{"id":1565,"date":"2016-04-11T07:57:04","date_gmt":"2016-04-11T07:57:04","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2016\/04\/11\/kamonyi-afunze-azira-kwica-mugenzi-we-amuziza-kumusambanyiriza-umugore\/"},"modified":"2025-02-12T21:42:23","modified_gmt":"2025-02-12T19:42:23","slug":"kamonyi-afunze-azira-kwica-mugenzi-we-amuziza-kumusambanyiriza-umugore","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1565","title":{"rendered":"Kamonyi: Afunze azira kwica mugenzi we amuziza kumusambanyiriza umugore"},"content":{"rendered":"<p>Birashoboka ko mu miryango no mu bantu muri rusange habamo amakimbirane, ariko uburyo bwo kuyakemura bushobora gutera ingaruka nyinshi.<\/p>\n<p> Ikigaragara ni uko aho kugira ngo bamwe bayakemure mu bwumvikane cyangwa ngo aho binaniranye bagane ubutabera, bahitamo kwihanira rimwe na rimwe hakavamo abakomereka ndetse n\u2019impfu.<\/p>\n<p> Mu nama ushinzwe imikoranire ya Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abaturage ndetse n\u2019izindi nzego  hagamijwe ubufatanye mu kwicungira umutekano mu Karere ka ka Kamonyi, Inspector of Police (IP) Athanase Niyonagira n\u2019ushinzwe irangamimerere mu murenge wa Nyamiyaga, Umwali Gasasira Fleurette, bagiranye n\u2019abaturage b\u2019imidugudu ya Kidahwe na Ngoma iri muri uyu murenge ku itariki ya 8 Mata, IP Niyongira yabwiye abo baturage ko abantu bashobora kugira icyo batumvikanaho, ariko  ko hariho ubuyobozi, abajyanama, abunzi n\u2019inzego z\u2019umutekano bashinzwe kubakiranura.<\/p>\n<p> Yagize  ati : &#8220;Ko duhora tubakangurira kutihanira, tukaba tubashishikariza ko ufitanye ikibazo na mugenzi we yagana inzego zibishinzwe, ni kubera iki umuntu yakwikururira gufungwa kubera kwihanira cyangwa gukora ibindi binyuranyije n\u2019amategeko?&#8221;<\/p>\n<p> Aba bayobozi bakoranye inama n\u2019aba baturage nyuma y\u2019aho umugabo wo mu kagari ka Ngoma akubitiye mugenzi we wo mu kagari ka Kidahwe, amukekaho kumusambanyiriza umugore akaza kwitaba Imana, uwo wishe undi amaze gukora iryo bara akaba yarahise ahunga, ariko aza gufatirwa mu karere ka Burera, ubu akaba  afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi  ya Cyanika.<\/p>\n<p> IP Niyonagira yasabye abaturage kwirinda kwihanira, ahubwo buri gihe bakajya bashyikiriza ibibazo n\u2019ibirego byabo inzego z\u2019ibanze, iza Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019iz\u2019ubutabera kugira ngo  ibibazo byabo bishakirwe umuti mbere y\u2019uko bivamo impfu.<\/p>\n<p> Yasabye abayobozi b\u2019inzego z\u2019ibanze kujya bakurikirana, bakanamenya imiryango itabanye neza ndetse n\u2019ingo zirangwamo amakimbirane, kandi bakihutira gukemura ibibazo kugira ngo bene ubwo bwicanyi bukumirwe.<\/p>\n<p> Yasoje asaba abaturage kugira uruhare mu kurwanya no gukumira ibyaha nk\u2019ibi ndetse n\u2019ibindi, binyuze mu gutanga amakuru ku gihe yatuma bikumirwa; kandi yatuma hafatwa ababikoze cyangwa abafite imigambi yo kubikora.<\/p>\n<p>Nyuma y\u2019iyo nama, Umwali yashimye Polisi y\u2019u Rwanda kuri gahunda nziza yo kwegera abaturage mu rwego rwo gukumira ibyaha bitaraba.<\/p>\n<p>Yagize ati:&#8221;Polisi yacu nta ko iba itagize ngo idushishikarize kwirinda ibyaha, abaturage rero mukwiye kurangwa n\u2019indagagaciro zo kubahana hagati yanyu, kuko ari byo bizatuma ingo zanyu zitera imbere n\u2019Igihugu muri rusange, nkaba mbasaba kujya mutangira amakuru ku gihe ku birebana n\u2019ikibazo  muba mufitanye igihe mwananiwe kucyikemurira.&#8221;<\/p>\n<p>Yakomeje ababwira ko iyo bifashishije Polisi n\u2019izindi nzego babagira inama bitaragera kure, anasaba ko abatarasezeranye babikora kandi ko ubuyobozi bw\u2019umurenge bwiteguye kubafasha igihe icyo ari cyo cyose.<\/p>\n<p>Umwe mu baturage bari bitabiriye iyo nama witwa Ntirugirimbabazi Denis yagize ati:&#8221;Nk\u2019uko ubuyobozi bubidusaba, umuntu ugiranye amakimbirane na mugenzi we ajye ashyikiriza inzego zimwegereye ikibazo cye aho  kuvutsa mugenzi we ubuzima, kandi ndasaba abashakanye kwirinda gucana inyuma kuko bigira ingaruka kuri we cyangwa uwo bashakanye.&#8221;<\/p>\n<p>Yashimye Polisi y\u2019u Rwanda kubera inama idahwema kubaha, asaba abaturage bagenzi be kwirinda amakimbirane ayo ari yo yose nk&#8217;uko iyi nkuru y&#8217;urubuga rwa polisi isoza ivuga.<\/p>\n<p> <strong> <em><b><a href=\"https:\/\/www.facebook.com\/bwizam\">Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook <\/a><a href=\"https:\/\/twitter.com\/bwizaonlinenews\">no kuri twitter<\/a><\/b><\/em> <\/strong><br \/>\n <strong>Bwiza.com<\/strong> <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Birashoboka ko mu miryango no mu bantu muri rusange habamo amakimbirane, ariko uburyo bwo kuyakemura bushobora gutera ingaruka nyinshi. Ikigaragara ni uko aho kugira ngo bamwe bayakemure mu bwumvikane cyangwa ngo aho binaniranye bagane ubutabera, bahitamo kwihanira rimwe na rimwe hakavamo abakomereka ndetse n\u2019impfu. Mu nama ushinzwe imikoranire ya Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abaturage ndetse n\u2019izindi [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-1565","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kamonyi: Afunze azira kwica mugenzi we amuziza kumusambanyiriza umugore - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1565\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kamonyi: Afunze azira kwica mugenzi we amuziza kumusambanyiriza umugore - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Birashoboka ko mu miryango no mu bantu muri rusange habamo amakimbirane, ariko uburyo bwo kuyakemura bushobora gutera ingaruka nyinshi. Ikigaragara ni uko aho kugira ngo bamwe bayakemure mu bwumvikane cyangwa ngo aho binaniranye bagane ubutabera, bahitamo kwihanira rimwe na rimwe hakavamo abakomereka ndetse n\u2019impfu. Mu nama ushinzwe imikoranire ya Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abaturage ndetse n\u2019izindi [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=1565\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2016-04-11T07:57:04+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T19:42:23+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"2 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1565#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1565\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kamonyi: Afunze azira kwica mugenzi we amuziza kumusambanyiriza umugore\",\"datePublished\":\"2016-04-11T07:57:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:42:23+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1565\"},\"wordCount\":510,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1565#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1565\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1565\",\"name\":\"Kamonyi: Afunze azira kwica mugenzi we amuziza kumusambanyiriza umugore - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2016-04-11T07:57:04+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T19:42:23+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1565#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1565\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=1565#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kamonyi: Afunze azira kwica mugenzi we amuziza kumusambanyiriza umugore\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kamonyi: Afunze azira kwica mugenzi we amuziza kumusambanyiriza umugore - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1565","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kamonyi: Afunze azira kwica mugenzi we amuziza kumusambanyiriza umugore - BWIZA","og_description":"Birashoboka ko mu miryango no mu bantu muri rusange habamo amakimbirane, ariko uburyo bwo kuyakemura bushobora gutera ingaruka nyinshi. Ikigaragara ni uko aho kugira ngo bamwe bayakemure mu bwumvikane cyangwa ngo aho binaniranye bagane ubutabera, bahitamo kwihanira rimwe na rimwe hakavamo abakomereka ndetse n\u2019impfu. Mu nama ushinzwe imikoranire ya Polisi y\u2019u Rwanda n\u2019abaturage ndetse n\u2019izindi [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1565","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2016-04-11T07:57:04+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T19:42:23+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"2 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1565#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1565"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kamonyi: Afunze azira kwica mugenzi we amuziza kumusambanyiriza umugore","datePublished":"2016-04-11T07:57:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:42:23+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1565"},"wordCount":510,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1565#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1565","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1565","name":"Kamonyi: Afunze azira kwica mugenzi we amuziza kumusambanyiriza umugore - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2016-04-11T07:57:04+00:00","dateModified":"2025-02-12T19:42:23+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1565#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=1565"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=1565#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kamonyi: Afunze azira kwica mugenzi we amuziza kumusambanyiriza umugore"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1565","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=1565"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/1565\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=1565"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=1565"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=1565"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}