{"id":15749,"date":"2019-06-14T09:37:46","date_gmt":"2019-06-14T09:37:46","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/06\/14\/umusore-yategetswe-kuzajya-aryamana-na-nyina-rimwe-mu-kwezi-kugira-ngo-ubutunzi\/"},"modified":"2019-06-14T09:37:46","modified_gmt":"2019-06-14T09:37:46","slug":"umusore-yategetswe-kuzajya-aryamana-na-nyina-rimwe-mu-kwezi-kugira-ngo-ubutunzi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15749","title":{"rendered":"Umusore yategetswe kuzajya aryamana na nyina rimwe mu kwezi kugira ngo ubutunzi bukomeza kwiyongera"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Umugabo wo mu Ntara ya <\/em> <\/strong>  <em> <strong>Cabo Delgado, mu gihugu cya Mozambique, witwa <\/strong> <\/em>  <strong> <em>Manuel\u00a0<\/em> <\/strong>  <strong> <em> Guebuza, <\/em> <\/strong>  <em> <strong>\u00a0hahishuwe ubuzima amazemo imyaka 10, aryamana na nyina inshuro imwe buri kwezi, nyuma yo kubisabwa n\u2019imbaraga za sekibibi zamuhaga imbaraga zo gukomeza kuba umumiliyoneri.<\/strong> <\/em> <\/p>\n<p>Ni umugabo uzwi cyane mu mujyi wa Balama, uherereye muri iyi Ntara, by\u2019umwihariko ngo akaba asanzwe akora ubucuruzi bwambukiranya imipaka, n\u2019inzu zihenze mu bice bitandukanye by\u2019igihugu.<\/p>\n<p>Ikinyamakuru agenceecofin cyo muri iki gihugu gitangaza ko umubyeyi wasambanaga n\u2019umuhugu we, ariwe wahishuye ibyo amazemo imyaka 10 n\u2019umuhungu we, ubwo yatangaga ubuhamya mu rusengero.<\/p>\n<p>Yagize ati \u201cMbivuze atabizi, ikosa ni njyewe warikoze kuko namurangiye umupfumu w\u2019i Negomane, yamusabye gutanga imfura ye ho igitambo cyangwa kuzajya aryamana nanjye buri kwezi, duhitamo kuryamana ko aribyo byoroshye kuko umwana arahenze, twifuzaga guhangana n\u2019abaturanyi bakize bahoraga badufata nk\u2019abatindi, ubukire twabugezeho ariko nta mahoro ku mutima, duhorana ipfunwe \u201d.<\/p>\n<p>Uyu mubyeyi yakomeje avuga ko ku bwe yakiriye uwiteka, akaba yaciye ukubiri n\u2019imyuka mibi, gusa akaba yafashe icyemezo atagishije inama umuhungu we, ku buryo avuga ko bishobora kumugiraho ingaruka mu gihe na we yaba adahise akizwa.<\/p>\n<p>Uyu mubyeyi afite imyaka 64, umuhungu we akaba afite 45, ngo akaba yaratangiye kuryamana na we ubwo yari afite 35, muri iyi myaka ngo ubutunzi bwabo bukaba bwarikubye inshuro avuga ko atabasha guhita abara, aho yagize ati \u201cByikubye kenshi abantu baratangara\u201d.<\/p>\n<p><u>\u00a0<\/u><\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umugabo wo mu Ntara ya Cabo Delgado, mu gihugu cya Mozambique, witwa Manuel\u00a0 Guebuza, \u00a0hahishuwe ubuzima amazemo imyaka 10, aryamana na nyina inshuro imwe buri kwezi, nyuma yo kubisabwa n\u2019imbaraga za sekibibi zamuhaga imbaraga zo gukomeza kuba umumiliyoneri. Ni umugabo uzwi cyane mu mujyi wa Balama, uherereye muri iyi Ntara, by\u2019umwihariko ngo akaba asanzwe akora [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[7],"tags":[],"class_list":["post-15749","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-utuntu-nutundi"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Umusore yategetswe kuzajya aryamana na nyina rimwe mu kwezi kugira ngo ubutunzi bukomeza kwiyongera - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15749\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Umusore yategetswe kuzajya aryamana na nyina rimwe mu kwezi kugira ngo ubutunzi bukomeza kwiyongera - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Umugabo wo mu Ntara ya Cabo Delgado, mu gihugu cya Mozambique, witwa Manuel\u00a0 Guebuza, \u00a0hahishuwe ubuzima amazemo imyaka 10, aryamana na nyina inshuro imwe buri kwezi, nyuma yo kubisabwa n\u2019imbaraga za sekibibi zamuhaga imbaraga zo gukomeza kuba umumiliyoneri. Ni umugabo uzwi cyane mu mujyi wa Balama, uherereye muri iyi Ntara, by\u2019umwihariko ngo akaba asanzwe akora [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15749\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-06-14T09:37:46+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15749#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15749\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Umusore yategetswe kuzajya aryamana na nyina rimwe mu kwezi kugira ngo ubutunzi bukomeza kwiyongera\",\"datePublished\":\"2019-06-14T09:37:46+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15749\"},\"wordCount\":234,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"utuntu-nutundi\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15749#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15749\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15749\",\"name\":\"Umusore yategetswe kuzajya aryamana na nyina rimwe mu kwezi kugira ngo ubutunzi bukomeza kwiyongera - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-06-14T09:37:46+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15749#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15749\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15749#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Umusore yategetswe kuzajya aryamana na nyina rimwe mu kwezi kugira ngo ubutunzi bukomeza kwiyongera\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Umusore yategetswe kuzajya aryamana na nyina rimwe mu kwezi kugira ngo ubutunzi bukomeza kwiyongera - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15749","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Umusore yategetswe kuzajya aryamana na nyina rimwe mu kwezi kugira ngo ubutunzi bukomeza kwiyongera - BWIZA","og_description":"Umugabo wo mu Ntara ya Cabo Delgado, mu gihugu cya Mozambique, witwa Manuel\u00a0 Guebuza, \u00a0hahishuwe ubuzima amazemo imyaka 10, aryamana na nyina inshuro imwe buri kwezi, nyuma yo kubisabwa n\u2019imbaraga za sekibibi zamuhaga imbaraga zo gukomeza kuba umumiliyoneri. Ni umugabo uzwi cyane mu mujyi wa Balama, uherereye muri iyi Ntara, by\u2019umwihariko ngo akaba asanzwe akora [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15749","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-06-14T09:37:46+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15749#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15749"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Umusore yategetswe kuzajya aryamana na nyina rimwe mu kwezi kugira ngo ubutunzi bukomeza kwiyongera","datePublished":"2019-06-14T09:37:46+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15749"},"wordCount":234,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["utuntu-nutundi"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15749#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15749","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15749","name":"Umusore yategetswe kuzajya aryamana na nyina rimwe mu kwezi kugira ngo ubutunzi bukomeza kwiyongera - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-06-14T09:37:46+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15749#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15749"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15749#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Umusore yategetswe kuzajya aryamana na nyina rimwe mu kwezi kugira ngo ubutunzi bukomeza kwiyongera"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15749","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=15749"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15749\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=15749"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=15749"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=15749"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}