{"id":16044,"date":"2019-07-02T07:11:51","date_gmt":"2019-07-02T07:11:51","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/02\/rusizi-urujijo-ku-rupfu-rw-umugeni-nyuma-y-umunsi-umwe-gusa-ashyingiwe\/"},"modified":"2019-07-02T07:11:51","modified_gmt":"2019-07-02T07:11:51","slug":"rusizi-urujijo-ku-rupfu-rw-umugeni-nyuma-y-umunsi-umwe-gusa-ashyingiwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16044","title":{"rendered":"Rusizi: Urujijo ku rupfu rw\u2019umugeni nyuma y\u2019umunsi umwe gusa ashyingiwe"},"content":{"rendered":"<p>Mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi haravugwa urupfu rwa Mukarurema Christine wari ufite imyaka 35 y\u2019amavuko wari umaze umunsi umwe gusa ashyingiranywe mu rusengero rwa ADEPR,umudugudu wa Rusunyu paruwasi ya Rwahi na Niyigena Emmanuel w\u2019imyaka 27,umurambo we ukaba wasanzwe mu kiyaga cya Kivu kuri uyu wa mbere ,kugeza ubu urupfu rwe rukaba rukomeje kubera abaturage n\u2019abayobozi b\u2019imirenge ya Nkanka na Gihudwe baturukamo urujijo rukomeye cyane.<\/p>\n<p>Nk\u2019uko Bwiza.com yabitangarijwe na bamwe mu baturage b\u2019akagari ka Kangazi mu murenge wa Nkanka uyu muryango mushya wari utuyemo n\u2019ab\u2019akagari ka Gatsiro mu murenge wa Gihundwe ahaturukaga uyu mugeni Mukarurema Christine, barimo na Manirafasha Fiacre wabonye umurambo wa nyakwigendera bwa mbere mu kivu bakaba banakoranaga mu ishyamba rya Pharmakina , ngo nyakwigendera yabuze mu museso wo ku wa gatandatu tariki ya 29 Kamena ari na wo munsi yari yashyingiriweho mu rusengero,ku cyumweru birirwa bamushaka baramubura,kuri uyu wa mbere saa 12h45\u2019 z\u2019amanywa aba ari bwo bawugwaho muri metero 15 uvuye ku nkengero z\u2019ikiyaga cya kivu.<\/p>\n<figure id=\"attachment_137713\" aria-describedby=\"caption-attachment-137713\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img fetchpriority=\"high\" decoding=\"async\" class=\"wp-image-137713 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/Amafoto-yabageni-mbere-yo-gushyingirwa.-1024x768.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-137713\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Ifoto y&#8217;abageni mbere yo gushyingirwa<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p>Nubwo amakuru abaturage bayavuga kwinshi ,bamwe mu baturanyi ba hafi b\u2019umuryango wa nyakwigendera babwiye Bwiza.com ko ngo yaryamye n\u2019umugabo we nyuma y\u2019uko abari batashye ubukwe bose bamaze gusubira iwabo barimo n\u2019imiryango yombi, mu ma saa kumi n\u2019imwe n\u2019igice z\u2019igitondo agahamagarwa n\u2019umuntu kuri telefoni asohoka ayitaba ariko abwira n\u2019umugabo ko agiye ku bwiherero agenda atyo ntiyagarutse.<\/p>\n<p>Ngo umugabo yabonye atagarutse ajya kumureba hanze araheba, ashakishije hose amubuze atangira kubimenyesha abaturanyi batangira gushakisha kuko bagombaga no kujya gutinyuka iwabo wa nyakwigendera,birayoberana ibyo gutinyuka biba bitakibaye,abayobozi b\u2019umurenge wa Nkanka babimenya mu ma saa tanu z\u2019amanywa barashakisha bwira atabonetse bakomeza gushakisha kugeza umurambo ubonywe mu kivu kuri uyu wa mbere.<\/p>\n<p>Manirafasha ati\u2019\u2019 ubwo twashakiraga hirya no hino,ndi kumwe na muramukazi we umurambo twawubonye muri metero 15 uvuye ku nkengero z\u2019ikivu dusanga ni uwe koko yambaye sharupe mu ijosi nta kindi yambaye , kuko bavugaga ko yagiye akenyeye igitenge yambaye n\u2019iyo sharupe ariko igitenge cyo bishoboke ko cyatwawe n\u2019umuyaga wo mu mazi ntitwakibonye.<\/p>\n<figure id=\"attachment_137715\" aria-describedby=\"caption-attachment-137715\" style=\"width: 768px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-137715 size-full\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/12.jpg\" alt=\"\" width=\"768\" height=\"670\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-137715\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Niyigena Emmanuel na Mukarurema Christine bashyingiranwa mu rusengero rwa ADEPR,umudugudu wa Rusunyu ku wa 29.6.2019<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n<p>Ku byerekeranye n\u2019amagambo akomeje kuvugwa ko hari ababa baramuroze,ibyo bita gushambagiza ngo akaba yaragiye ku kivu asa n\u2019uwataye ubwenge akanirohamo, bamwe bakanibaza niba nta burwayi bundi yaba yari asanganywe, umushumba wa ADEPR,PAruwasi ya Rwahi, Rev.Past Hategekimana Anicet, yabwiye Bwiza.com ko nubwo batagira icyo bemeza ariko uyu mugeni yari amaze amezi 2 asa n\u2019ufatwa n\u2019ibintu byo gutakaza ubwenge bamwe bakabyitiranya n\u2019 igicuri,akanasa n\u2019uwigunga ariko ngo umuryango we wamujyana kwa muganga bakabura indwara,bamwe bakagira ngo ni ibibazo byo gutegura ubukwe,abandi bakavuga ko ari ibyo mu miryango.<\/p>\n<p>Ati\u2019\u2019 amakuru mfite ni uko no ku munsi w\u2019ubukwe,kuko bagiye gushyingirwa n\u2019amaguru yagendaga avuga ngo bahagarare gato aruhuke ubona atameze neza, no ku cyumweru ubwo iwabo bari biteguye ko abageni baza gutinyuka ariko bakabwirwa ko umukobwa wabo yabuze,habaye urusaku rwinshi bashyira mu majiwi se wabo ko ngo ari we wari usanzwe amuteza imyuka mibi imugira gutyo ikaba yaba ari yo yamujyanye ikamuroha mu kivu ariko abadiyakoni babihosha n\u2019uwo washyirwaga mu mawji arahava, ni bwo kuri uyu wa mbere umurambo wabonetse,gusa ntawakwemeza ko ibyo byavugwaga ari byo.\u2019\u2019<\/p>\n<p>Umunyamabanga nshingwabikorwa w\u2019uyu murenge Nyirazaninka Antoinette yemeje aya makuru aboneraho gusaba abaturage gutuza ibyo kugira uwo bakekera ibindi bakabireka bagategereza ibizava mu iperereza ry\u2019inzego z\u2019umutekano n\u2019ibisubizo byo kwa muganga,anavuga icyakora ko abaturage bose bumiwe kuko ngo ibi ari ubwa mbere babyumva mu murenge wabo.<\/p>\n<p>Nyakwigendera yashyinguwe ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere.<\/p>\n<figure id=\"attachment_137712\" aria-describedby=\"caption-attachment-137712\" style=\"width: 1024px\" class=\"wp-caption alignnone\"><img decoding=\"async\" class=\"wp-image-137712 size-large\" src=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/Abaturage-buyu-murenge-bavuga-ko-ibintu-nkibi-ari-ubwa-mbere-babyumva-iwabo.-1024x768.jpg\" alt=\"\" width=\"1024\" height=\"768\" \/><figcaption id=\"caption-attachment-137712\" class=\"wp-caption-text\"><strong>Abaturage b&#8217;uyu murenge bavuga ko ibintu nk&#8217;ibi ari ubwa mbere babyumva iwabo.<\/strong><\/figcaption><\/figure>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi haravugwa urupfu rwa Mukarurema Christine wari ufite imyaka 35 y\u2019amavuko wari umaze umunsi umwe gusa ashyingiranywe mu rusengero rwa ADEPR,umudugudu wa Rusunyu paruwasi ya Rwahi na Niyigena Emmanuel w\u2019imyaka 27,umurambo we ukaba wasanzwe mu kiyaga cya Kivu kuri uyu wa mbere ,kugeza ubu urupfu rwe rukaba rukomeje [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[2],"tags":[],"class_list":["post-16044","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-amakuru-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Rusizi: Urujijo ku rupfu rw\u2019umugeni nyuma y\u2019umunsi umwe gusa ashyingiwe - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16044\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Rusizi: Urujijo ku rupfu rw\u2019umugeni nyuma y\u2019umunsi umwe gusa ashyingiwe - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi haravugwa urupfu rwa Mukarurema Christine wari ufite imyaka 35 y\u2019amavuko wari umaze umunsi umwe gusa ashyingiranywe mu rusengero rwa ADEPR,umudugudu wa Rusunyu paruwasi ya Rwahi na Niyigena Emmanuel w\u2019imyaka 27,umurambo we ukaba wasanzwe mu kiyaga cya Kivu kuri uyu wa mbere ,kugeza ubu urupfu rwe rukaba rukomeje [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16044\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-02T07:11:51+00:00\" \/>\n<meta property=\"og:image\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/Amafoto-yabageni-mbere-yo-gushyingirwa.-1024x768.jpg\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"3 minutes\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16044#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16044\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Rusizi: Urujijo ku rupfu rw\u2019umugeni nyuma y\u2019umunsi umwe gusa ashyingiwe\",\"datePublished\":\"2019-07-02T07:11:51+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16044\"},\"wordCount\":658,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16044#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/07\\\/Amafoto-yabageni-mbere-yo-gushyingirwa.-1024x768.jpg\",\"articleSection\":[\"Amakuru\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16044#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16044\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16044\",\"name\":\"Rusizi: Urujijo ku rupfu rw\u2019umugeni nyuma y\u2019umunsi umwe gusa ashyingiwe - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"primaryImageOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16044#primaryimage\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16044#primaryimage\"},\"thumbnailUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2019\\\/07\\\/Amafoto-yabageni-mbere-yo-gushyingirwa.-1024x768.jpg\",\"datePublished\":\"2019-07-02T07:11:51+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16044#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16044\"]}]},{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16044#primaryimage\",\"url\":\"\",\"contentUrl\":\"\"},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16044#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Rusizi: Urujijo ku rupfu rw\u2019umugeni nyuma y\u2019umunsi umwe gusa ashyingiwe\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Rusizi: Urujijo ku rupfu rw\u2019umugeni nyuma y\u2019umunsi umwe gusa ashyingiwe - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16044","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Rusizi: Urujijo ku rupfu rw\u2019umugeni nyuma y\u2019umunsi umwe gusa ashyingiwe - BWIZA","og_description":"Mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi haravugwa urupfu rwa Mukarurema Christine wari ufite imyaka 35 y\u2019amavuko wari umaze umunsi umwe gusa ashyingiranywe mu rusengero rwa ADEPR,umudugudu wa Rusunyu paruwasi ya Rwahi na Niyigena Emmanuel w\u2019imyaka 27,umurambo we ukaba wasanzwe mu kiyaga cya Kivu kuri uyu wa mbere ,kugeza ubu urupfu rwe rukaba rukomeje [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16044","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-02T07:11:51+00:00","og_image":[{"url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/Amafoto-yabageni-mbere-yo-gushyingirwa.-1024x768.jpg","type":"","width":"","height":""}],"author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"3 minutes"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16044#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16044"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Rusizi: Urujijo ku rupfu rw\u2019umugeni nyuma y\u2019umunsi umwe gusa ashyingiwe","datePublished":"2019-07-02T07:11:51+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16044"},"wordCount":658,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16044#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/Amafoto-yabageni-mbere-yo-gushyingirwa.-1024x768.jpg","articleSection":["Amakuru"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16044#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16044","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16044","name":"Rusizi: Urujijo ku rupfu rw\u2019umugeni nyuma y\u2019umunsi umwe gusa ashyingiwe - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"primaryImageOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16044#primaryimage"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16044#primaryimage"},"thumbnailUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2019\/07\/Amafoto-yabageni-mbere-yo-gushyingirwa.-1024x768.jpg","datePublished":"2019-07-02T07:11:51+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16044#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16044"]}]},{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16044#primaryimage","url":"","contentUrl":""},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16044#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Rusizi: Urujijo ku rupfu rw\u2019umugeni nyuma y\u2019umunsi umwe gusa ashyingiwe"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16044","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16044"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16044\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16044"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16044"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16044"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}