{"id":15656,"date":"2019-06-09T11:07:20","date_gmt":"2019-06-09T11:07:20","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/06\/09\/rusizi-abakoraga-mu-ruganda-rwa-shagasha-baragaya-uwari-umuyobozi-warwo\/"},"modified":"2025-02-12T12:30:52","modified_gmt":"2025-02-12T10:30:52","slug":"rusizi-abakoraga-mu-ruganda-rwa-shagasha-baragaya-uwari-umuyobozi-warwo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15656","title":{"rendered":"Rusizi: Abakoraga mu ruganda rwa Shagasha baragaya uwari umuyobozi\u00a0 warwo\u00a0 wabashoye mu bwicanyi"},"content":{"rendered":"<p>Kugeza ubu mu ruganda rw\u2019icyayi rwa Shagasha ruri mu murenge wa Giheke mu karere ka Rusizi habarurwa abari abakozi barwo n\u2019abandi bakoraga mu mirima y\u2019icyayi 37 bamaze kumenyekana bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi,benshi bakaba barishwe n\u2019abo bakoranaga ku itegeko ry\u2019uwari umuyobozi warwo Nsabimana Callixte ubu utazwi aho aherereye,bamwe mu bo yashoye mu kwica bagenzi babo bakoranaga bakavuga ko bifuza kumubona ngo bamushinje kumugaragaro aryozwe ibyo yahakoreye.<\/p>\n<p>Mu kiganiro na Bwiza.com ubwo muri uru ruganda hibukwaga ku nshuro ya 25 abari abakozi barwo,abahinzi n\u2019abasoromyi b\u2019icyayi bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi , Ngendahimana Wellars wari umuzamu warwo mu gihe cya Jenoside,yavuze ko yemera ko yagize uruhare mu kwica no kudatabara bagenzi be bicwaga,we na bagenzi be bandi bijanditse muri Jenoside bakaba barabitegetswe n\u2019uwari umuyobozi warwo Nsabimana Callixte.<\/p>\n<figure id=\"attachment_135572\" aria-describedby=\"caption-attachment-135572\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-135572 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/06\/Abayobozi-banyuranye-mu-kwibuka-abari-abakozi-buru-ruganda-bishwe-muri-Jenoside-yakorewe-abatutsi.-1024x768.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-135572\" class=\"wp-caption-text\">Abayobozi banyuranye mu kwibuka abari abakozi b&#8217;uru ruganda bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi<\/figcaption><\/figure>\n<p>Avuga ko ubugome ndengakamere bw\u2019uyu muyobozi bwatangiye urugamba rwo kubohora u Rwanda \u00a0rutangiye,aho yatangiye kujya yaka abakozi amarangamuntu akayajyana iwe mu biro akajya ayamarana iminsi akabona kuyabasubiza, bikavugwa \u00a0ko \u00a0ngo yabaga akora amalisiti y\u2019abatutsi bahakoraga ngo umunsi\u00a0 wateguwe wo kubatsemba bizamworohere, kandi ngo ntiyatinye gutangira guhita ashyira ubugome bwe mu bikorwa kuko yatangiye kwirukana abatutsi hafi ya bose bahakoraga ahereye ku bakoraga imirimo y\u2019amaboko.<\/p>\n<p>Ngendahimana akomeza avuga ko\u00a0 hagati mu ijoro ryo ku wa 6 Mata 1994,uyu muyobozi yabasanze ku izamu\u00a0 yitwaye mu modoka,arira yihanagura\u00a0 avuga ko inyenzi \u00a0zimaze kwica perezida Habyarimana zimuhanuye mu ndege, bakaba bagomba kuba maso bakikiza umwanzi kandi mu gitondo uje mu ruganda wese bakamusubizayo,dore ko ngo muri abo bazamu bose nta mututsi n\u2019umwe wari urimo.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 Nsabimana Callixte ubugome bwe yabutangiye kare urugamba rwo kubohora igihugu rugitangira abwira abakozi b\u2019abahutu ko umwanzi wabo ari umututsi bakorana kuko inyenzi zenewabo zije kubamara, mu gihe cy\u2019amashyaka menshi yirara mu batutsi \u00a0n\u2019abafite isura nk\u2019iyabo bose bakoraga imirimo y\u2019amaboko arabirukana, muri Jenoside aba ari we uza arira atubwira ko abanzi bamaze kwica umukuru w\u2019igihugu bamuhanuye mu ndege, tukaba tugomba gutangira kwikiza umututsi dukorana wese, \u00a0turabikora turabica.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Yarakomeje ati\u2019\u2019 si we gusa kuko n\u2019umugore we yicishije umwe mu bakobwa bakoraga mu ruganda avuga\u00a0 ngo yari yarabuze uburyo yamwikiza kuko ari ihabara ry\u2019umugabo we, na we yicwa atyo, abo uyu mugabo yashoye muri Jenoside tukica bagenzi bacu twese tukaba tubyicuza kuko jye nanabifungiwe imyaka 8 yose, ngasaba ko yafatwa akaza kuburanishirizwa hano tukamushinja ubwo bubi bwose,akabiryozwa.\u2019\u2019<\/p>\n<figure id=\"attachment_135571\" aria-describedby=\"caption-attachment-135571\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-135571 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/06\/Abagera-kuri-4-barokotse-batishoboye-bararemewe.-1024x576.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"576\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-135571\" class=\"wp-caption-text\">Abagera kuri 4 barokotse batishoboye bararemewe<\/figcaption><\/figure>\n<p>Ndagijimana Laurent uhagarariye ibuka muri aka karere avuga ko iki ari na cyo cyifuzo cya ibuka, akavuga ko amakuru ahagije kuri uyu muyobozi mubi yatanzwe,ko nubwo batazi aho aherereye ariko afashwe akaryozwa ibyo yakoze muri uru ruganda byashimishsha abo yagize imfubyi n\u2019abapfakazi bose, dore ko ngo yanafataga bamwe mu basoromyi b\u2019icyayi bari abahigi bakazana imbwa bagahigisha ababaga bihishe mu byayi kugeza babiciye kubamara.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019aka karere wungirije ushinzwe imibereho myiza y\u2019abaturage Nsigaye Emmanuel na we yagaye uyu muyobozi avuga ko Jenoside ari icyaha kidasaza amaherezo azafatwa akaryozwa ibyo yahakoze byose,anashimira uruganda uburyo rwita ku barokotse barukoragamo,avuga ko ubuyobozi buzakomeza kuruba hafi mu guharanira imibereho myiza yabo.<\/p>\n<p>Kugeza ubu nk\u2019uko bivugwa n\u2019umuyobozi mukuru warwo Eleano Mwai, ngo bamaze gukorera byinshi abarokotse Jenoside barukoragamo,birimo kubaremera,kubaha akazi,kubakira abatishoboye muri bo n\u2019ibindi,bakazanabikomeza,uwo munsi bakaba \u00a0bararemeye abandi 4 uri bo.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Kugeza ubu mu ruganda rw\u2019icyayi rwa Shagasha ruri mu murenge wa Giheke mu karere ka Rusizi habarurwa abari abakozi barwo n\u2019abandi bakoraga mu mirima y\u2019icyayi 37 bamaze kumenyekana bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi,benshi bakaba barishwe n\u2019abo bakoranaga ku itegeko ry\u2019uwari umuyobozi warwo Nsabimana Callixte ubu utazwi aho aherereye,bamwe mu bo yashoye mu kwica bagenzi babo [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-15656","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Abakoraga mu ruganda rwa Shagasha baragaya uwari umuyobozi\u00a0 warwo\u00a0 wabashoye mu bwicanyi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15656\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Abakoraga mu ruganda rwa Shagasha baragaya uwari umuyobozi\u00a0 warwo\u00a0 wabashoye mu bwicanyi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Kugeza ubu mu ruganda rw\u2019icyayi rwa Shagasha ruri mu murenge wa Giheke mu karere ka Rusizi habarurwa abari abakozi barwo n\u2019abandi bakoraga mu mirima y\u2019icyayi 37 bamaze kumenyekana bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi,benshi bakaba barishwe n\u2019abo bakoranaga ku itegeko ry\u2019uwari umuyobozi warwo Nsabimana Callixte ubu utazwi aho aherereye,bamwe mu bo yashoye mu kwica bagenzi babo [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15656\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-06-09T11:07:20+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:30:52+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/06\/Abayobozi-banyuranye-mu-kwibuka-abari-abakozi-buru-ruganda-bishwe-muri-Jenoside-yakorewe-abatutsi.-1024x768.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15656#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15656\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Abakoraga mu ruganda rwa Shagasha baragaya uwari umuyobozi\u00a0 warwo\u00a0 wabashoye mu bwicanyi\",\"datePublished\":\"2019-06-09T11:07:20+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:30:52+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15656\"},\"wordCount\":590,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15656#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/06\\\/Abayobozi-banyuranye-mu-kwibuka-abari-abakozi-buru-ruganda-bishwe-muri-Jenoside-yakorewe-abatutsi.-1024x768.jpg\",\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15656#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15656\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15656\",\"name\":\"Rusizi: Abakoraga mu ruganda rwa Shagasha baragaya uwari umuyobozi\u00a0 warwo\u00a0 wabashoye mu bwicanyi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15656#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15656#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/06\\\/Abayobozi-banyuranye-mu-kwibuka-abari-abakozi-buru-ruganda-bishwe-muri-Jenoside-yakorewe-abatutsi.-1024x768.jpg\",\"datePublished\":\"2019-06-09T11:07:20+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:30:52+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15656#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15656\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15656#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15656#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Abakoraga mu ruganda rwa Shagasha baragaya uwari umuyobozi\u00a0 warwo\u00a0 wabashoye mu bwicanyi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Abakoraga mu ruganda rwa Shagasha baragaya uwari umuyobozi\u00a0 warwo\u00a0 wabashoye mu bwicanyi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15656","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Abakoraga mu ruganda rwa Shagasha baragaya uwari umuyobozi\u00a0 warwo\u00a0 wabashoye mu bwicanyi - BWIZA","og_description":"Kugeza ubu mu ruganda rw\u2019icyayi rwa Shagasha ruri mu murenge wa Giheke mu karere ka Rusizi habarurwa abari abakozi barwo n\u2019abandi bakoraga mu mirima y\u2019icyayi 37 bamaze kumenyekana bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi,benshi bakaba barishwe n\u2019abo bakoranaga ku itegeko ry\u2019uwari umuyobozi warwo Nsabimana Callixte ubu utazwi aho aherereye,bamwe mu bo yashoye mu kwica bagenzi babo [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15656","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-06-09T11:07:20+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:30:52+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/06\/Abayobozi-banyuranye-mu-kwibuka-abari-abakozi-buru-ruganda-bishwe-muri-Jenoside-yakorewe-abatutsi.-1024x768.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15656#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15656"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Abakoraga mu ruganda rwa Shagasha baragaya uwari umuyobozi\u00a0 warwo\u00a0 wabashoye mu bwicanyi","datePublished":"2019-06-09T11:07:20+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:30:52+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15656"},"wordCount":590,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15656#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/06\/Abayobozi-banyuranye-mu-kwibuka-abari-abakozi-buru-ruganda-bishwe-muri-Jenoside-yakorewe-abatutsi.-1024x768.jpg","articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15656#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15656","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15656","name":"Rusizi: Abakoraga mu ruganda rwa Shagasha baragaya uwari umuyobozi\u00a0 warwo\u00a0 wabashoye mu bwicanyi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15656#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15656#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/06\/Abayobozi-banyuranye-mu-kwibuka-abari-abakozi-buru-ruganda-bishwe-muri-Jenoside-yakorewe-abatutsi.-1024x768.jpg","datePublished":"2019-06-09T11:07:20+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:30:52+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15656#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15656"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15656#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15656#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Abakoraga mu ruganda rwa Shagasha baragaya uwari umuyobozi\u00a0 warwo\u00a0 wabashoye mu bwicanyi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15656","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=15656"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15656\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=15656"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=15656"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=15656"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}