{"id":16086,"date":"2019-07-04T14:15:05","date_gmt":"2019-07-04T14:15:05","guid":{"rendered":"https:\/\/new.bwiza.com\/2019\/07\/04\/kirehe-bari-mu-byishimo-byo-kwizihiza-kwibohora25-bafite-umuriro-w-039\/"},"modified":"2025-02-12T12:19:13","modified_gmt":"2025-02-12T10:19:13","slug":"kirehe-bari-mu-byishimo-byo-kwizihiza-kwibohora25-bafite-umuriro-w-039","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16086","title":{"rendered":"Kirehe: Bari mu byishimo byo kwizihiza #Kwibohora25 bafite umuriro w&#039;amashanyarazi"},"content":{"rendered":"<p> <strong> <em>Abatuye mu Karere ka Kirehe, barishimira kuba bizihije imyaka 25, u Rwanda rumaze rwibohoye bafite umuriro w\u2019amashanyarazi, mu gihe mbere ngo batanawurotaga mu nzozi zabo.<\/em> <\/strong> <\/p>\n<p>Bavuga ko nta muriro w&#8217;amashanyarazi bagiraga, nyamara mu tundi duce tugize Intara y\u2019Iburasirazuba barawukoreshaga na mbere ya jenoside yakorewe Abatutsi 1994, ubu bakaba bishimira ko bizihije iyi sabukuru y&#8217;imyaka 25 batakiba mu kizima.<\/p>\n<p>Mujawamariya Devotha utuye mu Murenge wa Kirehe, asanga abanyakirehe bakwiye kwishimira kwibohora kurusha abandi banyarwanda.<\/p>\n<p>Aragira ati &#8220;Nkurikije uko duhagaze muri aka Karere kacu, nitwe dukwiye gushimira Leta yacu kurusha abandi kuko twavuye ahantu hagoye, nta mashanyarazi twabonaga bitewe n&#8217;uko twatangiye kuyacana mu mwaka wa 2010, twebwe abanyakirehe ntitwashoboraga kureba televiziyo ndetse ibikoreshwa amashanyarazi byose kubitunga twabonaga ari ugukabya inzozi bitewe n&#8217;uko twabonaga umuriro tugiye i Kigali cyangwa Kibungo na Rwamagana, ariko uyu munsi turishimira ko twavuye mu icuraburindi&#8221;.<\/p>\n<p>Nsengiyumva Jean de Dieu utuye mu Murenge wa Kigina,\u00a0 nawe yemeza ko mu Karere ka Kirehe, bakwiye kwishimira kwibohora umwijima watumaga badakora igihe gihagije .<\/p>\n<p>Aragira ati &#8220;Twebwe dukwiye kwishimira Leta yatwibutse tukizihiza kwibohora\u00a0 ducana amashanyarazi kandi kwishima ntibihagije, tugomba kugaragaza ishema duterwa no kuba twarahawe ibikorwa by\u2019iterambere, nkaba nsaba abaturage bagenzi banjye gukomeza gushyigikira ubuyobozi bwacu budutekerezaho bukaduha ibikorwa byiza&#8221;.<\/p>\n<p>Umuyobozi w\u2019Akarere ka Kirehe, Muzungu Gerard yemeza ko kugeza mu mwaka wa 2009 nta mashanyarazi yabarizwaga mu Karere ka Kirehe. Ati &#8220;Ubu mu karere ka Kirehe tugeze ku gipimo twishimira kuko mu mwaka wa 2009 nta mashanyarazi yabarizwaga muri aka karere ariko ubu tugeze kuri 45%\u00a0\u00a0tuvuye kuri 0% twariho muri 2009, amashanyarazi abaturage basabye Perezida wa Repuburika twayabonye kuva mu mwaka wa 2010&#8221;.<\/p>\n<p>Avuga ko bateganya no gukomeza\u00a0\u00a0ukazagera no mu tugari utarageramo ku bw&#8217;ubufatanye n\u2019abaturage. Ati &#8220;Ibikorerwaremezo tuzakomeza kubyubaka kuko hari n\u2019amazi twateganyije ko hazakorwa indi miyoboro&#8221;.<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Abatuye mu Karere ka Kirehe, barishimira kuba bizihije imyaka 25, u Rwanda rumaze rwibohoye bafite umuriro w\u2019amashanyarazi, mu gihe mbere ngo batanawurotaga mu nzozi zabo. Bavuga ko nta muriro w&#8217;amashanyarazi bagiraga, nyamara mu tundi duce tugize Intara y\u2019Iburasirazuba barawukoreshaga na mbere ya jenoside yakorewe Abatutsi 1994, ubu bakaba bishimira ko bizihije iyi sabukuru y&#8217;imyaka 25 [&hellip;]<\/p>\n","protected":false},"author":2,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[401],"tags":[],"class_list":["post-16086","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki-rw"],"yoast_head":"<!-- This site is optimized with the Yoast SEO plugin v28.3 - https:\/\/yoast.com\/product\/yoast-seo-wordpress\/ -->\n<title>Kirehe: Bari mu byishimo byo kwizihiza #Kwibohora25 bafite umuriro w&#039;amashanyarazi - BWIZA<\/title>\n<meta name=\"robots\" content=\"index, follow, max-snippet:-1, max-image-preview:large, max-video-preview:-1\" \/>\n<link rel=\"canonical\" href=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16086\" \/>\n<meta property=\"og:locale\" content=\"en_US\" \/>\n<meta property=\"og:type\" content=\"article\" \/>\n<meta property=\"og:title\" content=\"Kirehe: Bari mu byishimo byo kwizihiza #Kwibohora25 bafite umuriro w&#039;amashanyarazi - BWIZA\" \/>\n<meta property=\"og:description\" content=\"Abatuye mu Karere ka Kirehe, barishimira kuba bizihije imyaka 25, u Rwanda rumaze rwibohoye bafite umuriro w\u2019amashanyarazi, mu gihe mbere ngo batanawurotaga mu nzozi zabo. Bavuga ko nta muriro w&#8217;amashanyarazi bagiraga, nyamara mu tundi duce tugize Intara y\u2019Iburasirazuba barawukoreshaga na mbere ya jenoside yakorewe Abatutsi 1994, ubu bakaba bishimira ko bizihije iyi sabukuru y&#8217;imyaka 25 [&hellip;]\" \/>\n<meta property=\"og:url\" content=\"https:\/\/bwiza.com\/?p=16086\" \/>\n<meta property=\"og:site_name\" content=\"BWIZA\" \/>\n<meta property=\"article:published_time\" content=\"2019-07-04T14:15:05+00:00\" \/>\n<meta property=\"article:modified_time\" content=\"2025-02-12T10:19:13+00:00\" \/>\n<meta name=\"author\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n<meta name=\"twitter:card\" content=\"summary_large_image\" \/>\n<meta name=\"twitter:label1\" content=\"Written by\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data1\" content=\"Mecky Merchiore Kayiranga\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:label2\" content=\"Est. reading time\" \/>\n\t<meta name=\"twitter:data2\" content=\"1 minute\" \/>\n<script type=\"application\/ld+json\" class=\"yoast-schema-graph\">{\"@context\":\"https:\\\/\\\/schema.org\",\"@graph\":[{\"@type\":\"Article\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16086#article\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16086\"},\"author\":{\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\"},\"headline\":\"Kirehe: Bari mu byishimo byo kwizihiza #Kwibohora25 bafite umuriro w&#039;amashanyarazi\",\"datePublished\":\"2019-07-04T14:15:05+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:19:13+00:00\",\"mainEntityOfPage\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16086\"},\"wordCount\":298,\"commentCount\":0,\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"articleSection\":[\"Politiki\"],\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"CommentAction\",\"name\":\"Comment\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16086#respond\"]}]},{\"@type\":\"WebPage\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16086\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16086\",\"name\":\"Kirehe: Bari mu byishimo byo kwizihiza #Kwibohora25 bafite umuriro w&#039;amashanyarazi - BWIZA\",\"isPartOf\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\"},\"datePublished\":\"2019-07-04T14:15:05+00:00\",\"dateModified\":\"2025-02-12T10:19:13+00:00\",\"breadcrumb\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16086#breadcrumb\"},\"inLanguage\":\"en-US\",\"potentialAction\":[{\"@type\":\"ReadAction\",\"target\":[\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16086\"]}]},{\"@type\":\"BreadcrumbList\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?p=16086#breadcrumb\",\"itemListElement\":[{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":1,\"name\":\"Home\",\"item\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\"},{\"@type\":\"ListItem\",\"position\":2,\"name\":\"Kirehe: Bari mu byishimo byo kwizihiza #Kwibohora25 bafite umuriro w&#039;amashanyarazi\"}]},{\"@type\":\"WebSite\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#website\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"name\":\"BWIZA\",\"description\":\"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye\",\"publisher\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\"},\"potentialAction\":[{\"@type\":\"SearchAction\",\"target\":{\"@type\":\"EntryPoint\",\"urlTemplate\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?s={search_term_string}\"},\"query-input\":{\"@type\":\"PropertyValueSpecification\",\"valueRequired\":true,\"valueName\":\"search_term_string\"}}],\"inLanguage\":\"en-US\"},{\"@type\":\"Organization\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#organization\",\"name\":\"BWIZA\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/\",\"logo\":{\"@type\":\"ImageObject\",\"inLanguage\":\"en-US\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"contentUrl\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/wp-content\\\/uploads\\\/2026\\\/03\\\/bwiza-ikirango.png\",\"width\":150,\"height\":42,\"caption\":\"BWIZA\"},\"image\":{\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/logo\\\/image\\\/\"}},{\"@type\":\"Person\",\"@id\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/#\\\/schema\\\/person\\\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72\",\"name\":\"Mecky Merchiore Kayiranga\",\"url\":\"https:\\\/\\\/bwiza.com\\\/?author=2\"}]}<\/script>\n<!-- \/ Yoast SEO plugin. -->","yoast_head_json":{"title":"Kirehe: Bari mu byishimo byo kwizihiza #Kwibohora25 bafite umuriro w&#039;amashanyarazi - BWIZA","robots":{"index":"index","follow":"follow","max-snippet":"max-snippet:-1","max-image-preview":"max-image-preview:large","max-video-preview":"max-video-preview:-1"},"canonical":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16086","og_locale":"en_US","og_type":"article","og_title":"Kirehe: Bari mu byishimo byo kwizihiza #Kwibohora25 bafite umuriro w&#039;amashanyarazi - BWIZA","og_description":"Abatuye mu Karere ka Kirehe, barishimira kuba bizihije imyaka 25, u Rwanda rumaze rwibohoye bafite umuriro w\u2019amashanyarazi, mu gihe mbere ngo batanawurotaga mu nzozi zabo. Bavuga ko nta muriro w&#8217;amashanyarazi bagiraga, nyamara mu tundi duce tugize Intara y\u2019Iburasirazuba barawukoreshaga na mbere ya jenoside yakorewe Abatutsi 1994, ubu bakaba bishimira ko bizihije iyi sabukuru y&#8217;imyaka 25 [&hellip;]","og_url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16086","og_site_name":"BWIZA","article_published_time":"2019-07-04T14:15:05+00:00","article_modified_time":"2025-02-12T10:19:13+00:00","author":"Mecky Merchiore Kayiranga","twitter_card":"summary_large_image","twitter_misc":{"Written by":"Mecky Merchiore Kayiranga","Est. reading time":"1 minute"},"schema":{"@context":"https:\/\/schema.org","@graph":[{"@type":"Article","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16086#article","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16086"},"author":{"name":"Mecky Merchiore Kayiranga","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72"},"headline":"Kirehe: Bari mu byishimo byo kwizihiza #Kwibohora25 bafite umuriro w&#039;amashanyarazi","datePublished":"2019-07-04T14:15:05+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:19:13+00:00","mainEntityOfPage":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16086"},"wordCount":298,"commentCount":0,"publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"articleSection":["Politiki"],"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"CommentAction","name":"Comment","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16086#respond"]}]},{"@type":"WebPage","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16086","url":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16086","name":"Kirehe: Bari mu byishimo byo kwizihiza #Kwibohora25 bafite umuriro w&#039;amashanyarazi - BWIZA","isPartOf":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website"},"datePublished":"2019-07-04T14:15:05+00:00","dateModified":"2025-02-12T10:19:13+00:00","breadcrumb":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16086#breadcrumb"},"inLanguage":"en-US","potentialAction":[{"@type":"ReadAction","target":["https:\/\/bwiza.com\/?p=16086"]}]},{"@type":"BreadcrumbList","@id":"https:\/\/bwiza.com\/?p=16086#breadcrumb","itemListElement":[{"@type":"ListItem","position":1,"name":"Home","item":"https:\/\/bwiza.com\/"},{"@type":"ListItem","position":2,"name":"Kirehe: Bari mu byishimo byo kwizihiza #Kwibohora25 bafite umuriro w&#039;amashanyarazi"}]},{"@type":"WebSite","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#website","url":"https:\/\/bwiza.com\/","name":"BWIZA","description":"Isoko y&#039;amakuru acukumbuye","publisher":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization"},"potentialAction":[{"@type":"SearchAction","target":{"@type":"EntryPoint","urlTemplate":"https:\/\/bwiza.com\/?s={search_term_string}"},"query-input":{"@type":"PropertyValueSpecification","valueRequired":true,"valueName":"search_term_string"}}],"inLanguage":"en-US"},{"@type":"Organization","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#organization","name":"BWIZA","url":"https:\/\/bwiza.com\/","logo":{"@type":"ImageObject","inLanguage":"en-US","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/","url":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","contentUrl":"https:\/\/bwiza.com\/wp-content\/uploads\/2026\/03\/bwiza-ikirango.png","width":150,"height":42,"caption":"BWIZA"},"image":{"@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/logo\/image\/"}},{"@type":"Person","@id":"https:\/\/bwiza.com\/#\/schema\/person\/204be5a5dba716e2a0eaad5574744c72","name":"Mecky Merchiore Kayiranga","url":"https:\/\/bwiza.com\/?author=2"}]}},"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16086","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/users\/2"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcomments&post=16086"}],"version-history":[{"count":0,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=\/wp\/v2\/posts\/16086\/revisions"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fmedia&parent=16086"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Fcategories&post=16086"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/bwiza.com\/index.php?rest_route=%2Fwp%2Fv2%2Ftags&post=16086"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}