{"id":15995,"date":"2019-06-28T13:21:05","date_gmt":"2019-06-28T13:21:05","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/06\/28\/kuri-njye-bisesero-ni-ibara-ry-u-bufaransa-bernard-kayumba\/"},"modified":"2025-02-12T12:23:04","modified_gmt":"2025-02-12T10:23:04","slug":"kuri-njye-bisesero-ni-ibara-ry-u-bufaransa-bernard-kayumba","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15995","title":{"rendered":"Kuri njye, Bisesero ni ibara ry\u2019u Bufaransa \u2014 Bernard Kayumba"},"content":{"rendered":"<p>Mu myaka 25 ishize, Abanyarwanda babiri barokokeye mu Bisesero, Eric na Bernard, barebanaga impungenge n\u2019ibyiringiro aho bari babonye ubuhungiro bihishe abari bari gukora jenoside. Bernard agasanga ibyabereye mu Bisesero ari ibara ry\u2019Abafaransa kandi igisirikare cyabo gikwiye kwemera ko cyananiwe inshingano zacyo.<\/p>\n<p>Icyo gihe batekerezaga ko agakiza kabo mu kaga bari barimo mu misozi ya Bisesero gashobora kuba kari hafi ubwo babonaga ingabo z\u2019u Bufaransa zari muri Operation Turquoise zihagera.<\/p>\n<p>Hari ku itariki 27 Kamena 1994. Ariko ibyabaye na n\u2019ubu bikomeje kutavugwaho rumwe ari nayo ntandaro y\u2019uwmuka mubi mu mubano w\u2019u Rwanda n\u2019u Bufaransa kuri ubu, n\u2019uko izo ngabo z\u2019Abafaransa ntacyo zakoze ngo zihagarike ubwicanyi bwari nta gisibya.<\/p>\n<p>Bamwe mu barokokeye jenoside mu Bisesero mu Karere ka Karongi, bavuga ko kuza kw&#8217;ingabo z&#8217;u Bufaransa muri ako gace byatumye umubare w&#8217;abahiciwe wiyongera kuko babasabye kuva aho bari bihishe bizezwa ubufasha bikarangira nta bwo babonye.<\/p>\n<p>Izi ngabo z\u2019u Bufaransa zaragiye zigaruka hashize iminsi itatu, ariko biha icyuho abicanyi muri iyo minsi cyo kwica abantu amagana muri bumwe mu bwicanyi ndengakamere bwabaye muri Jenoside yakorewe Abatutsi.<\/p>\n<p>Iyi nkuru dukesha France 24 irakomeza ivuga ko Eric Nzabihimana w\u2019imyaka 55 na Bernard Kayumba w\u2019imyaka 50, ari bamwe mu bakomeje gusaba ubutabera mu Bufaransa ariko n\u2019ubu nta kirakorwa.<\/p>\n<p>Eric yibuka ukuntu Interahamwe zari zanyagiye ahantu hose, ariko abari bakomerekejwe n\u2019imipanga bahungiraga mu mashyamba.<\/p>\n<p>Kugaruka kw\u2019ingabo z\u2019u Bufaransa kuwa 30 Kamena 1994, ngo kwaje gutinze kuri mushiki wa Eric witwa Josephine wari ufite imyaka 12, n\u2019umugore we, Catherine wari ufite imyaka 28. Bombi bakaba barishwe kuwa 28 Kamena na 29 Kamena kimwe n\u2019andi Magana y\u2019Abatutsi.<\/p>\n<p>Ni ubwicanyi bwakorwaga n\u2019abicanyi bashyigikiwe na leta nayo yari ishyigikiwe n\u2019u Bufaransa.<\/p>\n<p> <strong>Twarabatakambiye<\/strong> <\/p>\n<p>Eric aragira ati: \u201c <em>Hari hafi amezi atatu nari maze mu mashyamba<\/em> ,\u201d<\/p>\n<p>Akomeza agira ati: \u201c <em>Mu nkengero za Bisesero, nabonye urukurikirane rw\u2019amakamyo ndavuga nti ahari ni abasirikare b\u2019Abafaransa, nuko mva aho nari nihishe<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>\u201c <em>Naravuze ngo mudufashe, turimo guhigwa n\u2019abicanyi bafite intwaro. Ntibigeze bahagarara biba ngombwa ko ninjira hagati mu rukurikirane rw\u2019imodoka<\/em> ,\u201d<\/p>\n<p>Akomeza avuga ko beretse abo Bafaransa imirambo yari ikijojoba amaraso, bakababwira ko bari bazi ko baje kubatabara kandi ari cyo gihe cyo kubikora kuko ibitari ibyo umunsi wari gukurikira cyangwa nyuma yawo nta muntu wari kuba asigaye.<\/p>\n<p>Ati: \u201c <em>Twarabatakambiye<\/em> ,\u201d<\/p>\n<p>Eric ashinja abasirikare b\u2019 Abafaransa kuba ku itariki 27 Kamena baravuze ko batari biteguye uwo munsi, bakabwira Abatutsi bari bamaze kwicwa n\u2019ubwoba ko bazagaruka nyuma y\u2019iminsi mikeya.<\/p>\n<p>Eric ati: \u201c <em>Nibyo baragarutse kuwa 30 Kamena gutabara abantu bari bakiri bazima. Hari icyo bakoze, ibi tugomba kubyemera. Ariko icyo tubashinja ni ukubikora nyuma y\u2019igitutu cy\u2019itangazamakuru kandi bakabaye barabikoze mbere<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Mugenzi we, Bernard wari ufite imyaka 25 icyo gihe, avuga ko we yasanze imyitwarire y\u2019ingabo z\u2019u Bufaransa itumvikana, avuga ko yamaze ukwezi yihishe mu mwobo wacukuwe ninjoro ari kumwe n\u2019abantu barindwi.<\/p>\n<p>Ati: \u201c <em>Twari turambiwe, twari hagati y\u2019urupfu n\u2019ubuzima. Hari imirambo aha na hariya kandi tubabwira kutadusiga kuko abicanyi bari guhita batumanukiraho, baturuka ku dusozi twegeranye<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Akomeza agira ati: \u201c <em>Ariko bavuze ko batari biteguye neza , ko bari bagiye kugenzura zone na kajugujugu nyuma bakazagaruka<\/em> ,\u201d<\/p>\n<p>\u201c <em>Bari bafite uburyo bw\u2019itumanaho\u2026ariko se kuki mu minsi itatu aho kuba isaha<\/em> ?\u201d<\/p>\n<p>Bernard ashimangira ko iyo Abafaransa bakora icyari cyabajyanye bakaguma mu Bisesero kuwa 27 Kamena, abatutsi bagera mu 1000 baba batarishwe mu gihe cy\u2019iminsi itatu.<\/p>\n<p>Ati: \u201c <strong> <em>Kuri njye, Bisesero ni ibara ry\u2019u Bufaransa kandi Igisirikare cy\u2019u Bufaransa gikeneye kwemera ko cyananiwe gutabara Abatutsi bo mu Bisesero<\/em> <\/strong> ,\u201d<\/p>\n<p>Aba batangabuhamya babiri na bagenzi babo bane barokotse, bashyigikiwe n\u2019amatsinda aharanira uburenganzira bwa muntu, kuva mu 2005 bakomeje kurega abasirikare bakuru b\u2019u Bufaransa bashinja kuba barirengagije inshingano zabo.<\/p>\n<p>Nyamara ariko, abacamanza b\u2019Abafaransa mu Ugushyingo 2018 bateye utwatsi ibirego byabo. Mu gihe cy\u2019imyaka 13 y\u2019iperereza hakaba nta waburanishijwe mu bashyirwa mu majwi.<\/p>\n<p>Abayobozi b\u2019ingabo z\u2019u Bufaransa harimo n\u2019uwari uyoboye Operation Turquoise, Gen. Jean-Claude Lafoucarde, mu bihe byashize bakunze kumvikana bihagararaho ku bikorwa by\u2019ingabo zabo, ariko banemera ko batahise babona uburemere bw\u2019ubwicanyi bwari buri kuba.<\/p>\n<p>\u201c <em>Nshobora gusa kwicuza urupfu rw\u2019Abatutsi bapfuye muri iyo minsi ibiri<\/em> ,\u201d uyu ni Lafoucarde abwira abari bashinzwe iperereza mu 2016 mbere yo gukomeza agira ati: \u201c <em>Twari twenyine cyane<\/em> .\u201d<\/p>\n<p>Operation Turquoise yatangijwe mu Rwanda yahawe na Loni amabwiriza yo guhagarika jenoside yari yatangiye muri Mata 1994.<\/p>\n<p>U Rwanda rushinja u Bufaransa uruhare muri jenoside kubera ko bwafashaga guverinoma yashyize mu bikorwa jenoside yakorewe Abatutsi ndetse rukemeza ko Operation Turquoise yari igamije gukingira ikibaba abari bamaze gukora jenoside ngo babone uko bahunga ubutabera.<\/p>\n<p>U Bufaransa nabwo bwakunze guhakana uruhare rwabwo bugashimangira ko ingabo zabwo zarinze. Umubano w\u2019ibihugu byombi ukaba warajemo igitotsi gikomeye kuva mu 2006 kugeza mu 2009, ariko na n\u2019ubu umubano urakonje.<\/p>\n<p>\u00a0<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu myaka 25 ishize, Abanyarwanda babiri barokokeye mu Bisesero, Eric na Bernard, barebanaga impungenge n\u2019ibyiringiro aho bari babonye ubuhungiro bihishe abari bari gukora jenoside. Bernard agasanga ibyabereye mu Bisesero ari ibara ry\u2019Abafaransa kandi igisirikare cyabo gikwiye kwemera ko cyananiwe inshingano zacyo. Icyo gihe batekerezaga ko agakiza kabo mu kaga bari barimo mu misozi ya Bisesero [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-15995","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kuri njye, Bisesero ni ibara ry\u2019u Bufaransa \u2014 Bernard Kayumba - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15995\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kuri njye, Bisesero ni ibara ry\u2019u Bufaransa \u2014 Bernard Kayumba - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu myaka 25 ishize, Abanyarwanda babiri barokokeye mu Bisesero, Eric na Bernard, barebanaga impungenge n\u2019ibyiringiro aho bari babonye ubuhungiro bihishe abari bari gukora jenoside. Bernard agasanga ibyabereye mu Bisesero ari ibara ry\u2019Abafaransa kandi igisirikare cyabo gikwiye kwemera ko cyananiwe inshingano zacyo. Icyo gihe batekerezaga ko agakiza kabo mu kaga bari barimo mu misozi ya Bisesero [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=15995\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-06-28T13:21:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:23:04+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"4 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15995#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15995\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kuri njye, Bisesero ni ibara ry\u2019u Bufaransa \u2014 Bernard Kayumba\",\"datePublished\":\"2019-06-28T13:21:05+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:23:04+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15995\"},\"wordCount\":780,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15995#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15995\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15995\",\"name\":\"Kuri njye, Bisesero ni ibara ry\u2019u Bufaransa \u2014 Bernard Kayumba - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-06-28T13:21:05+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:23:04+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15995#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15995\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=15995#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kuri njye, Bisesero ni ibara ry\u2019u Bufaransa \u2014 Bernard Kayumba\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kuri njye, Bisesero ni ibara ry\u2019u Bufaransa \u2014 Bernard Kayumba - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15995","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kuri njye, Bisesero ni ibara ry\u2019u Bufaransa \u2014 Bernard Kayumba - BWIZA","og_description":"Mu myaka 25 ishize, Abanyarwanda babiri barokokeye mu Bisesero, Eric na Bernard, barebanaga impungenge n\u2019ibyiringiro aho bari babonye ubuhungiro bihishe abari bari gukora jenoside. Bernard agasanga ibyabereye mu Bisesero ari ibara ry\u2019Abafaransa kandi igisirikare cyabo gikwiye kwemera ko cyananiwe inshingano zacyo. Icyo gihe batekerezaga ko agakiza kabo mu kaga bari barimo mu misozi ya Bisesero [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15995","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-06-28T13:21:05+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:23:04+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"4 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15995#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15995"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kuri njye, Bisesero ni ibara ry\u2019u Bufaransa \u2014 Bernard Kayumba","datePublished":"2019-06-28T13:21:05+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:23:04+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15995"},"wordCount":780,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15995#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15995","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15995","name":"Kuri njye, Bisesero ni ibara ry\u2019u Bufaransa \u2014 Bernard Kayumba - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-06-28T13:21:05+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:23:04+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15995#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=15995"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=15995#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kuri njye, Bisesero ni ibara ry\u2019u Bufaransa \u2014 Bernard Kayumba"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15995","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=15995"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/15995\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=15995"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=15995"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=15995"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}