{"id":16082,"date":"2019-07-04T10:55:27","date_gmt":"2019-07-04T10:55:27","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/04\/nabonye-igitsina-cya-musaza-wanjye-none-ndaryama-nkumva-ndamushatse-cyane\/"},"modified":"2025-02-03T01:01:14","modified_gmt":"2025-02-02T23:01:14","slug":"nabonye-igitsina-cya-musaza-wanjye-none-ndaryama-nkumva-ndamushatse-cyane","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16082","title":{"rendered":"Nabonye igitsina cya musaza wanjye none ndaryama nkumva ndamushatse cyane- Munsengere pe!"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>N\u2019ubwo hari bamwe barantuka banyita indaya cyangwa inkunguzi ariko umubiri ni uko wubakitse, nanjye sinzi uburyo byanjemo, kumva nifuza cyane ko naryamana na musaza wanjye nyuma yo gutera ijisho ku gitsina cye.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Ubwo yazindukaga tukiryamye agahita ajya muri douche yibwiraga ko twese tukiryamye ariko njyewe nari mazo ndi kuri telephone, aho nari ndi ntabwo yandebaga ariko njyewe ijisho ryarebaga neza aho yogeraga, atiriwe anakinga urugi rwa douche.<\/p>\n<p>N\u2019ubundi nabonye ko narangije kumubonera ubwambure, nirinda kumwereka ko mureba kuko byari kumutera ipfunwe, n\u2019ubwoba bwinshi nari mfite, nakomeje kwitegereza igitsina cye cyari cyafashe umurego, rwose iminota yose yamaze muri douche nari nkihanze amaso kandi ntari muri metero nyinshi.<\/p>\n<p>Nkibona igitsina cye, numvise ngize ubwoba bwinshi ariko gukomeza kukitegereza byatumye numva umubiri wanjye ujemo utuntu twinshi, tuwirukamo, numva ngize ubushake bwinshi cyane, kuko nabonaga ari ikintu kidasanzwe ku buryo numvaga yamara nk&#8217;amasaha abiri acyoga nkakomeza kwirebera.<\/p>\n<p>Rwose sinzi, kuva icyo gihe, ndaryama nkigira muri izo nzozi, rimwe na rimwe nkisanga ikariso yanjye yatose kubera ububobere bwinshi mba nagize, nkarota turimo gukorana imibonano mpuzabitsina,&#8230;<\/p>\n<p>Si ukuvuga ko nkiri isugi pe, imibonano mpuzabitsina narayikoze, bivuze ko atari nabwo bwa mbere mbonye igitsina cy\u2019umusore, ariko ibyambayeho byo kumva ndarikiye umuvandimwe sinzi aho byavuye, nta n&#8217;undi musore nigeze nifuza ntyo.<\/p>\n<p>Musaza wanjye andusha imyaka ibiri, we afite 25, twakuze bamwe bakeka ko twaba turi impanga kuko twasaga nk\u2019abangana, uretse kwiyegereza Imana izi ntekerezo zigashira, kuba twanaryamana ntibinashoboka, ahubwo numva binyangiza cyane mu mubiri ariko kubyikuramo byananiye pe!<\/p>\n<p>Mungire inama kandi munansengere, amazina n\u2019aho ntuye nirinze kubivuga, aya mahano atazamenyekanaho ugasanga n\u2019uwari afite gahunda yo kungira umugore aranyanze. Murakoze!<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>N\u2019ubwo hari bamwe barantuka banyita indaya cyangwa inkunguzi ariko umubiri ni uko wubakitse, nanjye sinzi uburyo byanjemo, kumva nifuza cyane ko naryamana na musaza wanjye nyuma yo gutera ijisho ku gitsina cye. Ubwo yazindukaga tukiryamye agahita ajya muri douche yibwiraga ko twese tukiryamye ariko njyewe nari mazo ndi kuri telephone, aho nari ndi ntabwo yandebaga [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[441],"tags":[],"class_list":["post-16082","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-urukundo-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Nabonye igitsina cya musaza wanjye none ndaryama nkumva ndamushatse cyane- Munsengere pe! - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16082\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Nabonye igitsina cya musaza wanjye none ndaryama nkumva ndamushatse cyane- Munsengere pe! - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"N\u2019ubwo hari bamwe barantuka banyita indaya cyangwa inkunguzi ariko umubiri ni uko wubakitse, nanjye sinzi uburyo byanjemo, kumva nifuza cyane ko naryamana na musaza wanjye nyuma yo gutera ijisho ku gitsina cye. Ubwo yazindukaga tukiryamye agahita ajya muri douche yibwiraga ko twese tukiryamye ariko njyewe nari mazo ndi kuri telephone, aho nari ndi ntabwo yandebaga [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16082\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-04T10:55:27+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-02T23:01:14+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16082#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16082\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Nabonye igitsina cya musaza wanjye none ndaryama nkumva ndamushatse cyane- Munsengere pe!\",\"datePublished\":\"2019-07-04T10:55:27+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:14+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16082\"},\"wordCount\":281,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"urukundo\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16082#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16082\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16082\",\"name\":\"Nabonye igitsina cya musaza wanjye none ndaryama nkumva ndamushatse cyane- Munsengere pe! - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-07-04T10:55:27+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-02T23:01:14+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16082#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16082\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16082#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Nabonye igitsina cya musaza wanjye none ndaryama nkumva ndamushatse cyane- Munsengere pe!\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Nabonye igitsina cya musaza wanjye none ndaryama nkumva ndamushatse cyane- Munsengere pe! - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16082","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Nabonye igitsina cya musaza wanjye none ndaryama nkumva ndamushatse cyane- Munsengere pe! - BWIZA","og_description":"N\u2019ubwo hari bamwe barantuka banyita indaya cyangwa inkunguzi ariko umubiri ni uko wubakitse, nanjye sinzi uburyo byanjemo, kumva nifuza cyane ko naryamana na musaza wanjye nyuma yo gutera ijisho ku gitsina cye. Ubwo yazindukaga tukiryamye agahita ajya muri douche yibwiraga ko twese tukiryamye ariko njyewe nari mazo ndi kuri telephone, aho nari ndi ntabwo yandebaga [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16082","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-04T10:55:27+00:00","article_modified_time":"2025-02-02T23:01:14+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16082#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16082"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Nabonye igitsina cya musaza wanjye none ndaryama nkumva ndamushatse cyane- Munsengere pe!","datePublished":"2019-07-04T10:55:27+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:14+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16082"},"wordCount":281,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["urukundo"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16082#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16082","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16082","name":"Nabonye igitsina cya musaza wanjye none ndaryama nkumva ndamushatse cyane- Munsengere pe! - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-07-04T10:55:27+00:00","dateModified":"2025-02-02T23:01:14+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16082#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16082"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16082#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Nabonye igitsina cya musaza wanjye none ndaryama nkumva ndamushatse cyane- Munsengere pe!"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16082","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16082"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16082\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16082"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16082"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16082"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}