaro ko kwizigama bakazi ariko bagahura n\u2019imbogamizi z\u2019uko ayo bakorera uretse no kuyazigama atanabasha kubakemurira ibibazo by\u2019imibereho yabo ya buri munsi.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Bavuga ko ibintu bihenze cyane mu mujyi wa Kigali, bityo ko make bakoreye bayashakamo amafunguro yo kubatunga, bagasanga gusagura ayo kwizigama bitabashobokera.<\/p>\n<p>Uyu ni umusore ukora akazi k\u2019ubukarani, uretse no kuvuga ko atabasha kwizigamira, ashimangira ko areba agasanga umujyi wa Kigali urimo kumusiga, bityo akabona amaherezo ari ukwerekeza iy\u2019icyaro.<\/p>\n<p>Ati \u201cUbwo rero iyo ubonye 500Frs uyizigama mu gifu cyawe kugira ngo iminsi ibe yicuma, ntabwo wabona 500 ngo wizigame 200 kandi ipura y\u2019ibiryo ari 500, iby\u2019umujyi wa Kigali birahenze tugiye kuwuvamo dusubire guhinga mu cyaro\u201d.<\/p>\n<p>Umugore urimo gukora ikiyede mu mujyi wa Kigali aharimo kubakwa umuhanda, we agira ati \u201cAbenshi tuba mu nzu z\u2019inkodeshanyo, yego kwiteza imbere nibyo ariko wagereranya n\u2019umushahara ukorera ugasanga ntibikunda rwose. Ahubwo mwadukorera ubuvugizi akaba nka 3500Frs kuko iyo urebye 2000Frs dukorera[ikiyede] nta n\u2019icyo amara mu rugo, ubona atanahagije\u201d.<\/p>\n<p>Uyu musore w\u2019umuyede na we ati &#8220;Amafaranga tubona ni make cyane, kwizigamira biragoye mu gihe n\u2019ayo wakoreye utayagejeje mu rugo. Ati \u201cDukorera amafaranga macye cyane, cyane! Ngereranije n\u2019ingufu dukoresha n\u2019ubuzima tubayemo hano muri uyu mujyi wa Kigali n\u2019amafaranga duhembwa ntabwo abasha kuduhaza, ntabwo byashoboka [Kwizigamira] ahubwo turya n\u2019amadeni\u201d.<\/p>\n<p>Impuguke mu by\u2019ubukungu, Dr Bihira Canisius avuga ko banki n\u2019ibigo by\u2019imari bigira uruhare mu kugira ngo ababigana batazamuka.\u00a0Aganira na Flash Tv, yagize ati \u201cIyo uhaye banki amafaranga ngo iyakubikire iguha inyungu ya 6%, wowe wajyayo kwaka inguzanyo ikakwaka 20% hari n\u2019izica 16%. Banki yakagombye kuringaniza, niba ica 20% ikaguha 10%, kuko umukiriya niwe uba wazanye amafaranga. Icyo banki ikora ni ukuyacunga, umuntu wigomwe akayazana Banki yakagombye kumuha agaragara kugira ngo n\u2019abandi babyitabire\u201d.<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko kwizigamira bidasaba amafaranga menshi cyane. Ati \u201cIyo urebye icyo giceri cya 100 Frs, ni make cyane abanyarwanda batayabona ni bake cyane, icyo giceri cya 100 ujya kubona ku kwezi ugasanga ufite 3000Frs, amafaranga ibihumbi bitatu ntabwo ari make, uba watangiye kwizigama\u201d.<\/p>\n<p>Ku rundi ruhande hari abunga mu rya Dr Bihira bavuga amafaranga umuntu yakorera yose yabishatse atabura ayo yizigamiraho. Umwe avuga ko uwakoreye 1000Frs ashobora gukuraho 100 cyangwa 200 akizigamira, gusa akemeza ko nta mafaranga make abona abaho.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Kigali bavuga ko akamaro ko kwizigama bakazi ariko bagahura n\u2019imbogamizi z\u2019uko ayo bakorera uretse no kuyazigama atanabasha kubakemurira ibibazo by\u2019imibereho yabo ya buri munsi. Bavuga ko ibintu bihenze cyane mu mujyi wa Kigali, bityo ko make bakoreye bayashakamo amafunguro yo kubatunga, bagasanga gusagura ayo kwizigama bitabashobokera. Uyu ni umusore [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-15607","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Iyo ubonye 500 Frs uyizigama mu gifu cyawe, aho bukera Kigali turayivamo- Abaturage - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15607\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Iyo ubonye 500 Frs uyizigama mu gifu cyawe, aho bukera Kigali turayivamo- Abaturage - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Kigali bavuga ko akamaro ko kwizigama bakazi ariko bagahura n\u2019imbogamizi z\u2019uko ayo bakorera uretse no kuyazigama atanabasha kubakemurira ibibazo by\u2019imibereho yabo ya buri munsi. Bavuga ko ibintu bihenze cyane mu mujyi wa Kigali, bityo ko make bakoreye bayashakamo amafunguro yo kubatunga, bagasanga gusagura ayo kwizigama bitabashobokera. Uyu ni umusore [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15607\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-06-06T11:49:46+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:31:15+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15607#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15607\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Iyo ubonye 500 Frs uyizigama mu gifu cyawe, aho bukera Kigali turayivamo- Abaturage\",\"datePublished\":\"2019-06-06T11:49:46+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:31:15+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15607\"},\"wordCount\":387,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15607#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15607\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15607\",\"name\":\"Iyo ubonye 500 Frs uyizigama mu gifu cyawe, aho bukera Kigali turayivamo- Abaturage - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-06-06T11:49:46+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:31:15+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15607#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15607\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15607#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Iyo ubonye 500 Frs uyizigama mu gifu cyawe, aho bukera Kigali turayivamo- Abaturage\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Iyo ubonye 500 Frs uyizigama mu gifu cyawe, aho bukera Kigali turayivamo- Abaturage - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15607","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Iyo ubonye 500 Frs uyizigama mu gifu cyawe, aho bukera Kigali turayivamo- Abaturage - BWIZA","og_description":"Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Kigali bavuga ko akamaro ko kwizigama bakazi ariko bagahura n\u2019imbogamizi z\u2019uko ayo bakorera uretse no kuyazigama atanabasha kubakemurira ibibazo by\u2019imibereho yabo ya buri munsi. Bavuga ko ibintu bihenze cyane mu mujyi wa Kigali, bityo ko make bakoreye bayashakamo amafunguro yo kubatunga, bagasanga gusagura ayo kwizigama bitabashobokera. Uyu ni umusore [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15607","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-06-06T11:49:46+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:31:15+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15607#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15607"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Iyo ubonye 500 Frs uyizigama mu gifu cyawe, aho bukera Kigali turayivamo- Abaturage","datePublished":"2019-06-06T11:49:46+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:31:15+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15607"},"wordCount":387,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15607#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15607","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15607","name":"Iyo ubonye 500 Frs uyizigama mu gifu cyawe, aho bukera Kigali turayivamo- Abaturage - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-06-06T11:49:46+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:31:15+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15607#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15607"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15607#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Iyo ubonye 500 Frs uyizigama mu gifu cyawe, aho bukera Kigali turayivamo- Abaturage"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15607","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=15607"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15607\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=15607"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=15607"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=15607"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}